Umugabo wo mu gace kitwa Mtendere kari mu nujyi wa Lusaka muri Zambia yafatanye n’umugore w’abandi yari ari gusambanya none baheze mu bitaro by’ako gace kubera kubura akayabo baciwe n’ushaka kubatandukanya. Ibi byabaye kuwa Kabiri w’iki cyumweru ahagana saa mbili z’ijoro ubwo aba bombi barimo guca inyuma abo bashakanye bananirwa kurekurana. Abantu barahuruye ku bwinshi na polisi irahagera bose basanga aba bantu bafatanye nta warekura undi. Umwe mu batangabuhamya witwa Noami Sinkamba yabwiye Diamond TV news,yo muri Zambia ko uyu mugore atazi amazina ukomoka ahitwa Chongwe yahuye n’aka kaga kubera…
SOMA INKURUMonth: March 2023
‘Nishimiye irekurwa rya Paul Rusesabagina’ – Biden
Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yavuze ko yishimiye irekurwa rya Paul Rusesabagina, nyuma yuko mu 2021 yari yakatiwe gufungwa imyaka 25 ahamijwe ibyaha by’iterabwoba. Mu itangazo, Perezida Biden yagize ati: “Nishimiye irekurwa uyu munsi [ku wa gatanu] na Leta y’u Rwanda rya Paul Rusesabagina. “Umuryango wa Paul ufite amashyushyu yo kongera kumwakira muri Leta Zunze Ubumwe [z’Amerika] kandi nsangiye ibyishimo na wo ku nkuru nziza y’uyu munsi. “Nshimiye Leta y’u Rwanda yatumye uku kongera guhura gushoboka, nshimiye kandi Leta ya Qatar yagize uruhare mu irekurwa rya Paul…
SOMA INKURUIhohoterwa rikorerwa abagabo intandaro y’amakimbirane ya hato na hato mu miryango
Bamwe mu bayobora utugari n’imidugudu yo mu turere twa Rubavu na Musanze baravuga ko hari abagabo bahohoterwa n’abagore bashakanye ariko ntibatere intabwe yo kugana inzego ngo zibafashe ngo bikaba bikomeje guhembera amakimbirane yo mu miryango. Ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu miryango, n’intego yo kugira umuryango utuje kandi utekanye, nk’imwe mu nzira y’iterambere ry’umuryango Nyarwanda muri rusange, nubwo hari henshi bakomeje kwesa imihigo yo gukemura amakimbirane yo mungo hari abayobora utugari n’imidugudu yo mu turere twa Rubavu na Musanze, bavuga ko hari aho abagore bashaka kurenga iryo hame bagahohotera abagabo ibintu bikomeza…
SOMA INKURUGoma:Abo mu bwoko bw’Abatutsi bari gutabwa muri yombi bashinjwa gukorana na M23
Abanye congo bo mu bwoko bw’Abatutsi batuye mu mujyi wa Goma ,bakomeje guhohoterwa n’inzego zishinzwe umutekano ,aho bari gutabwa muri yombi umusubirizo bakagerekwaho ibyaha byo gukorana n’umutwe wa M23. Urwego rushinzwe ubutasi muri Repubulika Iharaniranira Demokarasi ya Congo ANR(Agence National de Reseignment) ruvuga ko rwataye muri yombi abavuga Ikinyarwanda bagera kuri batanu mu mujyi wa Goma, bari mu bikorwa byo gukangurira urubyiruko kujya muri M23 . Lt Col Guillaume Ndjike Kaiko Umuvugizi w’ingabo za FARDC zo muri regiyo ya 34 ikorera muri Kivu y’Amajyaruru, yeretse itangazamakuru abatawe muri yombi ejo…
SOMA INKURUPolisi ya Dubai yataye muri yombi uwigize umusabirizi kandi ari umuherwe
Polisi ya Dubai yataye muri yombi umusabirizi wari wigize nk’umuntu wacitse akaguru yahishe amafaranga yo muri iki gihugu angana n’ibihumbi 300, ni ukuvuga arenga miliyo 89 z’amanyarwanda yayahishe mu nsimburangingo itari iy’ukuri. Uyu mugabo yatawe muri yombi ku wa kane w’icyumweru gishize na Polisi ya Dubai bivugwa ko ari umuco umaze gusakara mu banyamahanga bajya muri iki Gihugu. Ikinyamakuru Gulf News kivuga ko uyu mugabo winjiye muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu afite viza yo gusura, yafatiwe aho yasabiraga imfashanyo hafi y’imisigiti ndetse no mu duce dutuwemo n’abantu benshi, ahita yoherezwa…
SOMA INKURURetraites : Emmanuel Macron s’adresse aux Français pour tenter d'”apaiser” la colère
Alors que la contestation ne faiblit pas après l’adoption au forceps de la réforme des retraites, le président français Emmanuel Macron doit s’exprimer mercredi lors d’une interview télévisée à 13 h. Il a appelé mardi son gouvernement à “apaiser” et “écouter les colères”, tout en estimant que “la foule” n’avait pas de “légitimité” face aux élus. Emmanuel Macron va s’adresser mercredi 22 mars aux Français lors d’une interview télévisée très attendue, pour tenter d’”apaiser” la colère contre sa réforme des retraites adoptée au forceps et d’expliquer comment il entend surmonter cette crise sans…
SOMA INKURURwandan MPs propose one-month paternity leave
Some lawmakers have proposed that paternity leave be increased from the current four days to 30 days, with a view to enable a father to give adequate care to the mother as well as bond with the newborn. The lawmakers made the proposal on Tuesday, March 21, as the Lower House’ Committee on Social Affairs started scrutinising a bill that seeks to amend the 2018 law governing labor in Rwanda. ALSO READ: Activists call for paternity leave to be increased to six weeks Among other proposals, the bill provides for maternity…
SOMA INKURUSouth Korean opposition leader indicted for alleged corruption
Leader of left-leaning Democratic Party faces charges including bribery, breach of duty and conflict of interest. South Korea’s opposition leader Lee Jae-myung has been indicted on corruption charges related to real estate developments and a football club he oversaw during a stint as a city mayor. Lee, the leader of the left-leaning Democratic Party, faces charges including bribery, breach of duty, conflict of interest and concealment of criminal proceeds stemming from his time as mayor of Seongnam, South Korea’s state-funded Yonhap News Agency reported on Wednesday. Seoul Central District Prosecutors…
SOMA INKURUAlgerian president says Morocco ties reach ‘point of no return’
The North African neighbours have been locked in a bitter rivalry for decades over the disputed territory of Western Sahara. Algeria’s relations with Morocco have reached “the point of no return”, according to Algerian President Abdelmadjid Tebboune, the latest evidence of the continued poor relationship between the two countries, which broke off relations in 2021. Speaking to Al Jazeera in an interview on Tuesday, Tebboune said that while he regretted the deteriorating relations between Algeria and its neighbour, he blamed Morocco for the current state of affairs. “We have practically…
SOMA INKURUAbaturarwanda baraburirwa n’iteganyagihe ry’iminsi 8 isigaye
Iteganyagihe ry’iminsi 10 ryasohowe kuri uyu wa Mbere, rigaragaza ko hazagwa imvura iri hagati ya milimetero 30 na 180, ikazaba iri hejuru y’impuzandengo y’imvura igwa muri iki gice. Ikigo gishinzwe ubumenyi bw’ikirere mu Rwanda (Meteo Rwanda) cyateguje ko mu minsi icumi iri imbere hateganyijwe imvura nyinshi cyane irimo n’inkuba, gisaba abaturage kurushaho kwitwararika. Ni iteganyagihe ry’igice cya gatatu cy’ukwezi kwa Werurwe 2023, ni ukuvuga kuva tariki ya 21 kugeza tariki ya 31. Meteo Rwanda yakomeje iti “Ingano y’imvura iteganyijwe izaba iri hejuru y’ikigero cy’impuzandengo y’imvura isanzwe igwa mu gihugu. Ikigero…
SOMA INKURU