Le président français Emmanuel Macron est attendu au Rwanda pour une courte visite de deux jours, du 27 au 28 mai. Depuis Nicolas Sarkozy en 2011, aucun président de l’Hexagone ne s’était rendu dans ce pays. Ce déplacement a pour ambition de normaliser des relations bilatérales empoisonnées, depuis plus d’un quart de siècle, par le rôle joué par la France dans le génocide des Tutsi de 1994. Vingt-sept ans après le génocide des Tutsi, il semblerait que les deux pays soient enfin prêts à tourner la page. La France se…
SOMA INKURUYear: 2021
RRA yorohereje abakoresha EBM
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje uburyo butandukanye bwo gutanga fagitire za EBM, kugira ngo bafashe abakora ubucuruzi gutanga izemewe kandi bakoresheje uburyo bubanogeye. Mu buryo bwatangajwe harimo sisitemu ishyirwa muri mudasobwa (Laptop, Desktop, cyangwa Tablet) izwi nka “EBM Version 2.1”, ikaba ishobora gukoreshwa n’abasora banini, abaciriritse cyangwa abandi bose babyifuza. Harimo na “EBM Mobile system” ishyirwa muri telefone igendanwa. Ikaba ifasha umucuruzi gutanga inyemezabuguzi mu buryo bwa SMS. Ubuyobozi bwa RRA, buvuga ko ubu buryo bwo gukoresha EBM muri Telefone igendanwa bwemerewe gukoreshwa gusa n’abasora bafite igicuruzo kiri munsi ya…
SOMA INKURUUmunyekongo wabyariye mu nzira ahunga iruka ry’ibirunga yatangaje byinshi
Mawazo Devotha, Umunyekongo wabyariye mu nzira yerekeza mu Karere ka Rubavu ahunga iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo giherereye muri Repubukika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yahisemo kwita umwana we Umutoni kubera uko yakiranywe urugwiro mu Rwanda. Iruka ry’icyo kirunga ryatumye ku ruhande rw’u Rwanda hahungira Abanyekongo hafi ibihumbi 10, bakigera mu Rwanda bakiranwa urugwiro na bagenzi babo b’Abanyarwanda ndetse n’ubuyobozi. Ku Cyumweru nyuma y’aho iki kirunga gihagaritse kuruka, abenshi muri aba basuye mu gihugu cyabo, gusa abandi bahitamo kuba bari mu Rwanda kubera ko batarizera uko iwabo hifashe. Kugeza ubu Abanyekongo…
SOMA INKURURubavu: Ingamba zo kwirinda ingaruka z’iruka ry’ibirunga zabaraje rwantambi
Benshi mu baturage bo mu karere ka Rubavu mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru rishyira kuwa Mbere baraye hanze batinya ingaruka zishobora guterwa n’imitingito yaturutse ku iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo cyo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Icyo kirunga cyacogoye kuruka guhera kuri iki Cyumweru ariko imitingito irakomeje mu bice bicyegereye birimo n’Akarere ka Rubavu, ku buryo isaha n’isaha gishobora kongera kuruka. Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwari bwasabye abaturage kwirinda kurara mu nzu kugira ngo zitabasenyukiraho mu gihe haba habaye umutungito mwinshi. Umunyamakuru wa IGIHE uri mu Karere ka Rubavu…
SOMA INKURUKayonza: Ihohoterwa rikorerwa abangavu ryahagurukiwe hifashishijwe bagenzi babo
Kuba akarere ka Kayonza ari kamwe mu dufite abangavu benshi batewe inda zitateguwe, ni muri urwo rwego ubuyobozi bwako bwatangiye kwifashisha abangavu bari ku magare bagenda batanga ubutumwa mu bukangurambaga bugamije kuvugira umwana w’umukobwa. Ni ubukangurambaga bugamije kuvugira umwana w’umukobwa buri gukorerwamo ibikorwa birimo gukumira inda ziterwa abangavu no kurinda abakobwa ihohoterwa iryo ari ryo ryose bukazamara ukwezi kose. Buri gukorwa n’Akarere ka Kayonza ku bufatanye na Polisi y’igihugu n’abafatanyabikorwa barimo umuryango Komera n’ikigo cya SACCA gisanzwe kita ku bana bakurwa mu mihanda. Umuyobozi w’Akarere ka Kayonza wungirije ushinzwe imibereho…
SOMA INKURUNyuma y’iminsi 11 misile zivuza ubuhuha impande zombi zubahanye
Nyuma y’iminsi 11 y’imirwano hifashishijwe ibisasu bya misile, Guverinoma ya Israel yatangaje ko yahagaritse imirwano n’inyeshyamba za Hamas zibarizwa mu gace ka Gaza gatuwe n’abanya-Palestine. Hamas yatangiye kurasa ibisasu bya misile kuri Israel mu byumweru bibiri bishize, ishinja icyo gihugu kubakira abaturage bacyo mu Burasirazuba bwa Yeruzalemu, agace kahoze gatuwe n’abanya-Palestine ndetse abanya-Palestine bagafata nk’umurwa mukuru wabo igihe igihugu cyabo kizaba cyemewe ku rwego mpuzamahanga. Iyo mirwano yari imaze kugwamo abanya-Palestine 232 batuye muri Gaza ndetse n’abanya-Israel 12. Itangazo ryashyizwe hanze na Guverinoma ya Israel kuri uyu wa Kane, rivuga…
SOMA INKURUEU provides critical funding for Burundian refugees in Rwanda
Today EU is providing €750,000 (RWF 890m) in humanitarian funding to support vulnerable refugees from Burundi. This life-saving assistance is part of a larger package of €54.5 million in humanitarian funding for people affected by human-induced or natural disasters, epidemics, and displacement in the Great Lakes region of Africa. The €750,000 in funding is being made available by the EU’s Civil Protection and Humanitarian Aid Operations (ECHO to the World Food Programme (WFP) to provide food and nutritional assistance to Burundian refugees in Mahama camp in eastern Rwanda Following the adoption…
SOMA INKURUSudani yasonewe na perezida Macron
Ubusanzwe Sudani ifitiye amahanga umwenda wa Miliyari 70 z’amadorari, ariko mu nama iri kubera i Paris ihuza abakuru b’ibihugu by’Afurika izamara iminsi ibiri, kuri uyu wa mbere hizwe ku bibazo bya Sudani, Perezida Macron yavuze ko mu rwego rwo kuzahura ubukungu bwa Sudan bayikuriyeho umwenda. Perezida Emmanuel Macron w’ u Bufaransa akaba yakuyeho ideni rya miliyari 5 z’amadorari y’Amerika Sudan yari ifitiye iki gihugu. Perezida Macron yavuze ko bakuriye umutwaro w’ideni kuri Sudan kugira ngo ibashe gukomeza kwiteza imbere, yongeraho ko n’ibindi bihugu byagakoze gutyo mu rwego rwo gufasha iki…
SOMA INKURUImbangukiragutabara yahawe ibitaro bya kibungo yitezweho byinshi
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Gicurasi 2021, ubuyobozi bw’akarere ka Ngoma bwashyikirije ibitaro bikuru bya Kibungo imbangukiragutabara nshya yitezweho kubafasha gutanga serivisi nziza, ikaba ifite agaciro ka miliyoni 59 Frw. Umuyobozi w’ibitaro bikuru bya Kibungo, Dr Gahima John, yashimiye ubuyobozi bw’Akarere bwabahaye imbangukiragutabara nshya yizeza ko izakoreshwa mu guha abaturage serivisi nziza. Yagize ati “ Ubundi twakagombye kuba dufite imbangukiragutara 15 kuko dufite ibigo nderabuzima 15 kandi mu by’ukuri twakagombye kugira imwe kuri buri bitaro, ubu dufite ibigo nderabuzima birindwi bidafite imbangukiragutara, iyi rero izadufasha mu kuvana abarwayi…
SOMA INKURURwandair igiye kwagura imikorere
U Rwanda rugiye kwinjira mu ihuriro ry’imicungire y’ibibuga by’indege mu bihugu by’Afurika yo hagati n’Iburengerazuba (UGAACO), bikazafasha mu kwagura imikoranire hagati y’ibihugu no koroherezwa muri serivisi zitandukanye. Muri izo nyungu, harimo ko indege zo mu Rwanda zizaba zemerewe kugwa ku bibuga by’indege biri mu bihugu bigize uwo muryango nta nkomyi. U Rwanda rwasabye kwinjira muri UGAACO ndetse runemererwa kuba umunyamuryango n’ubwo bitaratangazwa ku mugaragaro ariko abatanga serivisi z’indege mu Rwanda ndetse n’abagize iryo huriro babona ari umusanzu ukomeye. Kwinjira muri uwo muryango harimo inyungu nyinshi ku Rwanda, dore ko kugeza…
SOMA INKURU