Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu gukumira no kurwanya ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA, hari itsinda ry’abantu rikomeje kugerwaho n’ingaruka zikomeye zishyira ubuzima bwabo mu kaga, bitewe n’ikibazo kitavugwa kenshi: Ipfunwe n’akato bikorerwa ku baryamana bahuje igitsina bo mu karere ka Rubavu. Rubavu ni kamwe mu turere tw’ubukerarugendo ndetse kanegereye umupaka karangwamo urujya n’uruza. Ni umujyi ukomeye usangamo ba mukerarugendo baturuka imihanda yose banafite imico inyuranye. Muri iryo terambere harimo na serivise z’ubuzima ariko zivugwaho kuba intandaro yo kwiheza ku bantu baryamana bahuje igitsina, bigatuma bahitamo inzira…
SOMA INKURU