Imibereho ya muntu igengwa n’ubwoko bw’amaraso ye

Uko ubwoko bw’ amaraso butandukanye ni nako n’ imyitwarire y’ abantu igenda itandukana, hanagendewe ku gitsina,  imyitwarire ituruka ku ruhererekane rw’ imiryango (genetics) ibi byose bigira uruhare runaka mu myitwarire y’ umuntu nk’ uko byagiye byerekanwa n’ ubushakashatsi butandukanye. Mu bushakashatsi bwakozwe n’ impuguke zo mu Buyapani, zagaragaje ko abafite bene aya maraso ari abantu basabana kandi igihe cyose baba biteguye gufungura ubucuti. Mu bijyanye n’ imyitwarire, umuntu ufite amaraso ya A yihugiraho, gusa ariko akaba umuntu wihangana, wifata agapfira muri Nyagasani. Ikindi ni uko ari umuntu ubasha kureba kure,…

SOMA INKURU

Single-use plastics: Environmentalists seek solutions for imported good

As Rwanda continues with its ambitious efforts to phase out single-use plastics, environmentalists have pointed out some key challenges, one of which is imported goods packaged in single-use plastics. In 2019, the country’s parliament passed a law prohibiting the manufacture, importation, use and sale of single-use plastic items in Rwanda, including plastic bags, cups, straws, coffee stirrers, soda and water bottles, and most food packaging materials. Since then, both the private and public sectors have been working to implement the law through activities including the establishment of companies that manufacture…

SOMA INKURU

Le cancer du col de l’utérus c’est quoi ?

Le cancer du col de l’uterus est provoqué par des virus appelés papillomavirus humains (HPV). Ces virus présents sur les tissus et les muqueuses se transmettent le plus souvent lors de rapports sexuels, avec ou sans pénétration. Il s’agit de l’infection sexuellement transmissible (IST) la plus fréquente. La plupart des hommes et des femmes seront infectés par ce virus au cours de leur vie. Le préservatif ne permet pas de s’en protéger complètement.  Dans environ 90 % des situations, l’infection à HPV disparaît spontanément dans les deux ans. Mais il arrive…

SOMA INKURU

ICC yashyizeho impapuro zita muri yombi abasirikare bo ku rwego rwo hejuru b’Uburusiya

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha “ICC” rwasohoye impapuro zo guta muri yombi ba komanda bo ku rwego rwo hejuru mu ngabo z’Uburusiya baregwa gukora ibyaha byo mu ntambara muri Ukraine. Liyetona Jenerali Sergei Kobylash na komanda w’amato y’intambara, Viktor Sokolov, ni bo bagabo babiri batangajwe na ICC. Iki ni icyiciro cya kabiri cy’impapuro za ICC zo guta muri yombi abategetsi bo mu Burusiya, bijyanye n’intambara yo muri Ukraine. Iza mbere zasohorewe Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin n’intumwa ye ishinzwe uburenganzira bw’abana, muri Werurwe (3) mu 2023. Uburusiya ntibwemera ICC, ibi bituma bidashoboka ku…

SOMA INKURU