Papa Léon XIV yikomye politiki ya Trump ku bimukira

Papa Léon XIV yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika kongera gutekereza ku buryo ifasha abimukira, avuga ko gahunda yo kubirukana ku bwinshi iteje akaga ku bantu bari bamaze imyaka myinshi babayeho mu mahoro muri icyo gihugu. Ubwo yaganirizaga abanyamakuru i Castel Gandolfo hafi ya Roma, Papa Léon yavuze ko hari abantu bafite amateka y’amahoro n’akazi kabo keza, ariko bagizweho ingaruka n’imyitwarire y’ubuhezanguni mu bijyanye n’abinjira n’abasohoka. Yibukije ko ukwemera kwa gikristu gusaba kwakira umushyitsi, agira ati: “Buri mukirisitu azacirirwa urubanza hashingiwe ku kuntu yakiriye umunyamahanga.” Ubutumwa bwe bwumvikanye nk’ubukomoje ku…

SOMA INKURU

U Rwanda n’u Bushinwa mu bufatanye bushya bwo guhashya ibyaha byifashisha ikoranabuhanga

Mu gihe isi ihanganye n’ibyaha byifashisha ikoranabuhanga, u Rwanda ruri mu nzira yo gushimangira ubufatanye mpuzamahanga bugamije kurinda umutekano w’abaturage barwo. Ibi byagarutsweho na Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr. Vincent Biruta, unayoboye umuryango “Eastern Africa Police Chiefs Cooperation Organization (EAPCCO)”, mu nama yahuje abayobozi b’inzego za Polisi baturutse mu bihugu bya Afurika y’Iburasirazuba n’u Bushinwa, yabereye i Kigali tariki 5 Ugushyingo 2025. Iyi nama yitabiriwe n’abayobozi bakuru b’inzego z’umutekano, igamije gutsura imikoranire mu kurwanya ibyaha by’ikoranabuhanga, iterabwoba n’ibyaha byambukiranya imipaka. Yasojwe hasinywa amasezerano y’ubufatanye hagati ya Polisi y’u Rwanda n’iy’u…

SOMA INKURU

Agahinda gakabije: Indwara yihishe inyuma y’ituze

Mu Rwanda, indwara y’agahinda gakabije (depression) ikomeje gufata indi ntera, mu gihe benshi bagitekereza ko ari uburangare bw’umutima cyangwa uburwayi bwo mu bitekerezo, aho kuba ikibazo cy’ubuzima bw’imitekerereze gikwiye kuvurwa. Abahanga bemeza ko iyi ndwara iri mu byihishe inyuma yo kwiyahura kurushaho kwiyongera ndetse n’ihungabana rihora riboneka mu bantu batandukanye, cyane cyane urubyiruko n’abagore. Dr. Uwineza, impuguke mu buzima bwo mu mutwe, avuga ko buri mwaka hakirwa abantu barenga ibihumbi bitatu (3000) bafite ibimenyetso by’agahinda gakabije, ko ariko abo ari bake ugereranyije n’abagafite batabizi cyangwa batinya kugana kwa muganga. Ati:…

SOMA INKURU

RDC: Siporo yahindutse intambara ya politiki nyuma y’iserukiramuco rya Giants of Africa i Kigali

Mu gihe abenshi babonaga iserukiramuco rya Giants of Africa nk’urubuga rwo guteza imbere urubyiruko n’abatoza ba Basketball muri Afurika, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) byahindutse inkuru itunguranye. Ishyirahamwe rya Basketball muri iki gihugu (FEBACO) ryatangaje icyemezo gikakaye cyo kwirukana burundu abatoza bane n’abakinnyi batandukanye, nyuma yo kugaragara i Kigali bambaye ibirango by’igihugu batabiherewe uburenganzira. Guhera kuwa 26 Nyakanga kugeza kuya 2 Kanama 2025, u Rwanda rwabaye umurwa mukuru wa Basketball y’urubyiruko. Iserukiramuco rya Giants of Africa ryahuje abakinnyi n’abatoza baturutse mu bihugu birenga 15 bya Afurika birimo Ethiopia,…

SOMA INKURU

Rwanda: Umushinga wa miliyari 60 wo kubika gaz ushobora guhindura ubuzima bw’ingo nyinshi

Mu rwego rwo kugabanya ikoreshwa ry’inkwi n’amakara mu guteka, Sosiyete icuruza ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda (SP Ltd) yatangaje ko iri mu mushinga ukomeye wo kubaka ibigega bizabika gaz yo gutekesha bifite agaciro karenga miliyari 60 Frw. Uyu mushinga ukaba uteganywa gutangira gukora mu mwaka wa 2026. Nk’uko byatangajwe n’umuyobozi mukuru wa SP, Habimana Claudien, mu kiganiro yagiranye na The New Times, yatangaje ko uyu mushinga ugamije gufasha igihugu kwihaza mu ngufu zitandukanye no guteza imbere ikoreshwa rya gaz mu ngo z’abanyarwanda, mu rwego rwo kugabanya ibikorwa bituma amashyamba acibwa…

SOMA INKURU

Trump’s shadow over New York: The battle between Cuomo, Mamdani and federal threats

As New York City gears up for one of its most contentious mayoral elections in decades, U.S. President Donald Trump has once again thrust himself into the heart of the city’s political storm. On Monday evening, Trump used his Truth Social account to make an unexpected endorsement backing former Democratic governor Andrew Cuomo, now an Independent candidate while threatening to cut federal funding if his left-wing rival, Zohran Mamdani wins. “Whether you like Cuomo or not, you have no choice. You must vote for him,” Trump declared. “He is capable…

SOMA INKURU

Tanzanie: la promesse trahie de Samia Suluhu Hassan, entre espoir démocratique et retour à la peur

Les rues de Dar es Salaam bruissent encore des cris d’indignation. Trois jours après la proclamation des résultats de la présidentielle du 29 octobre 2025, la Tanzanie semble basculer dans une crise politique profonde. Ce qui devait être une célébration démocratique s’est transformé en cauchemar collectif. Samia Suluhu Hassan, élue avec près de 98 % des suffrages, a prêté serment dans une cérémonie fermée au public. Pour beaucoup, cette victoire n’a rien d’un triomphe démocratique, mais plutôt le symbole d’un pouvoir verrouillé. L’opposition, réduite au silence, dénonce des arrestations arbitraires,…

SOMA INKURU

Cabo Delgado: Umugaba mukuru w’ingabo za Mozambique yashimye ingabo z’u Rwanda

Ejo hashize kuwa Kane tariki ya 30 Ukwakira 2025, nibwo umwuka w’ubufatanye n’ubuvandimwe hagati y’u Rwanda na Mozambique wongeye gushimangirwa mu ruzinduko rwa Gen Júlio dos Santos Jane, umugaba mukuru w’ingabo za Mozambique n’itsinda ry’abasirikare bakuru b’iki gihugu, barimo Maj Gen André Rafael Mahunguane uyobora ingabo zirwanira ku butaka. Iri tsinda ryasuye inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri mu mujyi wa Mocímboa da Praia, mu Ntara ya Cabo Delgado, aho ryakiriwe n’Umuyobozi w’Inzego z’u Rwanda ziri muri Mozambique (RSF Rwanda Security Forces), Maj Gen Vincent Gatama n’abandi bayobozi bakuru b’ingabo z’u…

SOMA INKURU

Diamond Platnumz yokejwe igitutu bituma ashyira benshi mu rujijo

Mu gihugu cya Tanzania, aho umuziki ukunze guhuzwa n’imyemerere muri politiki, umuhanzi w’icyamamare Diamond Platnumz yongeye kugaragara nk’umwe mu bantu bakomeje kuvugisha benshi,  nyuma y’uko asibye amafoto n’ubutumwa bwose byamamazaga Perezida Samia Suluhu Hassan, ibintu byasembuye ibitekerezo bitandukanye ku mbuga nkoranyambaga. Nyuma y’iminsi mike ashyizeho amafoto n’ubutumwa bugaragaza gushyigikira Perezida Samia muri ayo matora, abafana be benshi bamushinjije kuba ari ku ruhande rw’ubutegetsi butavugwaho rumwe, bavuga ko ari “umuhanzi uhindutse umuvugizi w’abanyagitugu”. Icyo gihe, Diamond yari yanditse amagambo yuzuye icyubahiro, agira ati: “Perezida Samia Suluhu ni umubyeyi ukorera igihugu n’umurava,…

SOMA INKURU

Perezida DonaldTrump yagabanyije abinjira nk’impunzi ku rwego rutigeze rubaho

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gutungurana ejo hashize kuwa 30 Ukwakira 2025, atangaza icyemezo cyo kugabanya ku buryo bukomeye umubare w’abakirwa nk’impunzi, uva ku bihumbi 125 ukagera ku 7.500 gusa. Iki cyemezo cyatunguye benshi kuko ari bwo bwa mbere mu mateka ya Amerika yakiriye umubare mucye w’impunzi ku mwaka. Amakuru ava mu biro bya White House avuga ko abazahabwa amahirwe ari benshi ari abazungu bakomoka muri Afurika y’Epfo, bavuga ko bahohoterwa no kwamburwa ubutaka bwabo. Nubwo ubutegetsi bwa Trump butigeze busobanura impamvu y’iri gabanywa rikomeye,…

SOMA INKURU