Indirimbo ‘This is Love’ ya Rema Namakula na The Ben iri guhatana mu byiciro bibiri by’ibihembo ‘Zzina Awards’ bitangwa na radiyo ikomeye muri Uganda ‘Galaxy FM’. Byitezwe ko ibihembo bya ‘Zzina Awards’ bizatangwa tariki 30 Mata 2021 binyuze kuri iyi radiyo ndetse n’imbuga nkoranyambaga zayo. Amatora y’abahatanira ibi bihembo bari mu byiciro 18, arakomeje kugeza tariki 28 Mata, aho narangira abagize akanama nkemurampaka bazateranya amajwi hanyuma hatoranywemo abatsinze. Indirimbo ‘This is love’ ya Rema Namakula na The Ben iri mu ziri guhatanira ibihembo birenze kimwe muri ‘Zzina Awards’, yatoranyijwe mu…
SOMA INKURUCategory: Imyidagaduro
Diamond yatangaje uburyo kubaka izina bihenze
Umuhanzi Diamond Platinumz yahishuye uburyo indirimbo ’Number one’ yakoranye na Davido wo muri Nigeria ari imwe mu zamutwaye akayabo mu myaka ye ya mbere mu muziki, ikanamushora no mu madeni. Iyi ni indirimbo yamamaye cyane muri Afurika no mu bindi bihugu bitandukanye byo hanze yayo, ituma izina rya Diamond Platnumz ryamamara cyane. Kugira ngo wumve neza uburemere ibi bintu bifite biroroshye, urebye kuri YouTube usanga indirimbo Diamond yabanje gukora wenyine yasohotse mu 2013, ifite abayirebye basaga miliyoni zirindwi gusa mu gihe iyo yasubiranyemo na Davido ikajya hanze mu ntangiriro za…
SOMA INKURUDj First yabateguriye igitaramo cya Noheri cy’akataraboneka
Family TV yabateguriye igitaramo cyo kwizihiza noheri cyateguwe na dj first usanzwe akora ikiganiro cy’urubuga rw’abanyempano kiba buri wa gatanu ,akaba yarashatse ko abanyarwanda bazihiza noheli bataramirwa n’abanyempano bakizamuka muri muzika nyarwanda mu rwego rwo ku kubamara irungu cyane nta bitaramo bikiba kubera covid-19. @umuringanews.com
SOMA INKURUOda Paccy akomeje kugaragara mu manza nyuma yo gucibwa asaga miliyoni 27
Urukiko Rukuru rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge rwatangiye kuburanisha ubujurire bwa Oda Paccy wari wategetswe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge kwishyura 27 935 000 Frw umunya Canada, Denis Loi, wamufashije kubaka Ladies Empire Records. Iki kirego cyatangiye kuburanishwa mu bujurire ku wa Kane tariki 17 Ukuboza 2020. Imvano yabaye umushinga wa studio yitwa Ladies Empire Records. Oda Paccy niwe wawutangije, ariko amafaranga yakoreshaga yayahabwaga na Denis Loi. Amafaranga yageraga kuri Paccy aciye mu ntoki z’undi muntu witwa Hélène Labelle wahoze ari umugore wa Denis Loi, wanaje gusaba ko bahabwa imigabane ingana na 60%…
SOMA INKURUAmakuru ku bashaka kwiyandikisha mu marushanwa ya “The Next Pop Star”
Abashaka guhatana mu irushanwa rya ‘The Next Pop Star’ rizasiga umwe mu bahanzi b’abanyempano yegukanye miliyoni 50 Frw, bashyiriweho uburyo bwo gutangira kwiyandikisha. Kwiyandikisha byatangiye ku wa 1 Ukwakira 2020. Uwiyandikisha yohereza ubutumwa bugufi (SMS) kuri 1510, agashyiramo izina rye, imyaka afite n’akarere atuyemo agakurikiza amabwiriza. Umaze kwiyandikisha ahita abona ubutumwa bugufi burimo nomero imuranga ‘registration ID’. Nyuma yo kubona ID, umuhanzi azifata video ntoya iri hagati y’amasegonda 45 na 60 ari kuririmba ayohereze kuri email info@moreevents.rw cyangwa kuri WatsApp akoresheje nomero 0730086382. Kwiyandikisha bizarangira tariki 18 Ukwakira 2020. ‘The…
SOMA INKURUMiss Jolly yatanze ubutumwa bwateje impagarara
Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2016, yagaragaye kuri twitter akangurira abakobwa b’abangavu kwihagararaho no kudashukwa ngo baterwe inda zitateganyijwe, akaba yateje impaka zitari nke, aho bamwe bamwibasiye cyane. Aya magambo uyu mukobwa yanditse kuri Twitter yaturutse ku nkuru yasomye mu kinyamakuru yagaragazaga ko abana barenga 78000 bavutse ku bangavu mu myaka ine ishize. Iyi nkuru igaragaza ko mu 2016 abakobwa 17849 batewe inda, naho mu 2017 imibare y’abakobwa batewe ikiyongera mu 2018 iva ku bakobwa 17337 muri uwo mwaka wari wabanje bagera ku 19832 mu 2018.…
SOMA INKURUNyuma yo gushaka kwiyambura ubuzima, umukunzi we yamwibutse
Mu minsi ishize nibwo mu bitangazamakuru bya hano mu Rwanda hagiye hacicikana inkuru ivuga ku itandukana rw’umunyemari wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Putin Kubalu n’umukobwa w’umunyarwandakazi wabaye igisonga cya Nyampinga w’u Rwanda 2015, Miss Raissa Vanessa Uwase. Aya makuru abayavugaga bashingira kuko, aba bombi ntawe ukigaragariza undi ko amukunda muruhane nkuko bari basanzwe babigaragaza ku mafoto bakunze gukoresha kumbuga nkoranyambaga aba bombi bakoresha. Putin Kubalu yongeye gushimangira urwo akunda Miss Vanessa Uwase ahamyako ari umwamikazi we. Uyu munyemari ukomoka mu gihugu cya Congo Kinshasa, kuri uyu wa Kabiri…
SOMA INKURUBaguwe gitumo bari mu kirori birengegije amabwiriza yo kurwanya Covid-19
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 25 Kanama Polisi y’u Rwanda yafashe abantu 21 muri 35 bari bateraniye mu birori bizwi ku izina rya “Les Samedis Sympas” byari byateguwe n’umunyamideli witwa Juan Nsabiye ku bufatanye na Hotel izwi ku izina rya The Retreat iherereye mu karere ka Nyarugenge, mu Murenge wa Nyarugenge ahazwi nko mu Kiyovu. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police “CP” John Bosco Kabera yavuze ko aba bantu bose bakoze ibinyuranyije n’amabwiriza ya Leta yo kurwanya icyorezo cya COVID-19. Mu gihe nyamara bariya bantu aribo bakabaye…
SOMA INKURUBruce Melodie na Shaddyboo batawe muri yombi
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi umuhanzi Bruce Melodie uri mu bagezweho muri ibi bihe hamwe na Uwimbabazi Shadia wamamaye ku mbugankoranyambaga nka ShaddyBoo. Ni mu gihe aba bombi bagaragaye ku mbuga nkoranyambaga bagaragaza ko batigeze bafungwa. Bruce Melodie na ShaddyBoo batawe muri yombi mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki ya 09 Kanama 2020. Polisi y’u Rwanda yatangaje ko aba bombi bakurikiranyweho kurenga ku mabwiriza yashyizweho hagamijwe kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID19 giterwa na Coronavirus ndetse no gukwiza urusaku Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, CP John Bosco Kabera,…
SOMA INKURUTanasha yatangaje byinshi ku muziki we
Ubwo umugore uheruka kubyarana n’umuhanzi w’icyamamare Tanasha Donna yizihizaga kugira abarenga miliyoni 1.5 bamaze kureba ndirimbo ye ya nyuma “Sawa”, yatangaje uburyo arara adasinziriye mu gukora umuziki we ndetse n’ibindi bibazo yagiye ahura nabyo. Yagaragaje ko kwikorera ku giti cye bitoroshye kuko yagiye ajya mu byumba by’inama aho byabaye ngombwa ko yemeza abayobozi bikarangira bashaka gusohokana nawe, bakizera umuziki we. Ati “Kurebwa na milioni 1.5 zirenga mu kwezi kumwe. Ibyo ni ibyagezweho kuri njye. Ntibyoroshye ku bagore muri uru ruganda babikora bonyine … Amajoro tudasinzira njye n’ikipe yanjye, gutera inkunga…
SOMA INKURU