Icyorezo cya Marburg mu Rwanda cyabaye amateka

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (Minisante) yatangaje, kuwa Gatanu tariki 20 Ukuboza 2024, u Rwanda rwatsinze icyorezo cya Maburg mu buryo budasubirwaho, nyuma yo kumara iminsi 42 yikurikiranya nta bwandu bushya bw’iyi virusi bubonetse mu gihugu. Amabwiriza y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku Isi (OMS) yagenaga ko ku gira ngo u Rwanda rwemeze ko nta cyorezo cya Marburg kikirangwa mu gihugu aruko hashira iminsi 42 yikurikiranya nta bwandu bushya bubonetse, uhereye igihe umurwayi wa nyuma yasezerewe mu bitaro. Mu nama yo gutangaza ku mugaragaro ko icyorezo cya Marburg cyarangiye mu…

SOMA INKURU

Byinshi kuri serivise za “ARV” zo mu bitaro bya Gisenyi n’ubuhamya bw’abahafatira imiti

Mu bukangurambaga bwo kurwanya ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA bw’amezi 6, bwatangijwe mu Rwanda kuya 1 Ukuboza 2024, ishyirahamwe ry’abanyamakuru barwanya SIDA (ABASIRWA) ryafashe iya mbere risura serivise za ARV mu bitaro bya Gisenyi, mu rwego rwo kumenya uruhare igira mu gukumira ubu bwandu bushya. Mu makuru atangazwa n’umuyobozi wa serivice zita ku bafite virusi itera SIDA (serivise za ARV), Uwimana Rosette atangaza ko bagira umwihariko wo kwita ku babagana dore ko n’abahunga akato bakorerwa n’abaturanyi cyangwa abo bahurira kwa muganga bagiye gufata ARV, bagana ibitaro bya Gisenyi bakabaha serivise…

SOMA INKURU

Impuruza kuri virusi itera SIDA, urubyiruko n’abakora uburaya baraburirwa

Kugeza ubu SIDA ikomeje kuba icyorezo ku isi n’u Rwanda rudasigaye nta muti ndetse nta n’urukingo. akaba ari muri urwo rwego Minisiteri y’Ubuzima ikangurira buri wese mu kugira uruhare mu kuyirinda dore ko mu bantu 100 bapfa ku munsi byibura muri bo 7 baba bishwe na SIDA. Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko nubwo umubare w’abandura virusi itera SIDA ku munsi wavuye ku bantu 25 ukagera ku bantu 9, ariko hakenewe kugira igikorwa kuko abenshi mu bafite ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA ari urubyiruko ruri hagati y’imyaka 18 na 20. Urubyiruko…

SOMA INKURU

Rubavu: Bamwe mu bashowe mu buraya barasaba ubutabazi kuri serivise z’ubuzima

Urujya n’uruza ruri hejuru rw’abaturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rutuma haba ubwiganze bw’ubucuruzi bw’utubari n’amacumbi, ari nayo ntandaro y’abakobwa baza kuhashakira amaramuko bakisanga mu buraya, bamwe bemeza ko babushorwamo, ari naho abatari bake bandurira virusi itera SIDA bakaba batabaza inzego z’ubuzima. Kuba Rubavu ufite umubare uri hejuru w’abafite virusi itera SIDA, byashimangiwe na Minisitiri w’Ubuzima Dr Nsanzimana Sabin, watangaje ko uretse virusi itera SIDA aka karere gakunze kwibasirwa n’ibyorezo cyane, akaba yatanze n’urugero rw’icyerezo cya “MPOX” ko ariho umuntu wa mbere wanduye yagaragaye. Twinjiriza abakire amafaranga iyo twicuruje…

SOMA INKURU

HIV/AIDS in Rwanda: Progress, Challenges and Personal Stories of Resilience

Over the past few decades, Rwanda has made significant strides in tackling HIV/AIDS, but challenges remain. The country has been praised for its comprehensive response to the epidemic, including public health campaigns, access to treatment, and community support systems. However, the disease still affects thousands of individuals, and the fight against HIV/AIDS in Rwanda is far from over. This article highlights the current situation, provides insights into the impact on local communities, and shares personal testimonies of resilience. Current Situation: Rwanda has made notable progress in reducing the impact of…

SOMA INKURU

A Milestone in Cardiac Care: King Faisal Hospital Advances Heart Treatment in Rwanda with Electrophysiology Technology

The World Health Organization (WHO) reported that heart diseases were the leading cause of death in 2021, claiming 20.5 million lives. This marks a sharp increase compared to 1990, when 12.1 million people died from heart-related conditions. Of these deaths, 80% occurred in developing countries, including Rwanda. In response to this growing health concern, King Faisal Hospital in Rwanda recently announced that, in collaboration with its partners, it successfully treated several patients with rapid heart rhythms (tachyarrhythmias) using advanced electrophysiology technology. This effort was conducted in partnership with heart rhythm…

SOMA INKURU

Managing Diabetes During Pregnancy: A Growing Concern for Expecting Mothers

Diabetes during pregnancy, also known as gestational diabetes, is a condition that affects many women worldwide. It occurs when a pregnant woman has high blood sugar levels that are not managed properly, putting both the mother and baby at risk. While gestational diabetes is generally temporary, it requires careful monitoring and management to ensure a healthy pregnancy and delivery. What is Gestational Diabetes? Gestational diabetes occurs when the body cannot produce enough insulin to meet the increased needs during pregnancy. Insulin is a hormone that helps regulate blood sugar levels,…

SOMA INKURU

They are urging that the violence directed at young people living with HIV must be stopped

Some young people living with HIV report that they experience severe discrimination, including marginalization and stigma, which leads many to lose hope for their future due to the deprivation of their life dreams. One of them is Giramata (a name we have given her), who lives in the Muhura sector of Gatsibo district in the Eastern Province. She contracted HIV while in her fourth year of secondary school and states that it was then that she began what she calls the trials of life. Marginalization and Stigma Started with Her…

SOMA INKURU

Marburg Virus Outbreak in Rwanda: A Public Health Update

As Rwanda continues to grapple with the Marburg virus outbreak, recent reports indicate a cautiously optimistic trend in the nation’s battle against this severe viral disease. The country has recorded a total of 65 confirmed cases and 15 deaths since the outbreak began in late September​. In a recent interview, Dr. Sabin Nsanzimana emphasized the critical role of healthcare workers in managing the crisis. “Our healthcare professionals have shown remarkable dedication under challenging circumstances,” he stated. “They are on the front lines, and their safety and well-being remain a priority.”…

SOMA INKURU

Abakize indwara zo mu mutwe bataka ihohoterwa rikomeye bakorerwa

Ihohoterwa rikorerwa abakize indwara zo mu mutwe ni ikibazo kitoroshye, abahanga bakemeza ko hari impamvu zinyuranye zihishe inyuma y’iri hohoterwa, by’umwihariko izishingiye ku myumvire, imibereho y’abantu, n’ubumenyi bucyeya ku ndwara zo mu mutwe. Impuguke n’abashakatsi banyuranye bagiye batangariza umuringanews.com, impamvu zinyuranye zituma abakize uburwayi bwo mu mutwe bakorerwa ihohoterwa rinyuranye haba mu muryango ndetse no muri sosiyete muri rusange, muri zo harimo izikurikira: Imyumvire n’amateka y’indwara zo mu mutwe Indwara zo mu mutwe zikunze kugirwaho imyumvire itariyo muri sosiyete, aho abantu benshi bazifata nk’ibisanzwe bidakira cyangwa nk’ikimenyetso cy’umuvumo. Hari abantu…

SOMA INKURU