Abagabo n’abagore 92 batahutse mu Rwanda bavuye mu mitwe yitwara gisirikare, ibarizwa mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC), nyuma yo guhabwa amahugurwa y’imyuga n’ubumenyingiro, ku wa Kane tariki 28 Nzeri 2027, bashyikirijwe ibikoresho bijyanye n’ibyo bize, aho bavuga ko bagiye kubyubakiraho bakihangira imirimo bakabasha kwihutana n’abandi mu iterambere. Nizane Anne Marie wari uzwi ku izina rya Uwiduhaye Marie Chantal, akaba yari afite ipeti rya Premier Sergeant, avuga ko bari barabaswe n’imyumvire yo kurwana urugamba biyumvisha ko bazafata Igihugu, dore ko abategetsi babo bahoraga babizeza ibitangaza by’uko uwo…
SOMA INKURUCategory: politike
Inama Vladimir Putin yagiranye na Andrei Troshev ukuriye abacanshuro ba Wagner ihatse iki?
Amashusho yashyizwe hanze yerekana ko ejo hashize Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yagiranye inama na Andrei Troshev usigaye ayobora umutwe w’abacanshuro wa “Wagner” ufasha u Burusiya by’umwihariko mu ntambara ya Ukraine, bakaba baganiriye ku ngingo zitandukanye zirimo uburyo aba bacanshuro ba Wagner bakomeza gufasha ingabo z’ u Burusiya mu ntambara. Perezida Putin yasabye ko Andrei Troshev ari we uyobora Wagner guhera muri Kamena uyu mwaka ubwo abagize uwo mutwe bivumburaga bayobowe na Yevgeny Prigozhin wahoze abakuriye. Yevgeny Prigozhin yakomeje kugaragara mu nshingano z’ubuyobozi bw’uwo mutwe kugeza muri Kanama uyu mwaka…
SOMA INKURUNiger : L’ambassadeur de France Sylvain Itté a quitté le pays
Conformément à l’annonce d’Emmanuel Macron dimanche soir, l’ambassadeur de France au Niger a quitté le pays mercredi matin, accédant ainsi aux demandes de la junte militaire au pouvoir depuis le coup d’État du 26 juillet. L’ambassadeur de France au Niger a quitté le pays par avion, mercredi 27 septembre au matin, a-t-on appris de deux sources sécuritaires. Emmanuel Macron avait annoncé dimanche le rapatriement de Sylvain Itté à l’issue d’un bras de fer avec la junte militaire qui s’est emparée du pouvoir le 26 juillet dernier à Niamey. À lire aussiRetrait de la France au…
SOMA INKURURwanda: Icyizere ku igabanuka ry’ibiciro by’ibiribwa
Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko hari icyizere cy’uko uko iminsi igenda ishira, ikigero cy’izamuka ry’ibiciro ku masoko kizagenda kigabanuka ku buryo uyu mwaka wa 2023 uzarangira kiri kuri 7.6%, ndetse mu utaha wa 2024 bikazagera kuri 5%. Muri Nzeri nibwo Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda, cyatangaje ko ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 12,3% muri Kanama 2023. Ni izamuka rya 0,9% ugereranyije n’ukwezi kwari kwabanje [Nyakanga] kuko byari byiyongereyeho 11,9%. Hari hashize amezi hari agahenge ndetse n’imibare igaragaza ko ibiciro biri kugabanuka. Urugero nko muri Mutarama, byari byazamutse ku kigero…
SOMA INKURUKwambara ibirenge ku bakuru b’ibihugu bigize G20 kwavugishije benshi, dore ikibyihishe inyuma
Amafoto y’abakuru b’ibihugu bitabiriye inama y’Ihuriro ry’ibihugu 20 bikize ku Isi, “G20” bambaye ibirenge yatangiye gucicikana ku Cyumweru, yafashwe ubwo bakirwaga na Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi mu gace ka Rajghat karimo Urwibutso rwagenewe Mahatma Gandhi wafashije u Buhinde kugera ku bwigenge yavugishije benshi ari nako hanibazwa ikibyihishe inyuma. Nk’uko bisanzwe ku bandi bose basura aka gace, abarimo Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak; Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron; Perezida wa Argentine, Alberto Fernandez; uwa Indonesie, Joko Widodo na Chancelier w’u Budage, Olaf Scholz basabwe gukuramo inkweto. Icyakora iri…
SOMA INKURUPerezida Andry Rajoelina yeguye
Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina, yeguye ku nshingano ze, nyuma y’uko yemejwe ku mugaragaro nk’umukandida mu matora y’Umukuru w’Igihugu, ateganyijwe tariki 9 Ugushyingo 2023. Ibiro ntaramakuru by’Abongereza Reuters, byatangaje ko mu bakandida bahatanira kuyobora iki gihugu harimo na Andry Rajoelina. Itegeko Nshinga rya Madagascar risaba Umukuru w’igihugu ushaka kwiyamamariza kongera gutorwa, kubanza kwegura ku buyobozi mbere yo kwinjira mu matora. Urukiko rushinzwe kurinda ubusugire bw’Itegeko Nshinga muri Madagascar, rwatangaje ko Andry Rajoelina, yarushyikirije ibaruwa yo kwegura ku mwanya wa Perezida ku wa Gatandatu tariki ya 9 Nzeri 2023, nyuma yo…
SOMA INKURUTanzania: Utavuga rumwe n’ubutegetsi yatawe muri yombi, dore icyo yazize
Igipolisi muri Tanzania cyataye muri yombi Tundu Lissu umukuru mu batavuga rumwe n’ubutegetsi hamwe n’abandi batatu bashinjwa gukora ikoraniro ry’abantu benshi nta burenganzira bafite hamwe no kubuza abapolisi gukora inshingano zabo. Nyuma yo gufungwa ku cyumweru baje kurekurwa batanze ingwate. Inshuro nyinshi ku butegetsi bwabanjirije ubwa Samia yagiye afungwa aregwa ibyaha bitandukanye, birimo nko kwangisha rubanda ubutegetsi buriho cyangwa guteza imyivumbagatanyo. Lissu, wiyamamarije gutegeka Tanzania mu 2020, yafatiwe mu mujyi wo mu majyaruguru wa Karatu, amasaha macye mbere yo kujya mu ikoraniro hafi y’icyanya cy’ibidukikije cya Ngorongoro. Kuwa gatandatu, abashyigikiye…
SOMA INKURUNyuma yo kurasa abarenga 50 Congo yitwaje u Rwanda
Mbere y’uko ingabo za Congo zirasa abaturage, bivugwa ko abo baturage bari bateguye kwigaragambya, bari baraye mu rusengero rugendera ku myizerere irimo iya gakondo, ruzwi nka Foi naturelle judaïque et messianique vers les nations, ari narwo rubarizwamo rwinshi mu rubyiruko rukunze kwifashishwa na Leta mu guhangana n’imitwe yitwaje intwaro ruzwi nka Wazalendo. Kugeza n’ubu ntabwo Guverinoma ya Congo irabasha gusobanura uwatanze itegeko ku gisirikare ngo gitangire kurasa abaturage, nubwo hari babiri batawe muri yombi barimo uwari ukuriye ingabo zishinzwe kurinda Perezida i Goma. Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
SOMA INKURUClosing the gender gap: What will it take to retain girls in STEM?
Rwanda is actively promoting opportunities for girls to excel in science courses, with a strong emphasis on STEM subjects. The government of Rwanda has prioritised STEM education as a key component of its Education Sector Strategic Plan, spanning from 2018/19 to 2023/24. The government’s objective is to transform into a knowledge-based economy by prioritising the development of scientific and technological skills, particularly among girls. Education and beyond “It all begins with a willingness to explore. While learners may naturally gravitate towards certain art subjects in which they excel, it is…
SOMA INKURUAu Gabon, le président Ali Bongo “libre de se rendre à l’étranger”
Le général Brice Oligui Nguema a annoncé, mercredi soir, dans un communiqué, que le président déchu du Gabon Ali Bongo était désormais “libre de ses mouvements”, y compris pour “se rendre, s’il le souhaite, à l’étranger”. Le président déchu du Gabon, Ali Bongo Ondimba, peut quitter le pays. Le général Brice Oligui Nguema qui l’a renversé il y a une semaine a annoncé, mercredi 6 septembre, que l’ancien chef d’État est “libre de ses mouvements” et “peut se rendre” à l’étranger pour raisons médicales. Ali Bongo, 64 ans, au pouvoir depuis 14 ans, était en résidence…
SOMA INKURU