Mu rubanza rw’abasirikare b’Abarundi bafunzwe bazira kwanga kurwana n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, basabye Leta yabo kugirwa abere kandi bagasubizwa mu kazi. Uru rwabereye mu ntara ya Rutana tariki ya 24 Gicurasi 2024, aba basirikare bakaba bashinjwa kwanga kubahiriza amabwiriza y’abayobozi babo, ubwo bari bahanganye n’abarwanyi ba M23. Abasirikare barenga 270 ni bo bari gukurikiranwa muri iyi dosiye. Ibiro ntaramakuru AP by’Abanyamerika muri Gashyantare 2024 byatangaje ko 103 bafungiwe mu ntara ya Rumonge, abandi muri Ngozi, Ruyigi na Bururi. Boherejwe…
SOMA INKURUAuthor: umuringanews
Hagaragajwe umutungo wa FERWAFA n’ikoreshwa ryawo
Mu Nteko Rusange Isanzwe y’ Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda “FERWAFA” iri kubera muri Kigali Convention Center hatangajwe ko amakipe y’Igihugu yakoresheje miliyari 1,177 Frw mu 2023 naho mu 2022 yari miliyari 1,449 Frw. Mu mwaka wa 2023, Amavubi y’Abagabo yakoresheje miliyoni 357,3 Frw mu gihe yari miliyari 1,168 Frw mu 2022.Abagore bakoresheje miliyoni 271,9 Frw naho amakipe mato akoresha miliyoni 135,3 Frw. Ingendo, gucumbika n’umwiherero by’amakipe y’Igihugu byatwaye miliyoni 413 Frw mu 2023 mu gihe mu 2022 yari miliyoni 280,6 Frw. Miliyoni 112 Frw yahawe amakipe akina Shampiyona, angana…
SOMA INKURUUmuraperi kazi w’ikirangirire muri Amerika yasubitse igitaramo kubera ibiyobyabwenge
Kuri uyu wa gatanu nibwo, umuraperikazi wo muri USA Nicki Minaj, yerekeje mu gihugu cy’Ubwongereza i Manchester aciye mu Buholandi mu mujyi wa Amsterdam mu gitaramo cye “Pink Friday 2 World Tour”, aza gutabwa muri yombi na polisi akekwaho ibiyobyabwenge ubwo yerekezaga mu Bwongereza . Nicki Minaj akigera muri uyu mujyi, ntibyamugendekeye neza kuko yahise atabwa muri yombi n’abapolisi baho nyuma yo gusaka ibikapu yari afite bagasangamo urumogi, we akaba atangaza ko ibyo yakorewe ari akagambane k’abadashaka ko akora igitaramo, kuko bitumvikana uburyo bamutaye muri yombi kubera urumogi kandi rusanzwe…
SOMA INKURUUn deuxième décès lié au choléra à Mayotte
Une femme de 62 ans est décédée samedi à Mamoudzou du choléra, portant à deux le nombre de morts liés à cette maladie à Mayotte, a annoncé dimanche l’Agence régionale de santé (ARS). La femme est décédée “à son domicile sur les hauteurs du quartier de Cavani, à Mamoudzou”, a précisé l’ARS dans un communiqué. “En application du protocole de lutte contre le choléra, les équipes d’intervention se sont rendues sur place afin de procéder à la désinfection du foyer et à la prise en charge de l’entourage de la…
SOMA INKURUUkraine: le bilan continue de grimper après la frappe russe sur un hypermarché de Kharkiv
Le bilan de la frappe russe sur un hypermarché de bricolage à Kharkiv, deuxième ville d’Ukraine, continue de grimper, passant à 14 morts dimanche au lendemain de cette attaque qualifiée d’”ignoble” par le président ukrainien. “Le bilan des morts s’élève à 14”, a déclaré le gouverneur de la région de Kharkiv, Oleg Synegubov. Un précédent bilan communiqué par le ministre ukrainien de l’Intérieur, Igor Klymenko, faisait état de douze morts, 43 blessés et 16 disparus à la suite de cette attaque. “Pour eux (les Russes), c’est un plaisir de brûler.…
SOMA INKURUGBV is a serious problem that will incur significant costs in the future
Gender-based violence (GBV), or violence against women and girls (VAWG), is a global pandemic that affects 1 in 3 women during their lifetime. The numbers are staggering: 35% of women worldwide have been victims of physical and/or sexual violence by an intimate partner or sexual violence from another partner. Worldwide, 7% of women have been sexually assaulted by someone other than their partner. Globally, up to 38% of murders of women are committed by an intimate partner. 200 million women have undergone female genital mutilation/cutting. This problem is not only…
SOMA INKURUBikwiriye gucika! Barasaba ko ihohoterwa rikorerwa urubyiruko rufite virusi itera SIDA ryahagurukirwa
Bamwe mu rubyiruko bafite virusi itera SIDA batangaza ko bakorerwa ihohoterwa rikomeye ririmo ihezwa n’akato, biviramo benshi gutakaza icyizere cy’ejo hazaza biturutse ku kuvutswa kugera ku ndoto z’ubuzima bwabo. Umwe muri bo ni Giramata (izina twamuhaye), abarizwa mu isantire y’umurenge wa Muhura, mu karere ka Gatsibo, mu Ntara y’Iburasirazuba, yandujwe virusi itera SIDA ageze mu mwaka wa 4 w’amashuri yisumbuye, akaba atangaza ko aribwo yatangiye icyo yita ibigeragezo by’ubuzima. Ihezwa n’akato kuri we byatangijwe n’uwamwibarutse Giramata yagize ati: “Njye nandujwe virusi itera SIDA n’umuhungu twari duturanye, nyuma yo kumva abantu…
SOMA INKURUEn Iran, les cérémonies funèbres pour le président Raïssi démarrent à Tabriz
Les cérémonies de funérailles pour le président iranien Ebrahim Raïssi, tué dimanche dans un crash d’hélicoptère, ont débuté mardi matin à Tabriz, la grande ville du nord-ouest de l’Iran, et doivent se terminer par son enterrement dans sa ville natale, Machhad, jeudi soir. En Iran, des dizaines de milliers de personnes se sont rassemblés, mardi 21 mai, pour le début des cérémonies de funérailles du président Ebrahim Raïssi à Tabriz, la grande ville du nord-ouest du pays. Une foule immense couvrait la principale place de la ville, brandissant des drapeaux…
SOMA INKURUInteko rusange idasanzwe ya Kiyovu Sports ihatse byinshi
Nyuma y’aho ikipe ya Kiyovu Sports isoje Shampiyona ari iya gatandatu, aho yaranzwe no kudahemba abakinnyi no gufatirwa ibihano na FIFA harimo kutemererwa kugura abandi bakinnyi kubera amadeni y’asaga miliyoni 50 Frw ibereyemo abo yirukanye binyuranyije amategeko, yatumije inteko rusange idasanzwe. Uku gutumiza inteko rusange bikaba byakozwe n’umuryango wa Kiyovu Sports, ikazabera kuri Hotel Chez Lando ku Cyumweru, tariki ya 26 Gicurasi 2024, ikaba yatumiwemo abanyamuryango bose igamije kuvugurura amategeko shingiro n’amabwiriza ngengamikorere no kuzuza imyanya. Uretse ibiri ku murongo w’ibyigwa, hari amakuru avuga ko hashobora kuzakomozwa ku mibereho y’iyi…
SOMA INKURUThey laud the benefits attributed to the conservation of Birunga Park
By Diane NKUSI NIKUZE Rwandan Government established policies and measures meant to protectand conserve and countering the decrease in biodiversity, as a result, its enshrined in the Vision 2050, where its anticipated that Rwanda will be driven by an economy which will be environment friendly, and resilient to climate change. Its in that context that the residents of Nyange and Kinigi Sectors in Musanze District formed different Cooperatives, and among them include the ex-poachers, and today they are proud of the benefits they attribute to the protection the biodiversity in…
SOMA INKURU