Bitunguranye Perezida Zelensky yasubitse amatora

Kuri uyu wa Mbere, tariki 6 Ugushyingo mu 2023.  Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yatangaje icyemezo yafashe cyo gusubika amatora, akaba yemeza ko abona  iki atari igihe cyiza cyo kujya mu matora kubera intambara iki gihugu kirimo n’u Burusiya. Ati “Tugomba gufata umwanzuro ko iki ari igihe cyo kwirwanaho, igihe cy’urugamba ruzagena ahazaza h’igihugu n’abaturage. Nemera ko iki atari igihe cyiza cy’amatora.” Amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Ukraine yari ateganyijwe muri Werurwe mu 2024. Perezida Zelensky Yakomeje avuga ko muri iki gihe Abanya-Ukraine bakeneye kunga ubumwe aho gutandukanywa n’amatora.      …

SOMA INKURU

Mu rugo rwa Sandra Teta na Weasel urukundo ni rwose

Weasel wamamaye mu itsinda rya Goodlyfe abinyujije  ku rubuga rwa Instagram yifuriza umugore we Sandra Teta isabukuru nziza, agaragaza ko yamubereye urumuri mu buzima bwe. Yanditse ati “Wabereye urumuri ubuzima bwanjye ndetse nzagushimira iteka. Isabukuru nziza umwiza cyane dusangiye ubuzima.’’ Sandra Teta asigaye agaragaza ko mu rugo bameranye neza. Nko mu ijoro ryo ku wa 12 Kamena 2023, abinyujije ku mbuga nkoranyambaga akoresha, yifurije isabukuru nziza umugabo we wari wujuje imyaka 38 y’amavuko amwifuriza kurama mpaka abonye abazukuru babo n’abandi bazabakomokaho. Muri Nyakanga umwaka ushize hari hagiye hanze amafoto ya…

SOMA INKURU

Suspended Governor Gasana faces two charges

The National Public Prosecution Authority has submitted to Nyagatare Primary Court, the file case of suspended Governor Emmanuel Gasana for a bail hearing. Before his arrest on October 26, the Prime Minister suspended Gasana from the duties of being Eastern province Governor on October 25. Speaking to The New Times, Faustin Nkusi, the prosecution spokesperson stated that the case file was received on October 30 from Rwanda Investigation Bureau and submitted to the court on November 6. Nkusi highlighted that Gasana faces two charges; soliciting and accepting illegal benefits and abusing…

SOMA INKURU

Impungege ku mibereho y’impunzi, mu bufasha bahabwa habonetse 37% gusa

Kugeza ubu mu Rwanda habarurwa impunzi ibihumbi 134,519 muri bo 62,2% ni abaturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, 37,2% ni abaturutse mu Burundi, mu gihe abaturutse mu bihugu binyuranye ari ari 0,5%. Imibereho y’aba bose ikomeze kwibazwaho nyuma y’aho hatangarijwe igabanuka rikabije ry’ubufasha bahabwaga. Nyuma y’aho Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) ryatangaje igabanyuka ku bufasha impunzi zo mu Rwanda zisanzwe ziginerwa bwagabanyutse bitewe n’uko inkunga muri uku kwezi k’Ugushyingo yabonetse ingana na 37% gusa, biba ngombwa ko habaho kugabanya ibyo impunzi zigenerwa ku Isi yose. Muri izi…

SOMA INKURU

Intore Tuyisenge yatangaje impamvu yahisemo kwiyubakira inzu itunganyirizwamo imiziki na filime

Intore Tuyisenge Jean de Dieu, umuhanzi w’indirimbo gakondo, avuga ko yahisemo kubaka ‘Studio’ ye kugira ngo abashe guteza imbere Umuco nyarwanda. Atangaza ko amaze hafi imyaka itatu yubaka Studio yise Migongo, izajya itunganya imiziki ndetse na Filime. Ati “Natekereje kubaka iyi Studio ngamije kujya mbona aho ntunganyiriza indirimbo zanjye n’iz’abandi mu buryo bw’amajwi n’amashusho, ndetse na Filime mbarankuru”. Iyi Studio izaba yatangiye gukora mu ntangiriro z’umwaka wa 2024, ikazajya itunganyirizwamo ibihangano by’abantu batandukanye, nk’uko Tuyisenge akomeza abivuga. Ati “Ndimo kuburaho ibintu bike, mu kwezi kwa mbere izaba yatangiye gukora, izamfasha no…

SOMA INKURU

Bwa mbere umushumba wa Kiliziya agiye kwitabira inama ku ihindagurika ry’ikirere

Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, yatangaje ko azitabira inama ya “COP28” yiga ku bijyanye n’imihindagurikire y’ikirere izabera i Dubai muri Leta zunze Ubumwe z’Abarabu, guhera tariki 30 Ugushyingo kugeza tariki 12 Ukuboza 2023. Umushumba wa Kiliziya Gatolika yatangaje ko azitabira iyo nama, mu gihe hari hashize ibyumweru bikeya yatangaje ko igihe kirimo kwiruka cyane, kandi ko bikenewe ko hagira igikorwa ku kibazo cy’ubushyuhe bukomeje kwiyongera ku Isi. Inkuru dukesha France 24, ivuga ko kuva Papa Francis ubu ufite imyaka 86 y’amavuko, yatorerwa kuba Umushumba kwa Kiliziya Gatolika mu 2013,…

SOMA INKURU

Isura nshya ku mavubi yitegura gushaka itike y’igikombe cy’isi 2026

Nyuma y’aho umutoza Mushya w’Amavubi, Torsten Spittler Frank, ahamagaye abakinnyi 30 bagomba kwitabira umwiherero wo kwitegura imikino ibiri ibanza u Rwanda ruzakina muri uku kwezi mu Itsinda C ryo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2026, amahitamo ye yabaye abakinnyi bashya batari basanzwe bamenyerewe. U Rwanda ruzabanza kwakira Zimbabwe tariki ya 15 Ugushyingo, rukurikizeho kwakira Afurika y’Epfo tariki ya 21 Ugushyingo, muri iyi mikino yombi yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi izabera kuri Stade ya Huye. Ikipe y’Igihugu yahamagawe tariki 4 Ugushyingo, nyuma y’iminsi itatu FERWAFA itangaje Torsten Spittler Frank nk’umutoza mushya.…

SOMA INKURU

Perezida Museveni yashyize ukuri hanze nyuma y’ibihano Uganda yafatiwe

Perezida wa USA Joe Biden yavuze ko Uganda hamwe na Niger, Gabon na Centrafrique bizakurwa muri gahunda izwi nka “AGOA”ituma ibihugu byo muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara byujuje ibisabwa bigeza ibucuruzwa byabyo birenga 1,800 ku isoko ryo muri Amerika nta misoro bitanze, biturutse ku kutubahiriza  uburenganzira bwa muntu bwemewe ku rwego mpuzamahanga, Nyamara Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yerekanye ko nta mpungenge bibate Mu cyumweru Perezida Museveni yanenze Amerika, avuga ko “biha agaciro gakabije” ndetse ko “batekereza mu buryo butari bwo ko ibihugu byo muri Afurika bidashobora gutera…

SOMA INKURU

Igisirikare cya Ukraine gikomeje kotswa igitutu

Abakuru b’igisirikare cya Ukraine barimo kurushaho kotswa igitutu kijyanye n’igitero cya misile Uburusiya buherutse kugaba, byemezwa ko cyishe kikanakomeretsa abasirikare benshi ba Ukraine. Ibitangazamakuru byo muri Ukraine hamwe n’imbuga za internet zo mu Burusiya zitangaza amakuru ajyanye n’igisirikare, bivuga ko abasirikare ba Ukraine barenga 20 biciwe mu muhango wo gutanga ibihembo wabaye ku wa gatanu hafi y’imirongo y’imbere y’ahabera urugamba mu majyepfo ya Ukraine. Igisirikare cya Ukraine ntikiratanga imibare y’abapfuye n’abakomeretse muri icyo gitero cyo mu karere ka Zaporizhzhia, cyise “akaga”. Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko ibyabaye “byashoboraga…

SOMA INKURU

Rwanda : La rentabilité de culture de légumes et de fruits chez les femmes est encore un obstacle

OXYFAM/Rwanda a réuni ses différents partenaires tant publics que privés dans l’optique de relever les obstacles auxquels font face les femmes cultivatrices, productrices et professionnelle des fruits et légumes mais aussi en cherchant des solutions aux problèmes.   Dans un entretien de circonstance, Uwamwezi Marcianne, habitant du Secteur Musheri, District De Nyagatare dans la Province de L’Est a fait savoir qu’elle avait commencée par une simple culture d’ananas dans un petit champ familial mais par après elle est parvenue à créer une usine d’une valeur de 100 millions des francs…

SOMA INKURU