Abaturage bo mu karere ka Rusizi n’abaturuka imihanda yose bajya kwivurisha amazi ashyushye ava mu butaka bita amashyuza, bishimira ko yongeye kugaruka, bagasaba inzego z’ubuyobozi ko hashyirwaho imicungire inoze mu kwirinda impanuka. Uku gusaba imicungire inoze yayo bije kuko akomeje gutwara ubuzima bw’abantu barimo n’umwana wayaguyemo ku wa Kabiri tariki 2 Mutarama mu 2024. Ubusanzwe bamwe mu bayakoresha bemeza ko hari ubwo bayajyamo barwaye akabafasha korohererwa dore ko hari n’abakora ibilometero byinshi bagiye kwifashisha aya mazi avugwaho kuvura indwara z’imitsi, iz’uzurwungano ngogozi n’iz’impyiko. Nubwo bimeze bityo ariko hari ubwo hashobora…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Kirehe: Baratababaza k’ubw’icuruzwa ry’abana b’abakobwa rikomeje kwiyongera
Bamwe mu batuye n’abakorera muri santere ya Gatore mu karere ka Kirehe, bavuga ko urwego rw’ubugenzacyaha RIB rubakorera Ubukangurambaga bwo kurwanya icuruzwa ry’abantu ariko bakavuga ko ahazajya umunzani w’amakamyo muri ako gasantere haparikwa ibikamyo usanga hari abantu bahajyana abana b’abakobwa kubahuza n’abashoferi babyo bakabasambanya, ibintu bafata nk’icuruzwa ry’abantu. Bavuga kandi ko iyo barangije kubasambanya, hari abo bajyana hanze y’igihugu, bityo bagasaba ko ubuyobozi bwagenzura ibyo bikorwa, cyane ko iyo batanze amakuru, abakora nk’abahuza bamerera nabi abatanze amakuru. Umuturage umwe yagize ati: “ hari abo bajyana bakabamarana icyumweru iyo mu bikamyo…
SOMA INKURUExpropriation for four multi-billion national road projects gets greenlight
A new Ministerial Order signed by the Minister of Environment, Jeanne d’Arc Mujawamariya, and the Minister of Justice and Attorney General, Emmanuel Ugirashebuja, approved the expropriation of assets in public interest along four roads set to be constructed. The approval of the expropriation – published on December 20, 2023, in the official gazette – was done to pave way for the construction and rehabilitation of Base (Rulindo)-Butaro (Burera)-Kidaho (Burera) road, Sashwara (Nyabihu)-Rega (Nyabihu)-Mutovu (Rubavu)-Kabuhanga (Rubavu)-Busasamana (Rubavu)- Muhato (Rubavu) road, Mukoto (Rulindo)-Nyacyonga (Gasabo) road, as well as Kigali Logistics Platform (Kicukiro)-Bugesera…
SOMA INKURUI want to play, says AS Kigal new signing Hakizimana
AS Kigali new goalkeeper Adolphe Hakizimana insists he left Rayon Sports to gain more playing time. Hakizimana, 23, completed his move to the Citizens on December 31, 2023, on an undisclosed deal, bringing his four-year spell at the Blues to an end. The City of Kigali-powered club now sees the young shot stopper as a perfect replacement for Yves Kimenyi who is out for the rest of the season through injury. Hakizimana Muhamed Wade’s second choice Blues’ new signing Simon Tamale and he has been struggling for playing time since the Ugandan…
SOMA INKURUMichael Levy, frère d’un otage du Hamas : “Je ferai tout pour le ramener”
À l’approche des trois mois de guerre entre Israël et le Hamas, les familles des 129 otages toujours détenus dans la bande de Gaza gardent l’espoir d’une prochaine libération. Michael Levy compte les jours depuis que son petit frère Or a été enlevé au festival Supernova. Et se mobilise. Reportage. “Je veux qu’ils regardent son visage, mon visage. Je veux qu’ils me regardent dans les yeux et qu’ils me disent ce qu’ils font pour libérer les otages“. Voilà quatre-vingt-huit jours que Michael Levy attend des nouvelles de son petit frère Or,…
SOMA INKURUDonald Trump fait appel de son exclusion de la primaire républicaine dans le Maine
L’ancien président américain Donald Trump a fait appel mardi de la décision prise par l’État du Maine l’excluant des bulletins de vote de la primaire républicaine en vue de l’élection présidentielle de novembre 2024. Le milliardaire avait été jugé jeudi “inapte à la fonction de président” en raison du violent assaut contre le Capitole de janvier 2021 commis par ses partisans. L’ex-président américain Donald Trump a fait appel, mardi 2 janvier, d’une décision qui l’exclut des bulletins de vote de la primaire républicaine dans l’État du Maine, le deuxième ayant pris une…
SOMA INKURUEn images : de Sydney à Paris, le monde a célébré le Nouvel An
Des festivités pour conclure 2023 et accueillir 2024 se sont, comme c’est la tradition, déroulées partout sur la planète. Tour d’horizon. À Sydney, Bangkok, Paris, Rio… les grandes capitales mondiales ont célébré avec d’éblouissants feux d’artifice le passage en 2024. À New York, la traditionnelle descente de la boule en cristal de Times Square À New York, des milliers de badauds attendaient la traditionnelle descente de la boule en cristal de Times Square, toute illuminée et des marchands écoulaient vuvuzelas et chapeaux estampillés 2024 pour leur nuit du 31 décembre. La police, déployée…
SOMA INKURUPerezida Kagame yaburiye abashyize mu majwi u Rwanda
Perezida Kagame yavuze ko nta hantu habi u Rwanda rutageze bityo utegura guhungabanya umutekano warwo akarushwanyaguza ariwe bizabaho. Ibi yabivuze mu birori bisoza umwaka we na madamu we batumiyemo abantu batandukanye muri Kigali Convention Center. Mu ijambo rye,Perezida Kagame yavuze ko imyaka ibaye myinshi u Rwanda ruvuye hasi cyane,rukubakwa none ubu rukaba rugeze ahashimishije. Ati “Usubije amaso inyuma,imyaka iragiye,ibaye myinshi,aho tuvuye,amateka ya bundi bushya tukubaka igihugu cy’u Rwanda,twahereye hasi cyane kubera amateka yacu tuzi.Sinirirwa nyasubiramo.Twahereye hasi cyane ku buryo nta hasi cyane haharuta twajyaga kugera.” Yavuze ko ubu ’aho gushwanyagurika…
SOMA INKURUUbuyapani mu bwoba bukomeye bwa Tsunami
Ubuyapani bwatanze umuburo ko hashobora kwaduka Tsunami ikomeye nyuma y’umutingito w’igipimo cya 7.6 watigishije igice cyo hagati mu gihugu. Abaturiye inkengero z’inyanja ahitwa Noto muri perefegitura ya Ishikawa basabwe “guhunga ako kanya” bajya hejuru ku misozi, nk’uko televiziyo y’igihugu NHK yabitangaje. NHK yavuze ko umuhengeri wazamutse ukagera ku burebure bwa metero eshanu wageze i Noto. Abategetsi baburiye ko Tsunami ishobora kwibasira na perefegitura za Niigata na Toyama zituranye na Ishikawa, ko aho naho umuhengeri ushobora kugera kuri 3m. Televiziyo y’igihugu yakomeje kwerekana mu nyuguti nkuru ijambo “NIMUHUNGE”, isaba abahatuye kwerekaza…
SOMA INKURUU Bwongereza: Bizihije iminsi mikuru isoza umwaka bari mu gahinda kadasanzwe
Imibare yatangajwe ivuye mu ikusanyabiterezo ritandukanye kuri iki Cyumweru, igaragaza ko benshi mu baturage b’u Bwongereza mu myaka itatu ishize bivanye muri EU mu buryo bwuzuye, itazanye impinduka bari biteze. Mu babajijwe, 54% bagaragaje ko kwivana muri EU byagize ingaruka mbi cyane ku bukungu bw’u Bwongereza mu gihe abemeza ko byabaye byiza ari 13%. Mu babajijwe kandi 53% bavuze ko kwivana muri EU byagabanyije imbaraga z’u Bwongereza bwo kubasha kugenzura abinjira ku mipaka yabwo mu gihe 57% bavuga ko byagabanyije ububasha bari bafite mbere bwo kwinjiza mu gihugu ibicuruzwa byakorewe…
SOMA INKURU