Congo ibintu bikomeje gufata indi sura, umuvugizi wa Katumbi yaburiye perezida Tshisekedi

Umuvugizi wa Moïse Katumbi umukandida waje ku mwanya wa kabiri mu matora ya perezida wa DR Congo yavuze ko Perezida watowe Felix Tshisekedi ari we uzabazwa ugerageza kose guhungabanya ubuzima bwitebwa Katumbi. Ni nyuma y’uko kuwa mbere Moïse Katumbi agiye gusohoka iwe mu rugo ahitwa Kashobwe muri teritwari ya Kasenga mu ntara ya Haut Katanga, yasanze hari abasirikare benshi n’ibimodoka byabo bagose urugo rwe bamubuza kuva iwe. Kuwa mbere, Katumbi yasohoye itangazo ryamagana amatora aheruka avuga ko “igisubizo cyonyine ari ukuyasesa” ndetse asaba umuryango mpuzamahanga “kutemera ibyavuye muri aya matora…

SOMA INKURU

Nyuma y’igihe kitari gito gahunda yo kohereza abimukira isubikwa, hamenyekanye igihe aba mbere bazagezwa mu Rwanda

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu y’u Bwongereza (UK) yatangaje ko Guverinoma yiteguye kohereza by’agateganyo mu Rwanda abimukira bagera ku 33,085. Abimukira ba mbere bashobora kugezwa mu Rwanda mu mpera za Werurwe 2024. Ikinyamakuru The Telegraph cyavuze ko imibare yatangajwe ku wa Kabiri tariki ya 2 Mutarama 2024, igaragaza ko abo bimukira binjiye mu Bwongereza mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu mwaka ushize wa 2023, ariko bamaze gusaba ibyemezo byo kuhaba mu nzira zemewe guhera muri Nyakanga, ubwo Iteka rya Minisitiri w’Intebe ryasohokaga. Iryo teka riha Guverinoma uburenganzira bwo gufata abimukira bose banyuze mu…

SOMA INKURU

Ntibavuga rumwe na Perezida Ndayishimiye ushaka gufunga imipaka ibahuza n’u Rwanda

Nyuma y’aho Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, atangaje ko u Rwanda rucimbikiye, rugaburira ndetse rugaha intwaro n’imyitozo umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara wagabye igitero mu gace ka Gatumba, amashyaka abiri yo mu Burundi, CNDD-FDD riri ku butegetsi na UPRONA ntiyifuza ko umubano w’iki gihugu n’u Rwanda wazamba ku buryo byagera aho imipaka yongera gufungwa. Ijambo rya Ndayishimiye, ryaba ari iryo yavugiye mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru tariki ya 29 Ukuboza 2023 ubwo yari mu ntara ya Cankuzo, n’irisoza umwaka yagejeje ku Barundi yose, yaciye amarenga ko yaba ateganya gufunga imipaka,…

SOMA INKURU

Expropriation for four multi-billion national road projects gets greenlight

A new Ministerial Order signed by the Minister of Environment, Jeanne d’Arc Mujawamariya, and the Minister of Justice and Attorney General, Emmanuel Ugirashebuja, approved the expropriation of assets in public interest along four roads set to be constructed. The approval of the expropriation – published on December 20, 2023, in the official gazette – was done to pave way for the construction and rehabilitation of Base (Rulindo)-Butaro (Burera)-Kidaho (Burera) road, Sashwara (Nyabihu)-Rega (Nyabihu)-Mutovu (Rubavu)-Kabuhanga (Rubavu)-Busasamana (Rubavu)- Muhato (Rubavu) road, Mukoto (Rulindo)-Nyacyonga (Gasabo) road, as well as Kigali Logistics Platform (Kicukiro)-Bugesera…

SOMA INKURU

Donald Trump fait appel de son exclusion de la primaire républicaine dans le Maine

L’ancien président américain Donald Trump a fait appel mardi de la décision prise par l’État du Maine l’excluant des bulletins de vote de la primaire républicaine en vue de l’élection présidentielle de novembre 2024. Le milliardaire avait été jugé jeudi “inapte à la fonction de président” en raison du violent assaut contre le Capitole de janvier 2021 commis par ses partisans. L’ex-président américain Donald Trump a fait appel, mardi 2 janvier, d’une décision qui l’exclut des bulletins de vote de la primaire républicaine dans l’État du Maine, le deuxième ayant pris une…

SOMA INKURU

Perezida Kagame yaburiye abashyize mu majwi u Rwanda

Perezida Kagame yavuze ko nta hantu habi u Rwanda rutageze bityo utegura guhungabanya umutekano warwo akarushwanyaguza ariwe bizabaho. Ibi yabivuze mu birori bisoza umwaka we na madamu we batumiyemo abantu batandukanye muri Kigali Convention Center. Mu ijambo rye,Perezida Kagame yavuze ko imyaka ibaye myinshi u Rwanda ruvuye hasi cyane,rukubakwa none ubu rukaba rugeze ahashimishije. Ati “Usubije amaso inyuma,imyaka iragiye,ibaye myinshi,aho tuvuye,amateka ya bundi bushya tukubaka igihugu cy’u Rwanda,twahereye hasi cyane kubera amateka yacu tuzi.Sinirirwa nyasubiramo.Twahereye hasi cyane ku buryo nta hasi cyane haharuta twajyaga kugera.” Yavuze ko ubu ’aho gushwanyagurika…

SOMA INKURU

U Bwongereza: Bizihije iminsi mikuru isoza umwaka bari mu gahinda kadasanzwe

Imibare yatangajwe ivuye mu ikusanyabiterezo ritandukanye kuri iki Cyumweru, igaragaza ko benshi mu baturage b’u Bwongereza mu myaka itatu ishize bivanye muri EU mu buryo bwuzuye, itazanye impinduka bari biteze. Mu babajijwe, 54% bagaragaje ko kwivana muri EU byagize ingaruka mbi cyane ku bukungu bw’u Bwongereza mu gihe abemeza ko byabaye byiza ari 13%. Mu babajijwe kandi 53% bavuze ko kwivana muri EU byagabanyije imbaraga z’u Bwongereza bwo kubasha kugenzura abinjira ku mipaka yabwo mu gihe 57% bavuga ko byagabanyije ububasha bari bafite mbere bwo kwinjiza mu gihugu ibicuruzwa byakorewe…

SOMA INKURU

Abatuye Umujyi wa Kigali baraburirwa mu kwishimira iminsi mikuru isoza umwaka

Mu kiganiro n’Abanyamakuru,Umujyi wa Kigali wasabye abawutuye kwidagadura ariko ntibarenze urugero ngo bigere ubwo babangamira abandi. Ibi abayobozi b’Umujyi wa Kigali babigarutseho bakomoza ku myifatire ikwiye kuranga abatuye Umujyi muri iyi minsi mikuru cyane ko abantu baherutse gukomorerwa kujya bidagadura bakageza mu gitondo muri wikendi. Meya mushya w’Umujyi wa Kigali,Dusengiyumva Samuel yavuze ko abazagira ibihe byo kwidagadura muri iyi minsi mikuru bakwiye kuzirikana ko bafite abo baturanye na bo badakwiye kubabangamira. Ati “Uretse no mu gihe cy’iminsi mikuru, abanyamategeko baravuga ngo aho uburenganzira bwawe burangirira niho ubwa mugenzi wawe butangirira.…

SOMA INKURU

EAC Regional Force completes withdrawal from DR Congo

The East African Community Regional Force (EACRF) on Thursday, December 21, completed its exit from Goma, capital of DR Congo’s North Kivu Province, citing a mixture of successes and drawbacks during its stay in the unstable country. The East African Community Regional Force with troops from Kenya, Burundi, Uganda, and South Sudan, begun withdrawing from DR Congo, in early December, just over a year since it was deployed to support peace efforts for the country’s conflict-ridden east. The first group of up to 100 Kenyan troops boarded a plane at Goma Airport…

SOMA INKURU

Iby’amatora muri RDC bikomeje kuzamo ibibazo

Abakandida batanu bari mu bahataniye umwanya w’umukuru w’igihugu muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) basabye ko amatora asubirwamo kuko yabayemo ibitubahirije amategeko. Aya matora yari yateganyijwe kuri uyu wa 20 Ukuboza 2023, guhera saa kumi n’ebyiri z’igitondo (ku masaha y’i Kinshasa), ariko hari n’aho byageze saa saba z’amanywa ataratangira. Kubera ubu bukererwe, Komisiyo yigenga ishinzwe amatora, CENI, yaraye itangaje ko site z’itora zafunguwe zikerewe zirakomeza gutorerwamo kugeza saa Tanu z’ijoro. Byamenyekanye kandi ko hari site z’itora zitigeze zitorerwaho. CENI yabyemeje, itangaza ko abagombaga kuzitoreraho batora mu gitondo cy’uyu wa…

SOMA INKURU