Bamwe mu bagize urugaga rw’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga mu Rwanda bagaragaje ko hari bimwe mu bibazo bikomeje kudindiza iterambere ry’urugaga, aho Me Habimana yagaragarije Minisitiri w’ubutabera ko urugaga rurimo ibibazo by’ingutu amusaba kugira icyo abilkoraho. Me Habimana yagize ati: “Muri uru rugaga harimo ibibazo bikenewe ko mudufasha gukemura, nubwo turi aha ariko ntabwo abantu bose twishimye kuko hashize amezi atageze kuri abiri hirukanywe uwari umunyamabanga w’urugaga kandi nta munyamuryango wabwiwe impamvu.” Uretse ibibazo by’imbere mu rugaga ariko, abahesha b’inkiko b’umwuga bagaragaje ko bagihura n’imbogamizi mu mikoranire n’izindi nzego nka Polisi y’Igihugu,…
SOMA INKURUCategory: politike
Kagame makes case for cooperation between land and sea-locked countries
President Paul Kagame has rallied for a coalition between land-locked countries and sea-locked islands in the Caribbean saying that if the two blocs worked together, their voice would be heard. He made the remarks in Port-of-Spain, Trinidad and Tobago, where he is attending the 45th Regular Meeting of the Conference of Heads of Government of the Caribbean Community (CARICOM), as the organization celebrates its 50th anniversary. In June 2024, Rwanda will host the third UN Conference on Landlocked Developing Countries and according to Kagame, it would serve as an opportunity for both…
SOMA INKURURwanda’s liberation is a dream come true – Amb Rwakazina
Rwanda’s ambassador to Switzerland. Marie Chantal Rwakazina has reflected on the significance of the country’s liberation, saying “it is a dream come true in our lifetime.” She was speaking in Geneva during an event organised by the Embassy of Rwanda to Switzerland and the Permanent Mission to the United Nations Office, to mark the 29th anniversary of the liberation of Rwanda on Tuesday, July 4. ‘’By liberating the country on July 4, 1994, the Rwandan Patriotic Front led by H.E. Paul Kagame, the President of the Republic of Rwanda defeated…
SOMA INKURUInside Radio Muhabura: A walk down memory lane
In the wake of Rwanda’s liberation struggle, there emerged Radio Muhabura that served as a pivotal force, breathing life into the ambitions of the Rwanda Patriotic Front/Army (RPF/A). A liberation movement’s triumph hinges on rallying the masses around a shared purpose, one that is not only unmistakably defined, but also embraced by the populace at large. Radio Muhabura, a beacon of hope, served as the conduit through which the RPF/A disseminated and fortified its philosophy, organisational structure, and noble cause to the people of Rwanda. As the RPF/A embarked on…
SOMA INKURUUrunturuntu mu gisirikare cya Putin, ibikomerezwa byatangiye gufungwa
Umugaba wungirije w’Ibikorwa bya gisirikare by’Ingabo z’u Burusiya muri Ukraine, Gen Sergey Surovikin, bakunda kwita “General Armageddon” kubera uburyo ari umuntu ukaze kandi ugira igitsure akaba yararwanye mu ntambara z’u Burusiya mu bice bitandukanye nka Chechnya na Syria ndetse yashimwe inshuro nyinshi na Perezida Putin, biravugwa ko yatawe muri yombi. Bivugwa ko yari iki gikomerezwa mu ngabo za perezida Putin yari afite amakuru ku mugambi wa Yevgeny Prigozhin wo guhungabanya ubuyobozi bw’igisirikare cy’u Burusiya ndetse ngo birashoboka ko yaba yaragerageje kubimufashamo. Aho afungiwe ntabwo hazwi kugeza ubu. Ku rundi ruhande,…
SOMA INKURUAkarere ka Rutsiro kahawe umuyobozi mushya, haravugwa byinshi ku iseswa rya Njyanama
Itangazo ryashyizwe hanze n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, rivuga ko “hasheshwe Inama Njyanama y’akarere ka Rutsiro nyuma yo kubona ko ubuyobozi bw’aka karere bwateshutse ku nshingano zabwo”. Prosper Mulindwa yagizwe umuyobozi w’agateganyo w’aka karere. Amakuru yemeza ko ibibazo byari mu Kkrere ka Rutsiro bishingiye ku kudakorana hagati ya Komite Nyobozi y’akarere. Mu minsi ishize, aka karere kavuzwe mu bucukuzi budahwitse bwa kariyeri bwagejeje n’aho ku wa 23 Gicurasi 2023, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu yandikira Guverineri w’Intara amusaba ibisobanuro, amuha iminsi irindwi yo kuba yabitanze. Muri…
SOMA INKURUImigabo n’imigambi y’ubuyobozi bushya wa FERWAFA
Kuwa Mbere, tariki ya 26 Kamena 2023, ni bwo habaye ihererekanyabubasha hagati ya Munyantwali Alphonse uheruka gutorerwa kuyobora FERWAFA na Habyarimana Matiku Marcel wayoboye inzibacyuho y’iminsi 39, uzanakomeza kuba Visi Perezida wa Mbere ushinzwe Imiyoborere n’Imari, bemeje ko bashyize imbere guha isura nziza iri Shyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda. Mu ihererekanyabusha ryabaye nyuma yo gutangira inshingano ze, yasabye ubufasha abo bazafatanya mu rwego rwo guha FERWAFA indi sura itandukanye n’imenyerewe. Ati “Akazi mwashoboye muri bane ntabwo katunanira tungana gutya. Dufite inshingano ziremereye. Abanyamuryango, abanyarwanda n’abafatanyabikorwa badutegerejeho byinshi. Ibyo dukora byose…
SOMA INKURUNIRDA awards best innovators in Smart Agro Processing hackathon
The National Industrial Research and Development Agency (NIRDA) on Friday awarded young innovators who participated in Innovate for Smart Agro-Processing hackathon; a competition that brought together innovators who came up with innovative ideas around Modern Agro Processing. The event took place in Kigali at NIRDA STEM for Industry laboratory. The selected projects were incubated through NIRDA STEM for Industry Lab and NIRDA life Sciences laboratory and were turned into tangible projects for three months. During the event to award the best projects in Innovate for Smart Agro Processing hackathon, innovators…
SOMA INKURUKayonza: Abaturage beretswe uburyo ubuhinzi bwaba inzira y’ubukire
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Musafiri Ildephonse, yasabye abaturage bashaka gukira ko bashora imari mu buhinzi, kuko ari umwuga ushobora kuzamura imibereho y’uwukora. Yabitangaje kuri uyu wa gatanu tariki ya 16 Kamena 2023, ubwo yasuraga imishinga y’ubuhinzi itandukanye mu karere ka Kayonza akanifatanya n’abandi bayobozi mu guha impamyabushobozi abafashamyumvire mu buhinzi 255 bahuguwe mu ishuri ry’abahinzi mu murima. Umuyobozi w’akarere ka Kayonza, Nyemazi John Bosco, yagaragaje amahirwe y’imishinga ubuyobozi bw’Igihugu bwahaye abaturage ba Kayonza agamije guhangana n’imihindagurikire y’ikirere, kuzamura imibereho myiza y’abaturage no kurwanya ubukene. Akaba yashimye uruhare rwa buri wese mu…
SOMA INKURUIby’urubanza rwa Karasira rukomeje gufata indi ntera
Ubushinjacyaha bwongereye ibyaha bibiri bishya ku byo bukurikiranyeho Karasira Uzaramba Aimable, birimo icyaha cyo kudasobanura inkomoko y’umutungo n’icyaha cy’iyezandonke. Ibi birego bije byiyongera ku byaha bitatu Karasira ugiye kumara imyaka ibiri afunzwe yari akurikiranyweho, ari byo guhakana Jenoside, guha ishingiro Jenoside, gukurura amacakubiri no gutangaza amakuru y’ibihuha. Karasira ntiyitabiriye iburanisha ryo kuri uyu wa Mbere tariki ya 19 Kamena 2023, aho byari biteganyijwe ko hagaragazwa raporo nshya ku buzima bwe bwo mu mutwe yakozwe muri uku kwezi ndetse, no kugira icyo bavuga kuri ibyo birego by’ibyaha bishya. Umunyamategeko wa Karasira,…
SOMA INKURU