Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko hari icyizere cy’uko uko iminsi igenda ishira, ikigero cy’izamuka ry’ibiciro ku masoko kizagenda kigabanuka ku buryo uyu mwaka wa 2023 uzarangira kiri kuri 7.6%, ndetse mu utaha wa 2024 bikazagera kuri 5%. Muri Nzeri nibwo Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda, cyatangaje ko ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 12,3% muri Kanama 2023. Ni izamuka rya 0,9% ugereranyije n’ukwezi kwari kwabanje [Nyakanga] kuko byari byiyongereyeho 11,9%. Hari hashize amezi hari agahenge ndetse n’imibare igaragaza ko ibiciro biri kugabanuka. Urugero nko muri Mutarama, byari byazamutse ku kigero…
SOMA INKURUCategory: politike
Kwambara ibirenge ku bakuru b’ibihugu bigize G20 kwavugishije benshi, dore ikibyihishe inyuma
Amafoto y’abakuru b’ibihugu bitabiriye inama y’Ihuriro ry’ibihugu 20 bikize ku Isi, “G20” bambaye ibirenge yatangiye gucicikana ku Cyumweru, yafashwe ubwo bakirwaga na Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi mu gace ka Rajghat karimo Urwibutso rwagenewe Mahatma Gandhi wafashije u Buhinde kugera ku bwigenge yavugishije benshi ari nako hanibazwa ikibyihishe inyuma. Nk’uko bisanzwe ku bandi bose basura aka gace, abarimo Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak; Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron; Perezida wa Argentine, Alberto Fernandez; uwa Indonesie, Joko Widodo na Chancelier w’u Budage, Olaf Scholz basabwe gukuramo inkweto. Icyakora iri…
SOMA INKURUPerezida Andry Rajoelina yeguye
Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina, yeguye ku nshingano ze, nyuma y’uko yemejwe ku mugaragaro nk’umukandida mu matora y’Umukuru w’Igihugu, ateganyijwe tariki 9 Ugushyingo 2023. Ibiro ntaramakuru by’Abongereza Reuters, byatangaje ko mu bakandida bahatanira kuyobora iki gihugu harimo na Andry Rajoelina. Itegeko Nshinga rya Madagascar risaba Umukuru w’igihugu ushaka kwiyamamariza kongera gutorwa, kubanza kwegura ku buyobozi mbere yo kwinjira mu matora. Urukiko rushinzwe kurinda ubusugire bw’Itegeko Nshinga muri Madagascar, rwatangaje ko Andry Rajoelina, yarushyikirije ibaruwa yo kwegura ku mwanya wa Perezida ku wa Gatandatu tariki ya 9 Nzeri 2023, nyuma yo…
SOMA INKURUTanzania: Utavuga rumwe n’ubutegetsi yatawe muri yombi, dore icyo yazize
Igipolisi muri Tanzania cyataye muri yombi Tundu Lissu umukuru mu batavuga rumwe n’ubutegetsi hamwe n’abandi batatu bashinjwa gukora ikoraniro ry’abantu benshi nta burenganzira bafite hamwe no kubuza abapolisi gukora inshingano zabo. Nyuma yo gufungwa ku cyumweru baje kurekurwa batanze ingwate. Inshuro nyinshi ku butegetsi bwabanjirije ubwa Samia yagiye afungwa aregwa ibyaha bitandukanye, birimo nko kwangisha rubanda ubutegetsi buriho cyangwa guteza imyivumbagatanyo. Lissu, wiyamamarije gutegeka Tanzania mu 2020, yafatiwe mu mujyi wo mu majyaruguru wa Karatu, amasaha macye mbere yo kujya mu ikoraniro hafi y’icyanya cy’ibidukikije cya Ngorongoro. Kuwa gatandatu, abashyigikiye…
SOMA INKURUNyuma yo kurasa abarenga 50 Congo yitwaje u Rwanda
Mbere y’uko ingabo za Congo zirasa abaturage, bivugwa ko abo baturage bari bateguye kwigaragambya, bari baraye mu rusengero rugendera ku myizerere irimo iya gakondo, ruzwi nka Foi naturelle judaïque et messianique vers les nations, ari narwo rubarizwamo rwinshi mu rubyiruko rukunze kwifashishwa na Leta mu guhangana n’imitwe yitwaje intwaro ruzwi nka Wazalendo. Kugeza n’ubu ntabwo Guverinoma ya Congo irabasha gusobanura uwatanze itegeko ku gisirikare ngo gitangire kurasa abaturage, nubwo hari babiri batawe muri yombi barimo uwari ukuriye ingabo zishinzwe kurinda Perezida i Goma. Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo…
SOMA INKURUClosing the gender gap: What will it take to retain girls in STEM?
Rwanda is actively promoting opportunities for girls to excel in science courses, with a strong emphasis on STEM subjects. The government of Rwanda has prioritised STEM education as a key component of its Education Sector Strategic Plan, spanning from 2018/19 to 2023/24. The government’s objective is to transform into a knowledge-based economy by prioritising the development of scientific and technological skills, particularly among girls. Education and beyond “It all begins with a willingness to explore. While learners may naturally gravitate towards certain art subjects in which they excel, it is…
SOMA INKURUAu Gabon, le président Ali Bongo “libre de se rendre à l’étranger”
Le général Brice Oligui Nguema a annoncé, mercredi soir, dans un communiqué, que le président déchu du Gabon Ali Bongo était désormais “libre de ses mouvements”, y compris pour “se rendre, s’il le souhaite, à l’étranger”. Le président déchu du Gabon, Ali Bongo Ondimba, peut quitter le pays. Le général Brice Oligui Nguema qui l’a renversé il y a une semaine a annoncé, mercredi 6 septembre, que l’ancien chef d’État est “libre de ses mouvements” et “peut se rendre” à l’étranger pour raisons médicales. Ali Bongo, 64 ans, au pouvoir depuis 14 ans, était en résidence…
SOMA INKURUPerezida Macron yahishuye byinshi ku buzima bwa Bazoum
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yatangaje ko nta munsi washira ataravugana n’uwahoze ari Perezida wa Niger, Mohamed Bazoum cyane ko akiri ku butegetsi yari inshuti ikomeye y’u Bufaransa. Ubu bucuti buri mu byatumye abo basirikare bamuhirika ku butegetsi aho bamushinjaga ko arinda inyungu z’abazungu, abaturage bakicwa n’inzara. Kuri iyi nshuro Perezida Macron yavuze ko avugana na Bazoum buri munsi, atangaza ko kuri ubu akimushyigikiye, anashimangira ko igihugu cye kitigeze cyemera ubutegetsi bwa gisirikare buriho muri Niger. Mu butumwa bwanyujijwe ku mbuga nkoranyambaga za Perezidansi y’u Bufaransa, Perezida Macron yagize ati…
SOMA INKURUGabon: Igisirikare cyiyemeje gufungura imipaka
Umuvugizi w’Igisirikare cyafashe ubutegetsi bwa Gabon bayobowe na Gen. Brice Oligui Nguema yatangarije kuri Televiziyo y’Igihugu ko bemeje gufungura imipaka yo ku butaka, mu mazi ndetse n’iyo mu kirere, yemeza ko bigomba guhita bikorwa ako kanya. Ku wa 30 Kanama 2023 ubwo abasirikare 12 barindaga Ali Bongo bari bamaze kumuhirika, babinyujije turi Televiziyo ya Gabon 24 bahise batangaza ko imipaka y’igihugu yose yafunzwe kugeza igihe ibintu bizasubirira mu buryo. Ali Bongo w’imyaka 64 yahiritswe ku butegetsi nyuma y’amasaha make Komisiyo y’Amatora muri Gabon itangaje ko yegukanye amatora y’Umukuru w’Igihugu ku…
SOMA INKURUUwahiritse Perezida Ali Bongo kubutegetsi afite amateka atoroshye
Uwahiritse ku butegetsi Ali Bongo wari umaze iminota mike abyina istinzi nyuma yo gutangazwa ko yatsinze amatora yo kuyobora Gabon nyuma yo guhindura itegeko nshinga ni umusirikare mukuru akaba umwana w’umwe mu bahoze ari abasirikare ku ngoma ya Omar Bongo, se wa Ali Bongo azwi ku izina rya Gen Brice Clotaire Oligui Nguema. Gen Bruce Clotaire Oligui Ngwema afite imyaka 48, yahoze mu basirikare ba hafi ba Omar Bongo kugeza ubwo yapfaga mu 2009. Ali Bongo amaze gusimbura se, yahise yohereza Oligui hanze kuba ushinzwe Ibikorwa bya Gisirikare muri Ambasade…
SOMA INKURU