Kugeza ubu mu Rwanda habarurwa impunzi ibihumbi 134,519 muri bo 62,2% ni abaturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, 37,2% ni abaturutse mu Burundi, mu gihe abaturutse mu bihugu binyuranye ari ari 0,5%. Imibereho y’aba bose ikomeze kwibazwaho nyuma y’aho hatangarijwe igabanuka rikabije ry’ubufasha bahabwaga. Nyuma y’aho Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) ryatangaje igabanyuka ku bufasha impunzi zo mu Rwanda zisanzwe ziginerwa bwagabanyutse bitewe n’uko inkunga muri uku kwezi k’Ugushyingo yabonetse ingana na 37% gusa, biba ngombwa ko habaho kugabanya ibyo impunzi zigenerwa ku Isi yose. Muri izi…
SOMA INKURUCategory: politike
Perezida Museveni yashyize ukuri hanze nyuma y’ibihano Uganda yafatiwe
Perezida wa USA Joe Biden yavuze ko Uganda hamwe na Niger, Gabon na Centrafrique bizakurwa muri gahunda izwi nka “AGOA”ituma ibihugu byo muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara byujuje ibisabwa bigeza ibucuruzwa byabyo birenga 1,800 ku isoko ryo muri Amerika nta misoro bitanze, biturutse ku kutubahiriza uburenganzira bwa muntu bwemewe ku rwego mpuzamahanga, Nyamara Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yerekanye ko nta mpungenge bibate Mu cyumweru Perezida Museveni yanenze Amerika, avuga ko “biha agaciro gakabije” ndetse ko “batekereza mu buryo butari bwo ko ibihugu byo muri Afurika bidashobora gutera…
SOMA INKURURwanda : La rentabilité de culture de légumes et de fruits chez les femmes est encore un obstacle
OXYFAM/Rwanda a réuni ses différents partenaires tant publics que privés dans l’optique de relever les obstacles auxquels font face les femmes cultivatrices, productrices et professionnelle des fruits et légumes mais aussi en cherchant des solutions aux problèmes. Dans un entretien de circonstance, Uwamwezi Marcianne, habitant du Secteur Musheri, District De Nyagatare dans la Province de L’Est a fait savoir qu’elle avait commencée par une simple culture d’ananas dans un petit champ familial mais par après elle est parvenue à créer une usine d’une valeur de 100 millions des francs…
SOMA INKURUAbayobozi bagera kuri 7 batawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze abayobozi barindwi (7) bakurikiranyweho kunyereza amafaranga y’ingurane yari agenewe abaturage bo mu Karere ka Rulindo bagenewe na Leta ubwo hubakwaga umuhanda Rwintare-Gitanda-Muvumo mu mwaka wa 2021-2022. Mu bafunzwe harimo Abanyamabanga nshingwabikorwa babiri, uhari ubu n’uwo yasimbuye, ubu ukorera mu Karere ka Muhanga hamwe n’abandi bakozi bari bashinzwe gutanga amafaranga y’ingurane mu Karere. Umuseke watangaje ko abafunzwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Muhanga Bizumuremyi Al Bashir, na Gitifu w’Akarere ka Rulindo Kanyangira Ignace ayo makuru kandi aravuga ko RIB yataye muri yombi Umuyobozi w’Imirimo rusange w’Akarere…
SOMA INKURUPresident Suluhu calls for branding, research to boost tourism in Africa
Strategic branding and marketing coupled with research and data analysis will help boost the sustainable tourism industry on the continent, according to Tanzanian President Samia Suluhu Hassan. She delivered her key remarks during the opening ceremony of the World Travel and Tourism Council (WTTC) on November 2, taking place at Kigali Convention Centre. Happening for the first time in Africa, the three-day summit, running under the theme ‘Building Bridges to a Sustainable Future’, is a platform to discuss resilience and sustainable growth, the growing impact of AI, and understanding new…
SOMA INKURUUrunturuntu hagati ya Koreya ya Ruguru na Leta Zunze Ubumbwe za Amerika
Koreya ya Ruguru yamaganye igikorwa cyo kugerageza misile yambukiranya imigabane (ICBM) giherutse gukorwa n’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri mu Kigobe cya Korea. Mu itangazo Koreya ya Ruguru yashyize hanze kuri uyu wa Gatanu yavuze ko yiteguye gukora igikorwa cyo gusubiza ubu bushotoranyi bwa Amerika. Mu ntangiriro z’iki cyumweru nibwo Amerika yagerageje igisasu cyo muri ubu bwoko bwa misile ariko kiza gupfuba nyuma yo kukirasa nubwo hatatangajwe impamvu z’iki cyemezo. Nubwo iyi misile yapfubye, Umuvugizi wa Minisiteri y’Ingabo muri Amerika yavuze ko iki gikorwa cy’abafashije kubona amakuru y’ingenzi…
SOMA INKURUAfrican air transport cost remains a barrier to tourism growth – Kagame
President Paul Kagame said the high cost of air travel to Africa and within Africa remains a barrier to the growth of the tourism sector, which calls for the implementation of the Single African Air Transport Market (SAATM). He was speaking at the official opening of World Travel and Tourism Council (WTTC) 2023, on November 2, which convened more tthan1,200 participants in the global tourism industry to recognize the sector’s growth across the continent in recent years and at the same time analyze its challenges. The three-day summit, which kicked…
SOMA INKURUAbapasiteri ba ADEPR 75% barangije amashuri abanza gusa, mu gihe hari n’abandi batayarangije -RGB
Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, rwatangaje ko byinshi mu bibazo byagiye bishegesha Itorero rya ADEPR bishamikiye ku bibazo by’iyubahirizwa ry’amategeko mu buryo abakozi bafatwa n’ubushobozi bw’abapasiteri bo muri iri torero barimo 75% barangije amashuri abanza gusa, mu gihe hari n’abandi batari barayirangije. Ibibazo bya ADEPR byamaze imyaka myinshi ari agatereranzamba kugeza muri 2020 ubwo RGB yinjiye mu bibazo byayo, ngo bacukumbure inkomoko y’imungu yayishegeshaga. Byasaga n’ibyamaze kuba ibisanzwe kumva induru muri ADEPR kubera ibibazo by’ingutu bishingiye ku miyoborere, gusesagura umutungo n’ibindi, ndetse bamwe bagiye bava mu myanya barimo bajyanwa muri gereza.…
SOMA INKURUUSA yashyize ukuri hanze ku bijyanye n’abasirikare bayo muri Gaza
Ingingo yo kuba abasirikare ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bajya i Gaza yagarutsweho ku wa Gatatu tariki 1 Ugushyingo 2023, mu kiganiro Umuvugizi w’itsinda rishinzwe ibijyanye n’umutekano w’igihugu muri White House, John Kirby, yagiranye n’itangazamakuru. Ni ikiganiro cyabaye mu gihe hari hashize iminsi hacaracara amakuru avuga ko abasirikare ba Amerika baba baramaze kugera i Gaza. Ati “Nta gahunda ihari cyangwa ubushake bwo kohereza abasirikare ba Amerika ku rugamba i Gaza, haba uyu munsi cyangwa mu bihe biri imbere.” Yakomeje avuga ko icyo Amerika iri gukora ari ukureba uko abatuye…
SOMA INKURUUbudage bwasabye imbabazi ku byaha bwakoreye Tanzania mu bukoloni
Perezida w’Ubudage yavuze ko atewe “isoni” n’ibikorwa by’ubugome bukabije igihugu cye cyakoreye Abanya-Tanzania mu gihe cy’ubukoloni. Abasirikare b’Ubudage bishe abantu hafi 300,000 mu gihe cy’ubwigomeke bw’umutwe wa Maji Maji mu ntangiriro y’imyaka ya 1900, bwabaye zimwe mu mvururu zo kurwanya ubukoloni ziciwemo abantu benshi cyane. Perezida w’Ubudage Frank-Walter Steinmeier yabivuze ku wa gatatu ari mu nzu ndangamurage y’i Songea, mu majyepfo ashyira uburengerazuba bwa Tanzania, aho izo mvururu zabereye. Yagize ati: “Ndifuza gusaba imbabazi kubera ibyo Abadage bakoreye abakurambere banyu hano. “Ibyabereye hano ni amateka dusangiye, amateka y’abakurambere banyu n’amateka…
SOMA INKURU