Ejo hashize Ku cyumweru tariki ya 28 Ukwakira, mu kiganiro ‘The Dilema of the policing morality’ cyaciye kuri Televiziyo y’igihugu, Edouard Bamporiki bigoranye yasabye imbabazi avuga ko yaguye mu makosa. Mu gusaba imbabazi, Edouard Bamporiki yatangiye avuga ko Paccy ari we ugomba gufata iya mbere agasaba imbabazi bakamubabarira niba ashaka gukomeza kuba intore kuko atari ubwa mbere, yanaganirijwe ubwo yambaraga ubusa agakinga ikoma ku myamya y’ibanga gusa. Edouard Bamporiki yagize ati “Ntabwo njye nasaba imbabazi kuko ibyo nakoze byari bikwiye, wenda uburyo byakozwe ni cyo kibazo, twigira mu makosa, ubutaha…
SOMA INKURUYear: 2018
Abahoze ari abayobozi ba ADEPR bitabye urukiko biregura ku birego bashinjwa
Kuri uyu wa Mbere tariki 29 Ukwakira 2018 nibwo abahoze ari abayobozi ba ADEPR 12 barimo Bishop Tom Rwagasana na Bishop Sibomana Jean bitabye urukiko ngo bisobanure ku byaha bakurikiranyweho birimo kunyereza umutungo no gukoresha impapuro mpimbano. Mbere y’uko iburanisha ritangira, umucamanza yatanze ijambo ku mpande zombi, aho Ubushinjacyaha bwavuze ko abandi bantu 32 baregwa muri iyi dosiye nabo bazanwa mu Rukiko, muri abo bose harezwe 20 ariko abakurikiranwe ni 12, ari nabo bari mu cyumba cy’iburanisha. Abunganira abaregwa bo bavuze ko urubanza rwatangira abahari bakaburanishwa. Me Bizumuremyi Felix yagize…
SOMA INKURUUmutoza wa PSG yaraye yirengagije ubuhangage bwa Mbappe na Rabiot abaha ibihano
Tuchel Thomas Umutoza wa PSG uzwiho kutihanganira imyitwarire mibi,yakuye ku rutonde rw’abakinnyi bagombaga kubanza ku mukino baraye batsinze Marseille ibitego 2 kuri 0, yicaza ku ntebe y’abasimbura abakinnyi be babiri bakomeye Kylian Mbappe na Adrien Rabiot nyuma yo kwitwara nabi kuri Hoteli. Biravugwa ko aba basore bombi batinze kwitabira inama y’ikipe yo gutegura uyu mukino wa Marseille warangiye PSG iyitsinze ibitego 2-0, byatsinzwe na Mbappe na Draxler. Nyuma y’uyu mukino Tuchel yabwiye abanyamakuru ko nawe akunda imikinire y’aba basore bombi ariko ibyo bakoreye mu mujyi wa Marseille byamubabaje bigatuma abakura…
SOMA INKURUAmosomo k’ubwenge bw’ubukorano bushyirwa muri mudasobwa ari gutangirwa mu Rwanda
Uburyo bwo gukora porogaramu zishyirwa muri mudasobwa “Artificial Intelligence”, ku buryo igira ubushobozi bwo gutekereza no kwishakamo ibisubizo hadakenewe uruhare rwa muntu. Aya masomo yiswe “African Masters in Machine Intelligence, (AMMI)” yatangijwe mu Rwanda kuwa 15 Ukwakira 2018, ku bufatanye bwa AIMS, Google na Facebook. Abanyeshuri 35 baturutse mu bihugu 11 bize ibijyanye n’Imibare, Ubugenge n’Ikoranabuhanga ni bo batangiranye n’icyiciro cya mbere. Kizasozwa muri Kamena 2019, abanyarwanda babiri ni bo batoranyijwe mu bazigishwa aya masomo. Perezida wa AIMS akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Ihuriro Next Einstein Forum, Thierry Zomahoun, mu gutangiza aya…
SOMA INKURUImpanuka y’indege yahitanye nyiri ikipe ya Leicester City
Nk’uko byaraye byemejwe na polisi yo mu mujyi wa Leicester yatangaje ko umuherwe nyiri ikipe ya Leicester City yo mu Bwongereza, umunya Thailand Vichai Srivaddhanaprabha n’abandi bantu 5 bari kumwe bitabye Imana nyuma y’impanuka y’indege yabaye kuwa Gatandatu taliki ya 27 Ukwakira 2018 saa mbili n’igice, ubwo indege yaribatwaye yahiriye hafi y’ikibuga cya King Power iyi kipe yakiniragaho,igwa muri Parking nyuma y’aho moteri yayo yagiriye ikibazo. Ibi byabaye nyuma yo kureba umukino ikipe ye ya Leicester City yari imaze kunganyamo na Westham igitego 1kuri 1, indege ya kajugujugu y’uyu nyakwigendera…
SOMA INKURUArabie Saoudite yahakanye uruhare rwayo mu iyicwa rya Jamal Khashoggi
BBC yatangaje ko Arabie Saoudite yahakanye ivuga ko umuryango w’Ibwami uri ku butegetsi nta ruhare wagize mu iyicwa ry’uyu munyamakuru Jamal Khashoggi, ibwegeka ku ntasi zayo zataye umurongo. Byemezwa ko ku ikubitiro, Arabie Saoudite yahakanye yivuye inyuma ko itazi ibyabaye kuri uyu munyamakuru, ariko umushinjacyaha w’iki gihugu ubu noneho avuga ko iyicwa rye ryari ryagambiriwe. Ubwo yafataga ijambo ku wa gatandatu mu nama mu gihugu cya Bahrain, Adel al-Jubeir yashinje ibitangazamakuru by’i Burayi no muri Amerika gutwarwa n’amarangamutima mu buryo bitangaza inkuru zijyanye n’iyicwa ry’uyu munyamakuru. Ibi akaba yarabitangaje nyuma…
SOMA INKURULeta ya Tanzaniya yahagurukiye Wema Sepetu
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ishinzwe itumanaho, Juliana Shonza, n’inama ngenzuzi y’abakinnyi ba filime batangaje ko bagiye kwiga ku kibazo cy’uyu mukinnyi wa filime ukomeye Wema Sepetu nyuma y’amashusho yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram asomana n’umusore bivugwa ko basigaye bakundana wo mu Burundi ndetse hari n’andi yerekanye bari mu buriri, ibi akaba yarabikoze ku itariki 17 Ukwakira 2018. Mu kiganiro na EATV, Juliana Shonza yavuze ko abakora ibiteye isona nk’ibi bagiye guhatwa ibibazo n’inama ngenzuzi y’abakina filime n’iyi Minisiteri bagafatitwa ibihano birimo no kumara amezi atandatu badakora ibijyanye n’umwuga…
SOMA INKURUParliament to examine state of special needs schools
Parliament intends examine the state of Special Needs Schools in the country to determine their financial and logistical challenges which have curtailed their ability to effectively train learners. “I will send a Parliamentary committee to visit the Special Needs Schools to study the area of special needs and see how we can address their challenges by including them in the budget come the next financial year,” she said. Ms Kadaga made the promise after being moved by a musical performance by deaf and mute pupils of Nakibaale Lower Primary…
SOMA INKURUFour protectors of friendship pact were awarded.
President Kagame made the call last night while speaking at a Unity Club Dinner in Kigali where four protectors of friendship pact (Abarinzi b’Igihango) were awarded for their outstanding acts of courage and humanity displayed during the 1994 Genocide against the Tutsi. One of the awards’ recipients at yesterday’s dinner, Catholic Bishop at Gikongoro Diocese Célestin Hakizimana, said that it’s thanks to God that he is today called a protector of friendship pact. “We have accepted the awards we got even if we don’t deserve them. Given the extent of…
SOMA INKURUFIFA yemeje ko itaciwe intege n’ibihugu byo ku mugabane w’u Burayi byarwanyije imishinga yayo
Mu cyumba cy’inama cya Kigali Convention Centre, hari hateraniye inama y’ubuyobozi ya FIFA aho abitabiriye basobanuriwe na Gianni Infantino uyobora FIFA, imishinga y’amarushanwa abiri mashya ashobora gutangira mu mwaka wa 2021. Hari igikombe cy’Isi gito cyajya cyitabirwa n’amakipe umunani meza kurusha andi ku Isi, kigasimbura igikombe mpuzamigabane no kwagura igikombe cy’isi cy’amakipe kikava ku makipe umunani kikitabirwa n’amakipe 24. Hari abashyigikiye iyi mishinga ariko ibihugu byiganjemo ibyo ku mugabane w’u Burayi birayirwanya nk’uko Perezida wa FIFA Infantino yabitangarije abanyamakuru nyuma y’iyi nama. Ati “Hari bamwe batabyumva ariko ndabimenyereye. Namaze imyaka…
SOMA INKURU