Ibipimo by’imirire mibi byagiye byiyongera -FAO

Umusaruro w’ibiribwa ku isi ni rumwe mu nzego zigirwaho ingaruka cyane n’ihindagurika ry’ikirere, Umutekano mucye, n’ibindi. FAO ivuga ko mu myaka itari mike, ibipimo by’imirire mibi byagiye byiyongera, aho abarenga 9% by’abatuye isi bafite inzara idakira, naho 1/3 cy’abatuye isi bakaba baba mu bihugu bifite ikibazo gikabije cy’ibura ry’ibiribwa. Mu rwego rwo guhangana n’iki kibazo, Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa n’ubuhinzi (FAO), ku itariki 10 Ukuboza 2023, ryashyize ahagaragara ishusho yerekana uburyo bwo guhuza ikibazo cy’inzara ku isi n’intego zashyizweho mu rwego rwo guhangana n’ihindagurika ry’ikirere. Ni mu gihe…

SOMA INKURU

Nyanza: Biravugwa ko inyama yishe umuntu

Umugabo wo mu karere ka Nyanza bikekwa ko yapfuye azize inyama yamunize ahera umwuka. Byabereye mu mudugudu wa Kigarama, mu kagari ka Kibinja mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza tariki ya 01 Mutarama, 2024. Uwahaye amakuru UMUSEKE dukesha iyi nkuru wanabonye nyakwigendera, yavuze ko yari mu kigero cy’imyaka 50 y’amavuko. Nyakwigendera yari yatumiwe na mushiki we ngo basangire umunsi mukuru w’Ubunani, ubwo barimo bafata amafunguro, yariye inyama imuhagama mu muhogo yanga kumanuka. Uyu ngo yagerageje byibura kuyigarura biranga, bafata icyemezo cyo kumujyana kwa muganga agezeyo ahita apfa. Amakuru…

SOMA INKURU

Nyuma y’igihe kitari gito gahunda yo kohereza abimukira isubikwa, hamenyekanye igihe aba mbere bazagezwa mu Rwanda

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu y’u Bwongereza (UK) yatangaje ko Guverinoma yiteguye kohereza by’agateganyo mu Rwanda abimukira bagera ku 33,085. Abimukira ba mbere bashobora kugezwa mu Rwanda mu mpera za Werurwe 2024. Ikinyamakuru The Telegraph cyavuze ko imibare yatangajwe ku wa Kabiri tariki ya 2 Mutarama 2024, igaragaza ko abo bimukira binjiye mu Bwongereza mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu mwaka ushize wa 2023, ariko bamaze gusaba ibyemezo byo kuhaba mu nzira zemewe guhera muri Nyakanga, ubwo Iteka rya Minisitiri w’Intebe ryasohokaga. Iryo teka riha Guverinoma uburenganzira bwo gufata abimukira bose banyuze mu…

SOMA INKURU

Ntibavuga rumwe na Perezida Ndayishimiye ushaka gufunga imipaka ibahuza n’u Rwanda

Nyuma y’aho Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, atangaje ko u Rwanda rucimbikiye, rugaburira ndetse rugaha intwaro n’imyitozo umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara wagabye igitero mu gace ka Gatumba, amashyaka abiri yo mu Burundi, CNDD-FDD riri ku butegetsi na UPRONA ntiyifuza ko umubano w’iki gihugu n’u Rwanda wazamba ku buryo byagera aho imipaka yongera gufungwa. Ijambo rya Ndayishimiye, ryaba ari iryo yavugiye mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru tariki ya 29 Ukuboza 2023 ubwo yari mu ntara ya Cankuzo, n’irisoza umwaka yagejeje ku Barundi yose, yaciye amarenga ko yaba ateganya gufunga imipaka,…

SOMA INKURU

Rusizi: Baratabaza nyuma y’aho amashyuza akomeje gutwara ubuzima bw’abatari bake

Abaturage bo mu karere ka Rusizi n’abaturuka imihanda yose bajya kwivurisha amazi ashyushye ava mu butaka bita amashyuza, bishimira ko yongeye kugaruka, bagasaba inzego z’ubuyobozi ko hashyirwaho imicungire inoze mu kwirinda impanuka. Uku gusaba imicungire inoze yayo bije  kuko akomeje gutwara ubuzima bw’abantu barimo n’umwana wayaguyemo ku wa Kabiri tariki 2 Mutarama mu 2024. Ubusanzwe bamwe mu bayakoresha bemeza ko hari ubwo bayajyamo barwaye akabafasha korohererwa dore ko hari n’abakora ibilometero byinshi bagiye kwifashisha aya mazi avugwaho kuvura indwara z’imitsi, iz’uzurwungano ngogozi n’iz’impyiko. Nubwo bimeze bityo ariko hari ubwo hashobora…

SOMA INKURU

Kirehe: Baratababaza k’ubw’icuruzwa ry’abana b’abakobwa rikomeje kwiyongera

Bamwe mu batuye n’abakorera muri santere ya Gatore mu karere ka Kirehe, bavuga ko urwego rw’ubugenzacyaha RIB rubakorera Ubukangurambaga bwo kurwanya icuruzwa ry’abantu ariko bakavuga ko ahazajya umunzani w’amakamyo muri ako gasantere haparikwa ibikamyo usanga hari abantu bahajyana abana b’abakobwa kubahuza n’abashoferi babyo bakabasambanya, ibintu bafata nk’icuruzwa ry’abantu. Bavuga kandi ko iyo barangije kubasambanya, hari abo bajyana hanze y’igihugu, bityo bagasaba ko ubuyobozi bwagenzura ibyo bikorwa, cyane ko iyo batanze amakuru, abakora nk’abahuza bamerera nabi abatanze amakuru. Umuturage umwe yagize ati: “ hari abo bajyana bakabamarana icyumweru iyo mu bikamyo…

SOMA INKURU

Expropriation for four multi-billion national road projects gets greenlight

A new Ministerial Order signed by the Minister of Environment, Jeanne d’Arc Mujawamariya, and the Minister of Justice and Attorney General, Emmanuel Ugirashebuja, approved the expropriation of assets in public interest along four roads set to be constructed. The approval of the expropriation – published on December 20, 2023, in the official gazette – was done to pave way for the construction and rehabilitation of Base (Rulindo)-Butaro (Burera)-Kidaho (Burera) road, Sashwara (Nyabihu)-Rega (Nyabihu)-Mutovu (Rubavu)-Kabuhanga (Rubavu)-Busasamana (Rubavu)- Muhato (Rubavu) road, Mukoto (Rulindo)-Nyacyonga (Gasabo) road, as well as Kigali Logistics Platform (Kicukiro)-Bugesera…

SOMA INKURU

I want to play, says AS Kigal new signing Hakizimana

AS Kigali new goalkeeper Adolphe Hakizimana insists he left Rayon Sports to gain more playing time. Hakizimana, 23, completed his move to the Citizens on December 31, 2023, on an undisclosed deal, bringing his four-year spell at the Blues to an end. The City of Kigali-powered club now sees the young shot stopper as a perfect replacement for Yves Kimenyi who is out for the rest of the season through injury. Hakizimana Muhamed Wade’s second choice Blues’ new signing Simon Tamale and he has been struggling for playing time since the Ugandan…

SOMA INKURU

Michael Levy, frère d’un otage du Hamas : “Je ferai tout pour le ramener”

À l’approche des trois mois de guerre entre Israël et le Hamas, les familles des 129 otages toujours détenus dans la bande de Gaza gardent l’espoir d’une prochaine libération. Michael Levy compte les jours depuis que son petit frère Or a été enlevé au festival Supernova. Et se mobilise. Reportage. “Je veux qu’ils regardent son visage, mon visage. Je veux qu’ils me regardent dans les yeux et qu’ils me disent ce qu’ils font pour libérer les otages“. Voilà quatre-vingt-huit jours que Michael Levy attend des nouvelles de son petit frère Or,…

SOMA INKURU

Donald Trump fait appel de son exclusion de la primaire républicaine dans le Maine

L’ancien président américain Donald Trump a fait appel mardi de la décision prise par l’État du Maine l’excluant des bulletins de vote de la primaire républicaine en vue de l’élection présidentielle de novembre 2024. Le milliardaire avait été jugé jeudi “inapte à la fonction de président” en raison du violent assaut contre le Capitole de janvier 2021 commis par ses partisans. L’ex-président américain Donald Trump a fait appel, mardi 2 janvier, d’une décision qui l’exclut des bulletins de vote de la primaire républicaine dans l’État du Maine, le deuxième ayant pris une…

SOMA INKURU