General Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni,yinjiye mu nkundura yo kwamagana ubutinganyi aho yavuze ko nta kintu kiryoha kurusha umugore ku isi. Uyu mujenerali uzwiho kwisanzura mu gutanga ibitekerezo ku mbuga nkoranyambagGeneral a by’umwihariko kuri Twitter, yavuze ko ubutinganyi ari icyaha ndetse ababujyamo batazi uburyohe bw’umugore. Yagize ati “Ubutinganyi ni igicumuro! Imana yagennye ko abagabo bagomba kubana n’abagore, abagore na bo bakabana n’abagabo. Nta kintu kiryoha kurusha umugore kuri iyi si.” General Muhoozi yibukije abagabo n’abasore ko batagomba kugwa muri izi ngeso mbi zamamajwe n’abanyaburayi ngo babe bakundana…
SOMA INKURUCategory: Amakuru yo mu Mahanga
Igisirikare cya FARDC gikomeje gushinja M23 kutubahiriza amasezerano
Igisirikare cya Leta ya Congo, FARDC cyavuze ko ibisasu bya M23 byahitanye umuntu umwe, ndetse bikomeretsa abantu 6 aho cyashinje uyu mutwe kurasa ku ngabo z’u Burundi. Aha ni mu mirwano ikomeje kubera mu nkengero z’agace gatuwe ka Sake, muri Km 27 hafi y’umujyi wa Goma. Abo ku ruhande rwa leta ya Congo bavuga ko ibisasu byarashwe n’umutwe wa M23 byishe umuntu umwe, bikomeretsa abandi 6 ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 06 Werurwe, 2023 ahitwa Sake na Mubambiro. Lt.Col Njike Kaiko, Umuvugizi wa FARDC muri Kivu ya…
SOMA INKURUU Burundi bugiye kohereza ingabo zabwo muri Congo
Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Burundi yemeje ko kuwa 4 Werurwe 2023 u Burundi buzohereza ingabo muri gahunda yashyizweho n’abagaba b’ingabo bo muri EAC, mu nama yabaye ku wa 9 Gashyantare 2023, i Nairobi muri Kenya. Umunyamabanga mukuru wa EAC, Dr. Peter Mutuku Mathuki, mu itangazo yasohoye yavuze ko “Ibihugu binyamurango byose bya EAC bizatanga Ingabo bizazohereza mu gihe cyemeranyijweho.” Kugeza ubu Kenya ni yo imaze kohereza abasirikare bagera ku 1000 muri EACRF. Inama yo muri Gashyantare yayobowe n’Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Burundi, Gen Prime Niyongabo, igendeye ku y’abakuru b’ibihugu bya…
SOMA INKURUAmerika yashyizeho igihembo cya miliyari 5 ku muntu uzayiha amakuru
Amerika yatangaje igihembo cya miliyoni 5 z’amadolari (angana na miliyari 5Frw) ku muntu wese watanga amakuru yatuma hafatwa Seka Musa Baluku, umukuru w’umutwe w’inyeshyamba wa ADF wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ufitanye imikoranire n’umutwe wiyita Leta ya Kisilamu (IS). Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Amerika yavuze ko uyu mukuru wa ADF urimo gushakishwa ari Umunya-Uganda ushobora kuba ari mu kigero cy’imyaka 40 isatira 50. Mu itangazo, gahunda yo gutanga ibihembo kugira ngo hagerwe ku butabera (Rewards for Justice) yo muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Amerika yagize iti: “Ku butegetsi bwa Seka…
SOMA INKURUAgashya mu matora yitegurwa muri Nigeria
Leta ya Nigeria yategetse ifungwa ry’imipaka yose yo ku butaka mu gihe cy’amatora yitezwemo guhatana gukomeye yo kuri uyu wa gatandatu. Urwego rushinzwe abinjira mu gihugu rwavuze ko icyo cyemezo kigamije gutuma “amatora aba mu bwisanzure, nta buriganya kandi nta nenge”. Abategetsi bo ku mipaka basabwe gutuma iryo tegeko rishyirwa mu bikorwa nta kujenjeka. Aya matora ya perezida n’ay’abagize inteko ishingamategeko, atangazwa ko ari yo ya mbere yitezwemo guhatana gukomeye cyane kuva ubutegetsi bwa gisirikare bwarangira mu mwaka wa 1999. Urwego rushinzwe abinjira mu gihugu rwavuze ko rwafashe amakarita y’itora…
SOMA INKURUBrazil: Ibiza bikomeje kuvana abantu mu byabo ari nako byica abatari bake
Umubare w’abantu bamaze guhitanwa n’imvura nyinshi yaguye mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa Brazil ikomeje kwiyongera aho kuri uyu wa mbere bageze kuri 40. Abarega 2000 bakuwe mu byabo n’iyi mvura ya milimetero 600 yateye iyi leta ya Brazil. Perezida wa Brazil, Luiz Inacio Lula da Silva yasuye agace kibasiwe, avuga ko amazu adakwiriye kongera kubakwa ahantu hari ibyago byo gucika kw’inkangu cyangwa imyuzure. Abayobozi bo mu ntara ya Sao Paulo kuri uyu wa mbere bavuze ko hari abandi bantu 4 bapfuye biyongera kuri 36 bari bapfuye ku munsi wari wabanje.…
SOMA INKURUPerezida Joe Biden yagize uruzinduko rutunguranye
Kuri uyu wa mbere tariki 20 Gashyantare 2023, bitunguranye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yagiriye uruzinduko muri Ukraine, rwafashwe nk’ikimenyetso cy’ubufatanye mu gihe hasigaye iminsi mike ngo umwaka wuzure uhereye igihe u Burusiya bwatereye iki gihugu. Hari hashize igihe bihwihwiswa ko Biden azasura Ukraine ku matariki yegereye iya 24 Gashyantare, u Burusiya bwatangirijeho intambara. Biden yahuye na Zelenskyy mu ngoro ye (Mariinsky) aho yatangarije ko Amerika izatanga inkunga y’inyongera ya miliyoni 465 z’amadolari yo gushyigikira iki gihugu mu gihe intambara ikomeje. Yagize ati “Nyuma y’umwaka umwe,…
SOMA INKURUCôte d’Ivoire: Face au suicide, une jeunesse trop souvent désemparée
Une récente étude révèle que la Côte d’Ivoire se place au troisième rang des pays africains les plus touchés par le suicide, particulièrement chez les 20-29 ans. Ils sont confrontés à de nombreux écueils : des taux de chômage et de déscolarisation élevés, ainsi qu’une forte inflation. Sans compter qu’à l’instar de plusieurs pays africains, la santé mentale est un tabou, que tente de briser la jeunesse ivoirienne à coups de sensibilisation et de groupes de discussion. Après avoir subi en Côte d’Ivoire des maltraitances physiques pendant son enfance, puis des violences verbales et…
SOMA INKURUU Burundi bwabeshyuje ibyatangajwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika
Mu kiganiro n’abanyamakuru, Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu Martin Ninteretse yatangaje ko ibyatangajwe na Leta zunze Ubumwe za Amerika ko umurwa mukuru wa Bujumbura ushobora kwibasirwa n’ibitero by’iterabwoba ko ari amakuru y’ibihuha ahubwo ari abashaka gutera ubwoba abarundi, kandi umutekano w’iguhugu ucunzwe neza. Leta zunze Ubumwe za Amerika zari zasohoye itangazo risaba abaturage bayo kwitwararika no kugira amakenga yo kujya ahantu hahurira abantu benshi kuko hari ibitero by’iterabwoba bishobora kwibasira iki gihugu. Minisitiri Ninteretse yashimangiye ko umutekano w’igihugu uhagaze neza, cyane ko iki gihugu giherutse kwakira inama y’abakuru b’ibuhugu bya…
SOMA INKURUIbintu bitatu byasabwe M23 n’inama y’abagaba b’ingabo za EAC
Iyi nama y’abagaba b’ingabo za EAC yateranye kuwa 09 Gashyantare 2023 I Nairobi muri Kenya, yafashe imyanzuro y’amapaji 9 ku birebana n’ikibazo cy’umutekano muke uri mu burasirazuba bwa RDC. Muri iyi nama aba bagaba b’ingabo basuzumye ikibazo cy’umutekano mu Burasirazuba barangije bagiha umurongo aho M23 bayihaye ibyiciro 3 by’uko izava mu bice yafashe. Icyiciro cya mbere M23 yahawe cyo kuva mu bice yafashe kizatangira kuwa 28 Gashyantare kugeza 10 Werurwe 2023. Iri tangazo rivuga ko kugeza kuwa 30 M23 igomba kuzaba yararekuye ibice byose yafashe uko byakabaye. Icyakora intambara hagati…
SOMA INKURU