Mu ijoro ryacyeye ryo kuri iki cyumweru cyo ku ya 1 Ukwakira 2023 nibwo ,umuhanzi nyarwanda The Ben yakoreye igitaramo i Bujumbura mu kigo cya gisirikare bitewe n’uko cyitezweho kwitabirwa n’abantu benshi ndetse no mu rwego rwo gucunga neza umutekano wabo , kikaba cyaranzwe n’udushya dutandukanye aho Abarundi beretse urukundo uyu muhanzi bikamurenga akarira ku rubyiniro. 1. Abanyarwanda baje gushyigikira The Ben Dj Brianne, Junior Giti, M Izzo, Bahati Makaca, Sky2, Fuadi Uwihanganye, Uncle Austin, Rwema Dennis n’abandi batandukanye bari baje gushyigikira The Ben.Ni igitaramo cyaranzwe no gusangira ku bafana…
SOMA INKURUCategory: Utuntu n’utundi
Igitaramo cya The Ben cyimuriwe mu kigo cya gisirikare
Igitaramo The Ben agiye gukorera i Bujumbura ku wa 1 Ukwakira 2023 cyimuriwe mu kigo cya gisirikare bitewe n’uko cyitezweho kwitabirwa n’abantu benshi ndetse no mu rwego rwo gucunga neza umutekano wabo. Iki gitaramo cyamaze kwimurirwa ahitwa ‘Messe des officiers’ nk’uko byatangajwe n’umwe mu bari kugitegura. Yagize ati “Ni inama twagiriwe n’ubuyobozi bwacu nyuma yo kubona uburyo iki gitaramo gishobora kwitabirwa cyane. Badusabye ko cyashyirwa mu kigo cya gisirikare kuko ari ahantu hanini kandi hizewe umutekano waho.” Uwaduhaye amakuru yavuze ko nta kindi cyahindutse kuri iki gitaramo uretse aho cyagombaga…
SOMA INKURUUSA: Ababyeyi babangamira abana mu kwihinduza igitsina baraburirwa
Umushinga w’Itegeko waturutse mu Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe wa Sena wohererejwe Guverineri wa California, Gavin Newsom utegeka ko ababyeyi batandukanye ariko barabyaranye, mu kugena uko umwana azajya asurwa n’ubundi burenganzira umubyeyi agira ku mwana we hazajya hashingirwa n’uko yitwara, aho rishimangira ko abana bataruzuza imyaka y’ubukure kwihinduza igitsinda rinashimangira ko umubyeyi uzajya abitambika azajya abamburwaho uburenganzira burundu. Kugeza ubu iri tegeko ntirigaragaza ibisabwa ngo umwana ajye kwibagisha, cyane ko muri California umwana atemerewe kubyikorera ababyeyi be batabigizemo uruhare. Umuvugizi w’Ikigo cy’Abatinganyi cya Sacramento, Agace ko muri Leta ya California, Alexis…
SOMA INKURUIbikorwa bya muntu biri ku mwanya wa kabiri mu kwangiza ibidukikije
Imyaka 1800 irashize abantu batangiye kwambara, mu ntangiriro imyambaro yakoreshwaga intoki gusa uko Isi yagiye itera imbere n’uruganda rw’imideli rwarazamutse imyenda itangira gukorerwa mu nganda. Ni muri urwo rwego uruganda rw’imideli ruri ku mwanya wa kabiri mu bikorwa bya muntu bihumanya ikirere, ari nayo mpamvu agashami ka Loni gashinzwe kurengera ibidukikije gasaba abari muri uru ruganda gukora iyo bwabaga bagashyiraho ingamba zihamye. Izi nganda ni zo zazamuye kwangiza ibidukikije bitewe n’imyuka ivamo ndetse n’ibitambaro bakoresha bitabora. Kimwe mu bintu bikomeje kwangiza ibidukikije mu mideli ni ubucuruzi bukorwa n’inganda aho zirindira…
SOMA INKURUUSA: Habonetse umugabo ushinja Barack Obama ubutinganyi unatanga ibimenyetso
Uwahoze ari umunyamakuru wa Fox News, Tucker Carlson yashyize hanze agace k’ikiganiro cy’umugabo baganiriye, amuhishurira ko yaryamanye na Barack Obama wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uyu mugabo witwa Larry Sinclair yavuze ko yaryamanye na Obama mu 2008, ari nabwo uwo mugabo yatsindiye kuyobora Amerika nka Perezida. Carlson yashyize ku mbuga nkoranyambaga agace gato k’icyo kiganiro, ashimangira ko ibindi aza kubishyira hanze kuri uyu wa Gatatu ku mugoroba. Ni amashusho yahise arebwa n’abasaga miliyoni enye mu gihe cy’isaha, ubwo yari amaze kuyashyira ku rubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter.…
SOMA INKURUUdushya twaranze ubukwe bwa Prince Kid
Ku mugoroba wo ku wa 1 Nzeri 2023 mu Intare Arena habereye ibirori by’ubukwe bwa Ishimwe Dieudonné na Iradukunda Elsa, bwaranzwe n’udushya dutandukanye turimo kuba igifunguzo cyasigiwe Iradukunda Liliane ari naho byamenyekanye ko Miss Elsa ariwe wafasdhe iyambere mugusaba urukundo Prince Kid. 1.Imiryango yabaremeye Sebukwe wa Prince Kid yamubwiye ko amuhaye umwanya we wose, kandi yiteguye kuzabaha inama igihe cyose bazamukenera. Ati “Mbahaye umutima wanjye. Mbahaye n’inama zanjye.”Yabifurije kubyara hungu na kobwa, ariko cyane cyane abakobwa ‘kuko nanjye mfite abakobwa benshi. Ati “Abakobwa ntibazabure.” Uyu mubyeyi yabifurije guhorana amata ku…
SOMA INKURUUbwongereza: Umudepite wiyumva nk’umugore akomeje ubuvugizi bw’abatinganyi n’abihinduza igitsina
Mu mwaka wa 2022, Jamie Wallis, umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ubwo yavuganaga n’Abarusiya babiri bamenyereweho gukora amashusho y’ibikorwa bihimbano ku mbuga nkoranyambaga, yiyemereye ko yiyumvamo kuba ari umugore nubwo afite igitsina gabo, akaba yavugiye abasirikare ba Ukraine b’abatinganyi ndetse n’abandi bakeneye kwihinduza igitsina. Uyu mudepite atanga ikiganiro ku buryo ibikorwa byo kwihinduza igitsina byakwimakazwa mu mashuri, ndetse akanavuga niba hari igihe kizagera u Bwongereza bukagira Minisitiri w’Intebe wihinduje igitsina, yanashyizemo n’ingingo ivuga ku basirikare ba Ukraine b’abatinganyi, aho yatangaje ko bakeneye inkunga y’ibikoresho byifashishwa mu kongera ibirungo mu gikorwa…
SOMA INKURURwamagana: Yapfuye yagiye gusengera ku muturanyi
Umugore w’imyaka 22 y’amavuko utaramenyekana amazina, yapfuye ubwo yarimo asengera mu rugo rw’umuturanyi we ruherereye ku Muyumbu mu karere ka Rwamagana. Byabaye kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Kanama 2023, bibera mu kagari ka Akinyambo. Amakuru avuga ko urugo uriya mugore yaguyemo rwari rusanzwe rukoreshwa nk’icyumba cy’amasengesho. Abakristo baturutse mu duce dutandukanye ngo baruhuriragamo buri wa Kane bagasenga. Uwapfuye bivugwa ko yari yaravuye mu karere ka Kamonyi akajya i Rwamagana mu rwego rwo gushaka imibereho. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muyumbu, Bonny Bahati, yavuze ko uwapfuye yafashwe n’isereri ubwo we…
SOMA INKURURIB summons ‘Ndimbati’ for neglecting parental duties
The Rwanda Investigation Bureau (RIB) on Friday, August 25, confirmed that it has summoned popular Rwandan actor Jean-Bosco Uwihoreye, popularly known as Ndimbati, on charges of neglecting parental duties. “Yes! It is true. He was summoned on the basis of an ongoing investigation into neglect of parental duties without cause and neglect of a person in one’s care,” RIB spokesperson Thierry Murangira told The New Times, adding that the investigation is ongoing. The New Times understands that Ndimbati, who is famous for a YouTube series called Papa Sava, was summoned…
SOMA INKURUUmusaza w’imyaka 84 yishe umugore we amuziza imibonano mpuzabitsina
Umusaza w’imyaka 84, witwa Gabriel Ahuwa, yemeje ko yishe umugore we w’imyaka 75 kubera umujinya kuko ngo yangaga ko baryamana, kandi akajya anumva bamubwira hari abayobozi bo mu itorero baryamana n’uwo mugore we. Uwo musaza yafashwe na Polisi akurikiranywe icyaha cy’ubwicanyi nk’uko byemejwe n’umuvugizi wa Polisi muri Leta ya Edo, Benin City, SP Chidi Nwabuzor. Gabriel Ahuwa, yavuze ko ashinja umugore we kuba yararyamanaga n’abayobozi bo mu itorero yasengeragamo ariko we yamusaba ko baryama akamuhakanira. Ibyo rero ngo ni byo yatumye agira umujinya yica uwo mugore we bari bafitanye abana…
SOMA INKURU