Leta y’u Bufaransa yatangaje ko nubwo muri Niger habaye igikorwa cyo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Mohamed Bazoum, butazihanganira uwo ari we wese uzabangamira inyungu zabwo muri iki gihugu. Iki cyemezo cy’u Bufaransa gikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze n’Ibiro bya Perezida Emmanuel Macron ku Cyumweru tariki 30 Nyakanga mu 2023. Iryo tangazo rivuga ko Perezida Macron yavuganye na Mohamed Bazoum wahiritswe ku butegetsi ndetse na Mahamadou Issoufou na we wigeze kuba Perezida wa Niger. Bose ngo bamaganye ihirikwa ry’ubutegetsi basaba ko habaho ituze mu gihugu. U Bufaransa bukomeza buvuga ko budashobora…
SOMA INKURUCategory: politike
Perezida Zelensky mu mugambi mushya wo guhindura urugamba
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yatangaje ko intambara igihugu cye kimazemo igihe afite gahunda yo kuyimurira ku butaka bw’u Burusiya. Mu ijambo yagejeje ku baturage ba Ukraine ku Cyumweru tariki 30 Nyakanga, yavuze ko “gake gake intambara u Burusiya bwatangije iri kugenda igana ku butaka bwabwo, cyane cyane ikazibasira ibice bifite icyo bivuze gikomeye kuri iki gihugu n’ibigo bya gisirikare.” Yavuze ko ‘nta buryo buhari bwo kwirinda iyi gahunda yo kwimurira intambara ku butaka bw’u Burusiya, ashimangira ko Ukraine ikomeye.” Perezida Zelensky atangaje ibi nyuma y’iminsi u Burusiya bushinja Ukraine…
SOMA INKURUNiger coup: President Mohamed Bazoum in good health, says France
Niger’s President Mohamed Bazoum is in good health after being taken captive by his own presidential guard, the French foreign minister has said. Catherine Colonna told AFP news agency the coup was not “final”. She said Mr Bazoum had spoken to Emmanuel Macron and added there was a “way out” for the coup plotters if they listened to the global community. On Thursday, coup supporters attacked the headquarters of the ousted president’s party. They set it on fire, stoning and burning cars outside. The small group of arsonists had broken…
SOMA INKURUDonald Trump faces further charges in Mar-a-Lago documents inquiry
Donald Trump is accused of pressuring an employee to delete security footage at his Florida home, in new criminal charges related to his alleged mishandling of classified files. The new indictment adds one count of wilful retention of defence information and two of obstruction, making 40 charges in total in this case. Mr Trump denies any wrongdoing and has called the prosecutor “deranged”. He is fighting multiple legal cases as he runs for president again. A staff member at the former US president’s Mar-a-Lago estate, Carlos de Oliveira, has also…
SOMA INKURUIbyangijwe n’imyigaragambyo byateye ibihombo bikomeye sosiyete z’ubwishingizi mu Bufaransa
Ibyangijwe n’imyigaragambyo yakurikiye urupfu rw’umwana w’imyaka 17 warashwe kuwa 27 Kamena n’umupolisi mu Bufaransa, bizishyurwa agera kuri miliyoni 650 z’amayero n’ibigo by’ubwishingizi. Ihuriro ry’ibigo by’ubwishingizi mu Bufaransa ryatangaje kuri uyu wa Kabiri ko icyo kiguzi gikubye inshuro zirenze ebyiri miliyoni 280 yari ateganyijwe mu cyumweru cyabanjirije imyigaragambyo. Mu byangiritse mu bice bitandukanye by’imijyi hagwiriyemo ibyagiye bitwikwa nk’ibikoresho by’abakozi n’abayobozi b’ibanze, imodoka zagiye n’ibindi. Amadosiye agera ku 11300 amenyekanisha ibyangiritse biturutse ku myigaragambyo yabereye mu mijyi ni yo amaze gutangwa kugeza ubu nk’uko inkuru ya France24 ibivuga. Ku wa 27 Kamena…
SOMA INKURUMu rugaga rw’Abahesha b’Inkiko hakomeje kuzamo urunturuntu, Minisitiri ati: “Musase inzobe”
Bamwe mu bagize urugaga rw’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga mu Rwanda bagaragaje ko hari bimwe mu bibazo bikomeje kudindiza iterambere ry’urugaga, aho Me Habimana yagaragarije Minisitiri w’ubutabera ko urugaga rurimo ibibazo by’ingutu amusaba kugira icyo abilkoraho. Me Habimana yagize ati: “Muri uru rugaga harimo ibibazo bikenewe ko mudufasha gukemura, nubwo turi aha ariko ntabwo abantu bose twishimye kuko hashize amezi atageze kuri abiri hirukanywe uwari umunyamabanga w’urugaga kandi nta munyamuryango wabwiwe impamvu.” Uretse ibibazo by’imbere mu rugaga ariko, abahesha b’inkiko b’umwuga bagaragaje ko bagihura n’imbogamizi mu mikoranire n’izindi nzego nka Polisi y’Igihugu,…
SOMA INKURUKagame makes case for cooperation between land and sea-locked countries
President Paul Kagame has rallied for a coalition between land-locked countries and sea-locked islands in the Caribbean saying that if the two blocs worked together, their voice would be heard. He made the remarks in Port-of-Spain, Trinidad and Tobago, where he is attending the 45th Regular Meeting of the Conference of Heads of Government of the Caribbean Community (CARICOM), as the organization celebrates its 50th anniversary. In June 2024, Rwanda will host the third UN Conference on Landlocked Developing Countries and according to Kagame, it would serve as an opportunity for both…
SOMA INKURURwanda’s liberation is a dream come true – Amb Rwakazina
Rwanda’s ambassador to Switzerland. Marie Chantal Rwakazina has reflected on the significance of the country’s liberation, saying “it is a dream come true in our lifetime.” She was speaking in Geneva during an event organised by the Embassy of Rwanda to Switzerland and the Permanent Mission to the United Nations Office, to mark the 29th anniversary of the liberation of Rwanda on Tuesday, July 4. ‘’By liberating the country on July 4, 1994, the Rwandan Patriotic Front led by H.E. Paul Kagame, the President of the Republic of Rwanda defeated…
SOMA INKURUInside Radio Muhabura: A walk down memory lane
In the wake of Rwanda’s liberation struggle, there emerged Radio Muhabura that served as a pivotal force, breathing life into the ambitions of the Rwanda Patriotic Front/Army (RPF/A). A liberation movement’s triumph hinges on rallying the masses around a shared purpose, one that is not only unmistakably defined, but also embraced by the populace at large. Radio Muhabura, a beacon of hope, served as the conduit through which the RPF/A disseminated and fortified its philosophy, organisational structure, and noble cause to the people of Rwanda. As the RPF/A embarked on…
SOMA INKURUUrunturuntu mu gisirikare cya Putin, ibikomerezwa byatangiye gufungwa
Umugaba wungirije w’Ibikorwa bya gisirikare by’Ingabo z’u Burusiya muri Ukraine, Gen Sergey Surovikin, bakunda kwita “General Armageddon” kubera uburyo ari umuntu ukaze kandi ugira igitsure akaba yararwanye mu ntambara z’u Burusiya mu bice bitandukanye nka Chechnya na Syria ndetse yashimwe inshuro nyinshi na Perezida Putin, biravugwa ko yatawe muri yombi. Bivugwa ko yari iki gikomerezwa mu ngabo za perezida Putin yari afite amakuru ku mugambi wa Yevgeny Prigozhin wo guhungabanya ubuyobozi bw’igisirikare cy’u Burusiya ndetse ngo birashoboka ko yaba yaragerageje kubimufashamo. Aho afungiwe ntabwo hazwi kugeza ubu. Ku rundi ruhande,…
SOMA INKURU