Akato n’ihezwa bikomeye yakorewe ntibyamuciye intege, dore ibanga ryabimufashijemo

Ndagijimana Alufonse, ni umwe mu bafite virusi itera SIDA bo mu karere ka Musanze, atangaza ko nyuma yo kumenyekana ko yanduye virusi itera SIDA, yahawe akato ku buryo bukomeye n’umuryango, abaturanyi kugeza k’uwo bashakanye bamugira igicibwa. Atangaza ko ibi bitamuciye intege, ko ahubwo yaharaniye kubahiriza amabwiriza yahabwaga n’inzego z’ubuzima yamufasha kubaho mu buzima bwiza yirinda kwibasirwa n’ibyuririzi ndetse aniteza imbere. Ati: “Mbere bikimenyekana ko nanduye virusi itera SIDA nahawe akato ku buryo bukomeye, kugeza n’ubwo kunywera ku gikombe nanywereyeho bitashobokaga barakijugunyaga, abana ntibabe banyegera ntihagire n’ukandagira iwanjye ndetse no muri…

SOMA INKURU

Rubavu: Batewe impungenge n’abana bakoreshwa imirimo ivunanye

Abaturage bo mu karere ka Rubavu batewe impungenge ari nako batabariza abana bakoreshwa imirimo ivunanye mu birombe bibumba amatafari ndetse n’ababikoreza amabuye akoreshwa mu bwubatsi. Aba bana usanga bakoreshwa imirimo ivunanye biganjemo abo mu mirenge ya Nyundo na Rugerero, aho usanga abiganje muri iyi mirimo bakomoka mu miryango ikennye, aho bo bivugira ko baba bari gushaka ubuzima. Mu murenge wa Nyundo abana bakora mwene iyi mirimo biganjemo ab’imyaka irindwi kugeza kuri 13, barimo guca inshuro bashaka igitunga imiryango yabo, ibyo bamwe mu babyeyi banenga bavuga ko imiryango yabo yagafashijwe n’ubuyobozi,…

SOMA INKURU

Igisirikare cya Afurika y’Epfo cyahakanye cyivuye inyuma ibyo gishinjwa

Ikinyamakuru National Security News kuri uyu wa 2 Mata 2024 cyatangaje ko mu cyumweru gishize, abasirikare ba Afurika y’Epfo bahuriye n’uruva gusenya ku rugamba ubwo bagabaga igitero kuri M23. Gitangaza ko muri uko gutsindwa urugamba ari bwo abasirikare benshi b’Afurika y’Epfo baba barishyikirije M23, bagirwa imfungwa z’intambara. Kiti “Muri iki cyumweru ibibazo ku iyoherezwa rya SANDF mu Burasirazuba bwa RDC byariyongereye cyane. Yaratakaje cyane ubwo yagabaga igitero kuri M23. Muri iyi mirwano, bivugwa ko bamwe mu basirikare ba Afurika y’Epfo bishyiriye M23, bagirwa imfungwa hamwe n’abandi ba Malawi.” Nyamara igisirikare…

SOMA INKURU

RIB yashyize hanze abapfumu bakekwaho kuyogoza abaturage

Mu murenge wa Runda, mu karere ka Kamonyi kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Mata 2024 hafatiwe abantu batatu, Urwego rw’Ubugenzacyaha “RIB”, rwatangaje ko bakekwaho kwiyita abapfumu bakarya amafaranga ya rubanda, bababeshya ko bagarura ibyabo byibwe cyangwa ko babakiza indwara zananiranye.  Aba bavugaga ko ari abavuzi gakondo barimo umunyamahanga bemeza ko bakoresha imbaraga z’ubupfumu mu kugaruza ibyibwe, gukiza indwara no gutanga ubukire bakarya abantu amafaranga. RIB yagaragaje n’ibikoresho bifashishaga muri ubu butekamutwe birimo, inzoka, akanyamasyo, impu z’Inyamaswa, amahembe, ibimene by’ibicuma ibyungo n’urujyo, ndetse n’amafu bitaga imiti, iboneraho umwanya mwiza wo…

SOMA INKURU

Nyuma y’igihe kinini bivugwa ko bazimye, bagaragaye mu gitaramo umwe muri bo yavunikiyemo

Nyuma y’igihe kitari gito itsinda rya Urban Boys ritagaragara ndetse aho byanavugwaga ko ryasenyutse, ryongeye kugaragara mu gitaramo cya Platini P, nubwo umwe muri bo yahagiriye impanuka ndetse akaba atangaza ko yakurijemo imvune. Nizzo Kaboss akimara kugwa ubwo yari asubiye ku rubyiniro, yavuze ko icyabaye ari uko yanyereye, bityo ko ari impanuka. Iyi mpanuka yabaye ubwo abahoze muri Urban Boys bari ku rubyiniro mu gitaramo cya Platini P, aho yahanutse ku rubyiniro akubita hasi. Nizzo Kaboss wo mu itsinda rya Urban Boys yavuze ko kuva yava mu gitaramo cya Platini…

SOMA INKURU

Guverineri w’Aamajyaruguru yihanangirije abaturage badukanye ingeso idasanzwe

Ubwo yitabiraga inteko y’abaturage yo kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Mata 2024, yahuje abaturage bo mu mirenge ya Base, Kinihira, Rukozo na Cyumba yo mu karere ka Rulindo, umuyobozi w’intara y’Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice, yihanangirije abaturage bo muri aka karere bazindukira ku kigage bise ‘amata’, bagakererwa kujya mu mirimo ibateza imbere. Yashishikarije abaturage kwirinda ibisindisha ahubwo bagahagurukira gukora anabibutsa ko kuri ubu amabwiriza agenga utubari yavuguruwe akaba abuza utubari gufungurwa mu masaha y’akazi. Yagize ati “Tuvugige niba hano muhingiye icyo gihumbi, mu gitondo saa mbiri ukajya kunywa icupa rya 500…

SOMA INKURU

Abasenateri bahishuye aho ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA bwiganje mu Rwanda

Abasenateri bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu kuri uyu wa 2 Mata 2024, babwiye Inteko Rusange ko basanze icyorezo cya SIDA mu rubyiruko gihangayikishije kuko mu turere 14 basuye hose ubwandu bushya bw’iki cyorezo buri mu rubyiruko ruri hagati yimyaka 19 na 24. Abasenateri kandi bagaragaje ko umuryango nyarwanda ukwiye gukangukira kuganiriza abana babo ibyerekeye icyorezo cya SIDA aho kujya babyumva ku bitangazamakuru gusa, cyangwa babibwiwe n’abantu babashuka bashaka kubabyaza umusaruro. Perezida wa Komisiyo Umuhire Adrie ati “Twasanze mu by’ukuri SIDA iri kwiyongera mu rubyiruko, ndetse n’inzego twaganiriye bakavuga…

SOMA INKURU

RIB, MINADEF launch probe into death of APR FC fitness coach

The Rwanda Investigation Bureau (RIB) and the Ministry of Defense are jointly investigating what may have caused the death of APR FC fitness coach Dr. Adel Zrane. The Tunisian, 40, was found dead in his apartment in Nyarutarama, Gasabo District, on Tuesday, April 2, but the cause of his death remains unknown. Adel was sharing an apartment with other coaches but neither of them knew that he had died, until his driver came to pick him for Tuesday morning training sessions at club’s training base in Shyorongi only to realize…

SOMA INKURU

Five additional hospitals to start offering chemotherapy

Five new hospitals are expected to begin offering chemotherapy to cancer patients. Currently, the service is only available at select hospitals such as the Rwanda Cancer Centre in Butaro, the Rwanda Military Hospital (RMH) and King Faisal Hospital. Speaking at an international cancer conference held in Kigali from March 28-29, Dr Fredrick Kateera, the Deputy Executive Director of Partners in Health, a not-for-profit organisation supporting the government in cancer care, announced plans to expand oral chemotherapy services to five additional hospitals. “For patients who need oral chemotherapy and don’t need…

SOMA INKURU

Football : la Nigériane Chiamaka Nnadozie rêve des JO 2024 à Paris, sa ville d’adoption

Élue meilleure gardienne d’Afrique en 2023, la Nigériane Chiamaka Nnadozie est aussi un pilier du Paris Football Club (Paris FC) où elle joue depuis 2020. Les Super Falcons ont rendez-vous avec l’Afrique du Sud, les 4 et 9 avril, pour se disputer un ticket olympique. “Maka”, qui croit que rien n’arrive jamais par hasard, rêve de disputer les Jeux dans sa ville d’adoption. Rencontre. Chiamaka Nnadozie a pris date. Le 25 juillet, à la veille de la cérémonie d’ouverture des Jeux olympiques de Paris 2024, elle compte bien être sur le terrain, face au Brésil, pour lancer…

SOMA INKURU