Urusobe rw’ibibazo by’ubuzima byibasira utanywa amazi

Nk’uko tubikesha urubuga Medisite, hatangazwa indwara ndetse n’ibibazo umubiri wagira mu gihe nyirawo atanywa amazi mu buryo buhoraho kandi bukenewe, ntuhabeho kuyanywa kuko umuntu afite inyota cyangwa yabuze ikindi anywa. 1. Kutanywa amazi bitera ibibazo by’uruti rw’umugongo ku bagore batwite Ni byiza ku bagore batwite kunywa amazi ahagije kuko burya gutwita bituma uruti rw’umugongo rw’umugore ruba ruremerewe cyane. Iyo rero bimwe mu birugize “disc” ziba hagati y’amagufa y’uruti rw’umugongo zibuze amazi, bituma zangirika bigateza ibibazo bikomeye ku mugongo w’umugore utwite. Abagore batwite rero bagirwa inama zo kunywa amazi ahagije buri…

SOMA INKURU

All 2023 kidney transplants successfully performed locally

Since the launch of kidney transplant services in Rwanda last year, all 32 recorded cases requiring such surgeries have been successfully handled within the country, Dr. Sabin Nsanzimana, the Minister of Health. Introduced in May last year, the services are provided at King Faisal Hospital (KFH). The program began with three living donor kidney transplants in the same month, marking a significant milestone in the government’s efforts to reduce expensive medical referrals abroad. Prior to the introduction of these services, the government had referred close to 70 patients to other…

SOMA INKURU

Mu myitozo ya AS Kigali hagaragayemo amasura mashya

Kuri uyu wa kabiri nibwo ikipe ya AS Kigali yatangiye imyitozo habura iminsi 16 kugira shampiyona itangira tariki ya 15 Kanamana 2024, kuri Tapis Rouge hagaragayemo abakinnyi bashya harimo Sugira Ernest utagiraga ikipe abarizwamo kugeza ubu hamwe n’uwahoze ari rutahizamu wa Rayon Sports Ngendahimana Eric. Abandi bitabiriye iyi myitozo itakoreshejwe n’umutoza mukuru Guy Bukasa utagaragaye ku kibuga, ni abakinnyi basanzwe muri AS Kigali ndetse n’abandi benshi baje kugerageza amahirwe kugira ngo babone ikipe bakoreshejwe n’umutoza wungirije ariwe Guy Bakila. Muri aya masura mashya hagaragayemo myugariro w’iburyo Nkubana Marc wakiniraga ikipe…

SOMA INKURU

Umusore yafashwe yibye Ukarisitiya, impamvu yatangaje irasekeje

Umusore w’imyaka 19 y’amavuko witwa Enock Masala,  wo mu gace ka Ifakara- Morogoro, muri Tanzania, yafatanywe Ukarisitiya Ntagatifu, arimo ashaka kuyitahana, kuko yari yanze kuyitamira nyuma yo kuyihabwa mu gihe cyo guhazwa. Abajijwe icyatumye aza mu Kiliziya, akajya no guhazwa kandi atari umugatolika, yavuze ko atari azi imihango y’idini Gatolika, ko yagiye gufata iyo Ukarisitiya kuko yari abonye abandi bakirisitu batonze umurongo barimo bazihabwa nawe ajya kuyifata, ariko atazi uko uyihawe agomba kwitwara. Yavuze ko atari azi ko ari ikosa gutahana Ukarisitiya Ntagatifu ndetse ko atari azi ko umuntu ayibahwa…

SOMA INKURU

Glissements de terrain en Inde: au moins 36 morts, des centaines de personnes probablement ensevelies

Des glissements de terrain survenus tôt mardi matin dans l’Etat indien du Kerala (sud) ont fait au moins 36 morts, tandis que des centaines de personnes ont probablement été ensevelies, selon les autorités locales. “Trente-six décès en lien avec le glissement de terrain dans le district de Wayanad ont été confirmés”, a indiqué D.R. Meghasree, un responsable de ce district de l’Etat du Kerala, où l’effondrement d’un pont entrave les opérations de secours, ont rapporté des médias locaux. La ministre de la Santé de cet Etat, Veena George, a indiqué…

SOMA INKURU

LeBron in awe of South Sudan’s Moshions outfits at Olympics

We are close to eight months in 2024 and Rwanda’s pop culture is getting hotter than ever, with exciting performances and developments that keep entertainment industry abuzz. From Hollywood celebrity Will Ferrel’s visit to Kigali alongside Jon Turteltaub, to Moshions making it at Paris 2024, not forgetting Dr Hillary and Teacher Mpamire’s thrilling performances at Gen Z comedy show in Kigali, The New Times picks some stories that made headlines over the week. South Sudan basketball team rock Moshions outfits at Paris Olympics Moshions, a renowned Rwandan fashion house founded by Moses…

SOMA INKURU

Rwanda: Akato n’ihezwa biracyakorerwa abafite virusi itera SIDA

Urugaga Nyarwanda rw’Abafite virusi itera SIDA (RRP+), rutangaza ko kugeza ubu hakigaragara akato n’ihezwa bikorerwa abafite virusi itera SIDA, bikaba bibangamira gahunda yo gukumira ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA. Umwe mu banyamuryango ba RRP+, Nzamukosha ( izina twamuhaye), ni umukobwa urangije amashuri yisumbuye wavukanye virusi itera SIDA, ariko bikaba bitaramuteye gucika intege ahubwo yiha gahunda yo gufata iya mbere mu kurwanya ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA yifashishije imbuga nkoranyambanga. Atangaza ko hari akato kakigaragara ku bafite virusi itera SIDA. Mu buhamya bwe, agira ati « Njye nagize amahirwe yo…

SOMA INKURU

World Hepatitis Day: How is Rwanda tackling liver inflammation?

On Sunday, July 28, Rwanda will join the rest of the world to mark World Hepatitis Day, raising awareness about viral hepatitis, an inflammation that causes severe liver disease and cancer. There has been an increase in Hepatitis B and Hepatitis C infections and related mortalities in Rwanda. In response, the government, through the Rwanda Biomedical Centre (RBC), is actively conducting awareness campaigns to educate the public about these infections, their causes, prevention, and treatment options. There are five main strains of the hepatitis virus A, B, C, D, and…

SOMA INKURU

Ibyo ikiganiro cya Perezida Kagama na Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza Keir Starmer cyibanzeho

Ibiro by’umukuru w’igihugu “Village Urugwiro”, byatangaje ko kuri uyu wa gatandatu tariki 27 Nyakanga 2024, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza, Keir Starmer bahuriye i Paris mu Bufaransa, aho bagiye mu muhango wo gutangiza imikino ya Olempike, bagirana ikiganiro. Village Urugwiro yatangaje ko Perezida Kagame na Starmer bavuganje ku bijyanye n’ubucuruzi, siporo, ikoranabuhanga no kubungabunga ibidukikije. “Uyu munsi i Paris, Perezida Kagame yahuye na Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza baganiriye ku bushake buhuriweho bwo gukomeza ubufatanye butanga umusaruro, mu bucuruzi, siporo, ikoranabuhanga no kubungabunga…

SOMA INKURU

Indwara izahaza uwo yafashe “Monkepox” yageze mu Rwanda

Byemejwe ko kugeza ubu mu Rwanda hamaze kugaragara abantu 2 bafite icyorezo cya “Monkeypox” kizwi mu kinyarwanda nk’indwara y’ubushita bw’inkende.   Iyi ndwara ije nyuma y’icyorezo cya Covid-19 yibasiye isi yose ikica abatari bacye ndetse ikanateza ibibazo by’ubukungu n’u Rwanda rudasigaye. Iby’iyi ndwara ya Monkeypox mu Rwanda bikaba byemejwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’ Ubuzima “RBC”, cyatangaje ko iyi ndwara y’ubushita bw’inkende yagaraye ku bantu bagiye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo “RDC” hamwe mu hibasiwe n’iyi ndwara cyane. Kuva mu mwaka wa 2022 nibwo hirya no hino ku Isi hagaragaye abantu basaga…

SOMA INKURU