Perezida Macron yahishuye byinshi ku buzima bwa Bazoum

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel  Macron yatangaje ko nta munsi washira ataravugana n’uwahoze ari Perezida wa Niger, Mohamed Bazoum cyane ko akiri ku butegetsi yari inshuti ikomeye y’u Bufaransa. Ubu bucuti buri mu byatumye abo basirikare bamuhirika ku butegetsi aho bamushinjaga ko arinda inyungu z’abazungu, abaturage bakicwa n’inzara. Kuri iyi nshuro Perezida Macron yavuze ko avugana na Bazoum buri munsi, atangaza ko kuri ubu akimushyigikiye, anashimangira ko igihugu cye kitigeze cyemera ubutegetsi bwa gisirikare buriho muri Niger. Mu butumwa bwanyujijwe ku mbuga nkoranyambaga za Perezidansi y’u Bufaransa, Perezida Macron yagize ati…

SOMA INKURU

Gabon: Igisirikare cyiyemeje gufungura imipaka

Umuvugizi w’Igisirikare cyafashe ubutegetsi bwa Gabon  bayobowe na Gen. Brice Oligui Nguema yatangarije kuri Televiziyo y’Igihugu ko bemeje gufungura imipaka yo ku butaka, mu mazi ndetse n’iyo mu kirere, yemeza ko bigomba guhita bikorwa ako kanya. Ku wa 30 Kanama 2023 ubwo abasirikare 12 barindaga Ali Bongo bari bamaze kumuhirika, babinyujije turi Televiziyo ya Gabon 24 bahise batangaza ko imipaka y’igihugu yose yafunzwe kugeza igihe ibintu bizasubirira mu buryo. Ali Bongo w’imyaka 64 yahiritswe ku butegetsi nyuma y’amasaha make Komisiyo y’Amatora muri Gabon itangaje ko yegukanye amatora y’Umukuru w’Igihugu ku…

SOMA INKURU

Uwahiritse Perezida Ali Bongo kubutegetsi afite amateka atoroshye

Uwahiritse ku butegetsi  Ali Bongo wari umaze iminota mike abyina istinzi nyuma yo gutangazwa ko yatsinze amatora yo kuyobora Gabon nyuma yo guhindura itegeko nshinga ni umusirikare mukuru akaba umwana w’umwe mu bahoze ari abasirikare ku ngoma ya Omar Bongo, se wa Ali Bongo azwi ku izina rya Gen Brice Clotaire Oligui Nguema.  Gen Bruce Clotaire Oligui Ngwema afite imyaka 48, yahoze mu basirikare ba hafi ba Omar Bongo kugeza ubwo yapfaga mu 2009. Ali Bongo amaze gusimbura se, yahise yohereza Oligui hanze kuba ushinzwe Ibikorwa bya Gisirikare muri Ambasade…

SOMA INKURU

Donald Trump yaba ari gukumirwa kwiyamamariza kongera kuyobora USA?

Inyandiko y’urukiko yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere yerekanye ko uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump azagezwa imbere y’urukiko ku cyaha cyo kwivanga mu byavuye mu matora muri Leta ya Georgia ku wa 6 Nzeri uyu mwaka. Ku rundi ruhande, umucamanza i Washington DC, yemeje ko iya 4 Werurwe 2024 ari yo tariki urubanza ruzatangiriraho ku byaha nk’ibi. Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika akabura amahirwe yo kuyobora manda ya kabiri, agomba kwitaba ahantu hane hatandukanye harimo aho agomba gusubiza…

SOMA INKURU

Rwanda: Inkubiri yo kwirukana abayobozi irakomeje

Kuri uyu wa mbere, tariki 28 Kanama 2023 nibwo hatangajwe iyurukanwa ry’uwari Umuyobozi w’akarere ka Nyamasheke, Mukamasabo Apolonie, Habitegeko François wari Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba na Mukamana Espérance wari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’lgihugu
Gishinzwe Ubutaka. Ibi bikaba bibaye nyuma y’iyurukanwa ry’abayobozi banyuranye baba ab’intara, uturere n’abandi by’umwihariko abo mu ntara y’amajyaruguru, ibi bikaba bikomeje kwibazwaho n’abatari bake, aho hari n’abatangaza ko nyuma yo kwigishwa inshuro nyinshi nokwibutswa inshingano zabo, kwirukanwa biba bibereye igihe. Inama njyanama y’akarere ka Nyamasheke niyo yafashe umwanzuro wo kumwirukana uwahoze ari umuyobozi w’aka karere Mukamasabo Apolonie nk’uko bigaragara…

SOMA INKURU

Strive to give back to your country, Kagame tells Indangamirwa

President Paul Kagame on Friday, August 25, issued a call to the youth who completed the 13th edition of the Indangamirwa series of civic education, Itorero, to always strive to give back to their country, irrespective of the profession. Kagame was addressing a young crowd of 415 trainees who convened at the National Ubutore Development Centre (NUDC), in Nkumba, Burera District for the closing ceremony of the five-week-long training. This year’s civic training for youth, commonly known as Itorero Indangamirwa, brought together 235 boys and 177 girls, mainly to acquire knowledge…

SOMA INKURU

Hafashwe icyemezo ku rubanza rwa Basabose

Urukiko rwa Rubanda mu Bubiligi rwemeje ko Pierre Basabose ukurikiranweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi akomeza kuburanishwa, nubwo afite ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe ku rwego rumwe n’urwa Kabuga Félicien.   Pierre Basabose ni Umunyarwanda wahoze ari umusirikare mu ngabo z’u Rwanda n’umucuruzi utaramenyekanye cyane ku rwego n’urwa Kabuga Félicien uherutse guhagarikirwa urubanza bikozwe n’urukiko rw’i La Haye mu Buholandi kubera impamvu z’uburwayi butuma atabasha kwibuka. Basabose w’imyaka 76 na we afite ibibazo by’uburwayi nk’ubwo ariko ubutabera bw’u Bubiligi bwanzuye ko urubanza rwe ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi akurikiranweho…

SOMA INKURU

Donald Trump yiyemeje kwishyikiriza urukiko

Donald Trump yatangaje ko ku wa Kane azishyikiriza urukiko rwo muri Leta ya Georgia kugira ngo abazwe ku byaha ashinjwa byo kwivanga mu matora. Umucamanza wo muri Leta ya Atlanta uri gukurikirana dosiye ya Trump yavuze ko kugira ngo Trump adafungwa agomba gutanga ingwate ingana na 200.000$. Ibyo bivuze ko Trump azaba yemerewe kuguma hanze yidegembya mu gihe urubanza rwe rutaraburanishwa mu mizi ngo humvwe abatangabuhamya. Trump ahakana ibyaha 13 ashinjwa. Kugeza ubu niwe uri ku isonga mu bakandida b’ishyaka ry’aba-républicain bahataniye kuzabonekamo umwe urihagararira mu matora y’Umukuru w’Igihugu mu…

SOMA INKURU

Ubuzima bwa Perezida Bazoum n’umuryango we buratabarizwa

Perezida Mohamed Bazoum  wahiritswe ku butegetsi tariki 26 Nyakanga bikorwa n’abasirikare bari bashinzwe kumurinda, kugeza ubu we n’umugore we hamwe n’umuhungu wabo bafungiwe mu nyubako irimo ibiro bya Perezida, mu gihe amahanga akomeje gusaba ko asubizwa ku butegetsi, ariko bikaba binugwanugwa ko hatagize igikorwa inzara ishobora kubivugana ndetse banabayeho mu buzima bubi. Kugeza ubu uyu muryango wa perezida Bazoum byatangajwe ko nta muriro w’amashanyarazi ugera aho bafungiwe ndetse n’ibiribwa basigaranye ni umuceri n’ibindi bifunze nk’uko umwe mu bajyanama ba Bazoum utifuje gutangazwa izina yabimenyesheje itangazamakuru. Ishyaka rya Bazoum naryo ryasohoye…

SOMA INKURU

Four key challenges to be addressed by Intelligent transport system

In a bid to revolutionize urban transportation and tackle traffic congestion, the government has adopted an innovative “Intelligent Transport System” with the support of a $14.6 million grant from Japan. This cutting-edge system, powered by Japanese technology called Moderato, encompasses the installation of signal lights at 20 strategically chosen intersections and traffic sensors connected to a fiber network, all aimed at streamlining traffic flow in Kigali City.The project aligns with the introduction of a Dedicated Bus Lane (DBL) system that will utilize two lanes of the CBD-Sonotubes-Giporoso road during peak…

SOMA INKURU