Rubavu: Yaguye igihumure ubwo yabonaga abaje kumusenyera inzu

Mu gitondo cyo kuwa kane tariki 2 Werurwe 2023, nibwo ubuyobozi bw’akagari bufatanyije n’ubw’umurenge basenyeye Bwana Niyibizi wo mu kagari ka Gisa, mu murenge wa Rugerero, mu karere ka Rubavu, uvuga ko yatanze 100.000Frw ngo yubake, yahise agwa igihumure ubwo bamusenyeraga. Uyu muturage avuga ko yagishije inama ubuyobozi bw’akarere ku cyo yakora ngo yubake ngo bumugira inama yo gutanga ibihumbi 100 FRW arabikora ariko ngo yatunguwe no kubona baje bakamusenyera. Abaturage babwiye Radio&TV10 dukesha iyi nkuru ko iyi nzu bayisenye harimo umugore we n’umwana we. Umugore w’uyu mugabo yagize ati…

SOMA INKURU

Perezida Macron yatwawe n’uburanga bw’igiti

Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron ubwo yari ageze muri kimwe mu bihugu by’Afurika ari kugiriramo uruzinduko rw’akazi azamaramo iminsi igera kuri 5 yagaragaye yatwawe n’uburanga bw’igiti giteye mu nkengero z’umurwa mukuru wa Libre ville Iki giti kiri mu bitatse iki gihugu cya Gabon kikaba mu shyamba riri hafi y’uyu murwa mukuru, kikaba kimaze imyaka isaga 700 muri aka gace. Ni igiti kiri mubitatse iri shyamba kuko ba mukerarugendo bava hirya no hino baqje kureba ako kataraboneka k’igiti kiri mubikuze kurusha ibindi kuri uyu mubumbe w’isi dutuye. Perezida Macro ari mur’Afurika muruzinduko…

SOMA INKURU

Abapolisi babiri bafatanyije kwiba ihene

Hagaragaye ifoto y’Abapolisi babiri b’Igipolisi cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bavuye kwiba itungo ry’umuturage. Hatangajwe icyo aba bapolisi bitwaje ngo bibe iyi hene. Ni ifoto ikomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, igaragaza aba bapolisi babiri umwe afashe amaguru undi afashe amaboko, batwaye iyi hene. Bamwe mu bagize icyo bayivugaho, bavuze ko bidatunguranye kuko izi ngeso mbi zimenyerewe ku bo mu nzego z’umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Si rimwe cyangwa kabiri hagaragara abapolisi cyangwa abasirikare bo muri Congo mu bikorwa nk’ibi by’ubusahuzi, kuko bagaragaye kenshi kuva muri iki Gihugu…

SOMA INKURU

15 Qualities Of A Good Husband That Make A Man A Great Spouse

When searching for a long-term partner or soulmate, women (and men, too) often have the misguided notion that they need to find their soul twin, with all of the same likes, dislikes, hobbies, taste in music and food, and (the list can go on and on). However, the primary quality among the most essential ones in a good husband is compatibility, not to be mistaken with comparability. Can you imagine how monotonous your time together would become — and fast? Compatibility is critical when finding someone who will help bring balance…

SOMA INKURU

Half of the world on track to be overweight or obese by 2035

The World Obesity Federation predicts that 51 percent of the world will be overweight, and one in four people will be obese.More than half of the world’s population will be overweight or obese by 2035 without significant action, according to a new report. The World Obesity Federation’s 2023 atlas predicts that 51 percent of the world, or more than four billion people, will be obese or overweight within the next 12 years; of those, nearly two million, or one in four people, will have obesity. Rates of obesity are rising…

SOMA INKURU

Ukraine war: Kyiv orders evacuation in Kupiansk, city it recaptured last year

Ukraine has told some residents to leave Kupiansk, as Russia seeks to re-take the city it left last year. Kharkiv’s military command urged families and those “with limited mobility” to leave due to “constant” shelling by Russian forces. Russia took the city, an important supply hub, early in the full-scale invasion, with Ukraine re-capturing it last September. Meanwhile, Wagner group says it troops have “practically encircled” Bakhmut. Earlier this week, President Volodymyr Zelensky admitted the situation in Bakhmut – around 130km (80 miles) south of Kupiansk – was becoming “more and…

SOMA INKURU

Étudiant congolais en Tunisie : “Je ne sors plus, je reste confiné chez moi”

Marc a 22 ans et vit en Tunisie depuis un an. Muni d’un visa étudiant, ce jeune homme congolais s’est installé à Tunis dans l’espoir de finaliser son cursus universitaire avant de rentrer dans son pays d’origine. Mais depuis le discours anti-migrants du président tunisien, Marc ne sort plus de chez lui de peur de se faire agresser ou embarquer par la police. Le 21 février, le président tunisien Kaïs Saïed n’a pas mâché ses mots à l’égard des quelque 21 000 Africains subsahariens vivant en Tunisie. Les accusant d’être source…

SOMA INKURU

Emmanuel Macron en Angola, au Congo, et en RD Congo

Le président français visitera trois pays d’Afrique centrale vendredi, journée phare de sa tournée africaine censée promouvoir le nouveau visage de la diplomatie française sur le continent. Le président français Emmanuel Macron est arrivé tard jeudi soir (2 mars) en Angola en provenance du Gabon où il venait d’assister à un sommet sur la préservation des forêts tropicales. Vendredi, il rencontrera successivement ses homologue angolais João Lourenço à Luanda puis congolais Denis Sassou-Nguesso à Brazzaville, avant de rejoindre dans la soirée Kinshasa, dernière étape de sa tournée. Avec toujours le même…

SOMA INKURU

Deuil, manifestations et colère après “le pire accident ferroviaire de l’histoire en Grèce”

Les Grecs s’apprêtent à manifester vendredi, pour demander des comptes à leur gouvernement, après la mort de près de 60 personnes dans une collision frontale entre deux trains trois jours plus tôt. Les cheminots aussi sont appelés à la grève pour la deuxième journée consécutive. Entre douleur et colère, les Grecs vont à nouveau manifester, vendredi 3 mars, au troisième jour de deuil national observé dans un pays traumatisé par la catastrophe ferroviaire qui a fait 57 morts, dont beaucoup de jeunes étudiants. Dans la capitale et dans toutes les villes…

SOMA INKURU

Impinduka zikomeye muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi

Dr Mukeshimana Gérardine wari umaze imyaka icyenda ari Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi yasimbuwe na Dr Ildephonse Musafiri wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi. Aya mavugurura yakozwe na Perezida Paul Kagame nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe hanze n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa Kane tariki 02 Werurwe 2023. Dr Mukeshimana wakuwe kuri uyu mwanya wa Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, yawugiyeho muri Nyakanga 2014 ubwo hajyagaho Guverinoma nshya yari iyobowe na Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi. Dr Ildephonse Musafiri umusimbuye, we yari asanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yagiyeho…

SOMA INKURU