Umuhanzi wegukanye igihembo cya Grammy Awards wo muri Nigeriya, Burna Boy amazina ye nyakuri yitwa Damini Ebunoluwa Ogulu, mu mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, ubwo yari mu myiteguro n’itsinda risanzwe rimucurangira, Outsiders, yatangaje ko yanze miliyoni 5 z’amadolari ya Amerika ubwo yatumirwaga gutaramira i Dubai, kubera ko amategeko yaho atamwemerera kunywa urumogi. Mu busanzwe amategeko mu bihugu bimwe na bimwe ku isi, abuza akanahana abantu bakoresha cyangwa bakanagurisha urumogi, nubwo hari n’ahandi rwemewe. Amategeko y’i Dubai aho Burna Boy yagombaga gukorera igitaramo, nayo abuza ikoreshwa ry’urumogi ndetse no kunywera itabi…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Muhazi United yateguje APR FC gusiga amanota Iburasirazuba
Mu mpera z’iki Cyumweru, hateganyijwe imikino y’umunsi wa Cumi wa shampiyona y’icyiciro cya mbere y’umupira w’amaguru, ubuyobozi bw’ikipe ya Muhazi United yo mu ntara y’i Burasirazuba, bukaba bwateguje ikipe ya APR FC gutsindwa ikazisiga amanota muri Ngoma. Muhazi United ikaba zaba yakiriye APR FC kuri Stade ya Ngoma, ku Cyumweru tariki ya 5 Ugushyingo 2023 Saa Cyenda n’igice z’amanywa. Mu korohereza abakunzi ba Muhazi, ubuyobozi bw’iyi kipe bwatangaje ko ibiciro byo kwinjira ari ibihumbi 2 Frw ahasigaye hose, ibihumbi 3 Frw ahatwikiriye n’ibihumbi 5 Frw mu myanya y’Icyubahiro. Ubuyobozi bwatangaje…
SOMA INKURUUmuyobozi yasabye ko inyama z’imbwa zijya mu zemewe kuribwa mu Rwanda
Simbabure Gaspard, Umuyobozi ushinzwe kugenzura isuku, ubuziranenge n’akato k’ibikomoka ku matungo mu rwego rw’igihugu rushinzwe kugenzura ubuziranenge, ihiganwa no kurengera abaguzi, RICA, yasabye kureba niba inyama z’imbwa zakongerwa mu ziribwa mu Rwanda. Uyu muyobozi yabisabye Inteko y’Umuco nyuma y’inkuru y’ifatwa ry’abaturage bafatiwe mu cyuho babaga imbwa mu bihe bitandukanye, aho bamwe bakubiswe abandi bagatabwa muri yombi bazira kugabura akaboga k’imbwa gafatwa nk’ikizira mu Rwanda. Umwe mu bafashwe agabura inyama z’imbwa aherutse gutanga ubuhamya avuga ko aka kaboga gacuruzwa henshi by’umwihariko mu Mujyi wa Kigali. Impaka ku nyama z’imbwa zasembuwe kandi…
SOMA INKURUAbayobozi bagera kuri 7 batawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze abayobozi barindwi (7) bakurikiranyweho kunyereza amafaranga y’ingurane yari agenewe abaturage bo mu Karere ka Rulindo bagenewe na Leta ubwo hubakwaga umuhanda Rwintare-Gitanda-Muvumo mu mwaka wa 2021-2022. Mu bafunzwe harimo Abanyamabanga nshingwabikorwa babiri, uhari ubu n’uwo yasimbuye, ubu ukorera mu Karere ka Muhanga hamwe n’abandi bakozi bari bashinzwe gutanga amafaranga y’ingurane mu Karere. Umuseke watangaje ko abafunzwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Muhanga Bizumuremyi Al Bashir, na Gitifu w’Akarere ka Rulindo Kanyangira Ignace ayo makuru kandi aravuga ko RIB yataye muri yombi Umuyobozi w’Imirimo rusange w’Akarere…
SOMA INKURUImirwano hagati ya Israel na Hamas ikomeje gufata indi ntera, abaturage ariko bicwa
Ingabo za Israel (IDF) zavuze ko abasirikare bayo bari mu mirwano yo kurasana begeranye n’abarwanyi ba Hamas, barimo gukora ibitero byo kuza bakarasa bakiruka basubira mu miyoboro yo munsi y’ubutaka. Umuryango w’Abibumbye (ONU/UN) uvuga ko ane mu mashuri yawo arimo gukoreshwa nk’ahantu ho kwikinga yangijwe, ukaba uburira ko ikibazo cy’ubucye bw’amazi kirimo kurushaho gukomera. Minisiteri y’ubuzima igenzurwa na Hamas ivuga ko Abanya-Palestine barenga 9,000 ari bo bamaze kwicwa kugeza ubu. Ku wa kane, ishami rya ONU rikora ibikorwa by’ubutabazi (UNRWA) ryavuze ko ane mu mashuri yaryo akoreshwa nk’ahantu ho kwikinga yangijwe…
SOMA INKURUPresident Suluhu calls for branding, research to boost tourism in Africa
Strategic branding and marketing coupled with research and data analysis will help boost the sustainable tourism industry on the continent, according to Tanzanian President Samia Suluhu Hassan. She delivered her key remarks during the opening ceremony of the World Travel and Tourism Council (WTTC) on November 2, taking place at Kigali Convention Centre. Happening for the first time in Africa, the three-day summit, running under the theme ‘Building Bridges to a Sustainable Future’, is a platform to discuss resilience and sustainable growth, the growing impact of AI, and understanding new…
SOMA INKURUUrunturuntu hagati ya Koreya ya Ruguru na Leta Zunze Ubumbwe za Amerika
Koreya ya Ruguru yamaganye igikorwa cyo kugerageza misile yambukiranya imigabane (ICBM) giherutse gukorwa n’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri mu Kigobe cya Korea. Mu itangazo Koreya ya Ruguru yashyize hanze kuri uyu wa Gatanu yavuze ko yiteguye gukora igikorwa cyo gusubiza ubu bushotoranyi bwa Amerika. Mu ntangiriro z’iki cyumweru nibwo Amerika yagerageje igisasu cyo muri ubu bwoko bwa misile ariko kiza gupfuba nyuma yo kukirasa nubwo hatatangajwe impamvu z’iki cyemezo. Nubwo iyi misile yapfubye, Umuvugizi wa Minisiteri y’Ingabo muri Amerika yavuze ko iki gikorwa cy’abafashije kubona amakuru y’ingenzi…
SOMA INKURUAfrican air transport cost remains a barrier to tourism growth – Kagame
President Paul Kagame said the high cost of air travel to Africa and within Africa remains a barrier to the growth of the tourism sector, which calls for the implementation of the Single African Air Transport Market (SAATM). He was speaking at the official opening of World Travel and Tourism Council (WTTC) 2023, on November 2, which convened more tthan1,200 participants in the global tourism industry to recognize the sector’s growth across the continent in recent years and at the same time analyze its challenges. The three-day summit, which kicked…
SOMA INKURUGihamya n’ubushakashatsi ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa igitsina gabo
Urubuga rwa Discrimlaw.net ruvuga ko ubushakashatsi bwakozwe na Equal Employment Opportunity Commission(EEOC), Komisiyo iharanira ko abantu babona akazi mu buryo bungana, bugaragaza ko muri Amerika abagabo 10% bakorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina iyo bari mu kazi. Iyi Komisiyo ikorera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, igaragaza ko benshi mu bagabo banga kuvuga ihohoterwa rishingiye ku gitsina bakorewe, kuko baba batekereza ko babivuze ntawabizera. Ubushakashatsi bwakozwe muri 2005 muri Amerika, bwerekanye ko abana b’abahungu 16% bari barakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina bafite imyaka 18. Muri 2003, abagera kuri 14.2% bo barikorewe…
SOMA INKURULa tempête Ciaran poursuit sa route en France, plus de 1 million de foyers privés d’électricité
Les appels à la prudence sont toujours de mise. Et ce même si la vigilance rouge vent a été levée jeudi à 10H00 dans la Manche, dernier des trois départements du nord-ouest encore en alerte maximale à l’occasion du passage de la tempête Ciaran, a annoncé Météo-France. La vigilance rouge avait été levée dans le Finistère dès 07H00 puis dans les Côtes-d’Armor une heure plus tard. Alors que Ciaran poursuit sa route vers la Manche et l’Angleterre, cinq départements sont désormais sortis de la vigilance orange vent: Finistère, Morbihan, Côtes-d’Armor, Ille-et-Vilaine…
SOMA INKURU