Umuryango wa Christian Malanga ukomeje kugaragaza imbamutima zawo nyuma y’igitero yagaragaje ko yari ayoboye cyagerageje guhungabanya inzego z’ubutegetsi za Congo ku cyumweru, aho yerekanye umuhungu we Marcel Malanga bari kumwe muri icyo gitero. Brittney Sawyer nyina wa Marcel Malanga, yatangaje kuri Facebook ubutumwa bw’uko ababajwe n’abarimo kumwoherereza amashusho y’umuhungu we. Igisirikare cya DR Congo cyatangaje ko Christian Malanga yishwe arasiwe ku biro by’umukuru w’igihugu nyuma yo kwanga gufatwa n’inzego z’umutekano. Marcel Malanga we ari mu bantu bagera kuri 50 bafashwe n’igisirikare, barimo abanyamerika batatu, n’umunyecongo umwe ufite ubwenegihugu bw’Ubwongereza, nk’uko…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Mu ruzinduko Corneille Nangaa yagiriye mu bice byafashwe na M23 yishimiye ibyagezweho
Kuri uyu wa Mbere, tariki 20 Gicurasi 2024, Umuyobozi w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) Corneille Nangaa yagiriye Uruzinduko rw’akazi mu bice byabohojwe na M23, aho yagaragaje ubwitange budasubirwaho mu iyubakwa n’iterambere rirambye muri Teritware ya Masisi, Rutshuru n’igice cya Nyiragongo, ndetse n’ahandi kuri ubu hari mu maboko y’inyeshyamba z’umutwe wa M23. Umuvuguzi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka watangaje ibi akoresheje urubuga rwa rwa X, yavuze ko Corneille Nangaa mu gukora uru ruzinduko rw’akazi yaherekejwe n’umugaba mukuru w’ingabo za M23, bwana Maj Gen Sultan Makenga. Agaragagaza ko kandi…
SOMA INKURUYahishuye ibanga ryo gukoresha ababyinnyi b’umwuga mu ndirimbo
Umuraperi Abijuru King Lewis wamamaye nka Papa Cyangwe yavuze ko gukoresha ababyinnyi babigize umwuga mu mashusho y’indirimbo bifasha umuhanzi mu kuba indirimbo yagira amashusho meza no kuyamamaza muri rusange. Mu ndirimbo ye nshya yise ‘Siba’ yifashishije abarimo Titi Brown, General Benda, Shakira n’abandi babyinnyi bagezweho haba mu kubyina indirimbo z’abahanzi cyangwa mu birori bitandukanye. Mu kiganiro RTV Versus cyo kuri uyu wa Mbere, Papa Cyangwe yavuze ko gukoresha ababyinnyi mu ndirimbo hari icyo byongera ku gaciro kayo. Ati “Hari umuntu ushobora kuba adakunda umuhanzi ariko yikundira abo babyinnyi, ikindi iyo…
SOMA INKURUIcyo inyandiko zo guta muri yombi zisobanuye kuri Israel na Hamas
Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yasubizanyije uburakari bwinshi ku makuru yuko ashobora gushyirirwaho urwandiko rwo kumuta muri yombi ku byaha byo mu ntambara no ku byaha byibasira inyokomuntu. Yavuze ko iyo ari “imyitwarire igayitse yo ku kigero cyanditse amateka”. Yavuze ko Israel irimo “kurwana intambara ifite ishingiro na Hamas, umutwe w’iterabwoba ukora jenoside wagabye igitero cya mbere kibi cyane ku Bayahudi kibayeho nyuma ya Jenoside y’Abayahudi”. Mu kwibasira cyane umushinjacyaha mukuru w’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC), Netanyahu yavuze ko uwo mushinjacyaha Karim Khan ari umwe “mu bibasira cyane Abayahudi muri…
SOMA INKURUHow can Africa claim its place on global stage?
At the just-concluded Africa CEO Forum in Kigali, a complex question was posed. The question asked whether Africa should be at the table or on the menu, and whether this was a critical moment to shape a new future for Africa. There was, at least, consensus that Africa has to be at the table, which means that it is an vital moment for the continent to establish itself as an independent and influential force on the global stage. But this consensus did not come without an even more intricacy. Rwanda’s…
SOMA INKURUSobanukirwa kurushaho n’indwara y’angine n’uko wayirinda
Angine ni indwara yo kubyimba no kubabara mu muhogo mu gace k’akamironko (pharynx) bitewe na mikorobi. Izi mikorobi zitera angine zirimo amoko 2 hari angine iterwa na virusi hakabaho na angine iterwa na bagiteri. Gusa angine itewe na virusi niyo ifata abantu benshi aho ifata hagati ya 50% na 90% by’abarwayi bayo. Iyi ndwara yibasira cyane cyane abakiri bato gusa n’abakuze barayirwara.Angine itewe na bagiteri iterwa na mikorobi yitwa streptocoque (soma sitireputokoke) ikaba yibasira cyane abantu barengeje imyaka 3. Iyatewe na virusi itandukanye n’iyatewe na bagiteri. Angine ivurwa ite? Nk’uko…
SOMA INKURUPICK NICK Place umukiriya ni umwami
Murakaze neza muri Pick Nick Place
SOMA INKURUByinshi kuri Christian Malanga bivugwa ko yishwe wigambye guhirika uutegetsi bwa Congo
Christian Malanga Musumari wayoboye igitero kigambye guhirika ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, ni umunye-Congo wavutse tariki 2 Gashyantare 1983 avukira i Kinshasa mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Yabaye mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yagarutse muri Congo mu mwaka wa 2006 ari nabwo yinjiraga mu gisirikare cya FARDC, akaba yarakivuyemo afite ipeti rya Captaine nyuma yo gushaka kwiyamamariza umwanya w’ubudepite mu mwaka 2011 anyuze mu ishyaka Parti Congolais Uni (PCU) yari yashinze ariko afungwa ataragera ku ntego ze. Amaze gufungurwa mu 2012, yahise…
SOMA INKURUNyagatare: Bamwe mu rubyiruko bahishuye ikibashora mu busambanyi budakingiye
Nyagatare ni kamwe mu turere tugize intara y’Iburasirazuba, ikaba ifite imirenge ikora ku gihugu cy’Ubugande, muri yo harimo umurenge wa Rwimiyaga, aho rumwe mu rubyiruko rwaho rutangaza ko ruhakura ibiyobyabwenge byiganjemo kanyanga n’urumogi ari byo bituma bishora mu busambanyi akenshi ntibibuke no gukoresha agakingirizo. Uwo twahaye izina rya John kubera umutakano we, atangaza ko mu murenge wabo abenshi mu rubyiruko ndetse n’abubatse bishora mu busambanyi biturutse ku biyobyabwenge bakura gihugu cy’abaturanyi cy’Ubugande kuko biba bigura make, nyuma yo kubifata bikabatera gusambana nta bwirinzi. Ati: “Akenshi rwose ushobora kujya gusambana ufite…
SOMA INKURUIngaruka z’ibiyobyabwenge ntizibarika, Urubyiruko ruraburirwa
Abagera ku 6.460 bafatirwa ibihano kubera ibyaha bifitanye isano n’ibiyobyabwenge, imanza zigera ku 4000 zagejejwe mu rukiko, mu gihe buri mwaka abantu bagera ku 5.000 bivuza ibibazo bikomoka ku ngaruka z’ibiyobyabwenge. Ibi byatangajwe kuri uyu wa mbere tariki 13, Gicurasi 2024 mu karere ka Kicukiro, ubwo hatangizwaga ubukangurambaga n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) buzamara iminsi 15 bugamije kurwanya ibiyobyabwenge. Urubyiruko rwitabiriye iki gikorwa rwibukijwe ko tugomba kurangwa no gushishoza, gukanguka no kwirinda gukoresha ibiyobyabwenge, runagaragarizwa ingaruka mbi bitera ku buzima ndetse no mu gihe kizaza. Muri iki gikorwa cy’ubukangurambaga, umusore wafataga…
SOMA INKURU