Intambara hagati ya Israel na Hamas ikomeje kwamaganwa n’ibihugu ndetse n’imiryango itandukanye, ariko igitero cyamishije ibisasu kuri uyu wa kabiri tariki 18 Ukwakira 2023 ku bitaro bya Al Ahli mu mujyi wa Gaza, bigahitana abasaga 500 ndetse bigasiga n’inkomere zitari nke cyamaganwe ku bwinshi. Hamas yashinje Israel kugaba ibyo bitero, ariko muvugizi w’igisirikare cya Israel Daniel Hagari, yavuze ko ingabo zabo nta bikorwa bya gisirikare zari zirimo mu masaha igisasu cyarasiwe ku bitaro ndetse ko n’ubwoko bw’icyo gisasu batabugira. Ibi bitangazwa na Israel bikaba byamaganiwe kure na Hamas yatangaje ko…
SOMA INKURUCategory: Amakuru yo mu Mahanga
Amerika yagize icyo ivuga ku mirwano yubuye hagati ya M23 n’ingabo za FARDC
Itangazo ryashyizwe hanze nyuma y’ibyumweru bibiri intambara yubuye hagati ya M23 n’imitwe y’inyeshyamba yishyize hamwe ikiyita ‘Wazalendo’, irwana ku ruhande rwa Leta ndetse bivugwa ko Leta ariyo iyiha ibikoresho, Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo itangaza ko ihangayikishijwe n’imirwano yubuye hagati ya M23 n’imitwe irwana ku ruhande rwa Leta, ishimangira ko ikibazo kitazakemurwa n’intambara ahubwo ari ibiganiro. Iyi mirwano yakuye mu byabo benshi, abandi bahatakariza ubuzima mu gihe hazamukiyemo imvugo n’ibikorwa by’urwango bishingiye ku bwoko byibasiye Abatutsi, ku buryo bishobora no kuganisha kuri…
SOMA INKURUIntambara irakomeje hagati y’igisirikare cya Israel na Hamas
Kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere intambara irakomeje hagati y’igisiriare cya Israel na Hamas, abamaze gupfa ku mpande zombi bararenga 1,100 kuva kuwa gatandatu mu gitondo Hamas itangira igitero kuri Israel. Amwe mu makuru wamenya ubu: Igisirikare cya Israel cyatangaje muri iki gitondo ko ahantu umunani mu majyepfo y’igihugu kirimo kurasana n’abarwanyi ba Hamas Mu masaha 36 nyuma y’uko imirwano itangiye, ibisasu bya rokete biracyaturuka muri Gaza bikagwa mu majyepfo ya Israel Mu kwihimura, ibisasu bya Israel bimaze gutuma abasivile barenga 123,000 bava mu byabo muri Gaza aho…
SOMA INKURUM23 n’ingabo za FARDC bongeye kwitana ba mwana mu gitero cyagabwe i Masisi
Umutwe w’inyeshyamba wa M23 washinje ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ko zagabye igitero mu byaro byo muri teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu ya Ruguru, nyuma y’amezi arenga atandatu hari agahenge. Itangazo rya M23 rivuga ko icyo gitero cyo ku cyumweru cyabaye saa cyenda z’amanywa (15h) mu byaro bya Busumba, Kirumbu, Kibarizo na Kilorirwe hamwe no mu nkengero zaho. FARDC yahakanye ibivugwa na M23, ivuga ko ikomeje kubahiriza agahenge. Hashize igihe hari amakuru ko impande zombi zirimo kwitegura imirwano. Mu itangazo, umuvugizi wa M23 mu rwego…
SOMA INKURUUbuholandi: Umugabo witwaje imbunda yishe abantu
Polisi y’Ubuholandi yataye muri yombi umugabo witwaje imbunda wishe abantu batatu mu bitero bibiri mu mujyi wa Rotterdam. Polisi ivuga ko ku wa kane uwo mugabo wagabye ibyo bitero, w’imyaka 32, yarashe ku rugo mbere yo kurutwika, nuko yirara mu bitaro byitwa Erasmus Medical Center byo muri uwo mujyi. Yari umunyeshuri kuri Kaminuza ya Erasmus University, ishamikiye kuri ibyo bitaro. Umugore w’imyaka 39 n’umukobwa we w’imyaka 14, biciwe mu gitero cya mbere. Umwarimu wa kaminuza w’umugabo, w’imyaka 43, yishwe arasiwe kuri ibyo bitaro. Amashusho yagiye ahagaragara yerekana umugabo wambaye imyenda…
SOMA INKURUInama Vladimir Putin yagiranye na Andrei Troshev ukuriye abacanshuro ba Wagner ihatse iki?
Amashusho yashyizwe hanze yerekana ko ejo hashize Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yagiranye inama na Andrei Troshev usigaye ayobora umutwe w’abacanshuro wa “Wagner” ufasha u Burusiya by’umwihariko mu ntambara ya Ukraine, bakaba baganiriye ku ngingo zitandukanye zirimo uburyo aba bacanshuro ba Wagner bakomeza gufasha ingabo z’ u Burusiya mu ntambara. Perezida Putin yasabye ko Andrei Troshev ari we uyobora Wagner guhera muri Kamena uyu mwaka ubwo abagize uwo mutwe bivumburaga bayobowe na Yevgeny Prigozhin wahoze abakuriye. Yevgeny Prigozhin yakomeje kugaragara mu nshingano z’ubuyobozi bw’uwo mutwe kugeza muri Kanama uyu mwaka…
SOMA INKURUKwambara ibirenge ku bakuru b’ibihugu bigize G20 kwavugishije benshi, dore ikibyihishe inyuma
Amafoto y’abakuru b’ibihugu bitabiriye inama y’Ihuriro ry’ibihugu 20 bikize ku Isi, “G20” bambaye ibirenge yatangiye gucicikana ku Cyumweru, yafashwe ubwo bakirwaga na Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi mu gace ka Rajghat karimo Urwibutso rwagenewe Mahatma Gandhi wafashije u Buhinde kugera ku bwigenge yavugishije benshi ari nako hanibazwa ikibyihishe inyuma. Nk’uko bisanzwe ku bandi bose basura aka gace, abarimo Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak; Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron; Perezida wa Argentine, Alberto Fernandez; uwa Indonesie, Joko Widodo na Chancelier w’u Budage, Olaf Scholz basabwe gukuramo inkweto. Icyakora iri…
SOMA INKURUTanzania: Utavuga rumwe n’ubutegetsi yatawe muri yombi, dore icyo yazize
Igipolisi muri Tanzania cyataye muri yombi Tundu Lissu umukuru mu batavuga rumwe n’ubutegetsi hamwe n’abandi batatu bashinjwa gukora ikoraniro ry’abantu benshi nta burenganzira bafite hamwe no kubuza abapolisi gukora inshingano zabo. Nyuma yo gufungwa ku cyumweru baje kurekurwa batanze ingwate. Inshuro nyinshi ku butegetsi bwabanjirije ubwa Samia yagiye afungwa aregwa ibyaha bitandukanye, birimo nko kwangisha rubanda ubutegetsi buriho cyangwa guteza imyivumbagatanyo. Lissu, wiyamamarije gutegeka Tanzania mu 2020, yafatiwe mu mujyi wo mu majyaruguru wa Karatu, amasaha macye mbere yo kujya mu ikoraniro hafi y’icyanya cy’ibidukikije cya Ngorongoro. Kuwa gatandatu, abashyigikiye…
SOMA INKURUAu Gabon, le président Ali Bongo “libre de se rendre à l’étranger”
Le général Brice Oligui Nguema a annoncé, mercredi soir, dans un communiqué, que le président déchu du Gabon Ali Bongo était désormais “libre de ses mouvements”, y compris pour “se rendre, s’il le souhaite, à l’étranger”. Le président déchu du Gabon, Ali Bongo Ondimba, peut quitter le pays. Le général Brice Oligui Nguema qui l’a renversé il y a une semaine a annoncé, mercredi 6 septembre, que l’ancien chef d’État est “libre de ses mouvements” et “peut se rendre” à l’étranger pour raisons médicales. Ali Bongo, 64 ans, au pouvoir depuis 14 ans, était en résidence…
SOMA INKURUPerezida Macron yahishuye byinshi ku buzima bwa Bazoum
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yatangaje ko nta munsi washira ataravugana n’uwahoze ari Perezida wa Niger, Mohamed Bazoum cyane ko akiri ku butegetsi yari inshuti ikomeye y’u Bufaransa. Ubu bucuti buri mu byatumye abo basirikare bamuhirika ku butegetsi aho bamushinjaga ko arinda inyungu z’abazungu, abaturage bakicwa n’inzara. Kuri iyi nshuro Perezida Macron yavuze ko avugana na Bazoum buri munsi, atangaza ko kuri ubu akimushyigikiye, anashimangira ko igihugu cye kitigeze cyemera ubutegetsi bwa gisirikare buriho muri Niger. Mu butumwa bwanyujijwe ku mbuga nkoranyambaga za Perezidansi y’u Bufaransa, Perezida Macron yagize ati…
SOMA INKURU