Dans un rapport publié mercredi, Amnesty international recense une quarantaine de cas de viols et de violences sexuelles documentés sur des détenus iraniens arrêtés lors du soulèvement “Femme, vie, liberté” ayant suivi la mort de Mahsa Amini en 2022. “Mes amies et moi avions retiré nos voiles en public et nous chantions. Je n’aurais jamais pensé que les forces de sécurité nous arrêteraient pour cela”, raconte Maryam, une manifestante iranienne dont Amnesty international a recueilli le témoignage depuis l’Iran. La jeune femme affirme avoir été jetée dans une camionnette par les Gardiens…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Ibiza byatwaye ubuzima bw’abarenga 40
Imvura y’umurindi yaguye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize yibasiye Umujyi wa Katesh uherereye mu birimotero 300 uvuye mu murwa mukuru Dodoma. Inzego z’ubuyobozi muri Tanzania zatangaje ko abantu 47 bapfuye, abandi barakomereka bitewe n’inkangu zakomotse ku mvura nyinshi mu Majyaruguru y’iki gihugu. Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan uri i Dubai mu nama Mpuzamahanga yiga ku mihindagurikire y’ibihe, COP28 yatangaje ko yifatanyije n’imiryango y’ababuze ababo ndetse avuga ko yohereje abayobozi mu bikorwa by’ubutabazi. Imvura nyinshi muri iki gice cya Afurika y’Iburasirazuba ije ikurikira ibihe by’amapfa amaze igihe kirekire. Iyi mvura…
SOMA INKURUM23 yasohoye itangazo rikakaye
Umuvugizi wa M23 Lawrence Kanyuka, mu itangazo yasohoye tariki ya 3 Ukuboza 2023 yagize ati “Nyuma y’uko ingabo za EACRF zitangiye kuva muri RDC, M23 izisubiza kandi igume mu duce twose yari yarashyikirije ingabo za EACRF mu gihe cy’ibiganiro by’amahoro, hagamijwe imibereho myiza y’abaturage b’abasivili.” Itangazo ryasohowe na EACRF rigaragaza ko muri Kivu y’Amajyaruguru nta mutekano uhari bitewe n’intambara yongeye kubura kuva mu Ukwakira 2023, bigatuma benshi bava mu byabo. Kanyuka yatangaje ko ihuriro ry’ingabo za Leta, FARDC n’imitwe yitwaje intwaro irimo na FDLR igizwe n’abasize bakoze Jenoside mu Rwanda,…
SOMA INKURURwanda: bientôt une recherche approfondie sur l’or
L’office rwandais des mines, du pétrole et du gaz (RMB) se prépare à lancer un projet de recherche approfondie sur l’or et le lithium dans le pays. Selon Donate Nsengumuremyi, chef de division en charge de l’inspection et de l’extraction minière, un projet de recherche approfondie sur l’or et le lithium va être lancé. ” Des indices ont révélé l’existence de l’or à plusieurs endroits. C’est identique pour le lithium,” indique Donate Nsengumuremyi. Une telle recherche vise à déterminer l’importance des gisements. Elle permet aussi de s’assurer de la rentabilité…
SOMA INKURUM23 rebels vow to retake positions as EAC force begins withdrawal
The M23 rebel group operating in eastern DR Congo has said it will reoccupy the positions it handed over to the East African Community Regional Force (EACRF). The announcement comes after the regional force began withdrawing from the positions in North Kivu Province on Saturday, December 2, less than 10 days before its mandate expires. “Following the departure of the EACRF from DRC, for the well-being of the civilian population, the M23 will recover and occupy all its areas that it handed over to EACRF at the beginning of the peace process,”…
SOMA INKURUHow to address, overcome the impact of gender-based violence
While women are typically the primary targets of gender-based violence, its impact extends beyond the individual to society as a whole. Specialists point out that GBV undermines family dynamics, as children experience emotional harm from witnessing their mothers and sisters being abused. This can lead to the dissolution of households, placing added financial strain and negative societal consequences on the new female heads of household. In some cases, victims of GBV may also inadvertently transfer their frustrations onto their children. Annette Mukiga, a feminist and co-founder of Bold Women Rwanda,…
SOMA INKURUKirehe hari ikibazo cyo gutinya inda umuntu ntatinye indwara -Vice Mayer Mukandayisenga
Tariki ya 1 Ukuboza ni umunsi mpuzamahanga ngarukamwaka wo kurwanya icyorezo cya SIDA. Insanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti “Uruhare rwa buri wese ni ingenzi”. Ni muri urwo rwego Ishyirahamwe ry’abanyamakuru barwanya SIDA “ABASIRWA” banyarukiye mu karere ka Kirehe, harebwa uko kwirinda ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA guhagaze, hagaragara ikibazo cy’urubyiruko rwitabiriye kuboneza urubyaro ariko rudatinya kwandura virusi itera SIDA. Iki kikaba ari kibazo n’ubuyobozi bw’aka karere bwemeza ko gihari koko. Urubyiruko runyuranye rwaba urwo mu mujyi wa Nyakarambi n’abandi baba bari ku mupaka wa Rusumo, usanga bose bahurira ku…
SOMA INKURUUrugendo rwa Papa Francis rwasubitswe mu buryo butunguranye
Papa Francis yaretse kwitabira inama ku ihindagurika y’ikirere izabera i Dubai, inama izwi nka COP28, kubera ibicurane no kubabuka kw’ibihaha, nkuko Vatican yabivuze. Papa, w’imyaka 86, yari yitezwe gutangira urwo ruzinduko rw’iminsi itatu ku wa gatanu. Mbere yaho ku wa kabiri, Vatican yari yavuze ko ateganya gukomeza iyo gahunda y’uruzinduko rwe nubwo yari arwaye mu mpera y’icyumweru gishize. “Yicuza cyane”, nkuko Vatican yabivuze, Papa yemeye kudakora urwo rugendo nyuma yuko abaganga be bamusabye kutagenda. Vatican yagize iti: “Nubwo uko Nyirubutungane ameze mu by’ubuzima muri rusange kwateye intambwe nziza ku bijyanye…
SOMA INKURUIbyishimo bidasanzwe mu mfungwa z’Abanya Palestine zarekuwe
Israel yarekuye imfungwa 30 z’Abanya-Palestine yari yarafunze nyuma y’uko abaturage bayo 10 n’abanyamahanga babiri bari barafashwe bugwate na Hamas barekuwe. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa kabiri tariki 28 Ugushyingo 2023, kibaye mu minsi itandatu yashyizweho hagati y’impande zombi cyo kurekura imbohe zari zarafunzwe. Magingo aya, Israel imaze kurekura Abanya-Palestine 180 barimo abagore n’abana mu gihe Hamas yo imaze kurekura abantu 81 biganjemo abaturage ba Israel. Hagati aho, Ingabo za Israel zafunze inzira zose zinjira mu Mujyi wa Gaza, zishyiraho za bariyeri impande zose ku buryo abantu binjira n’abasohoka bagomba…
SOMA INKURUNyamasheke: Kudaha umwanya uhagije abana kimwe mu byongera igwingira
Ubwo hatangizwaga icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umubyeyi n’umwana, hagaragajwe ko kudaha umwanya abana ari nk’imwe mu mpamvu yihishe inyuma y’igwingira ry’abana mu karere ka Nyamasheke Umuyobozi w’agateganyo w’akarere ka Nyamasheke Muhayeyezu Joseph Desire avuga ko kuba ingwingira ridacika biterwa no kuba ababyeyi nta mwanya uhagije bagenera abana babo ngo babategurire indyo yuzuye kandi ibyo kurya bihari. Ati: “Ibyo kurya hano si ikibazo, muri kano gace harera cyane kuburyo nta kibazo cy’ibiryo gihari ahubwo ababyeyi b’ino bakunda imirimo cyane kuburyo usanga abana basa nk’abirera cyangwa bakarerwa n’abaturanyi, bityo wa mwana…
SOMA INKURU