Rubavu: Abaturage bakomeje gutabaza

Abaturage bo mu karere ka Rubavu barinubira  uburyo abacuruzi binangiye, bakanga kubahiriza ibiciro bishya ku biribwa bitandukanye nk’uko biherutse gutangazwa. Ibi bibaye nyuma y’uko Leta iherutse gushyira hanze ibiciro by’ibiribwa bimwe na bimwe birimo , Umuceri, Akawunga ndetse n’Ibirayi, nyamara abacuruzi ntibagire icyo bahindura kubiciro byari bimaze iminsi byarazamutse bikabije. Abaturage kandi bagasaba Leta guhagurukira iki kibazo kugira ngo abaturage nabo bareke kubigwamo mugihe Leta yavuze ko abaturage bagomba kubahiriza ibyo bociro hanyuma bakerekeza ku biro bishinzwe imisoro kugira ngo basubizwe imisoro bari batanze kuri ibyo biribwa. Mu mujyi wa…

SOMA INKURU

Rwamagana: Urubyiruko rwahagurukiye kurwanya umwanzi urwibasiye

Akarere ka Rwamagana ni kamwe mu turere turangwamo ibigo by’amashuri byinshi, muri ibyo bigo hakaba higanjemo abari mu myaka y’urubyiruko kandi ubushakashatsi bukaba bwarerekanye ko ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA bwiganje mu rubyiruko, ni muri urwo rwego hifujwe kumenya imigabo n’imigambi yabo mu rugamba rwo kurwanya virusi itera SIDA. Mukamwezi, w’imyaka 18, wiga mu mwaka wa gatatu w’amashuri yisumbuye muri kimwe mu bigo by’amashuri biri i Rwamagana yagize ati “Njye numva nakwirinda virusi itera SIDA nirinda kuryamana n’umuhungu udasiramuye kuko namenye ko abantu batisiramuje baba bafite ibyago byinshi byo…

SOMA INKURU

Perezida Joe Biden ntazitabira umuhango wo kwimika Umwami w’u Bwongereza

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yatangaje ko atazitabira umuhango wo kwimika Umwami w’u Bwongereza, Charless III ko ahubwo azahagararirwa n’umugore we, Jill Biden. Umuhango wo kwimika Charles III uteganyijwe mu Bwongereza ku wa 6 Gicurasi, uzanagaragaramo umugore w’uyu Mwami, Camilla, na we uzimikwa nk’Umwamikazi nubwo azaba adategeka. Nubwo uyu muhango biteganyijwe ko uzitabirwa n’abayobozi bavuye mu bihugu bitandukanye hirya no hino ku Isi, Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden we yamaze kuvuga ko atazaboneka. BBC yatangaje ko Perezida Biden ari umwe mu bakuru…

SOMA INKURU

Bugarijwe n’ikibazo cy’ibura ry’imiti y’abana

Abaganga bavura indwara z’abana bo mu Budage, u Bufaransa, Austria n’u Busuwisi bandikiye ibaruwa ifunguye Minisiteri z’Ubuzima muri ibyo bihugu bazisaba gukora ibishoboka zikita ku kibazo cy’ibura ry’imiti y’abana mu bihe u Burayi buba bwugarijwe n’ubukonje. Perezida w’uUrugaga rw’Abaganga bavura Indwara z’Abana mu Budage, BKVJ Thomas Fischbach, yatangaje ko mu kuva muri Nzeri kugera mu Ugushyingo hashobora kuzabaho ikibazo cyo kubura abazana imiti ivura abana ndetse akeka ko byazaba bibi cyane ugereranyije n’umwaka ushize. Ati “Itumba ntabwo riri kera. Tuzongera duhure n’ikibazo cy’imiti mike cyane izanwa ndetse bishobora kuzaba bibi…

SOMA INKURU

Rusizi district to provide financial aid to vulnerable families

Rusizi district last week launched a new program aimed at providing over Rwf 1 million to each vulnerable family to support their small business projects and improve their livelihood. This initiative is a result of the “Muyobozi Ca Ingando mu Bawe” program, which involves district authorities camping in remote areas to hear and address the problems faced by the population. Dr Anicet Kibiriga, the Mayor of Rusizi district said that the camping program has enabled district officials to interact with the population, meet with private sectors, religious organizations, stakeholders, as…

SOMA INKURU

EAC moves to protect migrant workers from abuse

In the wake of reported human rights violations in the Gulf countries, the East African Community (EAC) is pursuing the harmonisation of labour migration policies to curb exploitation and abuse of migrant workers, The East African reports. The initiative being spearheaded by the International Labour Organisation and the EAC secretariat is targeting to strengthen regional integration to safeguard the lives of those who seek greener pastures in key labour destination countries. The regional technical working committee is reviewing the existing Bilateral Labour Agreements (BLAs) in EAC to develop a guideline…

SOMA INKURU

Élection présidentielle au Paraguay : l’hégémonie du parti conservateur menacée

Le Paraguay vote dimanche pour élire son président, lors d’un scrutin très serré qui menace soixante-dix ans d’hégémonie de la droite et oppose deux favoris : le candidat du Parti Colorado au pouvoir, Santiago Pena, et l’avocat social-libéral Efrain Alegre, à la tête d’une coalition de centre-gauche.  Tiraillé entre vitalité économique et corruption endémique, le Paraguay élit dimanche 30 avril son président, lors d’un scrutin très serré qui menace, pour la première fois en soixante-dix ans, l’hégémonie du Parti conservateur Colorado. Santiago Peña, un économiste de 44 ans, héritier du parti au…

SOMA INKURU

Abarwanya igikorwa cyo kohereza abimukira mu Rwanda bitwaje malariya bahawe ingingo zibabeshyuza

Ubutumwa bwatambukijwe n’umuganga w’inzobere mu bijyanye n’indwara z’abana, Prof Elspeth Webb, Umwongereza wigishije mu mashuri atandukanye y’ubuvuzi ko abimukira bazoherezwa mu Rwanda bazicwa na malaria, Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, yamaze impungenge. Webb yabinyujije mu gitekerezo yatanze mu kinyamakuru The Guardian, aho yavugaga ko adashyigikiye ko u Bwongereza bwohereza abimukira mu Rwanda, ngo kuko bisa nko kubaroha kubera ubukana bwa malaria iba mu Rwanda. Yavuze ko u Rwanda nta bushobozi buhagije bwo guhangana na malaria rufite, bityo ko abimukira baturuka mu bihugu bitabamo malaria batakabaye boherezwa mu Rwanda. Minisitiri w’Ubuzima,…

SOMA INKURU

Impinduka zidasanzwe mu migendekere y’inama nkuru ihuza abayobozi ba Kiliziya Gatolika ku rwego rw’isi

Kuri uyu wa Gatatu Papa Francis yazanye impinduka mu migendekere y’inama nkuru ihuza abayobozi ba Kiliziya Gatolika ku rwego rw’isi, izwi nka Sinode,  aho n’abalayiki cyangwa abandi bagize inzego za Kiliziya Gatolika bazajya baba bahagarariwe n’abantu 70. Papa Francis yemeje ko abagore bagiye kujya bemererwa gutora ku ngingo zitandukanye mu nama. Ubusanzwe muri iyi nama abasenyeri ba Kiliziya Gatolika nibo babaga bemerewe gutora. Sinode ni inama nkuru ihuza abasenyeri ba Kiliziya Gatolika ku Isi, igaterana ku busabe bwa Papa kugira ngo haganirwe ku ngingo runaka. Ntabwo inshingano zayo ari uguhindura…

SOMA INKURU

Abantu 10 batawe muri yombi biturutse ku kirombe cy’amabuye y’agaciro cyagwiriye abaturage muri Huye

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze abantu icumi bakekwaho ibyaha bifitanye isano n’ikirombe cy’amabuye y’agaciro cyagwiriye abaturage mu Murenge wa Kinazi mu Karere ka Huye. Umuvugizi wa RIB, Dr. Thierry Murangira yatangaje ko abafunzwe ari Rtd Major Paul Katabarwa, Maniriho Protais, Uwamariya Jacqueline, Nkurunziza Gilbert, Hakizimana Eric, Nshimiyimana Faustin, Iyakaremye Liberate, Uwimana Moussa, Ndacyayisenga Emmanuel na Matebuka Jean. Dr Murangira yavuze ko aba bose batawe muri yombi bakekwaho ibyaha bitatu birimo ubwicanyi budaturutse ku bushake, gukoresha ububasha bahabwa n’itegeko mu nyungu bwite no gukora ubucukuzi nta ruhushya. Uretse Rtd…

SOMA INKURU