Présidentielle en RD Congo : dans les rues de Kinshasa, des attentes immenses

La République démocratique du Congo retourne aux urnes le 20 décembre. À Kinshasa, capitale surpeuplée d’un des plus vastes pays du continent africain, les électeurs assistent à une campagne qui envahit massivement l’espace public. Partagés entre la dénonciation de la pauvreté et les craintes liées à la guerre dans l’est du pays, beaucoup attendent un sauveur. Des grandes avenues qui étouffent dans la chaleur et les embouteillages jusqu’aux petites rues verdoyantes de Kinshasa, difficile d’échapper à la déferlante d’affiches électorales qui recouvrent les murs de la capitale congolaise. Déclinés en français…

SOMA INKURU

Wari uzi ko kanseri y’ibere inibasira abagabo? Dore icyiciro kiyirwara cyane

Hamenyerewe ko kanseri y’ibere yibasira igitsina gore gusa, ariko siko biri kuko byagaragaye ko n’igitsina gabo kitasigaye ndetse ikaba ikomeje kwiyongera hirya no hino ku isi n’u Rwanda rudasigaye. Abagabo bari munsi ya 5% mu Rwanda ni bo bagaragayeho kanseri y’ibere, ikaba ikunze kwibasira abari hagati y’imyaka 40 na 50. Abantu banyuranye batangarije umuringanews.com ko kanseri y’ibere ari indwara yibasira igitsina gore gusa, itareba abagabo. Ariko siko bimeze kuko Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima gitangaza ko kanseri y’ibere yibasira n’abagabo kandi iba ifite ubukana bwinshi, ikaba inarangwa n’ibimenyetso bisa nk’ibya kanseri y’ibere…

SOMA INKURU

Perezida Joe Biden ashobora kweguzwa manda ye itarangiye

Ikinyamakuru Reuters cyatangaje ko abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bahagarariye ishyaka ry’aba-Républicain, batoye ko Perezida Joe Biden akorwaho iperereza rishobora kumweguza, mu gihe habura amezi ngo manda ye ya mbere irangire.Iri tora ryabaye kuri uyu wa 13 Ukuboza 2023, abagize inteko 221 bo mu ishyaka ry’aba-Républicain batoye ko Biden akorwaho iperereza, mu gihe 212 ba Démocrates babyanze. Impamvu y’iri tora ni uruhare ishyaka ry’aba Républicain rikeka ko Biden yaba afite mu ishoramari umuhungu we, Hunter Biden, yakoreye mu mahanga arimo Ukraine n’u Bushinwa, kuva mu…

SOMA INKURU

Byinshi ku rukingo rwa kanseri y’inkondo y’umura mu myaka 12

Hari ku munsi wa Kabiri w’icyumweru tariki 26 Mata 2011, mu rwunge rw’ amashuri rwa Kanyinya, mu karere ka Nyarugenge, mu Mujyi wa Kigali, ubwo umufasha wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Jeannette Kagame, yatangizaga ku mugaragaro gahunda yo gutanga urukingo rwa kanseri y’inkondo y’umura ku bana b’abakobwa bafite imyaka iri hagati ya 12 na 16 y’amavuko. Icyo gihe Madamu Jeannette Kagame yatangaje ko bimaze kugaragara ko mu Rwanda hari abagore n’abakobwa bicwa na kanseri y’inkondo y’umura, ari nayo mpamvu Leta yafashe gahunda yo gukingira abana b’abakobwa bakiri bato (abangavu), batarageza…

SOMA INKURU

Rutahizamu wa Arsenal mu Rwanda

Jurriën David Norman Timber ni umuholandi w’imyaka 22 waje mu ikipe ya Arsenal avuye mu ikipe ya Ajax yo mu Buholandi mu mpeshyi ishize, uyu myugariro mushya wa Arsenal, Timber ari mu ruzinduko mu Rwanda kugeza ku cyumweru we n’umukunzi we. Jurriën David Norman Timber yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 14/12/2023, aho aje muri gahunda ya Visit Rwanda, bikubiye mu masezerano igihugu cy’u Rwanda gisanzwe gifitanye n’ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza. Uyu mukinnyi yitabiriye umukino wa mbere mu ikipe ya Arsenal tariki 06…

SOMA INKURU

Nyuma y’imyaka 20 muri gereza ashinjwa kwihekura abana 4 yagizwe umwere

Urukiko rw’Ikirenga rwa leta ya New South Wales kuri uyu wa kane rwanzuye ko ikimenyetso cyashingiweho mu guhamya ibyaha Kathleen Folbigg “atari icyo kwizerwa”. Umugore wigeze kwitwa “Umubyeyi mubi kurusha abandi muri Australia” yahanaguweho ibyaha yari yarahamijwe byo kwica abana be bane. Mu kwezi kwa Kamena (6) uyu mwaka, uyu mugore w’imyaka 56 yafunguwe ahawe imbabazi, nyuma yo kumara imyaka 20 muri gereza. Kathleen yishimiye aya makuru mashya ariko avuga ko ibimenyetso by’uko ari umwere byakomeje “kwirengagizwa no kwangwa” mu myaka za mirongo ishize. Imbere y’urukiko kuri uyu wa kane…

SOMA INKURU

Amakuru mashya kuri Kabuga Félicien iregwa ibyaha bya jenoside yakorewe abatutsi

Urugereko rwo mu Buholandi rwaburanishaga Félicien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994, rwabwiwe ko hari intambwe imaze guterwa mu gushaka igihugu azarekurirwamo by’agateganyo. Kabuga, inyandiko y’urukiko ivuga ko afite imyaka 88, ntiyari ari mu cyumba cy’urukiko kubera uburwayi. Muri Nzeri (9) uyu mwaka, uru rukiko rwasigaye ruca imanza zasizwe n’urwari urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda, rwanzuye ko rukomeje ingingo yo guhagarika by’igihe kitazwi urubanza rwa Kabuga ku mpamvu z’uburwayi, kandi ko azarekurwa by’agateganyo. Icyo cyemezo cyamaganywe na leta y’u Rwanda n’abarokotse jenoside. Kabuga aregwa…

SOMA INKURU

World Teacher’s Day: Why teachers’ shortage is still an issue

The world Teachers’ Day will be celebrated in Rwanda on December 14, under the theme “The teachers we need for the education we want: The global imperative to reverse the teacher shortage.” The day is also aimed at examining how schooling systems, communities, societies, and families perceive, appreciate, and effectively support instructors. Speaking to some of the educators, they highlighted the cause of teacher shortage, how to address it, and the support they require from society. William Niyonzima, a teacher at the Institute of Applied Sciences (INES) – Ruhengeri, explained…

SOMA INKURU