President Paul Kagame on Friday, August 25, issued a call to the youth who completed the 13th edition of the Indangamirwa series of civic education, Itorero, to always strive to give back to their country, irrespective of the profession. Kagame was addressing a young crowd of 415 trainees who convened at the National Ubutore Development Centre (NUDC), in Nkumba, Burera District for the closing ceremony of the five-week-long training. This year’s civic training for youth, commonly known as Itorero Indangamirwa, brought together 235 boys and 177 girls, mainly to acquire knowledge…
SOMA INKURUCategory: politike
Hafashwe icyemezo ku rubanza rwa Basabose
Urukiko rwa Rubanda mu Bubiligi rwemeje ko Pierre Basabose ukurikiranweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi akomeza kuburanishwa, nubwo afite ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe ku rwego rumwe n’urwa Kabuga Félicien. Pierre Basabose ni Umunyarwanda wahoze ari umusirikare mu ngabo z’u Rwanda n’umucuruzi utaramenyekanye cyane ku rwego n’urwa Kabuga Félicien uherutse guhagarikirwa urubanza bikozwe n’urukiko rw’i La Haye mu Buholandi kubera impamvu z’uburwayi butuma atabasha kwibuka. Basabose w’imyaka 76 na we afite ibibazo by’uburwayi nk’ubwo ariko ubutabera bw’u Bubiligi bwanzuye ko urubanza rwe ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi akurikiranweho…
SOMA INKURUDonald Trump yiyemeje kwishyikiriza urukiko
Donald Trump yatangaje ko ku wa Kane azishyikiriza urukiko rwo muri Leta ya Georgia kugira ngo abazwe ku byaha ashinjwa byo kwivanga mu matora. Umucamanza wo muri Leta ya Atlanta uri gukurikirana dosiye ya Trump yavuze ko kugira ngo Trump adafungwa agomba gutanga ingwate ingana na 200.000$. Ibyo bivuze ko Trump azaba yemerewe kuguma hanze yidegembya mu gihe urubanza rwe rutaraburanishwa mu mizi ngo humvwe abatangabuhamya. Trump ahakana ibyaha 13 ashinjwa. Kugeza ubu niwe uri ku isonga mu bakandida b’ishyaka ry’aba-républicain bahataniye kuzabonekamo umwe urihagararira mu matora y’Umukuru w’Igihugu mu…
SOMA INKURUUbuzima bwa Perezida Bazoum n’umuryango we buratabarizwa
Perezida Mohamed Bazoum wahiritswe ku butegetsi tariki 26 Nyakanga bikorwa n’abasirikare bari bashinzwe kumurinda, kugeza ubu we n’umugore we hamwe n’umuhungu wabo bafungiwe mu nyubako irimo ibiro bya Perezida, mu gihe amahanga akomeje gusaba ko asubizwa ku butegetsi, ariko bikaba binugwanugwa ko hatagize igikorwa inzara ishobora kubivugana ndetse banabayeho mu buzima bubi. Kugeza ubu uyu muryango wa perezida Bazoum byatangajwe ko nta muriro w’amashanyarazi ugera aho bafungiwe ndetse n’ibiribwa basigaranye ni umuceri n’ibindi bifunze nk’uko umwe mu bajyanama ba Bazoum utifuje gutangazwa izina yabimenyesheje itangazamakuru. Ishyaka rya Bazoum naryo ryasohoye…
SOMA INKURUFour key challenges to be addressed by Intelligent transport system
In a bid to revolutionize urban transportation and tackle traffic congestion, the government has adopted an innovative “Intelligent Transport System” with the support of a $14.6 million grant from Japan. This cutting-edge system, powered by Japanese technology called Moderato, encompasses the installation of signal lights at 20 strategically chosen intersections and traffic sensors connected to a fiber network, all aimed at streamlining traffic flow in Kigali City.The project aligns with the introduction of a Dedicated Bus Lane (DBL) system that will utilize two lanes of the CBD-Sonotubes-Giporoso road during peak…
SOMA INKURULeta y’u Bufaransa yihanangirije abahiritse ubutegetsi muri Niger
Leta y’u Bufaransa yatangaje ko nubwo muri Niger habaye igikorwa cyo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Mohamed Bazoum, butazihanganira uwo ari we wese uzabangamira inyungu zabwo muri iki gihugu. Iki cyemezo cy’u Bufaransa gikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze n’Ibiro bya Perezida Emmanuel Macron ku Cyumweru tariki 30 Nyakanga mu 2023. Iryo tangazo rivuga ko Perezida Macron yavuganye na Mohamed Bazoum wahiritswe ku butegetsi ndetse na Mahamadou Issoufou na we wigeze kuba Perezida wa Niger. Bose ngo bamaganye ihirikwa ry’ubutegetsi basaba ko habaho ituze mu gihugu. U Bufaransa bukomeza buvuga ko budashobora…
SOMA INKURUPerezida Zelensky mu mugambi mushya wo guhindura urugamba
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yatangaje ko intambara igihugu cye kimazemo igihe afite gahunda yo kuyimurira ku butaka bw’u Burusiya. Mu ijambo yagejeje ku baturage ba Ukraine ku Cyumweru tariki 30 Nyakanga, yavuze ko “gake gake intambara u Burusiya bwatangije iri kugenda igana ku butaka bwabwo, cyane cyane ikazibasira ibice bifite icyo bivuze gikomeye kuri iki gihugu n’ibigo bya gisirikare.” Yavuze ko ‘nta buryo buhari bwo kwirinda iyi gahunda yo kwimurira intambara ku butaka bw’u Burusiya, ashimangira ko Ukraine ikomeye.” Perezida Zelensky atangaje ibi nyuma y’iminsi u Burusiya bushinja Ukraine…
SOMA INKURUNiger coup: President Mohamed Bazoum in good health, says France
Niger’s President Mohamed Bazoum is in good health after being taken captive by his own presidential guard, the French foreign minister has said. Catherine Colonna told AFP news agency the coup was not “final”. She said Mr Bazoum had spoken to Emmanuel Macron and added there was a “way out” for the coup plotters if they listened to the global community. On Thursday, coup supporters attacked the headquarters of the ousted president’s party. They set it on fire, stoning and burning cars outside. The small group of arsonists had broken…
SOMA INKURUDonald Trump faces further charges in Mar-a-Lago documents inquiry
Donald Trump is accused of pressuring an employee to delete security footage at his Florida home, in new criminal charges related to his alleged mishandling of classified files. The new indictment adds one count of wilful retention of defence information and two of obstruction, making 40 charges in total in this case. Mr Trump denies any wrongdoing and has called the prosecutor “deranged”. He is fighting multiple legal cases as he runs for president again. A staff member at the former US president’s Mar-a-Lago estate, Carlos de Oliveira, has also…
SOMA INKURUIbyangijwe n’imyigaragambyo byateye ibihombo bikomeye sosiyete z’ubwishingizi mu Bufaransa
Ibyangijwe n’imyigaragambyo yakurikiye urupfu rw’umwana w’imyaka 17 warashwe kuwa 27 Kamena n’umupolisi mu Bufaransa, bizishyurwa agera kuri miliyoni 650 z’amayero n’ibigo by’ubwishingizi. Ihuriro ry’ibigo by’ubwishingizi mu Bufaransa ryatangaje kuri uyu wa Kabiri ko icyo kiguzi gikubye inshuro zirenze ebyiri miliyoni 280 yari ateganyijwe mu cyumweru cyabanjirije imyigaragambyo. Mu byangiritse mu bice bitandukanye by’imijyi hagwiriyemo ibyagiye bitwikwa nk’ibikoresho by’abakozi n’abayobozi b’ibanze, imodoka zagiye n’ibindi. Amadosiye agera ku 11300 amenyekanisha ibyangiritse biturutse ku myigaragambyo yabereye mu mijyi ni yo amaze gutangwa kugeza ubu nk’uko inkuru ya France24 ibivuga. Ku wa 27 Kamena…
SOMA INKURU