Bugesera: Batewe ishema no kuzahagararira igihugu mu marushanwa ya “PISA”

Bamwe mubanyeshuri bo mu bigo bitandukanye  byatoranyijwe kuzakora isuzumabumenyi mpuzamahanga rya “PISA” 2025, bavuga ko batewe ishema no kuzisanga mu bazajya guhatana muri aya marushanwa izitabirwa n’bihugu 91 byo hirya no hino ku isi. Isuzumabumenyi rya “PISA” (Program for International Student Assessment), risanzwe ritegurwa buri myaka 3 kuva muri 2000, rikaba ryarashyizweho  n’umuryango mpuzamahanga witwa “OECD”, uvugurura politiki z’Ubukungu n’Imibereho y’abaturage. Bamwe mu banyeshuri biga mu kigo cy’ishuri cya Maranyundo girls School bavuga ko ayo masomo azakorerwamo isuzuma mpuzamahanga rya “PISA”2025 basanzwe bayatsinda neza, kandi ko biteguye kuzahesha igihungu ishema…

SOMA INKURU

Ubukangurambaga ku isuzumabumenyi mpuzamahanga “PISA” burakomeje

Kuva tariki 17 Werurwe 2025, ubukangurambaga kuri “PISA” burakomeje hirya no hino mu Rwanda, abakozi ba NESA bakaba bakomeje kuzenguruka mu bigo byatoranyijwe bizitabira iri rushanwa  basobanura byimbitse ibijyanye naryo ari nako basubiza ibibazo binyuranye babazwa n’abana bari mu cyiciro cyirebwa n’iri suzuma. Kuri uyu wa gatatu tariki 192025, ubu bukangurambaga bwakomereje mu karere ka Bugesera,  ku ikubitiro hakaba hasuwe  Maranyundo Girls School, akaba ari rimwe mu mashuri 7 yo muri Bugesera azitabira “PISA”. Abanyeshuri bagaragaje amatsiko menshi kuri iri suzuma ari nako babaza byinshi. Mu matsiko menshi, umunyeshuri wo…

SOMA INKURU

Rwanda: Ku nshuro ya mbere hagiye gukorwa isuzuma mpuzamahanga “PISA”

Mu Rwanda hagiye kubera amarushanwa mpuzamahanga ya PISA (Programme for International Student Assessment) ku nshuro ya mbere, akaba azitabirwa n’ibigo by’amashuri bitandukanye, rikazakorwa n’abanyeshuri bari mu kigero cy’ imyaka 15 kugeza ku bafite 16 n’amezi 2. Amashuri 213 yo mu turere dutandukanye two mu Rwanda niyo azitabira iri suzuma rya PISA 2025,  muri ayo mashuri 164 abarizwa mu cyaro, 49 akaba aherereye mu mijyi. Muri buri kigo hazatoranywa abana 35, abanyeshuri bose hamwe bazakora iri suzuma rya PISA ni 7,455, bazakora imibare, icyongereza na science. Dr. Bahati Bernard, umuyobozi mukuru…

SOMA INKURU

Isuzuma “PISA” ryitezweho byinshi mu kunoza ireme ry’uburezi ry’u Rwanda

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki 17 Werurwe 2025,nibwo hatangirijwe ku rwego rw’igihugu igikorwa cyo kumenyekanisha ndetse no kwitegura isuzuma mpuzamahanga ry’abanyeshuri PISA ( Programme for International Student Assessment) ryiganjemo ibihugu by’Amerika n’Uburayi, kikaba cyatangirijwe mu mujyi wa Kigali, mu karere ka Kicukiro ku ishuri rya EFOTEC/ESI KANOMBE. Iri suzuma rikaba rigiye kubera mu Rwanda ku nshuro ya mbere aho rizakorwa guhera tariki 28 Mata 2025. Isuzuma “PISA” ryitabirwa n’ibihugu 91 byo hirya no hino ku isi n’u Rwanda rurimo, ryitabirwa n’abana bafite imyaka 15 kugeza ku bafite…

SOMA INKURU

Ese amadini yibona muri gahunda yo kurwanya inda ziterwa abangavu?

Mu Rwanda imibare y’abangavu basambanywa bikabaviramo gutwara inda, ikomeje kurushaho kwiyongera n’ubwo inzego za Leta ku bufatanye n’imiryango itari iya Leta hamwe n’amadini n’amatorere biyemeje gushyira hamwe mu kuzikumira, haracyavugwa amadini atabyibonamo. Nubwo iki kibazo cyahagurukiwe hari abayobora amadini n’amatorero bakigenda biguru ntege mu gutanga inyigisho zijyanye n’ubuzima bw’imyororokere nk’imwe mu zakoreshwa mu kwirinda inda ziterwa abangavu. Bamwe mu bahagarariye amadini n’amatorero mu Rwanda bavuga ko kwigisha ingingo y’imyororokere mu nsengero bose batabyumva kimwe ariko ngo bashyizeho uburyo ikiciro cy’urubyiruko cyabyigishwa. Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolee avuga ko u…

SOMA INKURU

Gisagara: Abahinzi b’umuceri bararirira mu myotsi

 Umuyobozi w’akarere ka Gisagara wungirije ushinzwe iterambere y’ubukungu, Habineza Jean Paul, yatangaje ko imvura yaguye cyo kuwa 15 Werurwe 2025, yangije umuceri kuri hegitari zisaga 100. Ati “Umwuzure wibasiye igishanga cya Ngiryi muri Musha, ariko si ho gusa kuko no mu murenge wa Kibilizi muri Duwani naho hageze umwuzure mu gishanga.” Yakomeje agira ati “aho muri Ngiryi hangiritse hegitari zisaga 80, mu gihe kuri Duwani hangiritse hegitari ziri hafi ya 20.” Habineza yavuze ko ibyangijwe n’imvura bitari byagafatiwe ubwishingizi bw’ibihingwa, kuko bari babanje gukusanyiriza amafaranga hamwe bitegura kujya kubusaba mu…

SOMA INKURU

The impact of illegal stone quarrying on health in Muhanga district

BY Diane NIKUZE NKUSI  In the heart of Rwanda’s Central Province, Muhanga District is home to breathtaking landscapes and a community that relies heavily on natural resources, especially stones and gravel, for their livelihoods. However, a growing concern is emerging in this region illegal stone quarrying, which has not only become a source of income for many but is also taking a severe toll on public health. In this article, we explore the destructive impact of illegal quarrying on the environment, the health of workers, and the surrounding community, through…

SOMA INKURU

Serivise ku bivuriza kuri mitiweli zikomeje kunozwa

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, yatangaje ko kuri ubu hongerewe ubushobozi n’imiti itangirwa kuri ‘Mutuelle de Sante’ iriyongera ikaba igeze ku 1500 ivuye kuri 800 yari iriho mu bihe byashize. Yagize ati “Bitewe n’indwara abaturage bakunze kwivuza, byabaye ngombwa ko ikigega cya mituweri gishyiramo serivisi nshya, zirimo indwara zitandura nk’imiti ya kanseri, imiti y’indwara z’umutima, insimburangingo…” Yakomeje agaragaza ko hari gahunda yo gukemura ibibazo bishingiye ku miti abaturage bakunze kugaragaza ko badahabwa iyo bivurije kwa muganga ahubwo bagasabwa kujya kuyigurira hanze y’ibitaro. Ati “Hari ukongera imiti…

SOMA INKURU

Fighting Malaria in Rwanda: Progress, challenges and personal stories

Malaria remains one of the most pressing public health challenges in Rwanda. Despite significant progress in reducing the burden of the disease over the years, malaria continues to affect thousands of Rwandans annually, especially in rural areas. Experts, health workers, and affected individuals are actively working towards the goal of malaria elimination, but there are still obstacles to overcome. Rwanda’s Commitment to Malaria Control Over the past decade, Rwanda has made remarkable strides in combating malaria through comprehensive control strategies. These efforts include the distribution of insecticide-treated bed nets, indoor…

SOMA INKURU