Impinduka muri Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda

Abanyamuryango ba Federasiyo ya Volleyball mu Rwanda (FRVB) bemeje ko shampiyona y’umwaka utaha w’imikino wa 2024-2025 mu cyiciro cya mbere wazatangira tariki ya 18 Ukwakira uyu mwaka wa 2024, ndese hazaba hakoreshwa ibyuma bifata amashusho yo mu kibuga “Video Challenge”  abenshi bazi ku izina rya VAR. Iri koranabuhanga ribarizwa hagati y’ibihumbi 25 na 50 by’amadolari bitewe n’aho wariguze ndetse n’umubare wa cameras ushaka, rifasha umusifuzi kwemeza neza niba umupira waguye mu kibuga cyangwa hanze, umukinnyi kuba yafashe ku rushundura (Net Touching) cyangwa se niba umupira wamukozeho mbere y’uko ujya hanze…

SOMA INKURU

Parliament: New speaker to be elected by August 22

The swearing-in of Rwanda’s new Members of Parliament (MPs)  also called Deputies is expected by August 22, going by a provision in the constitution that stipulates that before assuming their duties, lawmakers must take an oath of office within 30 days after being elected. This means that they will take an oath before August 22, but not after that date. Article 66 of the constitution, which talks about the commencement of office for Members of Parliament, provides that before assuming his or her duties, a member of Parliament takes the…

SOMA INKURU

Rwanda, Egypt ink deal to support modern heart centre in Kigali

Rwandan and Egyptian officials on Monday, August 12, signed a Memorandum of Understanding on the supply of medical equipment and devices for the MY Rwanda-Egypt Heart Care Centre, a state-of-the-art facility under construction in Kigali’s burgeoning medical hub in Masaka, Kicukiro District. The $20 million heart care facility, whose construction began in 2021, is expected to be completed in 2025. Once complete, the centre will be the first of its kind in Central Africa, according to officials. The agreement signed by Rwandan Food and Drugs Authority (Rwanda FDA) and the…

SOMA INKURU

Kuba impande zihanganye zahuriye mu Rwanda mu kurahira kwa Perezida Kagame, Bivuze iki?

Abari muri stade Amahoro n’abakurikiye umuhango wo kurahira kwa Perezida Paul Kagame ku cyumweru i Kigali, babonye uko General Abdel Fattah al-Burhan wa Sudan yigaragaje n’imbaraga ubwo yari yerekanywe mu bashyitsi bitabiriye uwo muhango, ndetse n’amashyi no kwiyamirira byo kumwishimira byumvikanye. Uyu mugabo mu byumweru hafi bibiri bishize yarokotse igitero cy’indege ebyiri za ‘drones’ cyari kigambiriye kumuhitana aho yari ari mu birori byo gusoza amasomo y’abasirikare mu burasirazuba bwa Sudan. General Burhan ni perezida w’inzibacyuho wa Sudan, igihugu kimaze umwaka urenga mu ntambara bivugwa ko ari yo ikomeye cyane irimo…

SOMA INKURU

Ingaruka zo kutipimishiriza ku gihe indwara zibasira umwijima

Abahanga mu buvuzi basabye abantu bose kurushaho kwisuzumisha indwara z’umwijima hakiri kare kuko bigera no kuri cancer y’umwijima, ndetse kugeza ubu serivisi zirebana n’ubuvuzi bw’iyi ndwara no kuzipima bikorerwa ku mavuriro yose mu gihugu kandi nta kiguzi. Nyiramatama Bernadette, umubyeyi w’imyaka 73 y’amavuko, avuga ko igihe yamenyega ko arwaye umwijima wo mu bwoko bwa C, byabaye ibihe bikomeye kuri we. Ati “Nari umuntu utarwaragurika, nyuma ntangira kumva gucika intege, nkagira umunaniro, nyuma nagiye kwisuzumisha ngo menye uko mpagaze, bambwira ko mu maraso yanjye harimo hepatite C. Numvise ntunguwe ariko ndikomeza, imiti…

SOMA INKURU

Kigali-i Masoro: Inkongi y’umuriro yibasiye uruganda rw’imyenda

Kuri uyu wa mbere tariki 5 Kanama 2024, mu masaha ya saa kumi n’imwe z’urucyerera nibwo umwotsi mwinshi uturutse ku nkongi y’umuriro wacucumutse muri imwe mu nyubako ikorerwamo imyenda, iherereye mu cyanya cy’inganda cya Kigali giherereye i Masoro ’Kigali Special Economic Zone’. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface Rutikanga yatangaje ko koko ayo makuru y’inkongi y’umuriro ari yo, avuga ko ishami rya Polisi rishinzwe kuzimya inkongi ryahise ryihutira gukora ubutabazi. Ati: “Inkongi yahereye mu gisenge cy’inzu yangiza iyo nyubako n’ibikoresho birimo, ni uruganda rumwe rwafashwe n’inkongi ubutabazi burakomeje. Turimo…

SOMA INKURU

Ikayi yo mu 1990 ikubiyemo umuziki wa Lil Wayne yashyizwe ku isoko

Ikayi Umuraperi Lil Wayne yanditsemo ‘lyrics’ z’indirimbo ze yashyizwe mu cyamunara. TMZ yatangaje ko iyi kayi yo mu myaka yo mu 1990 y’uyu muhanzi yashyizwe ku isoko kuri miliyoni $5. ibi bije nyuma y’imyaka itanu yari ishize iyi kayi yari yabanje gushyirwa ku isoko ku bihumbi $250 hakaza kuzamo ibibazo ntigurishwe, byanagiye mu inkiko. Moments in Time yashyize ku isoko iyi kayi mu 2019 yari yabikoze ivuga ko ishaka guteza cyamunara inyandiko ya Lil Wayne mu izina ry’umuntu wavugaga ko yayitoraguye mu modoka, yigeze kuba iya Cash Money Records ireberera…

SOMA INKURU

Umutoza wa APR FC yahishuye icyatumye batsindwa na Simba

Umutoza w’ikipe ya APR FC Darko Novic avuga ko kimwe mu byatumye batsindwa n’ikipe ya Simba ku munsi wayo uzwi nka SIMBA DAY, harimo kudashyira igitutu kuwo bahanganye n’ibindi. Ibi byatangajwe mu kiganiro yahaye televiziyo ya Azam nyuma y’aho ikipe ya Simba SC itsinze APR FC ibitego 2-0 mu mukino w’ibirori by’umunsi wa byabaye tariki 3 Kanama 2024. Yagize ati: “Uyu munsi nshobora kunyurwa n’ibintu byinshi, by’umwihariko Simba SC yatsinze ibitego bitavuye ku guhererekanya, byose byari amashoti ya kure. Icyo nabuze ku bakinnyi banjye ni uguhererekanya umupira cyane, gutuza bafite…

SOMA INKURU

Icyo itegeko rigena mu kwemeza isano hagati y’umubyeyi n’umwana

Itegeko rigenga abantu n’umuryango ryasohotse ku wa 30 Nyakanga 2024, riteganya ko umwana uvutse ku bashyingiranywe mu gihe babana aba ari uw’umugabo wa nyina. Ku bana bavutse hifashishijwe ikoranabuhanga, umugabo agomba kuba yemera ko ubu buryo bwo kororoka bwifashishwa. Gusa hashize iminsi abantu bajya impaka ku ngingo yo gupimisha n’ibipimo by’uturemangingo ndangasano “ADN” ku bagabo bakeka ko abana bafite atari ababo, hakaba n’abasanze koko barabyawe n’abandi. Imibare igaragaza ko abasabye iyi serivisi bagiye biyongera uko imyaka igenda yigira imbere kuko mu mwaka wa 2022/2023 yasabwe n’abagabo 780, mu gihe 2021/22…

SOMA INKURU

Icyifuzo cy’abahungu b’umuhanzi Britney Spears cyamenyekanye

Abahungu b’umuhanzikazi Britney Spears bagaragaje ko bashaka kwiyunga na se w’uyu mugore Jamie Spears, bamaze igihe badacana uwaka nyuma y’aho mu 2021 uyu musaza yambuwe inshingano zo gukurikirana umukobwa we mu cyiswe ‘Conservatorship’. Ibi byatumye umubano wa Britney na se utaba mwiza ndetse bigira ingaruka no ku w’abana be n’uyu mubyeyi ubyara uyu muhanzikazi. Gusa hari amakuru avuga ko aba buzukuru b’uyu musaza bamaze iminsi bavugana na we ndetse bakaba bashaka kujya kumusura no kwiyegereza abandi bo mu muryango wabo cyane uvukamo nyina. TMZ yatangaje ko ifite amakuru agaragaza ko…

SOMA INKURU