Intambwe zagufasha kurwanya agahinda gakabije

Kwigunga mu buzima cyangwa kwiheba bishobora kuba kuri wese, ariko igihe kiragera bigashira. Bishobora kuba uburwayi mu gihe uhora wumva ubabaye cyangwa wigunze buri gihe, wagerageza no kubyikuramo bikakunanira. Ku rubuga rwa sante.fr hatangazwa ko iyi ndwara ivurwa, gusa mbere yo kureba muganga hari ibyo nawe ushobora gukora bikaba byagufasha kubaho ubuzima wishimiye. Ibintu 14 wakora bikagufasha guhangana n’indwara y’agahinda gakabije Sangiza abandi ubuzima bwawe. Urugero: akazi ukora, aho utuye, amateka yawe, ibyo wagezeho mu buzima, ibyo wifuza kugeraho, mbese ubuzima bwawe bwa buri munsi ugerageze kubiganira n’abo wisanzuraho cyane.…

SOMA INKURU

Parike y’Ibirunga yabahinduriye ubuzima

Abaturage bo mu murenge wa Kinigi, mu karere ka Musanze batangaza ko ubukerarugendo bukorerwa muri Parike y’Igihugu y’Ibirunga baturiye bwabafashije guhindura imibereho ari nako batera ikirenge mu iterambere. Ibikorwa by’iterambere bakesha Parike y’Ibirunga binagaragarira amaso iyo ukinjira mu murenge wa Kinigi aho ubona ko abacuruzi bakomeje kuvugurura inyubako zabo bazirimbishaho amakaro nk’amarembo ba mukerarugendo binjiriramo bagiye gusura ingagi. Abatuye Kinigi bavuga ko bishimira iterambere bamaze kugeraho bitewe n’umusaruro uturuka kuri Parike y’Igihugu y’ibirunga kuko ubu iwabo ibikorwaremezo birimo amashuri, inyubako zigezweho, ikigonderabuzima cya Kinigi, amashanyarazi, amazi n’umuriro byose byahageze. Kuri…

SOMA INKURU

Nyuma yo guhurira muri filime zinyuranye bambikanye impeta y’urukundo

Inkuru yo gusezerana kwa Zoë Kravitz wamamaye muri filime zirimo Batman na Channing Tatum,  yagiye hanze nyuma yo gusohokana mu birori bya Halloween kw’aba bombi, aho Zoë Kravitz yerekanye impeta yambitswe na Channing Tatum wakinnye muri filime zirimo, White House Down, Step Up ,The Lost City, Magic Mike’s Last Dance n’izindi. Zoë Kravitz wari uherekejwe n’umukunzi we muri ibi birori yaserutse yambaye nka Rosemary Woodhouse wo muri filime iri mu cyiciro cy’iziteye ubwoba “Rosemary’s Baby” yo mu 1968. Zoë Kravitz aherutse gutangariza GQ Magazine ko umukunzi we Channing Tatum w’imyaka…

SOMA INKURU

Rwanda: Urubyiruko rusaga ibihumbi 3000 ruturuka mu turere twose rugiye guhabwa imirimo

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), cyandikiye Uturere twose mu Rwanda, gisaba ubufatanye mu ibarura ry’imirimo n’aho ikorerwa, rizakenera urubyiruko rugera kuri 3936 muri Mutarama 2024. Iri barura ryiswe ’Establishment Census 2023’, rizaba rikozwe ku nshuro ya gatanu mu Rwanda, rikaba rigamije kugaragaza imirimo itandukanye ikorerwa mu Rwanda, umubare w’ibigo iyo mirimo ikorerwamo n’aho biherereye. Iri barura kandi rizaba rigamije kumenya imirimo ibyara inyungu mu bigo byose biri mu Rwanda, kumenya umubare w’abakozi bari muri ibyo bigo hakurikijwe igitsina, ubwenegihugu, ubwoko bw’amasezerano y’akazi, hamwe no kumenya urwego buri kigo kibarizwamo. NISR yifuza…

SOMA INKURU

Rulindo: Gitifu w’umurenge akurikiranyweho ibyaha bitanu birimo gusambanya umwana w’umuhungu

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Mbogo, mu karere ka Rulindo, yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 15 y’amavuko. Ku wa Mbere tariki 30 Ukwakira 2023, nibwo uyu muyobozi yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB. Bikekwa ko iki cyaha uyu Munyamabanga Nshingwabikorwa yagikoreye mu kagari ka Gasharu, mu murenge wa Kicukiro, mu karere ka Kicukiro. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko uyu munyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Mbogo, akurikiranyweho ibyaha bitanu. Ati “Akurikiranyweho ibyaha bitanu bikurikira, gusambanya umwana, gusaba cyangwa gukora…

SOMA INKURU

Uko ubuzima bwa Yves Kimenyi buhagaze nyuma yo kugira imvune ikomeye

Umunyezamu Kimenyi Yves wa AS Kigali yabazwe neza,ku wa Mbere tariki ya 30 Ukwakira 2023 nkuko byatangajwe n’iyi kipe ye kuri uyu wa 31 Ukwakira. Uyu munyezamu wakiniwe nabi na rutahizamu wa Musanze FC, Peter Agblevor ku cyumweru gishize, yamaze kubagirwa mu Bitaro by’Inkuru Nziza biherereye i Gikondo. AS Kigali ibinyujije kuri X (Twitter), yatangaje ko kubagwa kwa Kimenyi byagenze neza ndetse bitanga icyizere ko azakira vuba. Bati “Amakuru agezweho ku munyezamu wacu, Kimenyi Yves. Ejo kubagwa byagenze neza kandi umukinnyi wacu arimo koroherwa.” AS Kigali yakomeje igira iti “Turashimira…

SOMA INKURU

Gitifu w’umurenge wanyereje amafaranga y’abaturage yakatiwe

 Mwenedata Olivier wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Gahara, mu karere ka Kirehe,  yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu no kwishyura amafaranga yanyereje n’Urukiko rwisumbuye rwa Ngoma, akaba yahamijwe icyaha cyo kunyereza umutungo w’abaturage. Yatawe muri yombi tariki ya 12 Nyakanga 2023, nyuma yo gufatirwa mu murenge wa Kigina nk’uko byemejwe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB. Tariki ya 23 Ukwakira 2023, Urukiko rwisumbuye rwa Ngoma rwaburanishije mu mizi uyu muyobozi, hemezwa ko umwanzuro uzasomwa tariki ya 30 Ukwakira. Mwenedata yakatiwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 30 Ukwakira 2023, nyuma yo kugubwa  gitumo ari kubikuza…

SOMA INKURU

Iki ni igihe cy’intambara, nta gahenge kagomba kubaho- Benjamin Netanyahu

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yavuze ko nta gahenge kagomba kubaho mu ntambara na Hamas, avuga ko iki ari “igihe cy’intambara”. Mu kiganiro n’abanyamakuru ari i Tel Aviv mu ijoro ryo ku wa mbere, Netanyahu yavuze ko ashaka gusobanura neza aho Israel ihagaze, agira ati: “Nkuko Amerika itari kwemera agahenge nyuma y’iraswa rya Pearl Harbour [bikozwe n’igisirikare cy’Ubuyapani mu ntambara ya kabiri y’isi] cyangwa nyuma y’igitero cy’iterabwoba cyo ku itariki ya 11 Nzeri (9) [mu 2001], Israel ntizemera guhagarika imirwano na Hamas nyuma y’ibitero biteye ubwoba byo ku itariki…

SOMA INKURU

DR Congo ceasefire breaches: AU rethinks peace interventions

The African Union is rethinking future intervention missions in conflict zones as ceasefire breaches in the Democratic Republic Congo are forcing the East African Community Regional Force (EACRF) into combat, The East African reports. The African Union first launched its Disarmament, Demobilisation and Reintegration programme in 2011, targeting conflicts like the one in the DRC. This week, the continental bloc said its fourth phase of disarmament programmes in conflict zones will largely rely on local peace solutions backed by data. The UN Department of Peace Operations and the World Bank are…

SOMA INKURU

Des États-Unis à l’Europe, des initiatives pour mieux encadrer l’intelligence artificielle

Tandis que le président américain Joe Biden a signé lundi un décret destiné à mieux encadrer l’usage de l’intelligence artificielle dans les entreprises, le Royaume-Uni ouvre ce jeudi un grand sommet consacré aux risques associés à l’IA. Le Premier ministre britannique Rishi Sunak mise gros sur cette conférence à laquelle plusieurs dirigeants internationaux doivent participer. “Pour réaliser les promesses de l’IA et éviter les risques, nous devons gouverner cette technologie. Il n’y a pas d’autre solution”. C’est en ces termes que Joe Biden a présenté lundi 30 octobre son nouveau décret…

SOMA INKURU