Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), cyandikiye Uturere twose mu Rwanda, gisaba ubufatanye mu ibarura ry’imirimo n’aho ikorerwa, rizakenera urubyiruko rugera kuri 3936 muri Mutarama 2024. Iri barura ryiswe ’Establishment Census 2023’, rizaba rikozwe ku nshuro ya gatanu mu Rwanda, rikaba rigamije kugaragaza imirimo itandukanye ikorerwa mu Rwanda, umubare w’ibigo iyo mirimo ikorerwamo n’aho biherereye. Iri barura kandi rizaba rigamije kumenya imirimo ibyara inyungu mu bigo byose biri mu Rwanda, kumenya umubare w’abakozi bari muri ibyo bigo hakurikijwe igitsina, ubwenegihugu, ubwoko bw’amasezerano y’akazi, hamwe no kumenya urwego buri kigo kibarizwamo. NISR yifuza…
SOMA INKURUCategory: politike
Iki ni igihe cy’intambara, nta gahenge kagomba kubaho- Benjamin Netanyahu
Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yavuze ko nta gahenge kagomba kubaho mu ntambara na Hamas, avuga ko iki ari “igihe cy’intambara”. Mu kiganiro n’abanyamakuru ari i Tel Aviv mu ijoro ryo ku wa mbere, Netanyahu yavuze ko ashaka gusobanura neza aho Israel ihagaze, agira ati: “Nkuko Amerika itari kwemera agahenge nyuma y’iraswa rya Pearl Harbour [bikozwe n’igisirikare cy’Ubuyapani mu ntambara ya kabiri y’isi] cyangwa nyuma y’igitero cy’iterabwoba cyo ku itariki ya 11 Nzeri (9) [mu 2001], Israel ntizemera guhagarika imirwano na Hamas nyuma y’ibitero biteye ubwoba byo ku itariki…
SOMA INKURUDR Congo ceasefire breaches: AU rethinks peace interventions
The African Union is rethinking future intervention missions in conflict zones as ceasefire breaches in the Democratic Republic Congo are forcing the East African Community Regional Force (EACRF) into combat, The East African reports. The African Union first launched its Disarmament, Demobilisation and Reintegration programme in 2011, targeting conflicts like the one in the DRC. This week, the continental bloc said its fourth phase of disarmament programmes in conflict zones will largely rely on local peace solutions backed by data. The UN Department of Peace Operations and the World Bank are…
SOMA INKURUCG Dan Munyuza yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Misiri
Tariki 29 Ukwakira 2023 nibwo Ambasaderi CG Dan Munyuza yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Misiri. Ubutumwa bwanyuze kuri X ya Ambasade y’u Rwanda mu Misiri, buvuga ko impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu, yazishyikirije Ambasaderi Nabil Habashi, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga muri Repubulika y’Abarabu ya Misiri. Inama y’Abaminisitiri yateranye ku ya 1 Kanama 2023, yashyizeho abayobozi bashya mu nzego zitandukanye z’Igihugu, aho CG Dan Munyuza wari uherutse gusimburwa ku buyobozi bwa Polisi y’Igihugu, yagizwe Ambasaderi w’u Rwanda mu Misiri. CG Dan Munyuza yagiye kuri uyu mwanya asimbuye…
SOMA INKURUPM Ngirente urges officials to prioritize public service over self-interest
Prime Minister Edouard Ngirente has reminded government officials not to use their positions for their own interests instead of serving Rwandans. He delivered remarks at the conclusion of the 16th forum of the Unity Club Intwararumuri, held under the theme “Ndi Umunyarwanda, the ultimate concept of our existence”, on October 29. Unity Club is an association that brings together members of cabinet – former and present, their spouses, and other top government officials, with the purpose of promoting unity and contributing to the socio-economic development of the country. Ngirente noted…
SOMA INKURUJournée d’élections locales sous haute tension aux Philippines, deux morts recensés
Deux personnes ont été tuées et cinq autres blessées, lundi, aux Philippines où se tiennent des élections pour renouveler les postes au sein des conseils de barangays, ont annoncé les autorités. Pour l’occasion, plus de 300 000 policiers et soldats ont été déployés dans le pays. Nouveau regain de violences aux Philippines, où se tiennent des élections locales sous haute sécurité. Deux personnes ont été tuées et cinq autres blessées, lundi 30 octobre, devant un bureau de vote de la province de Maguindanao del Norte, sur l’île de Mindanao, au sud de l’archipel,…
SOMA INKURUFirst Lady urges youth to champion sustained national unity
First Lady Jeannette Kagame has tasked the youth to live up to the responsibility of sustaining the established foundation of unity in the country while exhibiting befitting Rwandan values. She was speaking on Sunday, October 29, during the 16th forum of the Unity Club, an association that brings together members of cabinet – former and present, their spouses, and other top government officials, with the purpose of promoting unity and contributing to the socio-economic development of the country. The forum was held under the topic “Ndi Umunyarwanda, the theme that…
SOMA INKURUNIRDA’s Open Calls Program boosts firms’ competitiveness
In an effort to enhance the productivity and competitiveness of local industries, the National Industrial Research and Development Agency (NIRDA) has empowered eight value chains with upgraded equipment through its Open Calls Programme. The achievement was revealed during a press conference on Friday, October 27, in collaboration with the Belgian Development Agency (Enabel). The Director-General of NIRDA, Christian Sekomo Birame, pointed out that over time, NIRDA has consistently implemented the programme across eight pivotal value chains. This brings the number to 10 value chains supported through that programme. He emphasized…
SOMA INKURUUwafungishije umunyamakuru Manirakiza, ari mu bujurire bw’igifungo cy’imyaka 7
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Ukwakira 2023, ku masaha y’igicamunsi nibwo Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko umunyamakuru Manirakiza Theogene afungwa by’agateganyo akaba akurikiranyweho icyaha cyo gukangisha gusebanya. Urukiko rufashe uyu mwanzuro nyuma y’aho kuri uyu wa kabiri tariki 24 Ukwakira 2023,ubwo umunyamakuru Manirakiza Theogene yagezwaga imbere y’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro, Kagarama, ikirego cyahindutse, ruswa y’ibihumbi magana atanu (500.000frs) isimbuzwa gukangisha gusebanya. Nubwo Nzizera Aimable yareze uyu munyamakuru nawe ari mu bujurire bw’igihano cy’igifungo cy’imyaka 7 yari yakatiwe ubwo yahamwaga n’icyaha cyo guhimba no gukoresha inyandiko mpimbamo. Nzizera…
SOMA INKURUM23 yisubije Kitshanga mu gihe imirwano yongeye kubura
Imirwano yongeye kubura mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo hagati y’imitwe ishyigikiye ingabo za leta, ku ruhande rumwe, n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23, ku rundi ruhande. Abahatuye bavuga ko kuva ku wa gatandatu inyeshyamba zafashe umujyi wa Kitshanga mu ntara ya Kivu ya Ruguru. Radio yo muri ako gace yatangaje ko abantu benshi bajyanwe mu bitaro bafite ibikomere byatewe n’amasasu. Ukora mu rwego rw’umutekano utifuje gutangazwa izina yabwiye ibiro ntaramakuru AFP ati: “Inyeshyamba ziri i Kitshanga kandi turimo kugerageza kubona uburyo bwo kwisubiza umujyi.” Imirwano ikomeye ku…
SOMA INKURU