U Bufaransa bwafashe ingamba zikomeye zo kubungabunga ibidukikije

Hari hashize imyaka ibiri Abadepite bo mu Bufaransa batoye itegeko risaba ko ahantu hagufi hashobora kugendwa n’ubundi buryo butari indege, byaba byiza indege zihagaritswe aho gari ya moshi zibasha kugera, mu kugabanya imyuka yangize ikirere ituruka mu binyabiziga. Ahantu hagufi ni aho gari ya moshi ishobora kugenda amasaha abiri n’igice. Bivuze ko ingendo z’indege hagati y’imijyi nka Paris na Nantes, Lyon na Bordeaux zizajya zifashisha gari ya moshi n’izindi modoka, keretse nk’abantu bashaka kuhava bagiye gufatira indege yerekeza mu mahanga mu wundi mujyi begeranye. Nubwo Guverinoma y’u Bufaransa ibishyizemo imbaraga, abahagarariye…

SOMA INKURU

Rwamagana : Uwarindaga Banki yishwe

Umugabo w’imyaka 30 warindaga ishami rya banki riri ahitwa Ntunga mu karere ka Rwamagana, yishwe atewe ibyuma mu mutwe n’abantu batazwi bashakaga kwiba iyo banki. Uwo murinzi yishwe mu ijoro ryakeye mu Mudugudu w’Akabuye mu Kagari ka Cyimbazi mu Murenge wa Munyiginya mu Gasantere ka Ntunga. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Munyiginya, Mukantambara Brigitte, yabwiye IGIHE ko uyu mugabo byamenyekanye ko yapfuye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ahagana Saa 6:00 bivuzwe n’umuntu wabavomeraga amazi yo gukora amasuku. Ati “ Yahageze abona amaraso abura umuzamu waharindaga, akomeza gukurikirana ya maraso…

SOMA INKURU

Mbere yo kurekura abahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi bazajya babanza guhugurwa

Minisitiri w’ubumwe n’inshingano mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yasobanuriye abadepite bagize komisiyo y’ubumwe bw’Abanyarwanda, uburenganzira bwa muntu no kurwanya Jenoside ko aya mahugurwa azahabwa abari bafungiye icyaha cya Jenoside yakorewe abatutsi azajya abafasha kubana neza n’abo bazasanga hanze ya gereza. Uyu muyobozi yagize ati “Abahamijwe ibyaha bya jenoside bakatiwe imyaka hagati ya 20 na 30 bari gufungurwa. […]Bakwiye gutegurwa, bakagororwa mbere yo gusubizwa muri sosiyete kubera ko igihugu cyahindutse byihuse mu myaka 30, kandi turi gushyira imbaraga mu bumwe n’ubwiyunge mu gihe turwanya ingengabitekerezo ya jenoside no guhakana.” Nk’uko The…

SOMA INKURU

Obstetric fistula eradication requires accelerated action – UNFPA

Each year on May 23, the global community commemorates the International Day to End Obstetric Fistula – a hole between the birth canal and bladder or rectum, caused by prolonged, obstructed labour without access to timely, high-quality medical treatment. The theme this year is “20 years on – progress but not enough! Act now to end fistula by 2030!” According to the World Health Organization (WHO), each year between 50,000 to 100,000 women worldwide are affected by obstetric fistula. Women who experience obstetric fistula struggle with constant incontinence, shame, social…

SOMA INKURU

Study: Women face gender bias in sectors they dominate

A study conducted by three female gender experts on women leaders from four female-dominated industries found that women in those industries still experience gender bias, Daily Nation reports. While women experience overt discrimination in male-dominated industries like science, technology, engineering and mathematics, the findings of research conducted by the three doctors – Amy Diehl, Leanne Dzumbinski and Amber Stephenson, who specialise in gender studies – show that gender bias is still prevalent in gender-balanced and female-dominated industries. The study, A Cross-Industry Comparison of How Women Leaders Experience Gender Bias, interviewed…

SOMA INKURU