Nyuma y’aho Isi yose yari itegerezanyije amatsiko iyemezwa ry’ugiye kuyobora igihugu cy’igihangage ku isi “USA”, Kuri uyu wa gatatu tariki 6 Mutarama 2021 ibihumbi by’abaturage bashyigikiye Donald Trump binjiye mu Nteko Ishinga Amategeko ya Amerika ubwo abayigize bari bateranye ngo bemeze intsinzi y’uwatowe Joe Biden. Abitabiriye iyi myigaragambyo barushije imbaraga abapolisi barinda Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika, ndetse bamwe babaca mu rihumye barinjira. Mu kurinda abadepite n’abasenateri hari abasabwe kuguma mu biro byabo mu gihe abandi bajyanywe ahantu hatekanye kurushaho. Ahagana saa tatu z’ijoro ubwo abasenateri baganiraga ku ngingo yazamuwe…
SOMA INKURUMonth: January 2021
Covid-19 ikomeje kwivugana abatari bake mu Rwanda no ku isi
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 06 Mutarama 2021, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje urupfu rw’abantu babiri bazize icyorezo cya COVID-19, bakaba ari umugore w’imyaka 42 n’umugabo w’imyaka 55 bo mu Mujyi wa Kigali, batuma umubare w’abamaze kwicwa n’icyo cyorezo mu Rwanda ugera ku 112. Ni mu gihe uyu munsi kandi hatangajwe abarwayi bashya 103 barimo abo mu Mujyi wa Kigali 82, Rubavu 6, Musanze 3, Huye 3, Muhanga 2, Nyanza 2, Ruhango 1, Rusizi 1, Burera 1, Kayonza 1, na Nyagatare 1. Muri rusange, abamaze gutahurwaho icyo cyorezo kuva muri Werurwe ubwo umurwayi wa…
SOMA INKURURuhango: Barakekwaho kwica umuntu bamuziza ibiceri
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) kuri uyu wa 4 Mutarama 2021 rwataye muri yombi abagabo bane bakekwaho kwica Niyongira Zabulon bamuziza 300 Frw. Niyongira Zabulon w’imyaka 22 yishwe ku wa 3 Mutarama 2021, nyuma yo gukubitwa. Abakurikiranyweho uruhare mu rupfu rwe barimo Ntakirutimana Edison w’imyaka 42 usanzwe ari Umuyobozi w’Umudugudu wa Kinama, Akagari ka Nyamagana, Umurenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango; Nyabyenda Philbert w’imyaka 20, Gatoya Jacques ufite imyaka 22 na Ntakirutimana Jackson, ucuruza butike. Amakuru IGIHE yamenye ni uko intandaro y’ubu bwicanyi ari uko Ntakirutimana Jackson na Niyongira…
SOMA INKURUKwipimisha Coronavirus byaba bigiye koroshywa
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima “RBC” bwatangaje ko Leta y’u Rwanda ikomeje gutekereza ku buryo ibipimo bya COVID-19 byajya bifatwa abantu bakishyurira kuri Mituweli cyangwa ubundi bwishingizi bw’ubuzima basanzwe bivurizaho. Abashobora kuzemererwa kwishyurira ku bwishingizi bw’ubuzima ni abasanzwe basabwa kwiyishyurira mu gihe bakeneye kumenya uko bahagaze, bafite ingendo mu mahanga cyangwa bagiye kwitabira ibindi bikorwa bitandukanye bibasaba kwisuzumisha. Iyo gahunda iratekerezwaho mu gihe kuri ubu ibipimo bikenewe gufatwa mu gihugu bigenda byiyongera, ariko bikaba binafasha Igihugu kumenya imiterere y’icyorezo n’ingamba zafatwa mu kugihashya. Iki kemezo na none kandi gikurikiye gahunda yatangiye…
SOMA INKURUCovid-19 ikomeje gukaza umurego hirya no hino ku isi
Ejo hashize tariki ya 03 Mutarama 2021, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko Covid-19 yahitanye abantu batatu barimo ab’i Kigali babiri b’imyaka 75 n’undi wa 67, uwa gatatu w’imyaka 57 ni uwo mu Karere ka Huye. Aba banyakwigendera bujuje umubare w’ 101 w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo mu Rwanda. Uyu munsi kandi hatangajwe abarwayi bashya 109 barimo abo mu Mujyi wa Kigali 64, Musanze 20, Rubavu 12, Nyamasheke 4, Gicumbi 3, Kamonyi 3, Huye 2, n’undi umwe wo mu Karere ka Burera. Muri rusange, abamaze gutahurwaho icyo cyorezo kuva muri Werurwe ubwo umurwayi…
SOMA INKURUHow Covid-19 pandemic triggered surge in cashless payments
The adverse effects of the Covid-19 pandemic are trickling down to major sectors of Rwanda’s economy with tourism and hospitality, aviation, retail, and manufacturing bearing the brunt of the strict measures the government has put in place. That has essentially affected the growing digital payments, which are linked to the same sectors that were hit. But if there’s one thing to thank for 2020 is the fact that the outbreak also accelerated adoption of digital payments in many other sectors. Many experts now agree that online grocery stores, online pharmacies,…
SOMA INKURUTrump is still resisting to the election results
The call by President Trump on Saturday to Georgia’s secretary of state raised the prospect that Mr. Trump may have violated laws that prohibit interference in federal or state elections, but lawyers said on Sunday that it would be difficult to pursue such a charge. The recording of the conversationbetween Mr. Trump and Secretary of State Brad Raffensperger of Georgia, first reported by The Washington Post, led a number of election and criminal defense lawyers to conclude that by pressuring Mr. Raffensperger to “find” the votes he would need to reverse the election outcome…
SOMA INKURURwanda set a good example that other regional countries should follow- Minister Marie-Noëlle Koyara
By400 quickly agreeing to help and sending troops to help the Central African Republic’s national army battle rebels, and save lives, Rwanda set a good example that other regional countries should follow. Marie-Noëlle Koyara, the CAR’s Minister of National Defence and Army Reconstruction, noted this Sunday, December 3, during an interview with journalists at her offices in the capital, Bangui. Koyara again used the occasion to thank the people, government of Rwanda and President Paul Kagame “for understanding that it was necessary” to save the people of her country from…
SOMA INKURUFormer Italian honorary consul in Rwanda dies at 81
Former Italian honorary consul in Rwanda Pierantonio Costa passed away on Friday night in Germany. The 81-year-old served as Rwanda’s honorary consul between 1988 and 2003. Costa had initially moved to Congo to join his father before moving to Rwanda in 1965 where he later served as the honorary consul. During the 1994 Genocide against the Tutsi, the late Costa was credited for saving lives by sneaking survivors into nearby Burundi. Using his diplomatic privileges, Costa is said to have made multiple trips between Rwanda and Burundi rescuing survivors including…
SOMA INKURUBangui: Rwanda National Police developed a project of clean water to the citizen
December 2019, Rwanda Formed Police Unit-One (RWAFPU-1) contingent serving under the UN Multidimensional Integrated Stabilization Mission in the Central African Republic (MINUSCA) developed a project to address the shortage of clean water in the capital Bangui. The implementation of the MINUSCA funded project worth US$50,000 was rolled out in July 2020 to construct boreholes in one of the most affected areas of Ngongonon Two, Ngongonon Four and Galabadja Four, all in the 8th Arrondissement. The clean water project was developed under the mandate of “protection of civilians.” Today, beneficiaries attest…
SOMA INKURU