Mu mujyi wa Goma mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo herekanwe itsinda ry’abantu 15 batawe muri yombi kuwa gatandatu tariki 24 Kanama 2024 mu gikorwa cya buri cyumweru kiswe “Safisha Mji wa Goma” (Sukura umujyi wa Goma). Iki gikorwa cyakozwe rwihishwa kugira ngo abategetsi ba RDC bita abacengezi batabimenya. Umuyobozi w’umujyi wa Goma (Kivu y’Amajyaruguru), Superintendent Faustin Kapend Kamand, yatangaje ko muri abo bafashwe harimo abantu 8 bakurikiranweho gushaka abantu bajya mu mutwe w’inyeshyamba za M23 ko ndetse itsinda ryabo ngo ryavumbuwe kandi rinafatwa n’inzego z’ubutasi zo mu…
SOMA INKURUCategory: Amakuru yo mu Mahanga
Perezida Ndayishimiye yakebuye abarundi bavuga ko amafaranga yabo yataye agaciro
Kuri uyu wa 12 Kanama 2024, mu kiganiro n’abanyamakuru Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yavuze ko bidakwiye kugereranya ifaranga ry’u Burundi n’andi mpuzamahanga, kuko mu gihugu cyabo ho ryihagije. Igipimo cy’ivunja ry’amafaranga kigaragaza idolari rya Amerika kugeza kuri uyu wa 13 Kanama 2024, rifite agaciro kangana n’ak’amafaranga y’u Burundi 2881,8. Uyu Mukuru w’Igihugu yagaragaje ko Abarundi bagereranya ifaranga ry’u Burundi n’andi yo mu bihugu bikomeye bafite ikibazo cy’imyumvire. Yagize ati “Mufite ingorane kuko abo hanze bababeshye. Muza gupima ku munzani irirundi n’idolari. Mwebwe iyo mupima ayo mafaranga, muba mwatakaye. Pima…
SOMA INKURUIngabo z’Ubushinwa mu myitozo n’ibihugu 2 bya Afurika
Kuva tariki 29 Nyakanga 2024 nibwo ingabo z’Abashinwa, Mozambike na Tanzaniya zatangiye gukora imyitozo ihuriweho yitiriwe amahoro n’ubumwe ya 2024 muri Tanzaniya, yibanda ku bikorwa bya gisirikare byo kurwanya iterabwoba. Ingabo z’Abashinwa bitabiriye iyi myitozo ya Peace Unity 2024 zigizwe n’amatsinda abiri: imitwe y’ingabo zo ku butaka yoherejwe n’Ubuyobozi bukuru bw’igisirikare cy’u Bushinwa (PLA) mu gice cyo hagati mu gihugu, hamwe n’imitwe y’Ingabo zo mu mazi yoherejwe n’ubuyobozi bwa PLA mu gice cy’Amajyepfo. Imitwe yo ku butaka igizwe n’ingabo zo mu itsinda rya 82, abashinzwe amakuru n’itumanaho, n’ibitaro bya gisirikare.…
SOMA INKURUKamara Harris yaba ariwe mugore ugiye gukora amateka muri USA
Nyuma y’aho Perezida Joe Biden atangarije kwikura mu guhatanira kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika,visi perezida we Kamala Harris niwe uri guhabwa amahirwe mu ishyaka ry’Abademokarate yo guhangana na Donald Trump mu kwezi k’Ugushyingo 2024, yatsinda amatora akaba akoze amateka y’umugore wa mbere uyoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Umushakatsi akaba n’umwarimu wigisha muri kaminuza iby’imiyoborere y’abaperezida muri Miller Center, Kaminuza ya Virginia, Barbara Perry, yatangarije africanews ko Kamara Harris afite ibikorwa bimuha amahirwe yo guhatanira kuyobora igihugu cy’igihangange nka Amerika. Ati: “Yarenze inzitizi aba umugore wa mbere utari umuzungu…
SOMA INKURUHaranugwanugwa uzasimbura ku butegetsi Kim Jong-Un
Ikigo gishinzwe ubutasi muri Koreya y’Epfo cyatangaje ko umukobwa wa Kim Jong-un, amaze igihe ahabwa amasomo ajyanye n’imiyoborere kugira ngo azasimbure se ku buyobozi bwa Koreya ya Ruguru. Kim Jong-Un yatangiye kuyobora Koreya ya Ruguru mu 2011, nyuma y’urupfu rwa Kim Jong-il. Ibijyanye n’aya makuru y’uru rwego rw’ubutasi byatangajwe Bloomberg cyatangaje ko uru rwego rw’iperereza kuwa Mbere tariki 29 Nyakanga 2024, rwakoze inama ari nayo rwagaragarijemo ko uyu mukobwa wa Kim Jong-Un witwa Kim Ju-ae ariwe uzayobora igihugu nyuma ya se. Aya makuru atangajwe nyuma y’igihugu uyu mukobwa amaze agaragara…
SOMA INKURUUganda: Iby’imyigaragambyo bikomeje guhindura isura
Ibinyamakuru byo muri Uganda biri kwandika ku myigaragambyo iri kuhabera byatangaje ko ibyamamare byagerageje kuyitabira bari gutabwa muri yombi isaha ku yindi. Ibi bibaye mu gihe Polisi yo muri Uganda ihanganye bikomeye n’urubyiruko rwigabije imihanda mu myigaragambyo bise ‘March2Parliament’. Umwe mu batawe muri yombi hakiri kare ni umunyarwenya Obed Lubega uzwi nka Reign uyu akaba yaramamaye mu itsinda ‘Maulana&Reign’ watawe muri yombi mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Nyakanga 2024 akaba yahise ajyanwa gucumbikirwa kuri sitasiyo ya Polisi ya Nateete. Undi watawe muri yombi mu rubyiruko rukomeje imyigaragambyo rwamagana…
SOMA INKURUKamara Harris yivuze imigabo n’imigambi
Visi perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Kamala Harris yatangaje ko ashaka kunga ishyaka rye, kunga igihugu no gutsinda Donald Trump mu matora yo mu Ugushyingo uyu mwaka wa 2024.9 Harris yatangaje ibi nyuma y’uko ashyigikiwe n’abitwa aba ‘delegates’ cyangwa se intumwa z’ishyaka ry’abademokarate zihagije kugira ngo yemezwe nk’umukandida w’ishyaka ryabo mu matora ya perezida. Mu itangazo, Kamala Harris yavuze ko ashimira Perezida Joe Biden “na buri wese mu ishyaka ry’abademokarate bamaze kungirira icyizere”. Kugeza ku wa mbere nijoro, Harris yari amaze gushyikirwa n’intumwa 1,976 zikenewe ngo atsinde ku…
SOMA INKURUKenya: Five die as President Ruto deploys military to quell protests
At least five protesters have reportedly been shot dead by police in Kenya and a section of parliament has gone up in flames as demonstrations against new tax proposals escalate. An angry crowd breached police lines to storm parliament in the capital Nairobi before setting parts of it ablaze. In an address on Tuesday evening, President William Ruto said that an otherwise peaceful protest mainly by young Kenyans was infiltrated by ‘criminals’ and he said that all means would be deployed to “thwart any attempts by dangerous criminals to undermine…
SOMA INKURUPrésidentielle américaine : Donald Trump en quête du soutien des chrétiens évangéliques
L’ancien président américain Donald Trump a appelé, samedi, les chrétiens évangéliques à voter pour lui lors de l’élection présidentielle de novembre. Se présentant comme un défenseur de la liberté religieuse, le milliardaire a assuré aux évangéliques, qui ont été déterminants dans son accession au pouvoir en 2016 et dont beaucoup restent très loyaux, qu’il continuerait à protéger leur foi. Un appel du pied appuyé. L’ex-président américain Donald Trump a exhorté samedi 23 juin les chrétiens évangéliques, essentiels pour sa course à la Maison Blanche, à voter pour lui lors de la présidentielle…
SOMA INKURUIsura nshya mu butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Nyuma yo kugirwa Minisitiri w’intebe, Madame Judith Suminwa Tuluka afatanije na Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo yatangaje abagize Guverinoma nshya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Abagize iyi leta bari mu bice bigera kuri bitanu. Hari igice kigizwe n’aba minisitiri b’intebe bungirije, ba minisitiri ba leta, minisitiri, intumwa(minisitiri delegués) na ba visi minisitiri. Jaquemain Shabani yahawe kuyobora ibikorwa by’imbere mu gihugu, ushinzwe ubwikorezi yagizwe Jean Pierre Bemba, ubwunganizi Gay Kabombo, ubukungu Daniel Mukoko Samba, mu gihe ushinzwe abakozi ba leta ari Lihahu Ebula naho Guylain Nyembo yashizwe ibijanye no gukora gahunda…
SOMA INKURU