Uganda: Iby’imyigaragambyo bikomeje guhindura isura

Ibinyamakuru byo muri Uganda biri kwandika ku myigaragambyo iri kuhabera byatangaje ko ibyamamare byagerageje kuyitabira bari gutabwa muri yombi isaha ku yindi. Ibi bibaye mu gihe Polisi yo muri Uganda ihanganye bikomeye n’urubyiruko rwigabije imihanda mu myigaragambyo bise ‘March2Parliament’. Umwe mu batawe muri yombi hakiri kare ni umunyarwenya Obed Lubega uzwi nka Reign uyu akaba yaramamaye mu itsinda ‘Maulana&Reign’ watawe muri yombi mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Nyakanga 2024 akaba yahise ajyanwa gucumbikirwa kuri sitasiyo ya Polisi ya Nateete. Undi watawe muri yombi mu rubyiruko rukomeje imyigaragambyo rwamagana…

SOMA INKURU

Kamara Harris yivuze imigabo n’imigambi

Visi perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Kamala Harris yatangaje ko ashaka kunga ishyaka rye, kunga igihugu no gutsinda Donald Trump mu matora yo mu Ugushyingo uyu mwaka wa 2024.9 Harris yatangaje ibi nyuma y’uko ashyigikiwe n’abitwa aba ‘delegates’ cyangwa se intumwa z’ishyaka ry’abademokarate zihagije kugira ngo yemezwe nk’umukandida w’ishyaka ryabo mu matora ya perezida. Mu itangazo, Kamala Harris yavuze ko ashimira Perezida Joe Biden “na buri wese mu ishyaka ry’abademokarate bamaze kungirira icyizere”. Kugeza ku wa mbere nijoro, Harris yari amaze gushyikirwa n’intumwa 1,976 zikenewe ngo atsinde ku…

SOMA INKURU

Kenya: Five die as President Ruto deploys military to quell protests

At least five protesters have reportedly been shot dead by police in Kenya and a section of parliament has gone up in flames as demonstrations against new tax proposals escalate. An angry crowd breached police lines to storm parliament in the capital Nairobi before setting parts of it ablaze. In an address on Tuesday evening, President William Ruto said that an otherwise peaceful protest mainly by young Kenyans was infiltrated by ‘criminals’ and he said that all means would be deployed to “thwart any attempts by dangerous criminals to undermine…

SOMA INKURU

Présidentielle américaine : Donald Trump en quête du soutien des chrétiens évangéliques

L’ancien président américain Donald Trump a appelé, samedi, les chrétiens évangéliques à voter pour lui lors de l’élection présidentielle de novembre. Se présentant comme un défenseur de la liberté religieuse, le milliardaire a assuré aux évangéliques, qui ont été déterminants dans son accession au pouvoir en 2016 et dont beaucoup restent très loyaux, qu’il continuerait à protéger leur foi. Un appel du pied appuyé. L’ex-président américain Donald Trump a exhorté samedi 23 juin les chrétiens évangéliques, essentiels pour sa course à la Maison Blanche, à voter pour lui lors de la présidentielle…

SOMA INKURU

Isura nshya mu butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Nyuma yo kugirwa Minisitiri w’intebe,  Madame  Judith Suminwa Tuluka afatanije na Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo yatangaje abagize Guverinoma nshya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Abagize iyi leta bari mu bice bigera kuri bitanu. Hari igice kigizwe n’aba minisitiri b’intebe bungirije, ba minisitiri ba leta, minisitiri, intumwa(minisitiri delegués) na ba visi minisitiri. Jaquemain Shabani yahawe kuyobora ibikorwa by’imbere mu gihugu, ushinzwe ubwikorezi yagizwe Jean Pierre Bemba, ubwunganizi Gay Kabombo, ubukungu Daniel Mukoko Samba, mu gihe ushinzwe abakozi ba leta ari Lihahu Ebula naho Guylain Nyembo yashizwe ibijanye no gukora gahunda…

SOMA INKURU

Byinshi kuri Christian Malanga bivugwa ko yishwe wigambye guhirika uutegetsi bwa Congo

Christian Malanga Musumari wayoboye igitero kigambye guhirika ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, ni umunye-Congo wavutse tariki 2 Gashyantare 1983 avukira i Kinshasa mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Yabaye mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yagarutse muri Congo mu mwaka wa 2006 ari nabwo yinjiraga mu gisirikare cya FARDC, akaba yarakivuyemo afite ipeti rya Captaine nyuma yo gushaka kwiyamamariza umwanya w’ubudepite mu mwaka 2011 anyuze mu ishyaka Parti Congolais Uni (PCU) yari yashinze ariko afungwa ataragera ku ntego ze. Amaze gufungurwa mu 2012, yahise…

SOMA INKURU

Vote final sur l’aide américaine à l’Ukraine au cours des prochaines heures

Ce n’est plus qu’une question d’heures: le Congrès américain va voter très prochainement sur l’adoption finale d’un énorme plan d’aide à l’Ukraine, fruit de mois de tractations extrêmement tendues et laborieuses. L’enveloppe, qui comprend également des fonds pour Israël, Taïwan et un ultimatum à TikTok, pourrait être adoptée au Sénat d’ici la fin de la journée mardi. “Ne faisons pas attendre nos amis à travers le monde un instant de plus”, a lancé le chef démocrate Chuck Schumer, plaidant pour la tenue imminente d’un vote. Une source parlementaire a indiqué…

SOMA INKURU

USA yaba itangiye gutera umugongo Israel mu rugamba rwo kwihorera

Abategetsi bo ku rwego rwo hejuru muri Amerika bavuze ko ibiro bya perezida w’Amerika, White House, byaburiye ko iki gihugu kitazajya mu gitero na kimwe cyo kwihorera kuri Iran. Indege nto z’intambara zitarimo umupilote (zizwi nka drone) na za misile byose hamwe birenga 300 byarashwe kuri Israel mu ijoro ryo ku wa gatandatu. Iran yavuze ko byari ukwihorera ku gitero cyo ku itariki ya mbere Mata (4) ku ishami ry’ambasade yayo muri Syria. Izo ntwaro hafi ya zose zahanuwe na Israel, Amerika n’abasirikare b’ibihugu by’inshuti, mbere yuko zigera aho zari…

SOMA INKURU

Igisirikare cya Afurika y’Epfo cyahakanye cyivuye inyuma ibyo gishinjwa

Ikinyamakuru National Security News kuri uyu wa 2 Mata 2024 cyatangaje ko mu cyumweru gishize, abasirikare ba Afurika y’Epfo bahuriye n’uruva gusenya ku rugamba ubwo bagabaga igitero kuri M23. Gitangaza ko muri uko gutsindwa urugamba ari bwo abasirikare benshi b’Afurika y’Epfo baba barishyikirije M23, bagirwa imfungwa z’intambara. Kiti “Muri iki cyumweru ibibazo ku iyoherezwa rya SANDF mu Burasirazuba bwa RDC byariyongereye cyane. Yaratakaje cyane ubwo yagabaga igitero kuri M23. Muri iyi mirwano, bivugwa ko bamwe mu basirikare ba Afurika y’Epfo bishyiriye M23, bagirwa imfungwa hamwe n’abandi ba Malawi.” Nyamara igisirikare…

SOMA INKURU

Donald Trump yahishuye uburyo intambara ya Ukraine Perezida Zelensky yayigize ubucuruzi

Ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza mu Mujyi wa Vandalia muri Leta ya Ohio, Donald Trump wahoze ayobora USA, yagaragaje ko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky ari we mucuruzi wa mbere ubizobereye azi kuri iyi si, kuko uko agiye muri Amerika asubiranayo ibifurumba by’amafaranga, asaba ko ayo Amerika imuha yagakwiriye kuba inguzanyo aho kwitwa inkunga. Ati “Tugomba kuyabaguriza aho kuyabaha gutyo gusa. Bizatuma bakomeza gukotana hanyuma bakazabona n’uko batwishyura. Muyabagurize bumve ko hari ibibareba. Mwibaha miliyari 60$ gutyo gusa.” Yakomeje yerekana ko “Buri uko Zelensky aje muri Amerika, asubiranayo miliyari…

SOMA INKURU