Tour du Rwanda: Abanyarwanda bari biteze gutwara agace ka mbere bibananiye ku munota wa nyuma

Ku nshuro ya mbere irushanwa ry’amagare rya Tour du Rwanda ryatangiriye mu ntara, aho ryatangiriye ahazwi nk’iwabo w’amasiganwa y’amagare mu karere ka Rwamagana mu ntara y’iburasirazuba, aho abakinnyi b’abanyarwanda bahatanye kugeza ku munota wa nyuma, aka gace ka mbere kakegukanwa n’umunya algeriya. Aka gace ka mbere kari ibirometero bisaga 104, aho abasiganwaga bazengurutse mu mujyi wa Rwamagana, kuva aho bita muri Arete bakazenguruka ahazwi nka Poids rould, Azzedine Lagab wo muri Algeria yegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda, Azzedine yegukanye iri siganwa akoreshe igihe kingana n’amasaha 2h12min21sec ku…

SOMA INKURU

Kudasobanya babigishije ntabwo ari iby’akarasisi gusa-Perezida Kagame

Perezida wa repuburika Paul Kagame yashoje itorero ry’Indangamirwa icyiciro cya 11 aho yabasabye gutekereza cyane ku masomo bahawe, ibi yabivugiye mu kigo cya Gisirikare cya Gabiro mu karere ka Gatsibo. Mu mpanuro z’umukuru w’igihugu Paul Kagame yagejeje ku bari bitabiriye uyu muhango yasabye urubyiruko kwita ku masomo bahawe yagize ati “kudasobanya babigishije ntabwo ari iby’akarasisi gusa, ku buryo amaguru n’amaboko bitagendera hamwe kudasobanya ni mu bitekerezo, mu mutwe no mu mikorere, gutekereza guhuza uko utekereza n’ibikorwa ntihakwiriye kubaho gusobanya”. Umukuru w’igihugu Perezida Kagame yakomeje abwira uru rubyiruko ko rukwiye kwirinda…

SOMA INKURU

Impanuro abasoje Itorero Indangamirwa bahawe na Perezida Kagame

Mu gusoza Itorero Indangamirwa icyiciro cya 11 mu kigo cy’imyitozo ya Gisirikare i Gabiro, ku wa 5 Kanama 2018 ni ukuvuga kuri iki cyumweru, Umukuru w’Igihugu yabanje kwitegereza uko abitabiriye iri torero bashyira mu bikorwa amasomo ya gisirikare bahawe, aho berekanye uko barwanya umwanzi wateye bifashije imbunda, banerekana uko barwanya umwanzi batifashije intwaro, ibizwi mu mikino njyarugamba, mu butumwa bwe yabasabye guhitamo icyateza igihugu imbere. Iri torero ryasojwe rikaba ryari ryitabiriwe n’Abanyarwanda biga mu mahanga,  urubyiruko rwabaye indashyikirwa muri za minisiteri n’ibigo bya leta, abayobozi b’ibigo by’amashuri mu turere n’intore…

SOMA INKURU

Haravugwa byinshi ku mukino wa chelsea na man city nyuma yo kujyenda kwa antonio conte

Mu gihe habura amasaha abiri Abatari bake baribaza niba nyuma yo kujyenda kwa Antonio conte Chelsea ibasha kwikura imbere ya mancity kuri iki cyumweru saa kumi z’igicamunsi. Uyu mukino akaba ari nawo uri butangize shampiyona y’Ubwongereza (season 2018-2019). Akaba ari kuri icyi cyumweru rwambikana hagati y’ikipe ya Chelsea na man city mu guhatanira igikombe gihuza ikipe yatwaye igikombe cya shampiyona n’iyatwaye igikombe cya AF cup (community shield) uyu mupira ukaba uribubere kuri stade nkuru y’igihugu cy’u Bwongereza yitwa Wembley stadium. Man city akaba ariyo yatwaye igikombe cya shampiona cy’umwaka wa…

SOMA INKURU