Tanzanie: Entre peur et résistance, Dar es Salaam s’enflamme après des élections contestées

Lorsque le jour s’est levé sur Dar es Salaam ce mercredi, nul n’imaginait que la capitale économique de la Tanzanie plongerait si vite dans le chaos. En quelques heures, les rues habituellement animées et bruyantes se sont transformées en scènes de confrontation, de fumée et de panique. Le déclencheur est des élections présidentielles et législatives que beaucoup de Tanzaniens jugent dénuées de véritable concurrence. À la mi-journée, la police tanzanienne avait imposé un couvre-feu illimité, évoquant des menaces à la sécurité. Mais pour les habitants, cette mesure représente bien plus…

SOMA INKURU

Kuba Trump yifuza manda ya 3 byahagurukije isi

Perezida wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yongeye gutangaza amagambo yateye impaka ku isi yose, ubwo yavugaga ko atumva impamvu atemerewe kongera kwiyamamariza manda ya gatatu. Ibi yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ubwo yari mu ndege ya Air Force One agiye muri Koreya y’Epfo kuwa kabiri, tariki ya 28 Ukwakira 2025. Mu magambo ye yuzuyemo amarangamutima, Trump yagize ati: “Mpagaze neza mu bijyanye n’ikusanyabitekerezo, kandi murabizi nkurikije ibyo nasomye. Ndabizi ko ntemerewe kongera kwiyamamaza, ariko tuzareba uko bizagenda. Biteye isoni, ariko abantu benshi barabibaza.” Iri jambo rye…

SOMA INKURU

U Burundi mu ikoranabuhanga rikomeye bamuritse imodoka idatoborwa n’amasasu

Igisirikare cy’u Burundi (FDNB) cyateye intambwe idasanzwe mu mateka yacyo kimurika imodoka ya mbere yakorewe imbere mu gihugu, ikozwe mu bikoresho by’imbere mu gihugu kandi nk’uko abayikoze babitangaza ntitoborwa n’amasasu. Kuwa 27 Ukwakira 2025, nibwo Minisitiri w’Ingabo, Marie Chantal Nijimbere yari kumwe n’umugaba mukuru w’Ingabo, Gen. Prime Niyongabo, mu rugendo rwo gusura inzego zitandukanye za FDNB nibwo hasuwe ibigo by’ingabo zirwanira ku butaka, mu kirere ndetse no mu mazi, hamwe n’urwego rw’abasirikare basezerewe. Ariko icyo gikorwa cyahinduye isura ubwo Minisitiri w’Ingabo n’Umugaba Mukuru w’Ingabo bamurikirwaga imodoka ya mbere yakorewe mu…

SOMA INKURU

L’inaction contre le changement climatique cause “des millions de morts”

Le Lancet Count-down, rapport publié chaque année par une centaine de chercheurs internationaux, propose pour la première fois, mercredi, des estimations précises de la mortalité liée aux conséquences du réchauffement climatique comme les vagues de chaleur, les feux de forêt ou encore la pollution aérienne. Le bilan se compte en millions de morts. Canicules, sécheresses, pollution aérienne… Les effets du réchauffement climatique sur la santé continuent à s’aggraver dans le monde, avec des millions de morts à la clé, prévient mercredi 28 octobre un rapport annuel publié par la revue…

SOMA INKURU

Quand le froid devient un ennemi invisible: Les effets du climat glacial sur la santé des nouveau-nés

The cries of newborns often mingle with the breath of the cold wind from the high Rwandan hills. In this situation, babies are wrapped in thin, often worn blankets to protect them from a silent but formidable danger: the cold. In Rwanda, nights can be particularly frigid, especially in mountainous districts like Musanze, Burera, Nyabihu, and Rutsiro. While the cold may seem harmless to adults, it can be fatal for infants, whose body temperature drops rapidly, leading to serious medical complications. At the hospital in Shyira, in the Nyabihu district,…

SOMA INKURU

U Rwanda na Somalia mu rugendo rushya rw’ubufatanye

Mu gihe Afurika ikomeje gushaka uburyo bwo kubaka ubufatanye bushingiye ku nyungu zayo bwite, u Rwanda na Somalia byafashe indi ntambwe ikomeye mu guteza imbere umubano wabyo, binyuze mu masezerano y’ubufatanye mu nzego z’ingenzi zirimo ubutabera, uburezi, ubuhinzi, ikoranabuhanga n’amategeko. Aya masezerano yasinyiwe i Kigali ku wa 27 Ukwakira 2025, hagati ya Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe na Minisitiri wa Somalia H.E. Abdisalam Abdi Ali, uri mu ruzinduko mu Rwanda. Mu biganiro byabo, aba bayobozi bombi bashimangiye ko umubano w’u Rwanda na Somalia ushingiye…

SOMA INKURU

Ubushakashatsi bushya ku rukingo rwa COVID-19

Nyuma y’imyaka 5 isi ihanganye n’icyorezo cya COVID-19, aho urukingo rwacyo rwagize uruhare runini mu kurinda ubuzima bwa benshi, ubu haravugwa akamaro gashya nk’icyizere mu buvuzi. Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko uru rukingo rushobora kugira uruhare mu gufasha mu kuvura kanseri, binyuze mu gukangura ubwirinzi bw’umubiri kugira ngo bumenye uturemangingo twanduye kanseri tuboneke hakiri kare. Ubu bushakashatsi bwakozwe ku bufatanye bwa Kaminuza ya Florida n’Ikigo cya Texas MD Anderson Cancer Center, bwakorewe ku barwayi barenga 1.000 bafite ubwoko butandukanye bwa kanseri, burimo kanseri y’ibihaha n’iy’uruhu zikunze kuba zigoye kuvura. Abarwayi 43…

SOMA INKURU

Intsinzi ya Paul Biya ku myaka 92 yaba ishimangira ubutegetsi budasaza muri Cameroun?

Mu gihe amahanga menshi akomeje gusimbuza abategetsi bakuze urubyiruko, Cameroun yo yongeye guhitamo kugendera mu nzira itandukanye. Paul Biya, umugabo w’imyaka 92 y’amavuko, yongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu nyuma y’imyaka hafi 43 amaze ari ku butegetsi. Akanama gashinzwe kurengera Itegeko Nshinga katangaje ko Biya yatsinze amatora n’amajwi 53,66%, mu gihe Issa Tchrioma Bakary wari umukandida ukomeye yamukurikiye n’amajwi 35,19%. Amajwi akaba yatangajwe ku mugaragaro kuri uyu wa Mbere, agaragaza ishusho y’igihugu kigifite icyizere mu muyobozi ariko kandi iteye impaka mu maso y’isi yose. Biya ni umwe mu bategetsi bamaze igihe…

SOMA INKURU

Venezuela ku nkeke: Amerika irashinjwa umugambi wo kwigarurira umutungo wayo

Intambara y’amagambo hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Venezuela yongeye gufata indi ntera nyuma y’uko Intumwa Nkuru ya Leta muri Venezuela, Tarek William Saab,yatangaje ko igihugu cye gihangayikishijwe bikomeye n’imigambi ya Perezida Donald Trump, ashinjwa gushaka gukuraho ubuyobozi bwa Perezida Nicolás Maduro. Ku Cyumweru, mu kiganiro n’abanyamakuru i Caracas, Saab yagize ati: “Uwo mugambi wo guhirika ubutegetsi bwacu ni inzira yo gushaka kwigarurira umutungo w’igihugu cyacu  zahabu, lisansi n’amabuye y’agaciro. Ni politiki y’ubusahuzi itwikiriye ijambo rya demokarasi.” Saab, uzwi nk’umwe mu bantu ba hafi ba Perezida Maduro, yavuze…

SOMA INKURU

Ten people stand trial in Paris for online harassment of Brigitte Macron

France’s first lady has long been the target of disinformation. Ten defendants will be tried in a Paris court on Monday over online harassment of Brigitte Macron. Ten people go on trial in Paris on Monday, October 27, for sexist cyber-harassment of Brigitte Macron, in the latest case sparked by unsubstantiated gender claims thrown at the French first lady for years by some in France and beyond. The trial comes after she and President Emmanuel Macron filed a defamation lawsuit in the United States at the end of July, in…

SOMA INKURU