Donald Trump yahishuye uburyo intambara ya Ukraine Perezida Zelensky yayigize ubucuruzi

Ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza mu Mujyi wa Vandalia muri Leta ya Ohio, Donald Trump wahoze ayobora USA, yagaragaje ko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky ari we mucuruzi wa mbere ubizobereye azi kuri iyi si, kuko uko agiye muri Amerika asubiranayo ibifurumba by’amafaranga, asaba ko ayo Amerika imuha yagakwiriye kuba inguzanyo aho kwitwa inkunga. Ati “Tugomba kuyabaguriza aho kuyabaha gutyo gusa. Bizatuma bakomeza gukotana hanyuma bakazabona n’uko batwishyura. Muyabagurize bumve ko hari ibibareba. Mwibaha miliyari 60$ gutyo gusa.” Yakomeje yerekana ko “Buri uko Zelensky aje muri Amerika, asubiranayo miliyari…

SOMA INKURU

Sosiyete Sivile yikomye ingabo za FARDC ku kuba M23 ikomeje kwigarurira ibice binyuranye itarwanye

Ihuriro rya sosiyete sivile zo muri teritwari zigize intara ya Kivu ya Ruguru riranenga gusubira inyuma kw’ingabo za DR Congo zikareka umutwe wa M23 ugafata uduce dutandukanye nta uwukoma imbere. Kuva mu ntangiriro z’iki cyumweru, M23 yafashe utundi duce two mu majyaruguru ya teritwari ya Rutshuru, turimo agace k’abaturage batunzwe ahanini n’uburobyi ka Vitshumbi kari ku nkengero z’ikiyaga Rwicanzige (Lac Édouard), hamwe n’agace ka Rwindi. Utu duce n’utundi byegeranye bivugwa ko twafashwe na M23 nta mirwano ibaye, nyuma y’uko ingabo za leta n’imitwe ya Wazalendo bafatanya, bahunze utu duce bagenzuraga…

SOMA INKURU

Des hommes armés enlèvent des dizaines de personnes dans le nord-ouest du Nigeria

Des hommes armés ont pris d’assaut un village du district de Kajuru, dans le nord-ouest du Nigeria, mardi matin, et sont passés de maison en maison pour enlever une soixantaine d’habitants. Non loin de là il y a quelques jours, plus de 250 élèves avaient déjà été kidnappés dans leur école. Des hommes armés ont enlevé mardi 12 mars des dizaines de personnes dans l’État de Kaduna (nord-ouest du Nigeria), quelques jours après le rapt de plus de 250 élèves d’une école de la même région, ont rapporté deux représentants locaux…

SOMA INKURU

Public transport fares to increase after govt scraps subsidies

Passengers who use public transport, will on March 16, 2024, start paying an increased amount in fares after the government scrapped subsidies in the sector. The government, in October 2020, opted to subsidise one-third of the fare for passengers amidst the Covid-19 pandemic. With the subsidies scrapped, “commuters will notice an increase in fares,” Minister of Infrastructure, Jimmy Gasore. For instance, if a person had to pay Rwf 3,000 from Kigali to Musanze, they only paid Rwf 2,000 while the government covered the remaining Rwf 1,000. The government was subsidising public…

SOMA INKURU

ICC yashyizeho impapuro zita muri yombi abasirikare bo ku rwego rwo hejuru b’Uburusiya

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha “ICC” rwasohoye impapuro zo guta muri yombi ba komanda bo ku rwego rwo hejuru mu ngabo z’Uburusiya baregwa gukora ibyaha byo mu ntambara muri Ukraine. Liyetona Jenerali Sergei Kobylash na komanda w’amato y’intambara, Viktor Sokolov, ni bo bagabo babiri batangajwe na ICC. Iki ni icyiciro cya kabiri cy’impapuro za ICC zo guta muri yombi abategetsi bo mu Burusiya, bijyanye n’intambara yo muri Ukraine. Iza mbere zasohorewe Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin n’intumwa ye ishinzwe uburenganzira bw’abana, muri Werurwe (3) mu 2023. Uburusiya ntibwemera ICC, ibi bituma bidashoboka ku…

SOMA INKURU

SADC ikomeje kuvugwaho kunanirwa ibyayizanye muri Congo

Ingabo za SADC zatangiye kugera muri DR Congo mu Ukuboza umwaka ushize, zitezweho umusaruro mu kugarura amahoro muri DRC nubwo kugeza ubu imirwano ikomeje by’umwihariko mu gace ka Masisi. Africa y’Epfo yonyine bivugwa n’ibinyamakuru byaho ko yohereje abasirikare bagera ku 2,900 n’ibikoresho by’intambara. Mu gihe ibihugu by’amahanga bikomeje gushyira imbaraga mu gukemura aya makimbirane mu nzira y’ibiganiro, biraboneka ko n’imirwano ishobora kudahagarara vuba. Mu kwezi gushize, umusesenguzi kuri DR Congo w’ikigo International Crisis Group Onesphore Sembatumba yabwiye BBC ko impande zombi zakoresheje agahenge kaherukaga “mu kwitegura intambara kurusha kuyirangiza”. Yagize…

SOMA INKURU

Abanyagihugu ba Santrafrika basabwe kwigira kuri Polisi y’u Rwanda

Abatuye Intara ya Mbomou muri Santrafrika basabwe gufata amasomo kuri Polisi y’u Rwanda mu bikorwa birimo umuganda rusange n’ibindi bikomeje guteza imbere imibereho y’abaturage. Babisabwe na Madamu Benguerre Pierrette, uyobora iyo Ntara ubwo bari mu muganda rusange wabaye tariki 2 Werurwe 2024. Ni umuganda Abapolisi b’u Rwanda bagize Itsinda rya RWAFPU-32 riri mu butumwa bwa MINUSCA bakoranye n’abaturage bo mu mujyi wa Bangassou mu Ntara ya Mbomou. Uyu muganda witabiriwe kandi n’abayobozi ku rwego rw’Intara, abakozi b’Umuryango w’Abibumbye bakomoka mu bindi bihugu bitanga umusanzu mu butumwa bwo kugarura amahoro, abo…

SOMA INKURU

Minister Kabarebe urges Rwandan parents abroad to teach children Kinyarwanda

The Minister of State for Foreign Affairs in Charge of Regional Cooperation, Gen (Rtd) James Kabarebe has urged Rwandan parents living abroad to teach their children Kinyarwanda and consider bringing them to visit their motherland. Speaking at a hybrid event celebrating International Mother Language Day for Rwandans in the diaspora on March 2, he emphasised that the connection would help them appreciate the country, its beauty, and its people, and understand true values compared to their current places of residence. The Minister of State for Foreign Affairs in Charge of…

SOMA INKURU

Affaire d’espionnage : Berlin accuse Vladimir Poutine de chercher à “déstabiliser” l’Allemagne

Le ministre allemand de la Défense a accusé dimanche Vladimir Poutine de chercher à “déstabiliser l’Allemagne” – un propos tenu suite à la diffusion depuis la Russie d’échanges confidentiels entre des officiers allemands sur d’éventuelles livraisons d’armes à l’Ukraine. Berlin cible Moscou après une “très grave” fuite au sein de l’armée allemande. Le ministre de la Défense a accusé dimanche 3 mars Vladimir Poutine de chercher à “déstabiliser l’Allemagne“, à la suite de la diffusion depuis la Russie d’échanges confidentiels entre des officiers allemands sur des livraisons d’armes à l’Ukraine. “Il s’agit simplement d’utiliser cet enregistrement…

SOMA INKURU

Kuvuguruzanya kwa Benjamin Netanyahu na Perezida Biden guhatse iki ku ntambara yo muri Gaza?

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yavuze ko ukuntu igihugu cye gishyigikiwe n’abaturage muri Amerika bizafasha Israel kurwana “kugeza ku ntsinzi yuzuye” kuri Hamas. Mu itangazo ku wa kabiri, Netanyahu yasubiyemo ibyo mu makusanyabitekerezo bigaragaza ko Abanyamerika barenga 80% bashyigikiye Israel mu ntambara muri Gaza. Avuze ibyo nyuma yuko Perezida w’Amerika Joe Biden aburiye ko Israel iri mu byago byo gutakaza abayishyigikiye ku isi muri iyi ntambara. Abategetsi bo muri Amerika bavuga ko barimo gukora ku gishobora kuvamo amasezerano y’agahenge. Mu itangazo rye, Netanyahu yavuze ko guhera mu ntangiriro y’intambara,…

SOMA INKURU