Serivise ku bivuriza kuri mitiweli zikomeje kunozwa

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera, yatangaje ko kuri ubu hongerewe ubushobozi n’imiti itangirwa kuri ‘Mutuelle de Sante’ iriyongera ikaba igeze ku 1500 ivuye kuri 800 yari iriho mu bihe byashize. Yagize ati “Bitewe n’indwara abaturage bakunze kwivuza, byabaye ngombwa ko ikigega cya mituweri gishyiramo serivisi nshya, zirimo indwara zitandura nk’imiti ya kanseri, imiti y’indwara z’umutima, insimburangingo…” Yakomeje agaragaza ko hari gahunda yo gukemura ibibazo bishingiye ku miti abaturage bakunze kugaragaza ko badahabwa iyo bivurije kwa muganga ahubwo bagasabwa kujya kuyigurira hanze y’ibitaro. Ati “Hari ukongera imiti…

SOMA INKURU

Indwara zo mu matwi ku isonga mu ndwara 20 zivuzwa na benshi

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cyita ku Buzima (RBC), igaragaza ko indwara zifata mu matwi ziri ku rutonde rw’indwara 20, ziza imbere y’izivuzwa n’umubare munini w’abagana ibitaro byo hirya no hino mu gihugu MU Rwanda. Mu bantu babarirwa mu bihumbi 390 bo mu Rwanda bafite hejuru y’imyaka itanu, byagaragaye ko bafite ubumuga, muri bo abagera ku bihumbi 42 bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga, kandi ahanini bituruka ku ndwara zo mu mu matwi ziba zitaravuwe neza. Kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, hakaba hatangijwe ku mugaragaro ubuvuzi bw’indwara zo mu…

SOMA INKURU

The Alarming Rise of Cervical Cancer in Rwanda: Causes, Impact, and Prevention Measures

In recent years, Rwanda has witnessed a troubling increase in cervical cancer cases, a condition that has become one of the leading causes of cancer related deaths among women. Despite advancements in healthcare, the rising number of cases has sparked concern across the country, urging authorities, healthcare professionals and the public to take urgent action. This article delves into the causes behind the increase in cervical cancer in Rwanda, explores its impact on women and their families, and discusses what can be done to prevent the disease. Through personal testimonies,…

SOMA INKURU

Grippe et Changement Climatique : Un Lien Invisible, mais Croissant

Le changement climatique a des impacts visibles sur l’environnement, mais il influence également notre santé de manière plus subtile, notamment par le biais des maladies respiratoires comme la grippe. Au fil des années, les experts ont observé un lien de plus en plus significatif entre les perturbations climatiques et la propagation de certaines maladies infectieuses. Bien que la grippe soit une maladie saisonnière qui touche principalement pendant les mois froids, les fluctuations de température liées au réchauffement de la planète affectent la propagation du virus de la grippe, ainsi que…

SOMA INKURU

Harateganywa impinduka zinyuranye muri serivise z’ubuzima

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko bitarenze tariki 1 Nyakanga 2025,mu rwego rw’ubuzima hagiye kubamo impinduka zinyuranye hagamijwe gutanga serivise y’ubuzima inoze. Muri izo mpinduka harimo kuba amavuriro y’ibanze arimo ibigo nderabuzima ndetse na Poste de santé bigiye kujya byishyurwa n’ibigo by’ubwishingizi mbere yo gutanga serivisi, bitandukanye n’uko byari bisanzwe bikorwa. Minisitiri Dr Nsanzimana yavuze ko kwishyura mbere bigiyeho mu rwego rwo gukemura ibibazo by’amikoro, bikunze kugaragara muri aya mavuriro kuko uburyo busanzwe bukoreshwa bwo kwishyurwa nyuma budindiza serivisi zitangirwa, kuko yakoreshaga amafaranga make na yo agatinda kubageraho. At:…

SOMA INKURU

Philippines: les nouveaux combattants du VIH

Alors que des progrès significatifs pour freiner la propagation du VIH ont été réalisés à l’échelle mondiale, les Philippines enregistrent la croissance la plus rapide d’infections au virus du sida dans le monde, selon ONUSIDA. Une situation qui s’explique notamment par une éducation sexuelle déficiente et des discriminations envers les personnes séropositives, dans ce pays d’Asie du Sud-Est profondément catholique. Nos correspondants, Nejma Bentrad et Alban Alvarez, ont suivi les citoyens engagés, qui luttent contre cette épidémie silencieuse. En février 2018, dans un discours prononcé à Manille devant des travailleurs…

SOMA INKURU

Abagenewe urukingo rwa virusi itera SIDA ni bantu ki? Rumara igihe kingana iki?

Gahunda yo gutanga urushinge rukumira ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA “Cabotegravir (CAB-LA)”, yatangijwe mu Rwanda tariki 3 Mutarama 2025, itangirizwa mu bigo nderabuzima bya Gikondo na Busanza biherereye mu mujyi wa Kigali. Uru rushinge ruterwa umuntu utarandura virusi itera SIDA, urwa mbere rukamara ukwezi na ho urwa kabiri rukamara amezi abiri, bivuze ko buri mezi abiri uwahisemo ubu buryo asubira kwiteza urushinge. Iyi gahunda ikaba yaragenewe abafite ibyago byinshi byo kwandura virusi itera SIDA kurusha abandi, barimo abakora uburaya, ababana n’abo bashakanye umwe ari muzima undi yaranduye n’abandi. Umuyobozi…

SOMA INKURU

MINISANTE yakanguriye abaturarwanda gukaza ingamba mu kwirinda indwara y’ibicurane

Ibinyujije ku rukuta rwayo rwa X, Minisiteri y’Ubuzima yibukije abaturarwanda ko bakwiriye kwirinda indwara y’ibicurane muri aya mezi ya mbere y’umwaka cyane koigira ubukana mu gihe cy’ubukonje. Ubu bwoko bw’ibicurane bwa “Influenza A” buterwa na virusi yitwa Influenza ikaba yibasira abantu mu gihe cy’ubukonje cyane, ikaba ikunda kwibasira cyane abana bari munsi y’imyaka itanu, abagore batwite n’abantu bashaje bafite intege nke. Imibare ya Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko kuva mu mwaka wa 2022 kugeza muri uyu mwaka abasanganywe iyi ndwara ya Influenza A mu gihugu hose bangana na 6.6%. Ibiranga uwafashwe…

SOMA INKURU

Minisiteri y’Ubuzima iratanga impuruza ku ndwara ya Malaria

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 4 Mutarama 2025, mu butumwa bw’amashusho, Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yashishikarije abaturarwanda gukaza ingamba zo kwirinda Malaria. Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda itangaza ko mu isuzuma yakoze mu turere twiganjemo Malaria muri iyi minsi, yasanze imibu itera iyi ndwara isigaye iruma abantu hakiri kare, mbere yo kujya mu nzu, bityo ko hakwiye gushyirwa imbaraga mu gusenya indiri iyo mibu yororokeramo. Mu isuzuma Minisante yakoze ngo yasanze imibu itera Malaria yarahinduye uburyo bwo kwanduza ku buryo izi ngamba zari zisanzweho zitagihagije ngo zikumire iyi ndwara.…

SOMA INKURU

Bugesera-Gashora: Kwegerezwa amazi meza byabahinduriye ubuzima

Kubona amazi meza kandi hafi yabo byabaye imbarutso y’impinduka ikomeye y’imibereho ku miryango inyuranye yo mu murenge wa Gashora, mu karere ka Bugesera. Ku ikubitiro abagore n’abana bakize imvune zikabije z’urugendo rw’amasaha 2 bakoraga bajya gushaka amazi ku byuzi, ariko n’ubundi ntibibuze ko intonganya n’amakimbirane bikomoka ku mwanda birangwa mu miryango itari mike. Aya makimbirane abagore n’abagabo batandukanye bo muri uyu murenge bemeza ko hari abagore yaviragamo kwahukana, abagabo bakigira mu nshoreke zibona umwanya wo kwiyitaho. Nzabirinda Damascene, umworozi wo murenge wa Gashora, akaba umugabo ufite umugore n’abana 3, atangaza…

SOMA INKURU