Yaba agiye guca agahigo ko kuba icyamamare kibyaye indahekana inshuro 3  

Ubwo Rihanna n’umukunzi we ASAP Rocky batambukaga ku itapi mu birori by’imideli bya Met Gala, yifashe ku nda ye maze araseke, bifatwa nk’ibihishuye ko yaba agiye kwibaruka umwana wa 3. Mu mafoto abanyamakuru bamufotoye wabonaga ko afite inda nkuru, ndetse bahise bifuriza uyu muryango kuzabyara neza. Umuhungu wa mbere wabo witwa RZA yavutse muri Gicurasi 2022, naho murumuna we, Riot, avuka muri Kanama 2023. Rihanna, icyamamare muri muzika no mu bucuruzi yakunze gutangaza ko yifuza ko umwana we wa Gatatu yaba umukobwa nubwo yemeza uwo yabyara wese azamwishimira.    …

SOMA INKURU

Iby’urubanza rw’umuraperi P.Diddy bikomeje kugorana

Umuraperi w’igihangage muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Sean Diddy Combs uzwi nka P. Diddy w’imyaka 55, ufungiye muri gereza ya Brooklyn ashinjwa ibyaha bijyanye no gusambanya abagore ku ngufu, akomeje gushakisha uburyo bunyuranye bwo kwiregura, kuri ubu akaa ageze ku kibazo cyo mu mutwe. Uyu muhanzi ukurikiranyweho ibyaha bikomeye birimo ubucuruzi bw’abantu, ihohotera rishingiye ku gitsina n’ibikorwa by’ubugizi bwa nabi, yazanye uburyo bushya bwo kwiregura, akaba yatangaje ko gusambanya abagore ku ngufu byari ingaruka zo kunywa ibisindisha n’ibiyobyabwenge. Urubanza rw’uyu muraperi wabaye icyamamare cyane, ruzatangira kuwa 5 Gicurasi 2025, rukazabera…

SOMA INKURU

Kanye West mu nkiko ashinjwa ubujura bw’ibihangano

Umuririmbyi ukomoka mu Budage Alice Merton, yareze icyamamare Kanye West amushinja kwiba igice cy’indirimbo ye “Blindside” atabisabiye uburenganzira mu ndirimbo yise “Gun to My Head”, yakoranye na Ty Dolla $ign na Kid Cudi. Ariko muri Gashyantare 2024, Kanye West yanyuze kuri BMG Rights Management asaba uburenganzira bwo gukoresha iyo ndirimbo, ariko Merton arabyanga. BMG yaramwandikiye imubaza impamvu yanze, maze undi asubiza ko atemera imyumvire ya Kanye West, aribwo yeruye atangaza ko atakwemera gukorana n’umuntu ukomeje gukoresha amagambo arwanya Abayahudi ndetse no gukwirakwiza ivangura. Merton, uba mu Budage, afite imiryango yarokotse…

SOMA INKURU

Ikihishe inyuma yo kutitabira igitaramo yari ategerejwemo na benshi ku bunani

Mu gitaramo cyari cyiswe “Ab’ubu n’ab’ejo” cyitabiriwe n’abacuranga indirimbo zigezweho ndetse n’iza gakondo, ryari ihuriro ry’urubyiruko n’abakuze barimo Orchestre Impala, Le Fellows, Dauphin, n’Umuhanzi Jado Famous baza gutenguhwa no kutabona Kayirebwa Cecile. Umuhanzi nyarwanda w’icyamamare Cecile  Kayirebwa ufatwa nk’icyitegererezo mu bahanzi nyarwanda kubera ijwi n’injyana byanyuze benshi mu myaka irenga mirongo itatu y’ubuhanzi, yari ategerejwe nk’umushyitsi mukuru mu gitaramo cyo ku Bunani kuri ’LUXURY GARDEN’ ariko birangira ataje. Mu gihe igitaramo cyari kinikije, abakunzi be bamubuze mu bahanzi bari bategerejwe, maze batangira kwijujuta ariko abateguye igitaramo bahise bamushyira ku ndangururamajwi…

SOMA INKURU

The Ben yasabye imbabazi abanyarwanda mu izina rye na Meddy

Mu kiganiro cyihariye The Ben yagiranye n’umunyamakuru Jado Castar wa B&B FM, yatangaje ko asabye imbabazi abanyarwanda bafashe kuguma kwe na Meddy muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nko kubatenguha, ahamya ko cyari icyemezo batigeze bajyana ubwo berekezagayo mu mwaka wa 2010. Muri iki kiganiro, The Ben yagize ati “Ni icyemezo tutagiye dufite n’ikimenyimenyi Meddy yari yaragiyeyo aragaruka. Mu yandi magambo ntabwo gahunda yari ukugumayo.” The Ben ahamya ko nyuma yo kwamamara cyane, bageze aho babona ko kubaho ubuzima bw’i Kigali nk’ibyamamare byari bigoye, ari na yo mpamvu bahisemo kugenda.…

SOMA INKURU

Amakuru mutamenye ku ifatwa rya Miss Muheto Divine

Polisi y’u Rwanda yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga zayo  yatangaje ko mu minsi ishize yataye muri yombi Muheto Nshuti Divine wabaye Miss Rwanda 2022, kubera gutwara ikinyabiziga yanyoye ibisindisha birengeje igipimo, nta ruhushya rwo gutwara ibinyabiziga agira, akagonga ndetse yangiza ibikorwaremezo, anagerageza guhunga nyuma yo kugonga.   Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 29 Ukwakira 2024n nibwo  mu itangazo ryashyizwe hanze Polisi yagize iti “Polisi iramenyesha ko idosiye ya Miss Muheto Divine wambitswe ikamba rya Miss Rwanda mu 2022,   yamaze gushyikirizwa ubushinjacyaha akaba ashinjwa ibyaha byatangajwe hejuru. Amakuru tukesha IGIHE atangaza …

SOMA INKURU

Young Grace Arrives in Dubai for Upcoming Concert and Birthday Celebration

Young Grace, an established female artist in the music industry, has arrived in Dubai to perform at a highly anticipated concert scheduled for September 21, 2024. The event will not only celebrate her music but also mark her birthday, and she plans to treat her fans to tracks from her latest album. The rapper is set to perform at the “Dubai Hot Party,” which will take place at the Sun & Sand Matrix African Club, located within the Plaza Hotel in Dubai. Young Grace landed in Dubai on the morning…

SOMA INKURU

Belgian Miss Ready to Help Revive ‘Miss Rwanda’ Pageant

Belgian beauty queen Kenza Johanna Ameloot, who has Rwandan roots, is actively involved in charity work, particularly in providing medical treatment for underprivileged children suffering from cataracts. In addition, she has expressed her readiness to support efforts to bring back the Miss Rwanda pageant. Ameloot made these remarks on Wednesday, September 11, 2024, when discussing the possibility of reviving the Miss Rwanda competition and her willingness to contribute to its return. “I believe the Miss Rwanda pageant has greatly benefited young women in Rwanda, and I think it would be…

SOMA INKURU

“SIKOSA” Unites The Ben, Kevin Kade, and Element removed from Kevin Kade’s YouTube channel

By ANGE KAYITESI The Rwandan music scene has been buzzing with excitement following the release of “SIKOSA,” a new collaboration between The Ben, Kevin Kade, and Element. This unexpected trio has created a track that is quickly becoming a favorite among fans, blending their unique styles to create a memorable and infectious song, It was as a result removed from Kevin Kade’s YouTube channel on Thursday before it was recovered a day later. “SIKOSA” is a powerful fusion of The Ben’s soulful melodies, Kevin Kade’s fresh and dynamic lyrics, and…

SOMA INKURU

Zari Hassan yashyize ukuri hanze ku makimbirane afitanye n’umugabo we

Umuherwekazi akaba n’umwe mu bakoresha neza imbuga nkoranyambaga Zari Hassan uzwi nka Zari The Boss Lady, yabwiye umugabo we baheruka kugirana ibibazo Shakib Cham ko vuba azabona uwo amusimbuza uzi agaciro ke. Bibaye nyuma y’iminsi ibiri bombi bashyize ahagaragara iby’isenyuka ry’urugo rwabo, byatangiye ubwo Diamond Platnumz yajyaga mu isabukuru y’umukobwa we yabyaranye na Zari yabereye mu rugo rw’uwo muherwekazi ruherereye muri Afurika y’Epfo. Yifashishije ikiganiro yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram Zari yabwiye Shakib akwiye kwigirira icyizere, kandi ko vuba azabona uwo amusimbuza uzi agaciro ke. Yanditse amagambo agira ati: “Shakib…

SOMA INKURU