Trois lacs, la forêt, de l’air : à Fuzine, à vingt minutes de route des plages du nord de l’Adriatique et leur chaleur écrasante, le tourisme croate commence une nouvelle page. “Le lieu est sublime, le climat génial”, s’enthousiasme Gerald Bostwick, un visiteur américain venu se ressourcer après quelques jours en bord de mer à Split. “Je préfère rester ici”, assure ce retraité originaire de Denver, qui énumère les avantages : “Il y a une douce brise, on dort bien, les températures sont plus douces”. Dans cette région croate, à…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
M23 yafashe umujyi wa Ishasha unizeza byinshi abaturage baho
Umutwe wa M23 watangaje ku cyumweru ko wafashe umujyi wa Ishasha uherereye ku mupaka wa DR Congo na Uganda mu majyaruguru y’intara ya Kivu ya Ruguru muri 60km uvuye mu mujyi wa Rutshuru-Centre. Ku mashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga na bamwe mu bakuriye M23, umwe mu barwanyi bayo yagaragaye abwira abasivile baje kubakira bati: “M23 ije kubacungira umutekano n’ibyanyu…Barrières za FDLR ntimuzongera kuzibona, FDLR igomba gusubira iwabo mu Rwanda, aba Mai-Mai bari hano mubabwire baze dufatanye kubaka igihugu…Aho M23 iri nta kibazo gihari”. Uruhande rwa leta cyangwa ingabo za leta…
SOMA INKURUAbaturage barataka kwibwa miliyoni 64, abayobozi bo ntibabikozwe
Mu gihe abaturage basaga 500 bibumbiye mu Itsinda Twivane mu Bukene ryo mu murenge wa Busogo, mu karere ka Musanze basabye ko hakurikiranwa abayobozi babo banyereje miliyoni 64 Frw bakusanyije nk’imisanzu ya mituweli n’ubwizigame, abayobozi b’inzego z’ibanze bo ntibemeranya n’abo baturage ku ngano y’amafaranga bavuga ko yanyerejwe. Bamwe mu baturage bagize Itsinda Twivane mu Bukene bagiye kuri Sacco Ihirwe Busogo kugenzura amafaranga basigaranye kuri konti, dore ko nyuma y’inyerezwa ry’ayo mafaranga, kuri ubu kwivuza no kwiteza imbere kuri aba banyamuryango bagaragaza ko ari ikibazo kibakomereye. Nubwo abaturage batangaza ibi umucungamutungo…
SOMA INKURUIngabo z’Ubushinwa mu myitozo n’ibihugu 2 bya Afurika
Kuva tariki 29 Nyakanga 2024 nibwo ingabo z’Abashinwa, Mozambike na Tanzaniya zatangiye gukora imyitozo ihuriweho yitiriwe amahoro n’ubumwe ya 2024 muri Tanzaniya, yibanda ku bikorwa bya gisirikare byo kurwanya iterabwoba. Ingabo z’Abashinwa bitabiriye iyi myitozo ya Peace Unity 2024 zigizwe n’amatsinda abiri: imitwe y’ingabo zo ku butaka yoherejwe n’Ubuyobozi bukuru bw’igisirikare cy’u Bushinwa (PLA) mu gice cyo hagati mu gihugu, hamwe n’imitwe y’Ingabo zo mu mazi yoherejwe n’ubuyobozi bwa PLA mu gice cy’Amajyepfo. Imitwe yo ku butaka igizwe n’ingabo zo mu itsinda rya 82, abashinzwe amakuru n’itumanaho, n’ibitaro bya gisirikare.…
SOMA INKURURwanda to export plasma in strategic medical move
Rwanda is set to export plasma as the country seeks to address the cost it incurs on the production and disposal of excess amounts of this blood component, as well as get derived medicinal products for the patients in need of them at a relatively lower price, it has emerged. The sale of plasma is provided for in a Ministerial Order of July 11, 2024, on modalities for the use of the human body, organs, tissues, cells and products of the human body, which was published in the Official Gazette,…
SOMA INKURUCAR: RDF army chief briefs Rwandan troops on regional security
Rwanda Defence Force (RDF) Army Chief of Staff Maj Gen Vincent Nyakarundi on August 4 visited the Rwandan peacekeepers operating in the Central African Republic. According to a statement by the Ministry of Defence, Gen Nyakarundi held discussions with officers, men and women serving under the UN Multidimensional Integrated Stabilization Mission in the Central African Republic (MINUSCA) and forces operating under the bilateral cooperation framework between Rwanda and CAR at Rwanbatt Headquarters in Socatel M’Poko Base Camp. He expressed his gratitude for their exceptional efforts in ensuring the protection of the…
SOMA INKURUInyungu z’ikoreshwa ry’bihingwa byahinduriwe uturemangingo ku muhinzi n’umuguzi
Ibihingwa bihindurirwa uturemangingo (DNA) hagamijwe inyungu runaka zose ziganisha mu korohereza no guteza imbere abahinzi ndetse no korohereza ababikoresha aho bigera ku isoko bifite ubuziranenge kandi ku giciro cyiza. Inyungu ziba zigamijwe mu guhindura uturemangingo z’ibihingwa harimo kubyongerera umusaruro, intungamubiri kidasanganywe, ubudahangarwa ku izuba, kwihanganira indwara n’imvura nyinshi, kuba igihingwa kidakenera guterwa imiti cyangwa iyakoreshwaga ikagabanuka cyane, kwera mu gihe gito n’izindi. Uyu mwihariko w’ibiribwa byahinduriwe uturemangingo utanga umusaruro ufatika mu bihugu byatangiye gukoresha ikoranabuhanga mu buhinzi aho bigira uruhare mu kurwanya inzara cyane ko bitanga umusaruro utubutse, kandi no…
SOMA INKURUAlarming Rates of Intimate Partner Violence Among Adolescent Girls
One in four adolescent girls worldwide will experience physical or sexual violence from an intimate partner before reaching the age of 20, according to a new report by the World Health Organization (WHO). This equates to approximately 19 million young women enduring such violence. The study, published in The Lancet Child & Adolescent Health today, paints a disturbing picture of the extent of intimate partner violence (IPV) among this vulnerable population. The data reveals that the consequences of IPV can be devastating, impacting physical and mental health, education, and future…
SOMA INKURUKamara Harris yaba ariwe mugore ugiye gukora amateka muri USA
Nyuma y’aho Perezida Joe Biden atangarije kwikura mu guhatanira kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika,visi perezida we Kamala Harris niwe uri guhabwa amahirwe mu ishyaka ry’Abademokarate yo guhangana na Donald Trump mu kwezi k’Ugushyingo 2024, yatsinda amatora akaba akoze amateka y’umugore wa mbere uyoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Umushakatsi akaba n’umwarimu wigisha muri kaminuza iby’imiyoborere y’abaperezida muri Miller Center, Kaminuza ya Virginia, Barbara Perry, yatangarije africanews ko Kamara Harris afite ibikorwa bimuha amahirwe yo guhatanira kuyobora igihugu cy’igihangange nka Amerika. Ati: “Yarenze inzitizi aba umugore wa mbere utari umuzungu…
SOMA INKURUHaranugwanugwa uzasimbura ku butegetsi Kim Jong-Un
Ikigo gishinzwe ubutasi muri Koreya y’Epfo cyatangaje ko umukobwa wa Kim Jong-un, amaze igihe ahabwa amasomo ajyanye n’imiyoborere kugira ngo azasimbure se ku buyobozi bwa Koreya ya Ruguru. Kim Jong-Un yatangiye kuyobora Koreya ya Ruguru mu 2011, nyuma y’urupfu rwa Kim Jong-il. Ibijyanye n’aya makuru y’uru rwego rw’ubutasi byatangajwe Bloomberg cyatangaje ko uru rwego rw’iperereza kuwa Mbere tariki 29 Nyakanga 2024, rwakoze inama ari nayo rwagaragarijemo ko uyu mukobwa wa Kim Jong-Un witwa Kim Ju-ae ariwe uzayobora igihugu nyuma ya se. Aya makuru atangajwe nyuma y’igihugu uyu mukobwa amaze agaragara…
SOMA INKURU