Itariki izaberaho umuhango wo Kwita Izina abana b’ingangi 2024 yatangajwe n’ Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, “RDB”, ibinyujije ku rukuta rwayo rwa X. Uyu muhango ugiye kuba ku nshuro ya 20 uzaba tariki 18 Ukwakira 2024, ukazabera nk’ibisanzwe mu Kinigi hafi ya Pariki y’Ibirunga. Mu mwaka wa 2005 nibwo u Rwanda rwatangaje ishyirwaho ry’uyu muhango wo “Kwita Izina” nk’igikorwa cya buri mwaka. Kugeza ubu ingagi zimaze guhabwa amazina mu myaka 19 ishize zigera kuri 352. Kuva iyi gahunda yo Kwita Izina yatangira nibura miliyari z’amafaranga y’u Rwanda zisaga 10 yakoreshejwe mu mishinga…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Africa’s inaugural AI summit brings 1000 global leaders to Kigali
In the next two months, Kigali will be the focal point as 1000 leaders from the global Artificial Intelligence (AI) ecosystem will gather from October 8 to 9, at Kigali Convention Centre, for Africa’s inauguration AI summit. This event, hosted by the Centre for the Fourth Industrial Revolution Rwanda (C4IR Rwanda) in collaboration with the World Economic Forum (WEF), is set to advance an ambitious vision for Africa’s leadership in the age of Al. The two-day summit will attract a diverse range of participants, including heads of state, ministers, industry…
SOMA INKURUGasabo-Remera: Akabari n’akabyiniro kakoraga mu buryo budasanzwe kafunzwe
Akabyiniro kari gaherereye mu karere ka Gasabo, mu murenge wa Remera, kabyinagamo abakobwa bambaye ubusa, ubusanzwe kakaba kakoraga gafunze ndetse gacungiwe umutekano udasanzwe, kuri ubu kafunzwe ndetse n’abari bakarimo batabwa muri yombi. Ibi byabaye kuri uyu wa 18 Kanama 2024, aho inzego z’umutekano zataye muri yombi abari bari muri kano kabari bagera kuri 22 barimo abari bahasohokeye, ababyiniragamo, abakoragamo ndetse na nyirako. Bivugwa ko abafashwe bahise bashyikirizwa Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha “RIB” mu gihe rugikomeje iperereza. IGIHE cyatangaje ko gifite amakuru ko atari ubwa mbere nyiri aka kabari kavanze n’akabyiniro yari…
SOMA INKURUDemocrats ‘enthused’ as Harris prepares to accept nomination at Chicago convention
US Vice President Kamala Harris has enjoyed a steady rise in her favorability ratings, with her party members energized over her candidacy as the Democratic National Convention opens in Chicago Monday. But thousands of activists calling for a Gaza ceasefire are expected to converge at the convention, exposing increasing opposition, particularly among young voters, over the Biden’s administration handling of the Middle East conflict. A refreshed Democratic Party reintroduces itself to a divided nation this week, having been transformed by the money, momentum, relief and even joy that followed Vice President Kamala Harris‘…
SOMA INKURUUN warns of soaring child malnutrition in Yemen’s government-held areas
Child malnutrition is soaring in Yemen’s government-controlled areas, UNICEF said on Sunday, citing the latest report by the Integrated Food Security Phase Classification (IPC) initiative. The UN children’s agency said the increased rates were “driven by the compounded effect of disease outbreaks (cholera and measles), high food insecurity, limited access to safe drinking water, and economic decline”. A United Nations task force on Sunday warned of soaring child malnutrition in Yemen‘s government-controlled areas, reporting “extremely critical” levels of malnutrition in parts of the country’s south for the first time. “The number of children under…
SOMA INKURUIbyaranze irushanwa ry’amagare ryabaye muri weekend
Kuwa Gatandatu tariki 17 Kanama 2024 no ku Cyumweru tariki 18 Kanama 2024 hakinwe shampiyona y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare, aho ku munsi wa mbere hakinwe agace ko gusiganwa umuntu ku giti cye (Individual Time Trial), mu gihe ku munsi wa kabiri hakinwe gusiganwa mu muhanda muri rusange (Road Race). Ni isiganwa ahanini ryaranzwe no guhangana hagati y’abakinnyi ba Benediction Club nka Mugisha Moise waje no kugera aho asiga abandi iminota irenga irindwi, ihanganye na Java Innovotec irimo abakinnyi nka Areruya Joseph, Patrick Byukusenge n’abandi. Iyi shampiyona ikaba yegukanywe…
SOMA INKURUParike y’Ibirunga yabahinduriye ubuzima
Abaturage bo mu murenge wa Kinigi, mu karere ka Musanze batangaza ko ubukerarugendo bukorerwa muri Parike y’Igihugu y’Ibirunga baturiye bwabafashije guhindura imibereho ari nako batera ikirenge mu iterambere. Ibikorwa by’iterambere bakesha Parike y’Ibirunga binagaragarira amaso iyo ukinjira mu murenge wa Kinigi aho ubona ko abacuruzi bakomeje kuvugurura inyubako zabo bazirimbishaho amakaro nk’amarembo ba mukerarugendo binjiriramo bagiye gusura ingagi. Abatuye Kinigi bavuga ko bishimira iterambere bamaze kugeraho bitewe n’umusaruro uturuka kuri Parike y’Igihugu y’ibirunga kuko ubu iwabo ibikorwaremezo birimo amashuri, inyubako zigezweho, ikigonderabuzima cya Kinigi, amashanyarazi, amazi n’umuriro byose byahageze. Kuri…
SOMA INKURUImpamvu muzi y’indwara ikomeje kwivugana abantu muri Sudani
Umukozi w’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (OMS) yatangaje ko muri Sudani abantu 11.327 ari bo barwaye cholera kandi ko muri bo abagera ku 316 imaze kubahitana. Minisiteri y’Ubuzima muri Sudani yatangaje ko iki gihugu cyugarijwe n’indwara ya cholera aho imaze guhitana abantu 22 mu gihe abandi 354 bayanduye. Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko iki cyorezo cyatewe n’ibibazo by’imihindagurikire y’ikirere kuko amazi akoreshwa n’abaturage yanduye cyane. Kuva muri Mata umwaka ushize ubwo imirwano muri Sudani yadukaga hagati y’Ingabo za Leta zishyigikiye Gen Abdel Fattah al-Burhan uyoboye akanama ka gisirikare kahiritse ubutegetsi n’abarwanyi…
SOMA INKURUHIV-related stigma decreases in Rwanda – report
)A study carried out by UNAIDS in July shows that in countries like Rwanda, the percentage of people holding discriminatory attitudes toward individuals living with HIV has significantly decreased, now hovering around or below 10%. Simeon Tuyishime, Director of the HIV/AIDS Care and Treatment Unit at the Rwanda Biomedical Centre (RBC), attributes this decline in HIV-related stigma to several key factors. “Through psychosocial support and counseling provided during each clinic visit, along with mental health screenings every six months, healthcare providers can identify individuals experiencing self-stigma or facing external discrimination.…
SOMA INKURUSur X, l’entretien entre Elon Musk et Donald Trump débute par une “cyberattaque”
Elon Musk, patron du réseau social X, a offert, lundi soir, une plateforme au candidat à la présidentielle américaine Donald Trump, avec une conversation diffusée sur le compte de l’ancien président. La retransmission a cependant été perturbée par une “cyberattaque massive”, a indiqué Elon Musk. L’interview de Donald Trump par Elon Musk a démarré avec plus de 40 minutes de retard, lundi 12 août, sur le réseau social X, à cause d’une cyberattaque “massive” selon le propriétaire de la plateforme. L’entretien a d’abord été inaccessible pendant de longs moments, à…
SOMA INKURU