M23 yashyize hanze itangazo rishinja ingabo za FARDC kurenga ku masezerano

Mu itangazo inyeshyamba z’umutwe wa M23  zashyize hanze, rirashinja ingabo za FARDC kwirukira mu bice bavuyemo kandi byemerewe gucungwa n’ingabo za EAC.  M23 yatangaje ko izi ngabo za Congo hari ibice zigaruriye kandi byagombaga kujya mu maboko y’ingabo z’umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba. Izi nyeshyamba kandi zashimiye ingabo z’uyu muryango EACRF ku gikorwa ziri gukora cyo kugarura amahoro mu burasirazuba bwa DRC, ariko basaba izi ngabo kujya no mu bice bya Mweso,Kibirizi no mu tundi duce tuhakikije kugira ngo barinde umutekano w’abaturage bahatuye kandi bakaba bashobora kwibasirwa n’ingabo za DRC. Bagarutse kandi…

SOMA INKURU

Vladimir Poutine s’est rendu à Marioupol, occupée par l’armée russe

Le président russe Vladimir Poutine s’est rendu à Marioupol, ville ukrainienne dévastée par les bombardements, a indiqué dimanche le service de presse du Kremlin, cité par les agences de presse russes. Il s’agit du premier déplacement du dirigeant russe dans cette cité portuaire d’Ukraine assiégée des mois et prise par l’armée russe en mai 2022. Vladimir Poutine a déjà effectué samedi une visite surprise en Crimée, la péninsule annexée par la Russie en 2014, à l’occasion du 9e anniversaire de l’annexion. Selon le Kremlin, Vladimir Poutine s’est rendu à Marioupol…

SOMA INKURU

Pourquoi Gianni Infantino, détesté en Europe, est si populaire en Afrique

Réélu pour un troisième mandat à la tête de la FIFA, Gianni Infantino est l’une des personnalités les plus clivantes du sport. Critiqué en Europe, l’Italo-Valaisan est plus apprécié et se sent mieux compris en Afrique. Reportage à Kigali sur sa terre d’élection Au cœur de la Kigali des affaires, face à l’ambassade de Chine, un visage familier et souriant ouvre la porte d’un vaste plateau lumineux au sixième étage d’un immeuble moderne. Il sera peut-être un jour le troisième président valaisan de la FIFA. Pour l’heure, Gelson Fernandes s’épanouit…

SOMA INKURU

La Corée du Nord lance un missile balistique vers la mer du Japon

La Corée du Nord a tiré un missile balistique dimanche, le dernier lancement en date au moment où Séoul et Washington conduisent leurs plus importants exercices militaires conjoints depuis cinq ans.   La Corée du Nord montre une nouvelle fois les muscles. Pyongyang a tiré un missile balistique de courte portée dimanche 19 mars, selon l’armée sud-coréenne, sa quatrième démonstration de force en une semaine au moment où Séoul et Washington conduisent leurs plus importants exercices militaires conjoints depuis cinq ans. “Notre armée a détecté un missile balistique de courte portée tiré des environs…

SOMA INKURU

Yikanze gufungwa ahamagarira abaturage kwigaragambya

Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe bw’Amerika Donald Trump yatangaje ko yiteze gufungwa kuwa kabiri tariki 21 Werurwe, asaba abakunzi be ko batangira imyigaragambyo. Hagati aho, umunyamategeko we avuga ko nta butumwa bwatanzwe n’abashinzwe umutekano, akavuga ko amagambo y’uyu wahoze ari umukuru w’igihugu ashyingiye ku bivugwa mu binyamakuru. Abacamanza bamaze igihe bashaka uburyo baburanisha Trump,  amakuru avuga ko bishobora kuba mu cyumweru gitaha. Mu gihe yaburanishwa, byaba bibaye ubwa mbere uwahoze ari umukuru w’igihugu cya Amerika agejejwe imbere y’urukiko mpanabyaha. Uru rubanza rushingiye cyane cyane ku mafaranga avugwa ko…

SOMA INKURU

Ni iki kihishe inyuma y’igongwa rya Drone?

Indege y’intambara y’Uburusiya yagonganye na drone ya Amerika,bituma iyi ndege itagira umupilote ya Amerika igwa mu Nyanja yirabura (Mer Noire/Black Sea), nk’uko bitangazwa n’igisirikare cya Amerika. Ibi byerekana ko intambara hagati y’Uburusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishoboka,kubera intambara yo muri Ukraine igenda ifata indi ntera. Amerika ivuga ko iyo drone yari ku kazi kayo ka buri munsi mu kirere mpuzamahanga ubwo indege ebyiri z’intambara z’Uburusiya zageragezaga kuyitangira. Uburusiya buvuga ko iyi drone yahanutse nyuma yo “kugerageza gukwepa n’ubuhanga bwinshi”, bugahakana ko izi ndege ebyiri zitigeze zikoranaho. Minisiteri y’ingabo…

SOMA INKURU

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ifite byinshi byo gukemura -Loni

Intumwa z’akanama k’umutekano ka Loni zagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ifite byinshi byo gukemura ngo igire umutekano, harimo no kwirinda ko intwaro z’igisirikare cyayo zijya mu maboko y’imitwe yitwaje intwaro. Byatangajwe na Ambasaderi w’u Bufaransa muri Loni, Nicolas de Rivière wagaragaje ko 80 % by’intwaro inyeshyamba zo muri Congo zikoresha, zituruka mu bubiko bw’igisirikare cya Leta (FARDC). Nicolas de Rivière n’itsinda yari ayoboye, ku cyumweru tariki 12 Werurwe nibwo basoje uruzinduko bagiriraga muri Congo, hagamijwe kureba intandaro y’ibibazo by’umutekano muke bimaze iminsi mu Burasirazuba bw’icyo gihugu. Kugeza ubu…

SOMA INKURU

Football has a special place in Rwanda -Kagame

President Paul Kagame on Tuesday, March 14, received the CAF President’s Outstanding Achievement Award 2022 in an awarding ceremony held in Kigali on the margins of the 73rd FIFA Congress that takes place this week. The award was an occasion to celebrate African leaders who made meaningful contributions to the development of football in Africa. CAF President Patrice Motsepe, alongside FIFA President Gianni Infantino, conferred the award to Kagame and Moroccan Minister of Education and Sports Chakib Benmoussa who received the award on behalf of King Mohamed VI of Morocco after the…

SOMA INKURU

Why Rwanda banned sale of unrefrigerated meat

Rwanda has banned the supply and sale of meat that is not chilled in cold-rooms for at least 24 hours as means to curb zoonotic and transmissible diseases. According to the Registration and Licensing Specialist at Rwanda Inspectorate, Competition and Consumer Protection Authority (RICA) Gaspard Simbarikure, the directive is based on regulation governing meat businesses adopted in May 2022 but which was not adequately being enforced. He said that the directive is not for beef or pork only since ‘each animal species can have zoonotic and or transmissible diseases.’ Zoonosis is an infection or disease that is transmissible from animals to…

SOMA INKURU

Abategetsi ba RDC bashobora kuzisanga muri ICC -Senateri Uwizeyimana Evode

“Ku bitureba nka Guverinoma rero, ntidushaka ko abantu bazongera kuvuga ko dukorana n’indi mitwe. Ntabwo ari imitwe yitwaje intwaro mu gihe abantu barwanira igihugu cyabo kuko abo bantu ni abantu bakunda igihugu cyabo.” Ayo ni amagambo ya Minisitiri ushinzwe amashuri Makuru na za Kaminuza muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Muhindo Nzangi Butondo, ubwo ku wa 6 Werurwe 2023, yeruraga ko Guverinoma y’igihugu cye, igiye gukorana n’imitwe yitwaje Intwaro mu kurwanya M23. Ni ukuvuga ko imitwe ivugwa ko igiye gukorana n’Ingabo za Leta (FARDC) irimo Umutwe w’Iterabwoba wa FDLR, Nyatura,…

SOMA INKURU