In the wake of reported human rights violations in the Gulf countries, the East African Community (EAC) is pursuing the harmonisation of labour migration policies to curb exploitation and abuse of migrant workers, The East African reports. The initiative being spearheaded by the International Labour Organisation and the EAC secretariat is targeting to strengthen regional integration to safeguard the lives of those who seek greener pastures in key labour destination countries. The regional technical working committee is reviewing the existing Bilateral Labour Agreements (BLAs) in EAC to develop a guideline…
SOMA INKURUCategory: Gender
Yasambanyije abasaga 1000 yigize igihangage muri Ruhago
Umunya Brazil,Carlos Kaiser yamaze imyaka 13 yitwa ko ari umukinnyi wabigize umwuga nyamara nta mukino n’umwe yakinnye ndetse yemeje ko yasambanyije abagore 1000. Uyu mugabo wabaye umuyobozi w’abagizi ba nabi yemeje ko yasambanye n’abakobwa 1000 ndetse amara imyaka 13 asinyira amakipe ariko ntayakinire n’umunota n’umwe. Yiswe Kaiser kubera ko bivugwa ko yasaga n’umukinnyi w’umudage witwa Franz Beckenbauer akiri umwana. Uyu ngirwa rutahizamu,yarekuwe nyuma y’amezi atandatu akinira ikinira ikipe yo muri Mexico yitwa Puebla akiri ingimbi. Nyuma yo kugaruka muri Brazil, Kaiser yabaye inshuti ya Renato Gaucho, Carlos Alberto na Ricardo…
SOMA INKURUYaciye ikiganza nyina w’umukunzi we
Umusore w’imyaka 26 uzwi ku izina rya Naison Kamwendo yafatiwe ahitwa Ntcheu muri Malawi azira guca ikiganza cy’umugore nyuma yuko uwo mugore yanze icyifuzo cye cyo kumushyingira umukobwa we w’imyaka 19. Umuvugizi wa Polisi ya Ntcheu, Rabecca Ndiwate, avuga ko Kamwendo yakoze iki cyaha ku wa kane w’iki cyumweru. Ndiwate avuga ko uyu mukobwa wabaye nyirabayazana, ari umunyeshuri mu mashuri yisumbuye ariko Kamwendo yashakaga kumurongora Nyina w’uyu mukobwa Charity Chailosi yanze icyo cyifuzo avuga ko umwana we agomba kwibanda ku ishuri gusa. Kuwa kane, uyu mukobwa yagiye ku ishuri ahitwa…
SOMA INKURUYishe nyine amushinja kumuroga umwanya w’ibanga
Umugabo ufite imyaka 34 y’amavuko ukomoka ahitwa Binga mu ntara ya Matabeleland y’Amajyaruguru muri Zimbabwe, bivugwa ko yishe nyina w’imyaka 67 nyuma yo kumushinja ko yaroze ubugabo bwe ntibukore neza Amakuru avuga ko ubwo nyina yari yicaye mu gikoni hamwe n’abandi bagize umuryango, Juma yinjiye iwabo mu rugo afite ishoka. Uyu ngo yahise atangira gushinja nyina ko ari umurozi ndetse ngo yaroze igitsina cye kikaba kibura mu minota mike hanyuma kikongera kugaruka. Yahise amutema n’ishoka inshuro nyinshi bimuviramo urupfu. Nyuma yo gukora icyo cyaha,uyu Juma ngo yagerageje guhunga ariko abagize…
SOMA INKURUYihinduye umuntu ukomeye asambanya abagore n’abakobwa
Umusore wo mu karere ka Mukono w’imyaka 18 ashinjwa gufungura konti kuri Facebook mu mazina ya Medical Scrub Uganda yiyita Dr. Ronnie, akayikoresha yiyegereza abakobwa bashaka imirimo mu buvuzi, ukekwaho abashuka abizeza akazi, bamugeraho akabakoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato. Umwe mu bo yaje gushuka, ni umuforomokazi wo muri Kireka muri Kampala, aho ku wa 11 Werurwe 2023, yaje kumutumira ngo bahurire mu Gace ka Ntunda mu karere ka Mukono, bahuye amufata ku ngufu. Umuvugizi wa Polisi ya Uganda, SCP Enanga Fred, yagize ati “Nyuma yo gushuka abashaka akazi b’abakobwa kuri…
SOMA INKURUBamushyingiye ku ngufu birangira aciwe ukuguru n’ukuboko
Umugore w’imyaka 17 uzwi ku izina Malama Hauwa Mohamed yaciwe ukuboko n’ukuguru n’umugabo bamushyingiye ku ngufu ahitwa Kebbi muri Nigeria. Uyu mugore bamushyingiye ku ngufu adashaka uyu mugabo none byarangiye amuteye ubumuga bukomeye. Uyu mugore Hauwa yavuze ko uyu mugabo we yagiye akamara amezi menshi atagera mu rugo hanyuma agaruka afite umuhoro aramutema nta kintu bapfuye. Uyu mugore yavuze ko uyu mugabo yakundaga kumufata ku ngufu ubwo yarimo kuvurirwa ku bitaro byitwa Birnin Kebbi ibikomere yatewe. Abayobozi bo mu gace uyu mugore yari atuyemo bahise bamenya ibyo uyu mugore yakorewe…
SOMA INKURU“Je retire ma fille de l’école” : la colère gronde en Iran face aux empoisonnements
En Iran, plusieurs établissements scolaires de jeunes filles ont été ciblés ce week-end et lundi par des intoxications au gaz. Des parents d’élèves ont manifesté, à Téhéran notamment. La colère se répand pour demander des comptes aux autorités et certains envisagent de ne plus envoyer leurs enfants à l’école. “Je retire ma fille de l’école jusqu’à nouvel ordre”. Pour ce père de famille à Téhéran, les nouveaux cas d’empoisonnement d’écolières iraniennes ce week-end, ont été ceux de trop. Sur les réseaux sociaux, il dit ne plus faire confiance au personnel scolaire. “L’enseignante…
SOMA INKURUCongo: Raporo ku basambanya abagore yahishuye amakuru atangaje
Inzobere zashyizweho n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, zagaragaje ko abakozi bagera kuri 83 b’iri shami n’indi miryango y’abafatanyabikorwa bagize uruhare mu bikorwa byo gufata ku ngufu abagore bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Izo nzobere zashyizweho kugira ngo rikore iperereza kuri ibyo bibazo, zivuga ko zitumva impamvu kugeza ubu nta muyobozi muri OMS urirukanwa kubera aya marorerwa yakozwe muri icyo gihugu. Zigaragaza ko gusaba imbabazi gusa zo kuba itarakurikiranye ibyo bikorwa ari ubugwari ndetse ko bidafite ishingiro. Ibikorwa ngo byakozwe hagati ya 2018 na 2020 mu gihe…
SOMA INKURUAratabaza nyuma yo guhozwa ku nkeke abwirwa ko azicwa
Ni kenshi twumva hirya no hino umugabo yishe umugore cyangwa umugore yishe umugabo, nyuma inzego z’ibanze zigatangaza ko uwo muryango warangwagamo amakimbirane ariko bikagera aho umwe mu bashakanye yica undi nta cyakozwe ngo hirindwe ubu bwicanye. Ni muri urwo rwego Mukagasana Francine, utuye mu mudugudu wa Kibaye, akagali ka Mpanda, umurenge wa Kibeho, akarere ka Nyaruguru atabaza biturutse ku kuba umugabo we amuhoza ku nkeke, amukubitira aho amusanze hose ari nako amubwira ko azamwica ariko yagana inzego z’ubuyobozi bw’ibabze ntarenganurwe. Yagize ati “Umugabo wanjye afite undi mugore w’ihabara yashatse, iyo…
SOMA INKURUNyaruguru: Bibasiwe n’ihohoterwa ryahindutse uruhererekane rw’umuryango
Ni mu mudugudu wa Nyamugari, akagari ka Raranzige, mu murenge wa Rusenge, mu karere ka Nyaruguru, mu ntara y’Amajyepfo, aho ukigera muri aka gace uhasanga inzu ifunze imeze nk’itabamo abantu, abaturanyi bagatangaza ko intandaro ya byose ari ihohoterwa rikabije ryabaye muri uwo muryango. Umuturanyi wa hafi w’uyu muryango, Uwimana Ariyeta yagize ati “Muri uru rugo ruhora rufunze umwaka ushize umugabo waho yishe umugore we, amwica yaramaze igihe amuhoza ku nkoni ari nako yirukana abana, ubu umugabo arafunze, abana basize bamaze kwandagara, babaye ibirara kuko nta hantu bashingiye, nta kurerwa bafite”.…
SOMA INKURU