Leta y’u Bufaransa yihanangirije abahiritse ubutegetsi muri Niger

Leta y’u Bufaransa yatangaje ko nubwo muri Niger habaye igikorwa cyo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Mohamed Bazoum, butazihanganira uwo ari we wese uzabangamira inyungu zabwo muri iki gihugu. Iki cyemezo cy’u Bufaransa gikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze n’Ibiro bya Perezida Emmanuel Macron ku Cyumweru tariki 30 Nyakanga mu 2023. Iryo tangazo rivuga ko Perezida Macron yavuganye na Mohamed Bazoum wahiritswe ku butegetsi ndetse na Mahamadou Issoufou na we wigeze kuba Perezida wa Niger. Bose ngo bamaganye ihirikwa ry’ubutegetsi basaba ko habaho ituze mu gihugu. U Bufaransa bukomeza buvuga ko budashobora…

SOMA INKURU

Ni iki kihishe inyuma y’ibura ry’imiti ya kanseri?

Muri iyi minsi ibura ry’imiti y’indwara ya kanseri rikomeje guteza ikibazo mu bihugu bitandukanye by’Isi, ku buryo uretse n’abayikeneye bari gukomeza kuremba, abashakashatsi bagaragaza ko ibi bishobora kuzagira n’ingaruka mbi ku bushakashatsi kuri iyi ndwara. Nko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, iki gihugu kiri guhura n’ibibazo by’ibura by’imiti kurusha ikindi gihe cyose cyabayeho ku buryo abari bafite gahunda yo kujya gusuzumwa iyi ndwara (chemotherapy) zitinda cyangwa zigakurwaho kubera icyo kibazo. Chemotherapy ni uburyo umurwayi ajya kwa muganga agahabwa imiti imufasha kwica utunyangingo tw’iyo ndwara, ikarinda ko iyo kanseri ikwirakwira…

SOMA INKURU

Perezida Zelensky mu mugambi mushya wo guhindura urugamba

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yatangaje ko intambara igihugu cye kimazemo igihe afite gahunda yo kuyimurira ku butaka bw’u Burusiya. Mu ijambo yagejeje ku baturage ba Ukraine ku Cyumweru tariki 30 Nyakanga, yavuze ko “gake gake intambara u Burusiya bwatangije iri kugenda igana ku butaka bwabwo, cyane cyane ikazibasira ibice bifite icyo bivuze gikomeye kuri iki gihugu n’ibigo bya gisirikare.” Yavuze ko ‘nta buryo buhari bwo kwirinda iyi gahunda yo kwimurira intambara ku butaka bw’u Burusiya, ashimangira ko Ukraine ikomeye.” Perezida Zelensky atangaje ibi nyuma y’iminsi u Burusiya bushinja Ukraine…

SOMA INKURU

Nyuma yo kuva mu gipolisi yakoze agashya

Umupolisikazi wari uzwi cyane muri Kenya, Linda Okello,kubera kwambara imyenda imufashe ari mu kazi mu muhango wari witabiriwe n’uwari Perezida Uhuru Kenyatta,yashyize hanze video ari kuzunguza ikibuno bidasanzwe. Uyu mukobwa uherutse kuva mu gipolisi akigira muri Amerika,yashyize kuri Titktok amafoto ashotoraga ari gucugusa ikibuno. Uyu yavuze ko yafashe umwanzuro wo kuva mu gipolisi kubera ko abayobozi be bamuteshaga umutwe. Uyu mu kubyina kwe, yari yambaye agakanzu kagufi cyane byatumye abagabo benshi bandika ubutumwa bwinshi bwo kumwereka ko yabasembuye.         UBWANDITSI: umuringanews.com

SOMA INKURU

Niger coup: President Mohamed Bazoum in good health, says France

Niger’s President Mohamed Bazoum is in good health after being taken captive by his own presidential guard, the French foreign minister has said. Catherine Colonna told AFP news agency the coup was not “final”. She said Mr Bazoum had spoken to Emmanuel Macron and added there was a “way out” for the coup plotters if they listened to the global community. On Thursday, coup supporters attacked the headquarters of the ousted president’s party. They set it on fire, stoning and burning cars outside. The small group of arsonists had broken…

SOMA INKURU

Donald Trump faces further charges in Mar-a-Lago documents inquiry

Donald Trump is accused of pressuring an employee to delete security footage at his Florida home, in new criminal charges related to his alleged mishandling of classified files. The new indictment adds one count of wilful retention of defence information and two of obstruction, making 40 charges in total in this case. Mr Trump denies any wrongdoing and has called the prosecutor “deranged”. He is fighting multiple legal cases as he runs for president again. A staff member at the former US president’s Mar-a-Lago estate, Carlos de Oliveira, has also…

SOMA INKURU

Automatic driving tests, licencing in final stages

The government is nearing the completion of plans to implement automatic driving tests and issue related licenses, according to Infrastructure Minister Ernest Nsabimana. The move aims to provide convenient services for individuals interested in obtaining automatic driving licenses in the country. Nsabimana emphasized that the process would not be delayed by waiting for the traffic bill to be passed; instead, the focus is on establishing regulations for conducting the tests at the Busanza driving and testing center, located in Kicukiro District. The center is equipped with advanced technology and high-quality equipment…

SOMA INKURU

Le Producteur Junior Multisystem décédé

La nouvelle du décès de Junior Multisystem a été annoncée dans la soirée de ce jeudi 27 juillet 2023. En 2022, il avait été signalé que la santé de Junior Multisystem se détériorait après avoir été confiné chez lui pendant des jours. Sa maladie était liée aux effets de l’amputation de son bras. A cette époque, il avait utilisé le site Facebook pour envoyer un message à ses amis et fans leur demandant de prier pour lui. ”Priez pour moi,” avait-il écrit. En avril 2019, Junior avait été impliqué dans…

SOMA INKURU

Mondial-2023 de football : l’Argentine et l’Afrique du Sud se neutralisent

Le spectre de l’élimination se précise pour l’Argentine, tenue en échec vendredi par l’Afrique du Sud (2-2), lors de la deuxième journée de la phase de groupes de la Coupe du monde 2023.  L’Argentine, menée de deux buts, a réussi à revenir au score contre l’Afrique du Sud (2-2) vendredi 28 juillet à Dunedin, en Nouvelle-Zélande. Les deux équipes du groupe G ont encore une chance de voir les huitièmes de finale du Mondial féminin de football. Sur une offrande, la Sud-africaine Linda Motlhalo a ouvert le score (30e), avant que sa…

SOMA INKURU

Inkomoko y’ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’icyakorwa mu kurica

Minisiteri y’Uburinganire n’iterambere ry’umuryango itanga umuti urambye wo guca burundu ihohoterwa rishingiye ku gitsina, ugomba guturuka ku burere ababyeyi baha abana b’abakobwa n’abahungu bakivuka. Hifashishijwe inyandiko ya MIGEPROF ikomeza igaragaza ko ababyeyi bafite imyumvire yo kurera abana babatandukanya, aho buri gitsina kigira ibikiranga ari nabyo bitera ihohoterwa igihe bamaze gukura, bigasaba kubibakuramo byararengeje igihe. MIGEPFOF, itangaza ko imyumvire mibi mu miryango ari intandaro ikomeye ituma abana b’abahungu bakurana imyitwarire igamije guhohotera igitsina gore, naho abakobwa bagakurana imyitwarire yo kumva ko basuzuguritse. Hifashishijwe urugero rw’ubuzima bwa buri munsi, hagaragazwa ko nk’ababyeyi…

SOMA INKURU