Itegeko rigenga abantu n’umuryango ryasohotse ku wa 30 Nyakanga 2024, riteganya ko umwana uvutse ku bashyingiranywe mu gihe babana aba ari uw’umugabo wa nyina. Ku bana bavutse hifashishijwe ikoranabuhanga, umugabo agomba kuba yemera ko ubu buryo bwo kororoka bwifashishwa. Gusa hashize iminsi abantu bajya impaka ku ngingo yo gupimisha n’ibipimo by’uturemangingo ndangasano “ADN” ku bagabo bakeka ko abana bafite atari ababo, hakaba n’abasanze koko barabyawe n’abandi. Imibare igaragaza ko abasabye iyi serivisi bagiye biyongera uko imyaka igenda yigira imbere kuko mu mwaka wa 2022/2023 yasabwe n’abagabo 780, mu gihe 2021/22…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Icyifuzo cy’abahungu b’umuhanzi Britney Spears cyamenyekanye
Abahungu b’umuhanzikazi Britney Spears bagaragaje ko bashaka kwiyunga na se w’uyu mugore Jamie Spears, bamaze igihe badacana uwaka nyuma y’aho mu 2021 uyu musaza yambuwe inshingano zo gukurikirana umukobwa we mu cyiswe ‘Conservatorship’. Ibi byatumye umubano wa Britney na se utaba mwiza ndetse bigira ingaruka no ku w’abana be n’uyu mubyeyi ubyara uyu muhanzikazi. Gusa hari amakuru avuga ko aba buzukuru b’uyu musaza bamaze iminsi bavugana na we ndetse bakaba bashaka kujya kumusura no kwiyegereza abandi bo mu muryango wabo cyane uvukamo nyina. TMZ yatangaje ko ifite amakuru agaragaza ko…
SOMA INKURUEn Croatie, les montagnes comme refuge pour touristes échaudés
Trois lacs, la forêt, de l’air : à Fuzine, à vingt minutes de route des plages du nord de l’Adriatique et leur chaleur écrasante, le tourisme croate commence une nouvelle page. “Le lieu est sublime, le climat génial”, s’enthousiasme Gerald Bostwick, un visiteur américain venu se ressourcer après quelques jours en bord de mer à Split. “Je préfère rester ici”, assure ce retraité originaire de Denver, qui énumère les avantages : “Il y a une douce brise, on dort bien, les températures sont plus douces”. Dans cette région croate, à…
SOMA INKURUM23 yafashe umujyi wa Ishasha unizeza byinshi abaturage baho
Umutwe wa M23 watangaje ku cyumweru ko wafashe umujyi wa Ishasha uherereye ku mupaka wa DR Congo na Uganda mu majyaruguru y’intara ya Kivu ya Ruguru muri 60km uvuye mu mujyi wa Rutshuru-Centre. Ku mashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga na bamwe mu bakuriye M23, umwe mu barwanyi bayo yagaragaye abwira abasivile baje kubakira bati: “M23 ije kubacungira umutekano n’ibyanyu…Barrières za FDLR ntimuzongera kuzibona, FDLR igomba gusubira iwabo mu Rwanda, aba Mai-Mai bari hano mubabwire baze dufatanye kubaka igihugu…Aho M23 iri nta kibazo gihari”. Uruhande rwa leta cyangwa ingabo za leta…
SOMA INKURUAbaturage barataka kwibwa miliyoni 64, abayobozi bo ntibabikozwe
Mu gihe abaturage basaga 500 bibumbiye mu Itsinda Twivane mu Bukene ryo mu murenge wa Busogo, mu karere ka Musanze basabye ko hakurikiranwa abayobozi babo banyereje miliyoni 64 Frw bakusanyije nk’imisanzu ya mituweli n’ubwizigame, abayobozi b’inzego z’ibanze bo ntibemeranya n’abo baturage ku ngano y’amafaranga bavuga ko yanyerejwe. Bamwe mu baturage bagize Itsinda Twivane mu Bukene bagiye kuri Sacco Ihirwe Busogo kugenzura amafaranga basigaranye kuri konti, dore ko nyuma y’inyerezwa ry’ayo mafaranga, kuri ubu kwivuza no kwiteza imbere kuri aba banyamuryango bagaragaza ko ari ikibazo kibakomereye. Nubwo abaturage batangaza ibi umucungamutungo…
SOMA INKURUIngabo z’Ubushinwa mu myitozo n’ibihugu 2 bya Afurika
Kuva tariki 29 Nyakanga 2024 nibwo ingabo z’Abashinwa, Mozambike na Tanzaniya zatangiye gukora imyitozo ihuriweho yitiriwe amahoro n’ubumwe ya 2024 muri Tanzaniya, yibanda ku bikorwa bya gisirikare byo kurwanya iterabwoba. Ingabo z’Abashinwa bitabiriye iyi myitozo ya Peace Unity 2024 zigizwe n’amatsinda abiri: imitwe y’ingabo zo ku butaka yoherejwe n’Ubuyobozi bukuru bw’igisirikare cy’u Bushinwa (PLA) mu gice cyo hagati mu gihugu, hamwe n’imitwe y’Ingabo zo mu mazi yoherejwe n’ubuyobozi bwa PLA mu gice cy’Amajyepfo. Imitwe yo ku butaka igizwe n’ingabo zo mu itsinda rya 82, abashinzwe amakuru n’itumanaho, n’ibitaro bya gisirikare.…
SOMA INKURURwanda to export plasma in strategic medical move
Rwanda is set to export plasma as the country seeks to address the cost it incurs on the production and disposal of excess amounts of this blood component, as well as get derived medicinal products for the patients in need of them at a relatively lower price, it has emerged. The sale of plasma is provided for in a Ministerial Order of July 11, 2024, on modalities for the use of the human body, organs, tissues, cells and products of the human body, which was published in the Official Gazette,…
SOMA INKURUCAR: RDF army chief briefs Rwandan troops on regional security
Rwanda Defence Force (RDF) Army Chief of Staff Maj Gen Vincent Nyakarundi on August 4 visited the Rwandan peacekeepers operating in the Central African Republic. According to a statement by the Ministry of Defence, Gen Nyakarundi held discussions with officers, men and women serving under the UN Multidimensional Integrated Stabilization Mission in the Central African Republic (MINUSCA) and forces operating under the bilateral cooperation framework between Rwanda and CAR at Rwanbatt Headquarters in Socatel M’Poko Base Camp. He expressed his gratitude for their exceptional efforts in ensuring the protection of the…
SOMA INKURUInyungu z’ikoreshwa ry’bihingwa byahinduriwe uturemangingo ku muhinzi n’umuguzi
Ibihingwa bihindurirwa uturemangingo (DNA) hagamijwe inyungu runaka zose ziganisha mu korohereza no guteza imbere abahinzi ndetse no korohereza ababikoresha aho bigera ku isoko bifite ubuziranenge kandi ku giciro cyiza. Inyungu ziba zigamijwe mu guhindura uturemangingo z’ibihingwa harimo kubyongerera umusaruro, intungamubiri kidasanganywe, ubudahangarwa ku izuba, kwihanganira indwara n’imvura nyinshi, kuba igihingwa kidakenera guterwa imiti cyangwa iyakoreshwaga ikagabanuka cyane, kwera mu gihe gito n’izindi. Uyu mwihariko w’ibiribwa byahinduriwe uturemangingo utanga umusaruro ufatika mu bihugu byatangiye gukoresha ikoranabuhanga mu buhinzi aho bigira uruhare mu kurwanya inzara cyane ko bitanga umusaruro utubutse, kandi no…
SOMA INKURUAlarming Rates of Intimate Partner Violence Among Adolescent Girls
One in four adolescent girls worldwide will experience physical or sexual violence from an intimate partner before reaching the age of 20, according to a new report by the World Health Organization (WHO). This equates to approximately 19 million young women enduring such violence. The study, published in The Lancet Child & Adolescent Health today, paints a disturbing picture of the extent of intimate partner violence (IPV) among this vulnerable population. The data reveals that the consequences of IPV can be devastating, impacting physical and mental health, education, and future…
SOMA INKURU