Perezida Kagame yihanganishije imiryango yabuze ababo n’abakomerekeye mu biza

Perezida wa Repubulika Paul yihanganishije imiryango yabuze ababo n’abakomerekeye mu biza byatewe n’imvura nyinshi yaguye mu bice bitandukanye by’Intara y’lburengerazuba, Amajyaruguru, n’Amajyepfo mu ijoro ryo ku wa 2 rishyira ku wa 3 Gicurasi 2023, bigateza inkangu n’imyuzure byahitanye abantu benshi, abamaze kumenyekana bakaba bagera kuri 127. Itangazo ry’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu rivuga ko ibikorwa by’ubutabazi birakomeje mu turere twibasiwe cyane ari two Rubavu, Ngororero, Nyabihu, Rutsiro, Karongi, Gakenke, Burera, Musanze na Nyamagabe; hibandwa ku bagizweho ingaruka n’ibyo biza ndetse no kwimura abaturage bari mu bice byibasiwe n’ibishobora kwibasirwa n’imyuzure n’inkangu mu…

SOMA INKURU

Rubavu: Abaturage bakomeje gutabaza

Abaturage bo mu karere ka Rubavu barinubira  uburyo abacuruzi binangiye, bakanga kubahiriza ibiciro bishya ku biribwa bitandukanye nk’uko biherutse gutangazwa. Ibi bibaye nyuma y’uko Leta iherutse gushyira hanze ibiciro by’ibiribwa bimwe na bimwe birimo , Umuceri, Akawunga ndetse n’Ibirayi, nyamara abacuruzi ntibagire icyo bahindura kubiciro byari bimaze iminsi byarazamutse bikabije. Abaturage kandi bagasaba Leta guhagurukira iki kibazo kugira ngo abaturage nabo bareke kubigwamo mugihe Leta yavuze ko abaturage bagomba kubahiriza ibyo bociro hanyuma bakerekeza ku biro bishinzwe imisoro kugira ngo basubizwe imisoro bari batanze kuri ibyo biribwa. Mu mujyi wa…

SOMA INKURU

Perezida Joe Biden ntazitabira umuhango wo kwimika Umwami w’u Bwongereza

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yatangaje ko atazitabira umuhango wo kwimika Umwami w’u Bwongereza, Charless III ko ahubwo azahagararirwa n’umugore we, Jill Biden. Umuhango wo kwimika Charles III uteganyijwe mu Bwongereza ku wa 6 Gicurasi, uzanagaragaramo umugore w’uyu Mwami, Camilla, na we uzimikwa nk’Umwamikazi nubwo azaba adategeka. Nubwo uyu muhango biteganyijwe ko uzitabirwa n’abayobozi bavuye mu bihugu bitandukanye hirya no hino ku Isi, Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden we yamaze kuvuga ko atazaboneka. BBC yatangaje ko Perezida Biden ari umwe mu bakuru…

SOMA INKURU

Rusizi district to provide financial aid to vulnerable families

Rusizi district last week launched a new program aimed at providing over Rwf 1 million to each vulnerable family to support their small business projects and improve their livelihood. This initiative is a result of the “Muyobozi Ca Ingando mu Bawe” program, which involves district authorities camping in remote areas to hear and address the problems faced by the population. Dr Anicet Kibiriga, the Mayor of Rusizi district said that the camping program has enabled district officials to interact with the population, meet with private sectors, religious organizations, stakeholders, as…

SOMA INKURU

EAC moves to protect migrant workers from abuse

In the wake of reported human rights violations in the Gulf countries, the East African Community (EAC) is pursuing the harmonisation of labour migration policies to curb exploitation and abuse of migrant workers, The East African reports. The initiative being spearheaded by the International Labour Organisation and the EAC secretariat is targeting to strengthen regional integration to safeguard the lives of those who seek greener pastures in key labour destination countries. The regional technical working committee is reviewing the existing Bilateral Labour Agreements (BLAs) in EAC to develop a guideline…

SOMA INKURU

Élection présidentielle au Paraguay : l’hégémonie du parti conservateur menacée

Le Paraguay vote dimanche pour élire son président, lors d’un scrutin très serré qui menace soixante-dix ans d’hégémonie de la droite et oppose deux favoris : le candidat du Parti Colorado au pouvoir, Santiago Pena, et l’avocat social-libéral Efrain Alegre, à la tête d’une coalition de centre-gauche.  Tiraillé entre vitalité économique et corruption endémique, le Paraguay élit dimanche 30 avril son président, lors d’un scrutin très serré qui menace, pour la première fois en soixante-dix ans, l’hégémonie du Parti conservateur Colorado. Santiago Peña, un économiste de 44 ans, héritier du parti au…

SOMA INKURU

Abarwanya igikorwa cyo kohereza abimukira mu Rwanda bitwaje malariya bahawe ingingo zibabeshyuza

Ubutumwa bwatambukijwe n’umuganga w’inzobere mu bijyanye n’indwara z’abana, Prof Elspeth Webb, Umwongereza wigishije mu mashuri atandukanye y’ubuvuzi ko abimukira bazoherezwa mu Rwanda bazicwa na malaria, Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, yamaze impungenge. Webb yabinyujije mu gitekerezo yatanze mu kinyamakuru The Guardian, aho yavugaga ko adashyigikiye ko u Bwongereza bwohereza abimukira mu Rwanda, ngo kuko bisa nko kubaroha kubera ubukana bwa malaria iba mu Rwanda. Yavuze ko u Rwanda nta bushobozi buhagije bwo guhangana na malaria rufite, bityo ko abimukira baturuka mu bihugu bitabamo malaria batakabaye boherezwa mu Rwanda. Minisitiri w’Ubuzima,…

SOMA INKURU

Abantu 10 batawe muri yombi biturutse ku kirombe cy’amabuye y’agaciro cyagwiriye abaturage muri Huye

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze abantu icumi bakekwaho ibyaha bifitanye isano n’ikirombe cy’amabuye y’agaciro cyagwiriye abaturage mu Murenge wa Kinazi mu Karere ka Huye. Umuvugizi wa RIB, Dr. Thierry Murangira yatangaje ko abafunzwe ari Rtd Major Paul Katabarwa, Maniriho Protais, Uwamariya Jacqueline, Nkurunziza Gilbert, Hakizimana Eric, Nshimiyimana Faustin, Iyakaremye Liberate, Uwimana Moussa, Ndacyayisenga Emmanuel na Matebuka Jean. Dr Murangira yavuze ko aba bose batawe muri yombi bakekwaho ibyaha bitatu birimo ubwicanyi budaturutse ku bushake, gukoresha ububasha bahabwa n’itegeko mu nyungu bwite no gukora ubucukuzi nta ruhushya. Uretse Rtd…

SOMA INKURU

Abaturage bajyaga bishyurirwa na leta mitiweli baba bagiye gucutswa

Minisitere y’ubutegetsi bw’igihugu mu Rwanda yatangiye ibikorwa byo guteguza uturere ko hari abanyarwanda basanzwe bishyurirwa ubwisungane mu kwivuza ariko bagiye kubukurwamo, bakaba basabwa gutangira kwitegura kwiyishyurira kuva muri Nyakanga 2023. Bamwe mu banyarwanda basanzwe bahabwa ibyiciro by’ubudehe ndetse hakaba hari Serivisi zitangwa zibishingiyeho. Ubu rero ibyiciro uretse gukoreshwa mu igenamigambi rya Leta no gutanga amakuru ntibizongera gukoreshwa mu gutanga serivsi. Abakozi ba Minisitere y’Ubutegetsi bw’Igihugu batangiye ibikorwa byo gusura uturere kugira ngo batangire gutegura uko abazakurwa ku rutonde rwo kwishyurirwa batangira kwitegura kwiyishyurira. Umuyobozi wungirije ushinzwe Iterambere n’Ubukungu mu Karere…

SOMA INKURU

Ubuhinde bugiye guca ku Bushinwa mu guturwa n’abaturage benshi

Umuryango w’Abibumbye wavuze ko bitarenze mu mpera y’iki cyumweru Ubuhinde buzaca ku Bushinwa bukaba igihugu cya mbere ku isi gituwe n’abaturage benshi. Biteganyijwe ko abaturage b’Ubuhinde bazagera kuri 1,425,775,850 mu mpera y’uku kwezi kwa Mata, nkuko bigaragazwa n’amakuru mashya ya ONU. Mu cyumweru gishize, irindi shami rya ONU ryateganyaga ko Ubuhinde buzaca ku Bushinwa hagati muri uyu mwaka. Ibi bihugu byo ku mugabane w’Aziya bimaze imyaka irenga 70 byihariye abarenga kimwe cya gatatu (1/3) cy’abatuye isi. Mu itangazo, ishami rya ONU rishinzwe ubukungu n’imibereho, DESA (Department of Economic and Social…

SOMA INKURU