Abaturage banyuranye batewe impungenge n’izamuka rikabije ry’ibiciro bya gaz n’amakara. Bavuga ko kuri ubu ibilo 12 bya gaz bari basanzwe bagura ku mafaranga ibihumbi 15,200 kuri ubu biri kugura hagati y’amafaranga ibihumbi 19000 na 20,000 kandi na bwo ntiboneke. Abacuruzi bato b’izi gaz na bo bavuga ko bari kuzirangura zibahenze aho ikilo bari kukirangura ku mafaranga 1500 ndetse na bo kuzibona bikaba ari amahirwe kuko abazibaranguza ngo bari kuzimana. Aha hiyongeraho no kuba n’amakara yarahenze aho umufuka w’amakara wari usanzwe ugura hagati y’ibihumbi 8 na 10 kuri ubu uri kugura…
SOMA INKURUCategory: politike
Cumi na batanu bishwe harimo n’umudepite
Abantu bagera kuri 15, barimo umudepite w’umugore mu nteko ishingamategeko ya Somalia, biciwe mu bitero bibiri by’ubwiyahuzi i Beledweyne hagati muri Somalia kuwa gatatu nimugoroba. Minisitiri w’intebe Mohamed Hussein Roble yise urupfu rwa Amina Mohamed Abdi “ubwicanyi”. Amina Mohamed Abdi wari uhagarariye abagore akaba n’umwe mu batavugarumwe n’ubutegetsi, yishwe arimo kwiyamamariza manda ya gatatu mu nteko. Abatangabuhamya babonye ibyabaye bavuga ko umugabo w’umwiyahuzi yihuse agana kuri Amina akamuhobera maze agaturitsa ibisasu yari yihambiriyeho. Amina ari mu bahise bapfira aho. Perezida Mohamed Abdullahi Farmajo wa Somalia yatangaje ubutumwa kuri Twitter bwihanganisha…
SOMA INKURUIbyasabwe abakorera mu ntara y’Uburengerazuba
Mu biganiro Guverineri Habitegeko n’umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’imiyoborere (RBG), Dr Usta Kayitesi, bagiranye n’abayobora imiryango itari iya Leta (NGO), Abayobozi bashinzwe iterambere n’igenamigambi mu turere n’abakuriye Inama Njyanama z’uturere, basabwe kongera gukorera hamwe mu guha serivisi umuturage, kuko ariwe bose bakorera. Guverineri Habitegeko avuga ko umuyobozi mwiza ataba nyamwigendaho mu gukorera umuturage, icyakora imikorere mibi ituma umuturage adatera imbere, kandi hari inzego nyinshi zimuzengurutse zagombye kumufasha kugira imibereho myiza. Agira ati “Haba abayobozi b’imishinga, abikorera, abajyanama, inzego z’abagore n’urubyiruko n’abayobozi, ishingano ni ugukorera umuturage, kandi bitangira bakorera hamwe igenemigambi, bagashyira…
SOMA INKURULeta yatangiye umushinga wo kongera amafaranga itanga y’ifunguro ku ishuri
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Werurwe 2022, ubwo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, ushinzwe Ikoranabuhanga, Amashuri y’Imyuga n’Ubumenyingiro, Irere Claudette yitabiraga inama y’uburezi yamuhuje n’abayobozi b’ibigo by’amashuri byo mu karere ka Kayonza, yatangaje ko Leta yatangiye umushinga wo kongera amafaranga itanga kugira ngo buri mwana afate ifunguro ku ishuri. Iyi nkuru ije ari nk’igisubizo kuko ubusanzwe umunyeshuri abarirwa amafaranga 150 Frw yo kurira ku ishuri, Leta itanga amafaranga 56 Frw naho umubyeyi agatanga 94 Frw, ibi ubuyobozi bunyuranye bw’ibigo by’amashuri byakomeje kwerekana ko ari ikibazo cyane ko…
SOMA INKURUByahinduye isura muri Ukraine
Ingabo za Ukraine “zirimo kongera igitutu” ku ngabo z’Uburusiya ziri mu karere ko mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’umurwa mukuru Kyiv, nkuko bikubiye mu isesengura rishya ry’ubutasi rya minisiteri y’ingabo z’Ubwongereza. Ukraine ikomeje gukora “ibitero byo kwigaranzura” Abarusiya hanze y’umurwa mukuru, nkuko ayo makuru abivuga, kandi Abanya-Ukraine bashobora kuba bisubije imijyi ya Makariv na Moschun. Minisiteri y’ingabo z’Ubwongereza irasesengura iti “Igishoboka kirimo gushyira mu gaciro ni uko ingabo za Ukraine ubu zishobora kugota imitwe y’abasirikare b’Uburusiya i Bucha n’i Irpin”. Abategetsi bo mu gisirikare cy’Ubwongereza bavuga ko ingabo z’Uburusiya ziri ku…
SOMA INKURUU Rwanda rwizihije isabukuru y’imyaka 52 y’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa
Kuri iki Cyumweru tariki 20 Werurwe 2022, u Rwanda rwifatanyije n’ibindi bihugu mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 52 y’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa “OIF”, runashima intambwe nziza umaze gutera mu guhaza ibyifuzo by’urubyiruko, kuko ari rwo ejo hazaza hawo. Mu butumwa bwe kuri uyu munsi mpuzamahanga wa Francophonie wizihizwa tariki 20 Werurwe buri mwaka., Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Dr Vincent Biruta, yavuzeko u Rwanda ruzakomeza gushyigikira ibikorwa bya “OIF”. Yagize ati “Kuri uyu munsi ubwo twizihiza ururimi rw’Igifaransa n’Umuryango wa Francophonie, nongeye gushimangira ko u Rwanda ruzakomeza gushyigikira ibikorwa bya OIF, hamwe…
SOMA INKURUU Burusiya bwakoresheje intwaro karundura mu guhashya Ukraine
Bwa mbere mu ntambara yo muri Ukraine, u Burusiya bwakoresheje ibisasu byabwo bizwi nka Kinzhal hypersonic missiles, bigendera ku muvuduko urenze uw’ijwi, hagamijwe gusenya ububiko bw’intwaro Ukraine yahawe n’ibihugu by’i Burayi, mu burengerazuba bwa Ukraine. Ibiro ntaramakuru byo mu Burusiya, Interfax byatangaje ko ari ubwa mbere ibyo bisasu bikoreshejwe kuva tariki 24 Gshyantare ubwo ingabo zabwo zinjiraga muri Ukraine. U Burusiya ni kimwe mu bihugu bifite intwaro zigezweho kandi zikomeye. Mu Ukuboza umwaka ushize Perezida Vladimir Putin yavuze ko aricyo gihugu cya mbere kiyoboye mu bisasu byihuta bizwi nka hypersonic…
SOMA INKURUU Burusiya bwafatiye ibihano binyuranye ibihangage binyuranye byo ku isi
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, ni umwe mu bayobozi bafatiwe ibihano n’u Burusiya aho batemerewe gukandagiza ikirenge cyabo i Moscow. Urwo rutonde rw’abafatiwe ibihano rurimo Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony Blinken; ushinzwe ibikorwa bya gisirikare, Lloyd Austin; ushinzwe itangazamakuru, Jen Psaki n’abandi. Hariho kandi abahoze mu buyobozi bukuru bwa Amerika nka Hillary Clinton wigeze kuba Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ububanyi n’Amahanga ndetse n’umuhungu wa Biden witwa Hunter. Imitungo yabo iri mu Burusiya yamaze gufatirwa ndetse ntibemerewe no kwinjira muri icyo gihugu. Gusa ku rundi…
SOMA INKURUUkraine irishyuza u Burusiya asaga miliyari 500 z’amadorali
Minisitiri w’Intebe wa Ukraine, Denys Shmyhal, yatangaje ko igihugu cye kimaze guhomba miliyari 500$ z’ibintu byangirikiye mu ntambara u Burusiya bwagishojeho mu minsi 20 ishize. Uyu muyobozi yashimangiye ko Guverinoma ya Putin ariyo izishyura ibyo byose mu gihe urugamba ruzaba rurangiye. Shmyhal ntabwo yigeze asobanura mu buryo burambuye uko gusana ibyo byangiritse bizakorwa cyangwa se niba mu gihe Ukraine izaba itsinze urugamba nabwo ari u Burusiya buzishyura ibyangiritse gusa yakomoje ku mitungo y’Abarusiya yafatiriwe hirya no hino. Yanavuze ko mu gusana ibyangiritse, igihugu cye cyiteguye gusaba inkunga ibihugu by’inshuti. Yabigarutseho…
SOMA INKURUUburusiya bwatangiye guhungabanwa n’ibihano bwafatiwe
Minisitiri w’Imari w’Uburusiya Anton Siluanov yemeje ko binyuze mu bihano bwafatiwe n’ibihugu byo mu Burayi na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, hafatiriwe hafi kimwe cya kabiri cy’ubwizigame iki gihugu cyari gifite muri zahabu no mu mafaranga y’amahanga bifite agaciro ka miliyari hafi 300$. Yagize ati “Dufite ubwizigame bwose bugera muri miliyari 640$, ariko ubugera kuri miliyari hafi 300$ ubu ntidushobora kubukoresha.” Yari mu kiganiro na Televiziyo Rossiya 1 ku Cyumweru. Yongeyeho ko ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi birimo gushyira igitutu k’u Bushinwa, kugira ngo nabwo bugabanye ubucuruzi burimo gukorana n’u…
SOMA INKURU