Flight of Innovation: Enhancing Tourism and Conservation Through Local Deliveries

By Diane NKUSI NIKUZE The Rwanda Development Board and Zipline collaborate to enhance tourist experiences through the delivery of ‘Made in Rwanda’ products, while simultaneously strengthening conservation efforts. A pioneering partnership takes flight, promising to revolutionize the intersection of tourism, conservation, and technology. As the dawn breaks over the majestic Volcanoes National Park, the hum of drones fills the air, heralding a new era of sustainable progress. Zipline, a trailblazer in autonomous drone delivery, unveils an unprecedented collaboration with the Rwanda Development Board (RDB). Together, they embark on a mission…

SOMA INKURU

Guhishira uwamusambanyije byatumye aterwa inda ya kabiri

Umugore witwa Akingeneye (izina twamuhaye), wo mu Karere ka Nyabihu, avuga ko guhishira umugabo yakoreraga akazi ko mu rugo wamusambanyije akamutera inda ubwo yari akiri umwangavu, byamuviriyemo guterwa indi nda ya kabiri, none akomeje kugorwa n’imibereho yo kurera abo bana atishoboye. Mu 2014, Akingeneye wari umwana w’imyaka 16 akora akazi ko mu rugo, umugabo (nyir’urugo) ngo yahoraga amusaba ko basambana, akamwangira bigera ubwo umunsi umwe yaje kumusambanya ku ngufu anamutera inda. Ati “Yacungaga umugore we adahari ku manywa cyangwa nijoro, inshuro nyinshi akansaba ko turyamana nkamwangira, nkanatinya kubwira umugore we…

SOMA INKURU

Indwara zikunze kwibasira abantu batanywa amazi

Nk’uko tubikesha urubuga Medisite, hatangazwa indwara ndetse n’ibibazo umubiri wagira mu gihe nyirawo atanywa amazi mu buryo buhoraho kandi bukenewe, ntuhabeho kuyanywa kuko umuntu afite inyota cyangwa yabuze ikindi anywa. 1. Kutanywa amazi bitera ibibazo by’uruti rw’umugongo ku bagore batwite Ni byiza ku bagore batwite kunywa amazi ahagije kuko burya gutwita bituma uruti rw’umugongo rw’umugore ruba ruremerewe cyane. Iyo rero bimwe mu birugize “disc” ziba hagati y’amagufa y’uruti rw’umugongo zibuze amazi, bituma zangirika bigateza ibibazo bikomeye ku mugongo w’umugore utwite. Abagore batwite rero bagirwa inama zo kunywa amazi ahagije buri…

SOMA INKURU

More efforts needed to close STEM gender gap at tertiary level – officials

Rwanda has made progress in advancing the participation of women and girls in Science, Technology, Engineering, and Mathematics (STEM) fields, particularly within primary and secondary education. However, officials and experts say that further efforts are necessary to bridge the gender gap in tertiary education and research. Data from the Ministry of Education’s Statistical Yearbook for the academic year 2021/2022 indicates that the percentage of female students enrolled in STEM fields is 57.4 per cent of the total student population, while their male counterparts account for 42.5 per cent of students.…

SOMA INKURU

Muri Congo ingabo za ONU zamishijweho urusasu

Umukuru w’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya demokarasi ya Congo aravuga ko abakozi ba ONU n’imodoka barimo baguye mu gico bamishwaho urusasu kuwa gatandatu mu murwa mukuru Kinshasa. Ni mu gihe hakomeje intambara mu burasirazuba bw’icyo gihugu ituma umwuka wo kwamagana izi ngabo wiyongera muri rubanda. Ibitero by’abantu bagendera ku mapikipiki byari bigandagaje mu karere ka Gombe i Kinshasa mu murwa mukuru w’icyo gihugu aho ibiro by’ingabo z’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) biherereye. Umunyamakuru w’ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, wabibonye, aravuga ko aho bari bakoraniye bahatwikiye n’amapine y’imodoka. Umukuru wa MONUSCO muri Repubulika…

SOMA INKURU

Jose Mourinho yasabye ko icyicaro gikuru cya VAR kizanwa muri Afurika

Umutoza Jose Mourinho yatangaje ko ibyemezo bya VAR mu gikombe cy’Afurika cya 2023 bitaranzwe no gutonesha amakipe akize cyangwa azwi cyane nk’uko bigenda i Burayi, anasaba ko icyicaro gikuru cya VAR gikwiye kuba muri Afurika. Ati: “Narebye AFCON kuruta umupira w’uburayi. Barimo kutwigisha gusa kuba inyangamugayo. Muri AFCON, VAR yakoreshejwe neza uko igomba gukoreshwa. Ntabwo bayikoresheje mu gufasha amakipe afite amafaranga menshi cyangwa amakipe azwi. Iyi niyo mpamvu wabonye ibyiza muri buri kipe. Kubera ko bazi ko VAR itahawe akazi inyuma y’amarido inyuma ari iy’abantu bose.” Mourinho yakomeje agira ati:…

SOMA INKURU

The rigours of cancer treatment: Insurance companies urged to pay more to help patients

Many developing countries face an upsurge of non-communicable diseases (NCDs) such as cancer which are increasingly claiming the lives of many people. The NCDs, a group of conditions not mainly caused by an acute infection that result in long-term health consequences and often create a need for long-term treatment and care, account for 44 per cent of all deaths in Rwanda but a big number of them can be prevented, according to the Ministry of Health. With the establishment of the Rwanda Cancer Centre (RCC), in Kigali, as well as Butaro Cancer Centre…

SOMA INKURU

IBUKA yagaragaje ahakiri ikibazo ku banyamuryango bayo

Mu nteko rusange y’abanyamuryango ba IBUKA yateraniye i Kigali mu gihe cy’iminsi 2, umuryango uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi “IBUKA” wasabye inzego bireba kwihutsiha ibikorwa byo kubakira abatishoboye barokotse Jenoside kuko umubare w’abakeneye ubwo bufasha utajyanye n’ikigero bikorwaho. Perezida wa IBUKA ku rwego rw’Igihugu, Dr Gakwenzire Philbert atangaza ko abatishoboye bakeneye ubufasha bw’imibereho mu gihugu bakiri benshi ariko umuvuduko bikorwaho ukaba udahagije ngo bose bagerweho vuba. Ati “Kugeza ubu ukurikije umuvuduko kubakira abarokotse Jenoside batishoboye biriho, usanga hadafashwe izindi ngamba nshyashya byazafata igihe kirekire. Ingengo y’imari ikoreshwa ku rwego…

SOMA INKURU

Ikipe y’igihugu ya Côte d’Ivoire yanditse amateka ku nshuro ya gatatu

Umunsi wabaye itariki y’amateka ku ikipe y’Igihugu ya Côte d’Ivoire “les éléphants” ku nshuro ya gatatu nyuma yo gutwara igikoma cya Afurika cya 2023,  itsinze Nigeria ibitego 2-1. Ikipe y’igihugu ya Côte d’Ivoire yegukana igikombe cya Afurika ku nshuro ya gatatu kuko ku nshuro ya mbere yagitwaye mu 1992, inshuro ya kabiri hari muri 2015. Iyi tsinzi ikipe  y’igihugu ya Côte d’Ivoire iyikesha ibitego byo mu gice cya kabiri byatsinzwe na Frank Kessié ndetse na Sébastien Haller ku munota wa 62 n’uwa 81 mu gihe ikipe ya Nigeria ariyo yari…

SOMA INKURU

Sobanukirwa kurushaho n’indwara y’angine n’uko wayirinda

Angine ni indwara yo kubyimba no kubabara mu muhogo mu gace k’akamironko (pharynx) bitewe na mikorobi. Izi mikorobi zitera angine zirimo amoko 2 hari angine iterwa na virusi hakabaho na angine iterwa na bagiteri. Gusa angine itewe na virusi niyo ifata abantu benshi aho ifata hagati ya 50% na 90% by’abarwayi bayo. Iyi ndwara yibasira cyane cyane abakiri bato gusa n’abakuze barayirwara.Angine itewe na bagiteri iterwa na mikorobi yitwa streptocoque (soma sitireputokoke) ikaba yibasira cyane abantu barengeje imyaka 3. Iyatewe na virusi itandukanye n’iyatewe na bagiteri. Angine ivurwa ite? Nk’uko…

SOMA INKURU