Rwanda’s Battle Against Climate Change: Strategies and Challenges Ahead

BY TUYISHIME Eric Rwanda, a small but densely populated nation in East Africa, is grappling with the escalating impacts of climate change. From unpredictable rainfall patterns and severe droughts to intense floods and landslides, the effects of global warming are increasingly visible in the country’s daily life and economy. In response, the Rwandan government has adopted a series of ambitious measures to combat climate change and promote sustainable development. The country’s Vision 2050 strategy emphasizes a green growth agenda, aiming to transform Rwanda into a climate-resilient, low-carbon economy by mid-century.…

SOMA INKURU

Yasezeye muri Rayon Sports bitunguranye

Namenye Patrick wari umunyamabanga mukuru w’ikipe ya Rayon Sports yasezeye ku nshingano ze yari amazemo imyaka ibiri.Amakuru y’ubwegure bwe yatangiye guhwihwiswa ku mugoroba wo kuwa Mbere, tariki ya 2 Nzeri 2024. Namenye yamaze kumenyesha Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle ko nyuma y’minsi 30 iri imbere, kuva tariki ya 1 Ukwakira 2024 atazaba akiri umukozi w’iyi kipe. Umuvugizi wa Rayon Sports, Ngabo Roben, yabwiye Radio Rwanda ko bamenye ko Namenye agiye kwerekeza ahandi. Yagize ati “Hari ibiganiro byabaye hagati ye n’ubuyobozi bwa Rayon Sports amenyesha ubuyobozi ko yabonye akandi…

SOMA INKURU

Urutonde rw’indwara zikunze kwibasira abana n’ingaruka zazo ku buzima

Hifashishijwe ubushakashatsi bunyuranye na raporo zinyuranye ku ndwara zikunze kwibasira abana ndetse zikanabatwara ubuzima mu bice bitandukanye by’isi, cyane cyane mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere, dore indwara 5 zikunze kwibasira abana bari munsi y’imyaka itanu. Zimwe muri izi ndwara ni: Umusonga (Pneumonia): Umusonga ni imwe mu ndwara yica abana benshi ku isi, cyane cyane muri Afurika no muri Aziya. Iyi ndwara iterwa ahanini na virusi cyangwa bagiteri, ikibasira ibihaha bigatuma abana babura umwuka cyangwa bikabaviramo urupfu mu gihe batavuwe hakiri kare. Inkorora ivanze n’ibicurane biherekezwa n’umuriro: Iyi ndwara irangwa…

SOMA INKURU

Uncovering the Silent Genocide in Gaza: A Deep Dive into the Humanitarian Crisis and Global Inaction

By umuringanews.com In the shadows of the ongoing conflict, a grim reality unfolds in Gaza that many have termed a silent genocide. The term “genocide” conjures images of mass atrocities, deliberate killings, and systematic destruction of a people. For years, the people of Gaza have been living under a blockade, facing severe restrictions on movement, access to essential resources, and constant bombardments, resulting in a humanitarian catastrophe that experts and advocates argue meets the criteria of a genocide. Gaza, a densely populated strip of land bordered by Israel and Egypt,…

SOMA INKURU

“SIKOSA” Unites The Ben, Kevin Kade, and Element removed from Kevin Kade’s YouTube channel

By ANGE KAYITESI The Rwandan music scene has been buzzing with excitement following the release of “SIKOSA,” a new collaboration between The Ben, Kevin Kade, and Element. This unexpected trio has created a track that is quickly becoming a favorite among fans, blending their unique styles to create a memorable and infectious song, It was as a result removed from Kevin Kade’s YouTube channel on Thursday before it was recovered a day later. “SIKOSA” is a powerful fusion of The Ben’s soulful melodies, Kevin Kade’s fresh and dynamic lyrics, and…

SOMA INKURU

Zari Hassan yashyize ukuri hanze ku makimbirane afitanye n’umugabo we

Umuherwekazi akaba n’umwe mu bakoresha neza imbuga nkoranyambaga Zari Hassan uzwi nka Zari The Boss Lady, yabwiye umugabo we baheruka kugirana ibibazo Shakib Cham ko vuba azabona uwo amusimbuza uzi agaciro ke. Bibaye nyuma y’iminsi ibiri bombi bashyize ahagaragara iby’isenyuka ry’urugo rwabo, byatangiye ubwo Diamond Platnumz yajyaga mu isabukuru y’umukobwa we yabyaranye na Zari yabereye mu rugo rw’uwo muherwekazi ruherereye muri Afurika y’Epfo. Yifashishije ikiganiro yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram Zari yabwiye Shakib akwiye kwigirira icyizere, kandi ko vuba azabona uwo amusimbuza uzi agaciro ke. Yanditse amagambo agira ati: “Shakib…

SOMA INKURU

Umugabo ukuze kurusha abandi yatangaje byinshi ku buzima bwe

John Tinniswood, niwe mugabo ukuze kurusha abandi ku isi  wavutse tariki 26 Kanama(8) 1912, uyu munsi akaba yujuje imyaka 112, yatangarije Guinness World Records ko “nta kintu na kimwe” azi cyasobanura impamvu yaramye ku isi. John Tinniswood ni umufana wa Liverpool, aba mu nzu yita ku bashaje i Southport mu Bwongereza, yabaye umugabo ushaje kurusha abandi muri Mata(4) ubwo Juan Vicente Pérez Mora wari ufite imyaka 114 yapfaga. John Tinniswood avuga ko kuva akiri muto “yakoraga” kandi “yagendaga cyane n’amaguru”, ariko abona ko atari atandukanye n’abandi, ati: “[mu buzima] uraramba…

SOMA INKURU

Discover the particularity of Akagera Park

BY TUYISHIME Eric Akagera National Park, located in the northeastern part of Rwanda, is one of the country’s most important wildlife conservation areas and a significant tourist destination. The park, which spans approximately 1,122 square kilometers, is named after the Akagera River that flows along its eastern boundary. This river also serves as the natural border between Rwanda and Tanzania. Biodiversity and Wildlife Akagera National Park is known for its diverse ecosystems, which include savannahs, swamps, lakes, and mountains. This variety of habitats supports a wide range of wildlife, making…

SOMA INKURU

Hamenyekanye amatsinda amakipe ya Basketball y’abatarengeje imyaka 18 aherereyemo

Amakipe y’u Rwanda muri Basketball y’Abatarengeje imyaka 18 mu bahungu n’abakobwa yamenye amatsinda azaba aherereye mu gikombe cy’Afurika, FIBAU18AfroBasket, kizabera muri Afurika y’Epfo. Iyi tombola yabereye mu Mujyi wa Kigali, ku Cyumweru, tariki ya 25 Kanama 2024. Ikipe y’u Rwanda mu bahungu iri mu Itsinda C hamwe na Maroc, Zambia na Afurika y’Epfo, izakira irushanwa mu gihe bashiki babo bo bisanze mu itsinda A hamwe na Tunisia, Cameroun na na Afurika y’Epfo izaba iri mu rugo. #FIBAU18AfroBasket izahuza ibihugu 12, iteganyijwe kubera mu Mujyi wa Pretoria muri Afurika y’Epfo ku…

SOMA INKURU

Indwara zitandura si izo gucyerensa, zikomeje guhitana benshi

Muri iyi minsi haravugwa cyane indwara zitandura, ariko igitangaje iyo habayeho kwigira hirya y’Umujyi wa Kigali, aho benshi bita mu cyaro usanga bakubwira ko batazizi, abandi ntibatinye gutangaza ko umuntu arwara cyangwa agapfa umunsi wageze. Ariko nubwo bimeze bitya ubushakashatsi bwerekanye ko mu Rwanda 44% by’abapfa bazira indwara zitandura, mu bajya kwivuza muri bo 51,8% ni abafite indwara zitandura. Ibi byatumye ikinyamakuru umuringanews.com kinyarukira mu karere ka Nyaruguru, mu mirenge inyuranye, hagaragara ko abaturage ubumenyi bafite ku ndwara zitandura ari ntabwo. Mukankusi Beatrice umukecuru w’imyaka 59, wo mu mudugudu wa…

SOMA INKURU