Igisirikare cya Israel (IDF) kivuga ko cyateye ibice bigera kuri 400 muri Gaza mu masaha 24 ashize, bivuye kuri 320 catangaje ejo mu kiringo nk’ico nyene. Mu butumwa yacishije kuri X (yahoze yitwa Twitter), IDF ivuga ko mu bice yateye harimo abarwanyi ba Hamas barimo bitegura gutera ibisasu bya muzinga muri Israel, hamwe n’inzira yo mu kuzimu yifashishwa na Hamas mu kwinjira muri Israel iciye mu kiyaga. Ivuga kandi ko ibigo bikoreshwa n’ingabo zihagarariye intambara hamwe n’ibice bibikwamo intwaro mu misigiti yasenwe. IDF yongeraho ko “izakomeza ibitero mu ntumbero yo…
SOMA INKURUCategory: politike
Barack Obama yitandukanyije na Israel ku bikorwa byayo muri Gaza
Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama, yavuze ko bimwe mu bikorwa bya Israel mu ntambara ihanganyemo n’Umutwe wa Hamas, birimo nko gukata imiyoboro y’amazi no kubuza ibiryo kugera muri Gaza, bishobora gutera ibindi bibazo ku buryo byatuma imyitwarire ya Palestine ihinduka mu gihe kiri imbere. Obama yavuze ko ibikorwa ibyo aribyo byose by’Ingabo za Israel byirengagiza uburenganzira bwa muntu, bishobora guteza ibindi bibazo. Ati “Umwanzuro wa Guverinoma ya Israel wo kwima ibiryo, amazi n’amashanyarazi abaturage bo muri Gaza, bishobora kuzambya ibintu bigashyira ubuzima mu kaga,…
SOMA INKURUYanze umushahara agenerwa nka perezida
Perezida w’inzibacyuho wa Gabon, Generali Brice Oligui Nguema, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Ukwakira 2023, yatangaje ko atazigera afata umushahara agenerwa nka perezida muri iki gihe cyose cy’inzibacyho. Nguema yavuze ko amafaranga yari kuzahebwa azajya mu bikorwa byo gufasha abaturage. Mu gihe we azakomeza gufata umushahara yarasanzwe afata nk’ukuriye Umutwe w’abasirikare bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu. Itaganzo ryasohotse nijoro ku wa gatatu rigasomwa n’umuvugizi w’ubu butegetsi, rivuga ko Jenerali Nguema yafashe uyu mwanzuro kubera ko “azi ibibazo byihutirwa igihugu kirimo mu mibereho n’ibyo abaturage benshi ba Gabon bifuza”. Colonel…
SOMA INKURUAmafoto yagaragaje isura nshya y’imyitozo y’ingabo za FARDC
Abazungu bivugwa ko ari Ababiligi n’ubwo nta kibyerekana, bagaragaye mu mashusho yashyizwe kuri X n’umwe mu banyamakuru bo muri DRC bari gutoza ingabo z’iki gihugu. Aya mashusho atangajwe nyuma y’uko Leta y’u Rwanda isabye amahanga guhagurukira ikibazo cy’abacanshuro DRC yahaye akazi ngo baze bakorane n’abarwanyi bihurije mucyo bise Wazalendo, iri rikaba ari ihuriro rikorana bya hafi n’ingabo za DRC. Abo bazungu bari gutoreza ingabo za DRC ahitwa Lwama, abo basirikare bari gutozwa bakaba ari abo mu batayo ya 31. U Rwanda ruvuga ko abacanshuro b’Abazungu bagera 2000 bamaze igihe runaka…
SOMA INKURUIbintu bikomeje kudogera aho abasaga 500 biciwe mu bitaro mu mujyi wa Gaza
Intambara hagati ya Israel na Hamas ikomeje kwamaganwa n’ibihugu ndetse n’imiryango itandukanye, ariko igitero cyamishije ibisasu kuri uyu wa kabiri tariki 18 Ukwakira 2023 ku bitaro bya Al Ahli mu mujyi wa Gaza, bigahitana abasaga 500 ndetse bigasiga n’inkomere zitari nke cyamaganwe ku bwinshi. Hamas yashinje Israel kugaba ibyo bitero, ariko muvugizi w’igisirikare cya Israel Daniel Hagari, yavuze ko ingabo zabo nta bikorwa bya gisirikare zari zirimo mu masaha igisasu cyarasiwe ku bitaro ndetse ko n’ubwoko bw’icyo gisasu batabugira. Ibi bitangazwa na Israel bikaba byamaganiwe kure na Hamas yatangaje ko…
SOMA INKURUBishimira inyungu bakesha kubungabunga Parike y’Ibirunga
U Rwanda rwashyizeho politiki n’ingamba zigamije kubungabunga no kurwanya igabanuka ry’urusobe rw’ibinyabuzima aho mu ntego z’icyerekezo 2050, biteganyijwe ko u Rwanda ruzaba mu bihugu bifite iterambere ritabangamiye ibidukikije kandi ryihanganira imihindagurikire y’ibihe. Ni muri urwo rwego abatuye mu mirenge ya Nyange na Kinigi, mu karere ka Musanze bibumbiye mu mashyirahamwe anyuranye, muri bo harimo n’abahoze ari ba rushimusi, kuri ubu bakaba barata inyungu zo gusigasira ibigize Parike y’Ibirunga. Abaturage baturiye Pariki y’Ibirunga bavuga ko kuva aho barekeye kwangiza ibiyigize, bakamenya ibyiza byo kuyibungabunga, kuri ubu bahurijwe hamwe mu mashyirahamwe akora…
SOMA INKURUAmerika yagize icyo ivuga ku mirwano yubuye hagati ya M23 n’ingabo za FARDC
Itangazo ryashyizwe hanze nyuma y’ibyumweru bibiri intambara yubuye hagati ya M23 n’imitwe y’inyeshyamba yishyize hamwe ikiyita ‘Wazalendo’, irwana ku ruhande rwa Leta ndetse bivugwa ko Leta ariyo iyiha ibikoresho, Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo itangaza ko ihangayikishijwe n’imirwano yubuye hagati ya M23 n’imitwe irwana ku ruhande rwa Leta, ishimangira ko ikibazo kitazakemurwa n’intambara ahubwo ari ibiganiro. Iyi mirwano yakuye mu byabo benshi, abandi bahatakariza ubuzima mu gihe hazamukiyemo imvugo n’ibikorwa by’urwango bishingiye ku bwoko byibasiye Abatutsi, ku buryo bishobora no kuganisha kuri…
SOMA INKURUImirwano ikaze irakomeje hagati ya FARDC na M23
Kuva mu rukerera rwo kuri iki cyumweru ibirindiro by’umutwe wa M23 biri muri Teritwari ya Rutschuru,Gurupoma ya Binja ni mu gace k’umuhanda wa Mabenga ugana muri Pariki ya Rwindi ,habaye gukozanyaho hagati ya M23 na FARDC aho yari ifatanyije n’imitwe ya Wazalendo,FDLR na RUD URUNANA. Ni mugihe kandi indi mirwano yaberaga mu gace ka Kinyandonyi na Ngwenda ni mu ntera ya 6Km ugana mu mujyi wa Kiwanja ,aho ingabo za Leta zarashishaga utudege tugagira abadereva tuzwi nka Drones,muri iyi mirwano kandi harimo imitwe y’inyeshyamba z’abanyarwanda za RUD,FPP na PDM iyi…
SOMA INKURUIntambara irakomeje hagati y’igisirikare cya Israel na Hamas
Kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere intambara irakomeje hagati y’igisiriare cya Israel na Hamas, abamaze gupfa ku mpande zombi bararenga 1,100 kuva kuwa gatandatu mu gitondo Hamas itangira igitero kuri Israel. Amwe mu makuru wamenya ubu: Igisirikare cya Israel cyatangaje muri iki gitondo ko ahantu umunani mu majyepfo y’igihugu kirimo kurasana n’abarwanyi ba Hamas Mu masaha 36 nyuma y’uko imirwano itangiye, ibisasu bya rokete biracyaturuka muri Gaza bikagwa mu majyepfo ya Israel Mu kwihimura, ibisasu bya Israel bimaze gutuma abasivile barenga 123,000 bava mu byabo muri Gaza aho…
SOMA INKURULe Conseil d’Administration de l’Institut National de la Statistique du Rwanda (NISR) Salue les Initiatives Pionnières en Matière de Données
L’Institut National de la Statistique du Rwanda (NISR) a célébré un moment historique le 5 octobre 2023, alors que le Conseil d’Administration (CA), son éminente instance de gouvernance, s’est réuni pour sa session ordinaire. Cette réunion, qui comprenait une visite des installations clés du NISR, a été marquée par des expressions d’appréciation pour l’engagement du NISR en faveur de l’innovation et de l’avancement technologique. L’un des points centraux de cette session a été l’approbation et la création de l’Unité de la Révolution des Données et des Données Massives, une initiative…
SOMA INKURU